1

1 Hahirwaumuntuudakurikiza imigambi y'ababi,
Ntahagarare mu nzira y'abanyabyaha,
Ntiyicarane n'abakobanyi.

2 Ahubwo amategeko y'Uwiteka ni yo yishimira,
Kandi amategeko ye ni yo yibwira ku manywa na nijoro.

3 Uwo azahwana n'igiti cyatewe hafi y'umugezi,
Cyera imbuto zacyo igihe cyacyo.
Ibibabi byacyo ntibyuma,
Icyo azakora cyose kizamuberacyiza.

4 Ababi ntibamera batyo,
Ahubwo bahwana n'umuramautumurwa n'umuyaga.

5 Ni cyo gituma ababi bazatsindwa ku munsi w'amateka,
N'abanyabyaha bazatsindirwa mu iteraniro ry'abakiranutsi.

6 Kuko Uwiteka azi inzira y'abakiranutsi,
Ariko inzira y'ababi izarimbuka.

2

1 Ni iki gitumye abanyamahanga bagira imidugararo?
N'amoko yatekerereje iki iby'ubusa?

2 Abami bo mu isi biteguye kurwana,
Kandi abatware bagiriye inama Uwiteka n'Uwo yasīze

3 Bati “Reka ducagagure ibyo batubohesheje,
Tujugunye kure ingoyi batubohesheje.”

4 Ihora yicaye mu ijuru izabaseka,
Umwami Imana izabakoba.

5 Maze izababwiranaumujinya,
Ibatinyishisheuburakari bwayo bwinshi

6 Iti “Ni jye wimikiyeumwami wanjye,
Kuri Siyoniumusoziwanjye wera.”

7 Ndavuga rya tegeko,
Uwiteka yarambwiye ati “Uri Umwana wanjye,
Uyu munsi ndakubyaye.

8 Nsaba nzaguha amahanga ngo abeumwandu wawe,
N'abo ku mpera y'isi ngoubatware.

9 Uzabavunaguza inkoni y'icyuma,
Uzabamenagura nk'ikibumbano.”

10 Noneho mwa bami mwe, mugireubwenge,
Mwa bacamanza mwe z'abo mu isi, mwemere kwiga.

11 Mukorere Uwiteka mutinya,
Munezerwe muhinde imishyitsi.

12 Musomeurya Mwana,
kugirango atarakara mukarimbukiramu nzira,
Kukoumujinya weukongezwa vuba.
Hahirwa abamuhungiraho bose.

3

1 Zaburi ya Dawidi, yahimbye ubwo yahungaga Abusalomuumwana we.

2 Uwiteka, erega abanzi banjye baragwiriye!
Abangomeye ni benshi.

3 Benshi baramvuga bati
“Nta gakiza afite ku Mana.”
Sela.

4 Ariko wowe Uwiteka, uri ingabo inkingira,
Uri icyubahiro cyanjye, ni woweushyira hejuruumutwe wanjye.

5 Ijwi ryanjye ritakira Uwiteka,
Na we akansubizaari ku musoziwe wera.
Sela.

6 Nararyamaga ngasinzira,
Ngakanguka kuko Uwiteka ari we ujya andamira.

7 Sinzatinya abantu inzovu nyinshi,
Bangoteye impande zose kugirango bantere.

8 Uwiteka haguruka, Mana yanjye nkiza,
Kuko wakubiseabanzi banjye bose ku gisendabageni,
Waciye amenyo y'abanyabyaha.

9 Agakiza kabonerwa mu Uwiteka,
Umugishautanga ube ku bantu bawe.
Sela.

4

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi, babwira inanga. Ni Zaburi ya Dawidi.

2 Mana gukiranuka kwanjye guturukaho,
unsubizeuko ngutakiye.
Warambohoye ubwo nari mfiteumubabaro,
Mbabarira, wumve gusenga kwanjye.

3 Bana b'abantu,
Muzageza he guhindura icyubahiro cyanjye igisuzuguriro?
Muzageza he gukunda ibitagiraumumarono gukurikiza ibinyoma?
Sela.

4 Ariko mumenye yuko Uwiteka yirobanuriyeumukunzi we,
Uwiteka azanyumva uko mutakiye.

5 Mugireimpuhwe zo gukoraicyaha,
Muri ku mariri yanyu mwibwirire mu mitima mucecetse.
Sela.

6 Mutambe ibitambo mukiranutse,
Kandi mwiringire Uwiteka.

7 Hariho benshi babaza bati
“Ni ndeuzatwereka ibitunezeza?
Uwitekautuvushirizeumucyo wo mu maso hawe.”

8 Ushyire ibyishimo mu mutimawanjye,
Biruta ibyo ku burumbuke bw'amasaka na vino.

9 Nzajya ndyama nsinzire niziguye,
Kuko ari wowe wenyine Uwiteka umpa kuba amahoro.

5

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi, baririmbisha Nehiloti.Ni iya Dawidi.

2 Uwiteka, tegeraugutwi amagambo yanjye,
Ita ku byo nibwira.

3 Mwami wanjye, Mana yanjye,
Tyarizaugutwi ijwi ryanjye ngutakira,
Kuko ari wowe nsenga.

4 Uwiteka, mu gitondouzajya wumva ijwi ryanjye,
Mu gitondo nzajya nerekeza gusenga kwanjye kuri wowe,
Mbe maso ntegereje.

5 KukoutariImana y'intambirakibi,
Umunyangeso mbi ntazaba iwawe.

6 Abībone ntibazahagarara mu maso yawe,
Wanga inkozi z'ibibi zose.

7 Uzarimbura abanyabinyoma,
Uwiteka yangaurunukaumwicanyi n'umuriganya.

8 Ariko jyeweho nzazanwa n'imbabazi zawe nyinshi mu nzu yawe,
Kuko nkūbashye nzikubitahasi nsenge,
Nerekeyeurusengero rwawe rwera.

9 Uwiteka ku bwo gukiranuka kwawe,
Ujyeunyobora kuko banyubikiye,
Umpanurireinzira yawe aho nyura.

10 Kuko ari nta muravauri mu kanwa kabo,
Imitima yabo ni igomwa risa,
Umuhogowabo ni imva irangaye,
Bashyeshyesha indimi zabo.

11 Manaubagire ukougiraabanyabyaha,
Imigambi yabo ibatere kugwa,
Ibicumurobyabo byinshi biguterekubirukana,
Kuko bakugomeye.

12 Ni bwo abaguhungiraho bazishima,
Ibyishimo bizabateza amajwi hejuru iteka kukoubarinda,
Kandi abakunda izina ryawe bazakwishimira.

13 Kukouzahaumukiranutsiumugisha,
Uwiteka,uzamugoteshaurukundo rwawe nk'ingabo.

6

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi, babwirisha inanga ijwi ryo mu gituza. Ni Zaburi ya Dawidi.

2 Uwiteka ntuncyahisheumujinya wawe,
Kandi ntumpanisheuburakari bwawe bwotsa.

3 Uwiteka, mbabaririra kuko numiranye,
Uwiteka, nkiriza kuko amagufwa yanjye ahinda imishyitsi.

4 Umutimawanjye na wouhagaze cyane,
Nawe Uwiteka,uzageza he kubikundira?

5 Uwiteka, garukautabareumutimawanjye,
Unkize ku bw'imbabazi zawe.

6 Kuko ūpfuye atakikwibuka,
Ni ndeuzagushimira ikuzimu?

7 Kunihakurandambiye,
Uko ijoro rije ntoteshauburiribwanjye amarira,
Uburiribwanjye nyabuminjagiraho.

8 Mu maso hanjye hananurwa n'umubabaro,
Hashajishijwe n'abantera bose.

9 Mwa nkozi z'ibibi mwe, nimuve aho ndi,
Kuko Uwiteka yumvise kurirakwanjye.

10 Uwiteka yumvise kwinginga kwanjye,
Uwiteka azemera gusenga kwanjye.

11 Abanzi banjye bose bazamwara bagireubwoba bwinshi,
Bazasubizwa inyuma ikimwaro kizabatungura.

7

1 Shigayoniya Dawidi yaririmbiye Uwiteka, ku bw'amagambo ya Kushi wo mu muryango wa Benyamini.

2 Uwiteka Mana yanjye, ni wowe mpungiraho,
Ntabara, nkiza abangenza.

3 Urya muntu ye gushishimuraumutimawanjye nk'intare,
Awushwatagura ari nta wuntabara.

4 Uwiteka Mana yanjye, niba naragenjeje ntya,
Niba amaboko yanjye arihoubugoryi,

5 Niba narituye inabi uwo twabanaga amahoro,
(Ahubwo nakijijeuwanteraga ampoyeubusa),

6 Umwanzi agenzeumutimawanjye awugereho,
Akandagirireubugingo bwanjye hasi,
Ashyireubwiza bwanjye mu mukungugu.
Sela.

7 Uwiteka hagurukanaumujinya wawe,
Wihagarikire kurwanya gushega kw'abantera,
Kandiunkangukirewashyizehourubanza.

8 Nuko iteraniro ry'amahanga rikugote,
Naweusubirehejuru yaryo.

9 Uwiteka aracira amahangaurubanza,
Uwiteka,uncireurubanza rukwiriye gukiranuka kwanjye n'ukurikundimo.

10 Ububi bw'abanyabyaha bushire naweukomeze abakiranutsi,
Kuko Imana ikiranuka igerageza imitima n'impyiko by'abantu.

11 Ingabo inkingira ifitwe n'Imana,
Ikiza abafite imitima itunganye.

12 Imana niumucamanzautabera,
Ni Imana igiraumujinya iminsi yose.

13 Umuntu natihana izatyaza inkota yayo,
Umuhetowayo imaze kuwuforairawutunganije.

14 Kandi imwiteguriyeibyica,
Imyambi yayo iyikongejehoumuriro.

15 Umunyabyaha aramukwa ibibi bitagiraumumaro,
Inda yasamye ni igomwa abyara ibinyoma.

16 Yarimyeubushyaacukuraburebure,
Agwa mu ruhavuyacukuye.

17 Igomwa rye ni we rizagaruka ku mutwe,
Urugomorwe ruzagwa mu gitwariro cye.

18 Nzashima Uwiteka nk'uko bikwiriye gukiranuka kwe,
Nzaririmba ishimwe ry'izina ry'Uwitekausumba byose.

8

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi babwirisha inanga ijwi ryitwa Gititi. Ni Zaburi ya Dawidi.

2 Uwiteka Mwami wacu,
Erega izina ryawe ni ryiza mu isi yose!
Washyize icyubahiro cyawe hejuru y'ijuru.

3 Akanwa k'abana bato n'abonka wagahaye gukomeza imbaraga zawe,
Gutsindisha abanzi bawe,
Kugirangouhozeumwanzi n'uhōra inzigo.

4 Iyo nitegereje ijuru,umurimow'intoki zawe,
N'ukwezi n'inyenyeri, ibyo waremye,

5 Umuntu ni iki koumwibuka,
Cyangwaumwana w'umuntu koumugenderera?

6 Wenze kumugirank'Imana aburahohato,
Umwambikaubwiza n'icyubahiro nk'ikamba.

7 Wamuhayegutegeka ibyo waremesheje intoki zawe,
Wamweguriyeibintu byoseubishyira munsi y'ibirenge bye.

8 Wamuhayegutwara intama zose n'inka,
N'inyamaswa zo mu ishyamba na zo,

9 N'ibigurukamu kirere n'amafi yo mu nyanja,
N'ibinyura mu nzira zo mu nyanja byose.

10 Uwiteka Mwami wacu,
Erega izina ryawe ni ryiza mu isi yose!

9

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi babwirisha inanga ijwi ryitwa Mutilabeni. Ni Zaburi ya Dawidi.

2 Ndashimisha Uwitekaumutimawanjye wose,
Ndatekerereza abantu imirimo yawe yose itangaza.

3 Ndakunezererwa ndakwishimira,
Usumbabyose ndaririmba ishimwe ry'izina ryawe,

4 Kuko abanzi banjye basubirainyuma,
Bagasitazwa bakarimburwa no mu maso hawe.

5 Kuko wanciriyeurubanza rukwiriye rutunganye,
Wicaye ku ntebe uca imanza zitabera.

6 Wakangaye abanyamahanga,
warimbuye abanyabyaha,
Wasibanganije amazina yabo iteka ryose.

7 Abanzi banjye bashizeho barimbutse iteka,
N'imiduguduyabo warayishenye,
No kwibukwa kwabo kwarabuze.

8 Ariko Uwiteka yicara ariumwami iteka,
Yateguriyeimanza intebe ye.

9 Azacira abari mu isi imanza zitabera,
Azaha amahanga imanza z'ukuri.

10 Kandi Uwiteka azabera abahatwa igihome kirekire kibakingira,
Igihome kirekire kibakingira mu bihe by'amakuba.

11 Abazi izina ryawe bazakwiringira,
Kuko wowe Uwiteka,utareka abagushaka.

12 Muririmbire Uwitekautuyei Siyoni,
Mumuvugirize impundu,
Mwamamaze mu mahanga imirimo yakoze.

13 Kuko ūhōrera amaraso abibuka,
Atibagirwa gutakakw'abanyamubabaro.

14 Uwitekaumbabarire,
Rebaumubabaro mbabazwa n'abanyanga,
Ni woweunzamuraukankura ku marembo y'urupfu,

15 Kugirango nerekanire ishimwe ryawe ryose,
Mu marembo y'umukobwa w'i Siyoni,
Kandi nzishimira agakiza kawe.

16 Abanyamahanga baguye mu bushyabacukuye,
Mu kigoyi bateze ni ho ikirenge cyabo gifashwe.

17 Uwiteka yimenyekanishije yashohoje iteka,
Ategeshaumunyabyaha imirimo y'intoki ze nk'ikigoyi.
Higayoni; Sela.

18 Abanyabyaha bazasubizwa ikuzimu,
Ni bo mahanga yose yibagirwa Imana.

19 Kukoumukeneatazibagirana iteka,
Kandi ibyiringiro by'abanyamubabaro bitazabura iteka.

20 Uwiteka, hagurukaabantu bēkunesha,
Amahanga acirweho iteka imbere yawe.

21 Uwitekaubatereubwoba,
Amahanga yimenye ko ari abantu buntu.
Sela.

10

1 Uwiteka, ni iki kiguhagaritse kure?
Ni iki gitumye wihisha mu bihe by'amakuba no mu by'ibyago?

2 Ubwibone bw'umunyabyaha bumuterakwirukaniraumunyamubabaro cyane kumufata,
Icyampa bagafatwa n'uburiganya batekereje.

3 Kukoumunyabyaha yihimbariza ibyoumutimawe wifuza,
Kandiumunyazi yimūra Uwiteka akamusuzugura.

4 Umunyabyaha nk'ukoubwibone bwo mu maso he buri,
Aravuga ati “Ntazahōra.”
Ibyo yibwira byose bihuriramuri iri jambo ngo
“Nta Mana iriho.”

5 Inzira ze zikomera iteka,
Amateka yawe ari hejuru cyane aho atareba,
Abanzi be bose abacuriraingoni.

6 Aribwira ati “Sinzanyeganyezwa,
Kugezaibihe byose sinzabona ibyago.”

7 Akanwa ke kuzuyeimivumo n'uburinganya n'agahato,
Munsi y'ururimirwe hariho igomwa no gukiranirwa.

8 Yicara mu bico byo mu midugudu,
Mu rwihisho yica abatarihourubanza,
Amaso ye ayatatishaumunyamubabaro.

9 Yubikirira mu gico nk'uko intare yubikirira mu isenga ryayo,
Yubikirira gufataumunyamubabaro,
Kandi koko aramufataakamukururisha ikigoyi cye.

10 Yitugatuga yunamye,
Intwari ze zitsinda abanyamubabaro.

11 Aribwira ati “Imana yibagiwe,
Ihishe mu maso hayo ntabwo izabireba.”

12 Uwiteka haguruka, Mana manikaukubokokwawe,
Ntiwibagirweumunyamubabaro.

13 Ni iki gitumaumunyabyaha asuzuguraImana,
Akayibwirira mu mutimawe ati “Ntuzahōra”?

14 Warabibonye kukourebera igomwa n'urwango kubishyirahoukubokokwawe,
Umunyamubabaro akwiringira wenyine,
Ni wowe ujyautabara impfubyi.

15 Vunaguraukubokok'umunyabyaha,
Ushimikireububibw'umubikugezaahoutazabumusanganira.

16 Uwiteka ni we Mwami iteka ryose,
Abanyamahanga barimbukiyemu gihugu cye.

17 Uwiteka, wumvise ibyo abanyamubabaro bashaka,
Uzakomeze imitima yabo,uzatyarizeugutwi,

18 Kugirangoucireimpfubyi n'abahatwa imanza zibakwiriye,
Umuntu wakomotse mu butakaye kuzongera guteraubwoba.

11

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni iya Dawidi.
Uwiteka ni we mpungiraho.
Mubwirira ikiumutimawanjye muti
“Hungira ku musoziwanyu nk'inyoni?”

2 Kuko abanyabyaha baforaumuheto,
Batamikiraumwambi mu ruge,
Kugirango barasire mu mwijima abafite imitima itunganye.

3 Niba imfatiro zishenywe,
Umukiranutsi yakora iki?

4 Uwiteka ari mu rusengero rwe rwera,
Uwiteka intebe ye iri mu ijuru,
Amaso ye areba abantu,
imboni ze zirabagerageza.

5 Uwiteka agerageza abakiranutsi,
Arikoumunyabyaha n'ūkundaurugomoumutimaweurabanga.

6 Azavubiraabanyabyaha ibigoyi,
Umuriron'amazuku n'umuyagawotsa,
Bizabaumugabane mu gikombe cyabo.

7 Kuko Uwiteka ariumukiranutsi,
Kandi akunda ibyo gukiranuka,
Abatunganye bazareba mu maso he.

12

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi, babwirisha inanga ijwi ryo mu gituza. Ni Zaburi ya Dawidi.

2 Uwiteka tabara kukoumunyarukundo ashira,
Abanyamuravababura mu bantu.

3 Bose barabeshyana,
Bavugisha iminwa ishyeshya n'imitima ibiri.

4 Uwiteka azatsemba iminwa yose ishyeshya,
N'ururimirwirarira,

5 Abavuze bati “Tuzaneshesha indimi zacu,
Iminwa yacu ni iyacuudutwara ni nde?”

6 “Ku bwo kunyagwa k'umunyamubabaro,
Ku bwo gusuhuzaumutimak'umukene,
Nonaha ndahaguruka”, ni ko Uwiteka avuga,
“Ndashyira mu mahoro uwo bacuriraingoni.”

7 Amagambo y'Uwiteka ni amagambo atanduye,
Ahwanye n'ifeza igeragejwe mu ruganda rwo mu isi,
Ivugutiwekarindwi.

8 Uwitekauzabarinda,
Uzabakiza ab'iki gihe iteka ryose.

9 Abanyabyaha bagenda hose impande zose,
Iyo abatagiraumumarobashyizwe hejuru mu bantu.

13

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni iya Dawidi.

2 Uwiteka,uzageza he kunyibagirwa iteka ryose?
Uzageza he kunyima amaso?

3 Nzageza he kwigira inama,
Mfite agahinda mu mutimawanjye uko bukeye?
Umwanzi wanjye azageza he gushyirwa hejuru yanjye?

4 Uwiteka Mana yanjye, birebeunsubize,
Hwejesha amaso yanjye,
Kugirango ne gusinzira ibitotsi by'urupfu.

5 Umwanzi wanjye ye kuvugaati “Ndamunesheje”,
Abanteraga be kwishimira kunyeganyega kwanjye.

6 Ariko niringiye imbabazi zawe,
Umutimawanjyeuzishimira agakiza kawe.
Ndaririmbira Uwiteka,
Kuko yangiriye neza.

14

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni iya Dawidi.
Umupfapfa ajya yibwira ati
“Nta Mana iriho.”
Barononekaye, bakoze imirimo yo kwangwaurunuka,
Nta wukoraibyiza.

2 Uwiteka yarebye abantu ari mu ijuru,
Kugirango amenye yuko harimo abanyabwenge,
Bashaka Imana.

3 Bose barayobye, bose bandurijwe hamwe,
Nta wukoraibyiza n'umwe.

4 Mbese inkozi z'ibibi zose nta bwenge zifite?
Ko barya abantu banjye nk'uko baryaumutsima,
Kandi ntibambaze Uwiteka?

5 Aho ngaho bahagiriyeubwoba bwinshi,
Kuko Imana iri mu bwoko bw'abakiranutsi.

6 Mukozaisoni inama z'umunyamubabaro,
Ariko Uwiteka niubuhungiro bwe.

7 Icyampa agakiza k'Abisirayeli kakaba kavuye i Siyoni,
Uwiteka nasubizayoubwoko bwe bwajyanywe ho iminyago.
Ni bwo Abayakobo bazishima,
Abisirayeli bazanezerwa.

15

1 Zaburi ya Dawidi.
Uwiteka, ni ndeuzaguma mu ihema ryawe?
Ni ndeuzatura ku musoziwawe wera?

2 Niugendera mu bitunganye agakora ibyo gukiranuka,
Akavuga iby'ukurink'uko biri mu mutimawe.

3 Utabeshyeresha abandiururimirwe,
Ntagirire nabi mugenzi we,
Ntashyushyeinkuru y'umuturanyi we.

4 Mu maso yeumunyagisuzuguriroarahinyurwa,
Ariko abatinya Uwiteka arabubaha.
Icyo yarahiriye naho cyamugirira nabi ntiyivuguruza.

5 Ntagurizaifeza kubonaindamu zirenzeurugero,
Cyangwa ntiyemera ibiguzi kuutarihourubanza.
Ugenza atyo ntabwo azanyeganyezwa.

16

1 Mikitamu ya Dawidi.
Manaundinde kuko ari wowe mpungiyeho.

2 Nabwiye Uwiteka nti “Ni wowe Mwami wanjye,
Nta mugisha mfiteutariwowe.”

3 Abera bo mu isi,
Ni bo mpfura nishimira bonyine.

4 Ibyago n'amakuba by'abaguranaUwiteka izindi mana bizagwira,
Amaturo yazo y'amaraso sinzayatamba,
Kandi amazina yazo sinzayarahira.

5 Uwiteka ni wowe mugabane w'umwandu wanjye n'uw'igikombe cyanjye,
Ni woweukomezaumugabane wanjye.

6 Ubufindo bwatumye imigozi ingereraumugabane ahantu heza,
Ni koko mfiteumwandu mwiza.

7 Ndahimbaza Uwitekaumujyanama wanjye,
Ni kokoumutimawanjyeumpuguranijoro.

8 Nashyize Uwiteka imbere yanjye iteka,
Kuko ari iburyo bwanjye sinzanyeganyezwa.

9 Ni cyo gitumaumutimawanjyeunezerwa,
Ubwiza bwanjye bukishima,
Kandi n'umubiriwanjyeuzagira amahoro.

10 Kukoutazarekaubugingo bwanjye ngo bujye ikuzimu,
Kandiutazakundiraumukunzi wawe ko abona kubora.

11 Uzamenyesha inzira y'ubugingo,
Imbere yawe ni ho hari ibyishimo byuzuye,
Mu kubokokwawe kw'iburyo hari ibinezeza iteka ryose.

17

1 Gusenga kwa Dawidi.
Uwiteka, umva iby'ukuribyanjye,
Tyarizaugutwi gutakakwanjye,
Tegeraugutwi gusenga kwanjye,
Kudaturukamu minwa iryarya.

2 Urubanza rwanjye ruturukeimbere yawe,
Amaso yawe arebe ibitunganye.

3 Wageragejeumutimawanjye,
wangendereye nijoro.
Warantase ntiwambonanaumugambi mubi,
Namaramaje kudacumuzaururimirwanjye.

4 Ku by'imirimo y'abantu,
kwitondera ijambo ry'iminwa yawe,
Ni ko kumpa kwirinda inzira z'abanyarugomo.

5 Intambwe zanjye zikomerera mu nzira zawe,
Ibirenge byanjye ntibinyerera.

6 Mana, ndakwambaje kuko uri bunsubize,
Ntegeraugutwi wumve ibyo mvuga.

7 Erekana imbabazi zawe zitangaza,
Woweukizaabakwiringira,
Ababahagurukiraubakirisheukubokokwawe kw'iburyo.

8 Undinde nk'imboni y'ijisho,
Umpishe mu gicucu cy'amababa yawe.

9 Umpishe abanyabyaha banyaga,
Ni bo banzi banjye bashaka kunyica bangose.

10 Bakinze imitima yabo,
Akanwa kabo bakavugisha iby'ubwibone.

11 None bagose intambwe zacu,
Baduhangiye amaso kudutsinda hasi.

12 Ahwanye n'intare ifite ipfa ry'icyo yafata,
Nk'umugunzu w'intare wubikirira mu bico.

13 Uwiteka haguruka,
Umuhagarare imbereumutsinde hasi.
Ukizeumutimawanjyeumunyabyaha,
uwukirishe inkota yawe.

14 Uwitekauwukizeabantu,
uwukirisheukubokokwawe.
Ni bo bantu b'isi,
Bafiteumugabane wabo muri ubu bugingo.
Inda zabouzihazeubutunzi bwawe,
Bahāge abana b'abahungu,
Ibintu byabo bisigare babisigire impinja zabo.

15 Jyeweho nzareba mu maso hawe nkiranuka,
Mu ikanguka ryanjye nzahaga ishusho yawe.

18

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni iya Dawidi,umugaragu w'Uwiteka, wabwiye Uwiteka amagambo y'iyi ndirimbo ku munsi Uwiteka yamukirije amaboko y'abanzi be n'aya Sawuli ati

2 Ndagukunda ni wowe mbaraga zanjye.

3 Uwiteka ni igitare cyanjye n'igihome cyanjye kinkingira n'umukizawanjye,
Ni Imana yanjye n'urutarerwanjye rukomeye,
Ni we nzahungiraho,
Ni we ngabo inkingira n'ihembe ry'agakiza kanjye,
Ni igihome cyanjye kirekire.

4 Nzajya nambaza Uwitekaukwiriye gushimwa,
Ni bwo nzakizwa abanzi banjye.

5 Ingoyi z'urupfu zarangose,
Imyuzureyo kurimbuka yanteyeubwoba.

6 Ingoyi z'ikuzimuzantaye hagati,
Ibigoyi by'urupfu byantanze imbere.

7 Mu mubabaro wanjye nambaje Uwiteka,
Natakiye Imana yanjye,
Yumvira ijwi ryanjye mu rusengero rwayo,
Ibyo natakiye imbere yayo biyinjira mu matwi.

8 Maze isi iratigita ihindaumushyitsi,
Imfatiro z'imisozi na zo ziranyeganyega,
Zitigiswa n'uburakari bwayo.

9 Umwotsiucumba mu mazuru yayo,
Umurirouva mu kanwa kayouratwika,
Havamo n'amakara yaka.

10 Imanura ijuru iramanuka,
Umwijima w'icuraburindi wari munsi y'ibirenge byayo.

11 Igurukaihetswe na kerubi,
Igurukishwa vuba n'amababa y'umuyaga.

12 Umwijima iwugiraubwihisho kuba ihema ryayo riyigose,
Umwijima w'ibiremeshwa amazi,
Ibicu bikomeye byo mu ijuru.

13 Ubwiza burabagirana buri imbere yayo butumaibicu byayo bikomeye bigenda,
Hakagwauruburan'amakara yaka.

14 Kandi Uwiteka ahindishiriza inkuba mu ijuru,
Usumbabyose avuga ijwi rye,
Hagwauruburan'amakara yaka.

15 Arasa imyambi ye atātānya abanzi banjye,
Ni yo mirabyo myinshi arabirukana.

16 Mazeubutakabwo hasi y'amazi buraboneka,
Imfatiro z'isi ziratwikururwa,
Ku bwo guhanakwawe Uwiteka,
Ku bw'inkubi y'umwuka uva mu mazuru yawe.

17 Ari mu ijuru aramburaukubokoaramfata,
Ankura mu mazi y'isanzure.

18 Ankizaumwanzi wanjyeukomeye,
N'abanyangaga kuko bandushaga amaboko.

19 Bari bantanze imbere ku munsi w'amakuba yanjye,
Ariko Uwiteka ni we wambereyeubwishingikirizo.

20 Abinkuramoanshyira ahantu hagari,
Yankirije kuko yanyishimiraga.

21 Uwiteka yangororeye ibikwiriye gukiranuka kwanjye,
Nk'uko amaboko yanjye atanduye ni ko yangiriye.

22 Kuko nitondeye inzira z'Uwiteka,
Kandi ntakoze icyaha cyo kurekaImana yanjye.

23 Kuko amateka yayo yose yari imbere yanjye,
Kandi amategeko yayo ntayakuye imbere yanjye.

24 Kandi nabanaga na yo ntungana,
Nirinze gukiranirwa kwanjye.

25 Ni cyo cyatumye Uwiteka anyitura ibikwiriye gukiranuka kwanjye,
Ibikwiriye kutandura kw'amaboko yanjye mu maso ye.

26 Ku munyambabaziuziyerekana nk'umunyambabazi,
Kuutunganyeuziyerekana nk'utunganye.

27 Kuutanduyeuziyerekana nk'utanduye,
Ku kigoryiuziyerekana nk'ugoramye.

28 Kukouzakiza abacishijwe bugufi,
Ariko amaso yibonauzayasubizahasi.

29 Ni woweukongeza itabaza ryanjye,
Uwiteka Imana yanjye ni weumurikiraumwijima wanjye.

30 Kuko ari wowe umpa guteraumutwe w'ababisha,
Kandi ari Imana yanjye impa gusimbuka inkike z'igihome.

31 Inzira y'Imana itungana rwose,
Ijambo ry'Uwiteka ryaravugutiwe,
Ni ingabo ikingira abamuhungiraho bose.

32 Ni nde Mana itari Uwiteka?
Ni nde Gitare kitari Imana yacu?

33 Ni yo Mana inkenyeje imbaraga,
Igatunganya inzira yanjye.

34 Ni yo ihindura ibirenge byanjye nk'iby'imparakazi,
Impagarika ku misozi yanjye.

35 Yigisha amaboko yanjye kurasana,
Bituma amaboko yanjye aforaumuhetow'umuringa.

36 Kandi wampaye ingabo inkingira ari yo gakiza kawe,
Ukubokokwawe kw'iburyo kurandamira,
Ubugwaneza bwawe bwanteye ikuzo.

37 Intambwe zanjye wazaguriyeinzira,
Ibirenge byanjye ntibyanyereye.

38 Nirukanye ababisha banjye mbageraho,
Sinagaruka batarimbutse.

39 Narabamenaguye, ntibabasha kubyuka,
Kandi baguye munsi y'ibirenge byanjye.

40 Kuko wankenyereje imbaraga kurwana,
Abampagurukiyebakantera warabangomoreye.

41 Watumye ababisha banjye bampa ibitugu,
Kugirango ndimbure abanyanga.

42 Baratakambye ntihagiraubakiza,
Batakiye Uwiteka ntiyabasubiza,

43 Maze mbasya nk'umukunguguutumurwa n'umuyaga,
Mbaribata nk'ibyondo byo mu nzira.

44 Wankijije imirwano y'abantu,
Wangizeumutware w'amahanga,
Ishyanga ntigeze kumenya ryarankoreye.

45 Bumvise inkuru yanjye uwo mwanya baranyoboka,
Abanyamahanga barangomokeye baranshyeshya.

46 Abanyamahanga babaye imihonge,
Bava mu bihome byabo bahinda imishyitsi.

47 Uwiteka ahoraho,
Igitare cyanjye gihimbazwe,
Imana y'agakiza kanjye ishyirwe hejuru.

48 Ni yo Mana impōrera,
Ikangomorera amahanga nkayatwara.

49 Inkiza ababisha banjye,
Ni kokounshyira hejuru y'abampagurukira,
Unkizaumunyarugomo.

50 Ni cyo gituma Uwiteka nzagushima mu mahanga,
Ndirimba ishimwe ry'izina ryawe.

51 Ahaumwami yimitse agakiza gakomeye,
Agirira imbabazi uwo yasize,
Ni Dawidi n'urubyaro rwe iteka ryose.

19

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni iya Dawidi.

2 Ijuru rivuga icyubahiro cy'Imana,
Isanzure ryerekana imirimo y'intoki zayo.

3 Amanywa abwira andi manywa ibyayo,
Ijoro ribimenyesha irindi joro.

4 Nta magambo cyangwaururimibiriho,
Nta wumva ijwi ryabyo.

5 Umugoziugerawabyo wakwiriye isi yose,
Amagambo yabyo yageze ku mpera y'isi.
Muri ibyo yabambiye izuba ihema,

6 Rimeze nk'umukweusohoka mu nzu ye,
Ryishima nk'umunyambaraga rinyura mu nzira yaryo.

7 Riva ku mpera y'ijuru,
Rikagera ku yindi mpera yaryo,
Nta kintu gihishwa icyokere cyaryo.

8 Amategeko y'Uwiteka atungana rwose asubizaintege mu bugingo,
Ibyo Uwiteka yahamije ni ibyo kwizerwa bihaumuswaubwenge,

9 Amategeko Uwiteka yigishije araboneye anezezaumutima,
Ibyo Uwiteka yategetse ntibyanduye bihwejesha amaso.

10 KubahaUwiteka ni kwiza guhoraho iteka ryose,
Amateka y'Uwiteka ni ay'ukuri,
Ni ayo gukiranuka rwose.

11 Bikwiriye kwifuzwa kurutaizahabu,
Naho yaba izahabu nziza nyinshi,
Biryoherera kurutaubukin'umushongi w'ibinyaguutonyanga.

12 Kandi ni byo bihanaumugaragu wawe,
Kubyitondera harimo ingororano ikomeye.

13 Ni ndeubasha kwitegereza kujijwa kwe?
Ntumbareho ibyaha byanyihishe,

14 Kandi ujyeurindaumugaragu wawe gukoraibyaha by'ibyitumano,
Bye kuntwara uko ni ko nzatungana rwose,
Urubanza rw'igicumurogikomeye ntiruzantsinda.

15 Amagambo yo mu kanwa kanjye,
N'ibyoumutimawanjye wibwira bishimwe mu maso yawe,
Uwiteka gitare cyanjye, mucunguzi wanjye.

20

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni iya Dawidi.

2 Uwiteka akumvire ku munsi w'amakuba no ku w'ibyago,
Izina ry'Imana ya Yakobo rigushyire hejuru.

3 Ikoherereze gutabarwa kuva ahera h'urusengero,
Iguhe imbaraga ziva i Siyoni.

4 Yibuke amaturo yawe yose,
Yemere igitambo cyawe cyokeje.
Sela.

5 Iguhe icyoumutimawaweushaka,
Isohoze inama zawe zose.

6 Tuzaririmbishwa impundu n'agakiza kawe,
Kandi ku bw'izina ry'Imana yacu tuzerekana amabendera yacu,
Uwiteka asohoze ibyousababyose.

7 None menye yuko Uwiteka akiza uwo yasize,
Azamusubizaari mu ijuru rye ryera,
Azamushubirisha imbaraga zikiza z'ukubokokwe kw'iburyo.

8 Bamwe biringira amagare,
Abandi biringira amafarashi,
Ariko twebweho tuzavuga izina ry'Uwiteka Imana yacu.

9 Barunamye baragwa,
Ariko twebweho turahagurutse turema.

10 Uwiteka kizaumwami,
Kandiudusubizeuko tukwambaje.

21

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni iya Dawidi.

2 Uwitekaumwami azishimira imbaraga zawe,
Erega agakiza kawe azakanezererwa cyane!

3 Wamuhayeicyoumutimaweushaka,
Ntiwamwimye icyo iminwa ye yasabye.
Sela.

4 Kukoumusanganije imigisha y'ibyiza,
Wamwambitse ikamba ry'izahabu nziza.

5 Yagusabyeubugingourabumuha,
Umuha kuramaiteka ryose.

6 Igitinyiro cye ni cyinshi ku bw'agakiza kawe,
Icyubahiro no gukomeraubimushyizeho.

7 Umugizeicyitegererezo cy'ihirwe iteka ryose,
Umwishimishije ibyishimo mu maso yawe.

8 Kukoumwami yiringira Uwiteka,
Ku bw'imbabazi z'Usumba byose ntazanyeganyezwa.

9 Ukubokokwawe kuzashyikira ababisha bawe bose,
Ukubokokwawe kw'iburyo kuzashyikira abakwanga bose.

10 Uzabahindura nk'ikōme ryaka mu gihe cy'umujinya wawe,
Uwiteka azabamirishaumujinya we,
Umurirouzarabya.

11 Naweuzatsemba imbuto zabo mu isi,
Urubyaro rwabouzarutsemba mu bana b'abantu.

12 Kuko bagambiriye kukugirira nabi,
Bagiye inama batabasha gusohoza.

13 Uzatuma baguha ibitugu,
Uzatamika imyambi mu ruge rw'umuhetowawe mu maso yabo.

14 Uwiteka wishyirishe hejuru imbaraga zawe,
Uko ni ko tuzaririmba dushimaubutware bwawe.

22

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi babwirisha inanga ijwi ryitwa “Imparakazi yo mu gitondo.”Ni Zaburi ya Dawidi.

2 Mana yanjye, Mana yanjye,
Ni iki kikundekesheje,
Ukaba kure ntuntabare,
Kure y'amagambo yo kunihakwanjye?

3 Mana yanjye ntakira ku manywa ntunsubize,
Ntakira na nijoro simpore.

4 Ariko uriuwera,
Intebe yawe igoswe n'ishimwe ry'Abisirayeli.

5 Ba sogokuruzabarakwiringiraga,
Barakwiringiraga naweukabakiza.

6 Baragutakiraga bagakizwa,
Barakwiringiraga ntibakorwe n'isoni.

7 Ariko jyeweho ndiumunyorogoto sindiumuntu,
Ndi ruvumwa mu bantu nsuzugurwa na bose.

8 Abandeba bose baranseka bakanshinyagurira,
Barampema bakanzungurizaimitwe bati

9 “Bishyire ku Uwiteka amukize,
Abimukuremokuko amwishimira.”

10 Ariko ni wowe wamvukishije,
Wanyiringirishaga nkiri ku ibere rya mama.

11 Ni wowe naragijweuhereye mu ivuka ryanjye,
Uri Imana yanjyeuhereye igihe naviriye mu nda ya mama.

12 Ntumbe kure kuko amakuba ari bugufi,
Kandi ari nta mutabazi.

13 Amapfizi menshi arangose,
Amapfizi y'i Bashani y'amanyambaraga aranzengutse.

14 Baranyasamiye n'akanwa kabo,
Nk'intare itanyagura yivuga.

15 Nsutswenk'amazi,
Amagufwa yanjye yose arakutse.
Umutimawanjyeumezenk'ibimamara,
Uyagiye mu mara yanjye.

16 Intege zanjye zumye nk'urujyo,
Ururimirwanjye rufatanye n'uruhekenyero.
Kandiunshyize mu mukungugu w'urupfu,

17 Kuko imbwa zingose,
Umutwe w'abanyabyahauntaye hagati,
Bantoboye ibiganza n'ibirenge.

18 Mbasha kubaraamagufwa yanjye yose,
Bandeba bankanuriyeamaso.

19 Bagabana imyenda yanjye,
Bafindiraumwambaro wanjye.

20 Ariko Uwiteka ntumbe kure,
Ni wowe muvunyi wanjye tebukauntabare.

21 Kizaubugingo bwanjye inkota,
Icyo mfite rukumbiugikizeubutware bw'imbwa.

22 Nkiza akanwa k'intare,
Waranshubijeunkura mu mahembe y'imbogo.

23 Nzabwira bene Data izina ryawe,
Nzagushimira hagati y'iteraniro.

24 AbubahaUwiteka mumushime,
Mwa rubyaro rwa Yakobo rwose mwe, mumuhimbaze,
Mwa rubyaro rwa Isirayeli rwose mwe, mumutinye,

25 Kuko atasuzuguyeumubabaro w'ubabazwa,
Habe no kuwuzinukwa,
Kandi ntamuhishe mu maso he,
Ahubwo yaramutakiye aramwumvira.

26 Kuri wowe ni ho gushima kwanjye guturuka,
Ngushimira mu iteraniro ryinshi,
Nzaguhiguriraumuhigowanjye mu maso y'abakubaha.

27 Abanyamubabaro bazarya bahage,
Abashaka Uwiteka bazamushima,
Imitima yanyu irame iteka ryose.

28 Abo ku mpera yose y'isi bazibuka bahindukirire Uwiteka,
Amoko yose yo mu mahanga azasengera imbere yawe.

29 Kukoubwami ari ubw'Uwiteka,
Kandi ari we mutegetsi w'amahanga.

30 Abakomeye bo mu isi bose bazarya baramye,
Kandi abamanuka bajya mu mukungugu bazunamaimbere ye,
Umuntu weseutabasha gukizaubugingo bwe gupfa.

31 Abuzukuruzabazamukorera,
Ubuvivibuzabaho buzabwirwa iby'Umwami Imana.

32 Bazaza babwire abantu bazavuka,
Gukiranuka kwe ko ari we wabikoze.

23

1 Zaburi ya Dawidi.
Uwiteka ni we mwungeri wanjye sinzakena,

2 Andyamisha mu cyanya cy'ubwatsi bubisi,
Anjyana iruhande rw'amazi adasuma.

3 Asubizaintege mu bugingo bwanjye,
Anyobora inzira yo gukiranuka ku bw'izina rye.

4 Naho nanyura mu gikombe cy'igicucu cy'urupfu,
Sinzatinya ikibi cyose kuko ndi kumwe nawe,
Inshyimbo yawe n'inkoni yawe ni byo bimpumuriza.

5 Untunganiriza ameza mu maso y'abanzi banjye,
Unsīze amavuta mu mutwe,
Igikombe cyanjye kirasesekara.

6 Niukurikugirirwa neza n'imbabazi,
bizanyomaho iminsi yose nkiriho,
Nanjye nzaba mu nzu y'Uwiteka iteka ryose.

24

1 Zaburi ya Dawidi.
Isi n'ibiyuzuyeni iby'Uwiteka,
Isi n'abayibamo.

2 Kuko ari we wayishinze ku nyanja,
Yayishimangiye ku mazi menshi.

3 Ni ndeuzazamukaumusoziw'Uwiteka?
Ni ndeuzahagarara ahera he?

4 Niufiteamaboko atanduye n'umutimauboneye,
Utigeze kwerekezaumutimawe ku bitagiraumumaro,
Ntarahire ibinyoma.

5 Uwo ni weuzahabwaumugisha n'Uwiteka,
No gukiranuka abihawe n'Imana y'agakiza ke.

6 Abayishaka ni bene uwo,
Abashaka mu maso hawe Mana ya Yakobo.
Sela.

7 Mwa marembo mwe nimwunamuke,
Mwa marembo y'iteka mwe, nimweguke,
Kugirango Umwami w'icyubahiro abyukuruke.

8 Uwo Mwami w'icyubahiro ni nde?
Ni Uwitekaufiteimbaraga n'amaboko,
Ni Uwitekaufiteamaboko yo kurwana.

9 Mwa marembo mwe, nimwunamuke,
Mwa marembo y'iteka mwe, nimweguke,
Kugirango Umwami w'icyubahiro abyukuruke.

10 Uwo mwami w'icyubahiro ni nde?
Uwiteka Nyir'ingabo ni we Mwami w'icyubahiro.

25

1 Zaburi ya Dawidi.
Uwiteka ni wowe ncururiraumutima,

2 Mana yanjye ni wowe niringiye,
Ne gukorwa n'isoni,
Abanzi banjye be kunyishima hejuru.

3 Si ko bizaba,
Mu bagutegereza nta wuzakorwa n'isoni.
Abava mu isezerano ari nta mpamvu,
Ni bo bazakorwa n'isoni.

4 Uwiteka nyereka inzira zawe,
Unyigishe imigenzereze yawe.

5 Unyobore ku bw'umuravawaweunyigishe,
Kuko ari wowe Mana y'agakiza kanjye,
Ni wowe ntegerezaumunsiukira.

6 Uwiteka, ibuka imbabazi zawe no kugiraneza kwawe,
Kuko byahozeho kera kose.

7 Ntiwibuke ibyaha byo mu busorebwanjye cyangwa ibicumurobyanjye,
Nk'uko imbabazi zawe ziri abe ari kounyibuka,
Ku bwo kugiraneza kwawe Uwiteka.

8 Uwiteka ni mwiza aratunganye,
Ni cyo gituma azigisha abanyabyaha inzira.

9 Abicisha bugufiazabayobora mu byo gukiranuka,
Abicisha bugufiazabigisha inzira ye.

10 Inzira zose z'Uwiteka ni imbabazi n'umurava,
Ku bitondera isezerano rye n'ibyo yahamije.

11 Uwiteka ku bw'izina ryawe,
Mbabarira gukiranirwa kwanjye kurakomeye.

12 Ni nde wubahaUwiteka?
Azamwigisha inzira akwiriye guhitamo.

13 Umutimaweuzabamu mahoro,
Urubyaro rwe ruzaragwa isi.

14 Ibihishwe by'Uwiteka bihishurirwe abamwubaha,
Azabereke isezerano rye.

15 Amaso yanjye ahora yerekeye ku Uwiteka,
Kuko azakura ibirenge byanjye mu kigoyi.

16 Unkebukeumbabarire,
Kuko ntagira shinge na rugeronkababara.

17 Imibabaro y'umutimawanjyeuyoroshye,
Nukounkure mu makuba yanjye no mu byago byanjye.

18 Rebaumubabaro wanjye n'imiruho,
Unkurehoibyaha byanjye byose.

19 Reba abanzi banjye ni benshi,
Kandi banyangaurwango rw'inkazi.

20 Rindaumutimawanjyeunkize,
Ne gukorwa n'isoni kuko nguhungiyeho.

21 Gukiranuka no gutungana binkize,
Kuko ngutegereza.

22 Mana cungura Abisirayeli,
Ubakure mu makuba yabo yose no mu byago byabo byose.

26

1 Zaburi ya Dawidi.
Uwitekauncireurubanza,
Kuko gukiranuka kwanjye ari ko ngenderamo,
Kandi niringira Uwiteka ntashidikanya.

2 Uwiteka,unyitegerezeungerageze,
Geragezaumutimawanjye n'ubwenge bwanjye,

3 Kuko imbabazi zawe nzireba mu maso yanjye,
Kandi ngendera mu muravawawe.

4 Sinicarana n'abatagiraumumaro,
Kandi sinzagenderera indyarya.

5 Nanga iteraniro ry'inkozi z'ibibi,
Kandi sinzicarana n'abanyabyaha.

6 Nzakaraba ntafite igicumuro,
Ni ko nzazengurukaigicaniro cyawe Uwiteka,

7 Kugirango numvikanishe ijwi ry'ishimwe,
Mvuge imirimo yose itangaza wakoze.

8 Uwiteka, nkundaubuturoari bwo nzu yawe,
N'ahantuubwiza bwawe buba.

9 Ntukurehoumwuka wanjye ubwouzakurahoabanyabyaha,
Cyangwaubugingo bwanjye nk'abavusha amaraso.

10 Amaboko yabo arimo igomwa,
Ukubokokwabo kw'iburyo kuzuyeimpongano.

11 Ariko jyeweho gukiranuka kwanjye ni ko nzagenderamo,
Uncungure,umbabarire.

12 Ikirenge cyanjye gihagaze aharinganiye,
Mu materaniro nzashimiramo Uwiteka.

27

1 Zaburi ya Dawidi.
Uwiteka ni we mucyo wanjye n'agakiza kanjye,
Nzatinya nde?
Uwiteka ni we gihome gikingiraubugingo bwanjye,
Ni ndeuzampinzaumushyitsi?

2 Ubwo abanyabyaha bantereraga kumaraho,
Ari bo banzi banjye n'ababisha banjye,
Barasitaye baragwa.

3 Naho ingabo zabambira amahema kuntera,
Umutimawanjye ntuzatinya,
Naho intambara yambaho,
No muri yo nzakomezaumutima.

4 Icyo nsaba Uwiteka ni kimwe ni cyo nzajya nshaka,
Niukubamu nzu y'Uwiteka iminsi yose nkiriho,
Nkarebaubwiza bw'Uwiteka,
Nkitegerezaurusengero rwe.

5 Kuko ku munsi w'amakuba azandindisha kumpisha mu ihema rye,
Mu bwihisho bwo mu ihema rye ni ho azampisha,
Azanshyira hejuru ampagarike ku gitare.

6 N'ubuumutwe wanjyeuzashyirwa hejuru y'abanzi banjye bangose,
Ntambire ibitambo by'ibyishimo mu ihema rye, ndirimbe,
Ni koko nzaririmba ishimwe ry'Uwiteka.

7 Uwiteka, umva gutakakw'ijwi ryanjye,
Umbabarire,unsubize.

8 Umutimawanjyeurakubwiye uti
“Wavuze uti ‘Nimushake mu maso hanjye.’”
Nuko Uwiteka, mu maso hawe ndahashaka.

9 Ntumpishe mu maso hawe.
Ntiwirukanisheumugaragu waweumujinya,
Ni wowe wahoze uriumutabazi wanjye,
Mana y'agakiza kanjye ntunjugunye, ntundeke.

10 Ubwo data na mama bazandeka,
Uwiteka azandarūra.

11 Uwiteka, ujyeunyigisha inzira yawe,
Unyobore inzira y'igihamo ku bw'abanyubikira.

12 Ntumpe abantera kunkora uko bashaka,
Kuko abagabo b'indarikwa bampagurukiye,
N'abavuga iby'urugomo.

13 Mba nararabye iyo ntizera ko nzarebera kugiraneza k'Uwiteka,
Mu isi y'ababaho.

14 Tegereza Uwiteka,
Komeraumutimawaweuhumure,
Ujyeutegereza Uwiteka.

28

1 Zaburi ya Dawidi.
Uwiteka ndagutakira,
Gitare cyanjye ntiwice amatwi,
Kuko wanyihorera,
Nahinduka nk'abamanuka bajya muri rwa rwobo.

2 Tyarizaugutwi ijwi ryo kwinginga kwanjye uko ngutakiye,
Uko manitse amaboko nyerekeje ahera h'urusengero rwawe.

3 Ntunkururirehamwe n'abanyabyaha n'inkozi z'ibibi,
Bavuganaiby'amahoro na bagenzi babo,
Ariko igomwa rikaba mu mitima yabo.

4 Ubahe ibikwiriye imirimo yabo,
Ibikwiriye gukiranirwa kwabo.
Ubahe ibikwiriye ibyo intoki zabo zakoze,
Ubīture ibibakwiriye.

5 Kuko batita ku mirimo y'Uwiteka,
Cyangwa ku byo intoki ze zikora,
Azabasenya ntazabubaka.

6 Uwiteka ahimbazwe,
Kuko yumviye ijwi ryo kwinginga kwanjye.

7 Uwiteka ni we mbaraga zanjye n'ingabo inkingira,
Umutimawanjye ujyaumwiringira ngatabarwa.
Ni cyo gitumaumutimawanjye wishima cyane,
Kandi nzamushimisha indirimbo yanjye.

8 Uwiteka ni imbaraga z'abantu be,
Kandi ni igihome uwo yasīze ahungiramo agakira.

9 Kizaubwoko bwawe uheumwandu waweumugisha,
Kandiubaragire ujyeubaramira iteka ryose.

29

1 Zaburi ya Dawidi.
MwāturireUwiteka mwa bana b'Imana mwe,
MwāturireUwiteka ko afite icyubahiro n'imbaraga.

2 MwāturireUwiteka ko izina rye rifite icyubahiro,
Musenge Uwiteka mwambaye ibyera.

3 Ijwi ry'Uwiteka rihindira hejuru y'amazi,
Imana y'icyubahiro ihindisha inkuba,
Ni koko Uwiteka ahindishiriza inkuba hejuru y'amazi menshi.

4 Ijwi ry'Uwiteka rifite imbaraga,
Ijwi ry'Uwiteka ryuzuyeigitinyiro.

5 Ijwi ry'Uwiteka rimena imyerezi,
Uwiteka amenagura imyerezi y'i Lebanoni.

6 Ayikinisha nk'inyana y'inka,
Lebanoni n'i Siriyoni ahakinisha nk'inyana y'imbogo.

7 Ijwi ry'Uwiteka rishwaza ibirimi by'umuriro.

8 Ijwi ry'Uwiteka rihindishaubutayuumushyitsi,
Uwiteka ahindishaumushyitsiubutayubw'i Kadeshi.

9 Ijwi ry'Uwiteka riramburuzaimpara,
Kandi rikokōra amashyamba,
Kandi mu rusengero rwe byose bikavuga biti
“Icyubahiro kibe icyawe.”

10 Uwiteka yari yicaye ku ntebe y'ubwami bwe,
Hejuru ya wa Mwuzūre,
Ni koko Uwiteka ahora yimye iteka ryose,
yicaye ku ntebe ye.

11 Uwiteka azahaubwoko bwe imbaraga,
Uwiteka azahaubwoko bweumugisha, ari wo mahoro.

30

1 Zaburi iyi ni Indirimbo yaririmbwe ubwo bezaga Inzu. Ni Zaburi ya Dawidi.

2 Uwiteka ndaguhimbariza kuko wampagurukije,
Ntukunde ko abanzi banjye banyishima hejuru.

3 Uwiteka Mana yanjye,
Naragutakiyeurankiza.

4 Uwiteka wazamuyeubugingo bwanjyeubukuraikuzimu,
Wankijijeurupfu ngo ne kumanuka nkajya muri rwa rwobo.

5 Muririmbire Uwiteka ishimwe mwa bakunzi be mwe,
Mushime izina rye ryera.

6 Kukouburakari bwe ari ubw'akanya gato,
Arikourukundo rwe ruzanaubugingo.
Ahari kurirakwarariraumuntu nijoro,
Ariko mu gitondo impundu zikavuga.

7 Nanjye ubwo nagubwaga neza naravuze nti
“Ntabwo nzanyeganyezwa.”

8 Uwiteka ku bw'urukundo rwawe,
wariukomejeumusoziwanjye,
Wampishe mu maso hawe mpagarikaumutima.

9 Uwiteka naragutakiye,
Kandi ninginze Uwiteka

10 Nti “Amaraso yanjye azamara iki nimanuka nkajya muri rwa rwobo?
Mbeseumukunguguuzaguhimbaza?
Uzāturaumuravawawe?

11 Uwiteka nyumvaumbabarire,
Uwiteka mberaumutabazi.”

12 Uhinduyeumuborogo wanjye imbyino,
Unkenyuruyeibigunirabyanjye,unkenyeza ibyishimo,

13 Kugirangoubwiza bwanjye bukuririmbire ishimwe budaceceka.
Uwiteka Mana yanjye, nzagushima iteka ryose.

31

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni iya Dawidi.

2 Uwiteka ni wowe mpungiraho,
Singakorwe n'isoni,
Unkize ku bwo gukiranuka kwawe.

3 Untegereugutwiutebukeunkize,
Umbere igitare gikomeye,
Inzu y'igihome yo kunkiza.

4 Kuko ari wowe gitare cyanjye n'igihome kinkingira,
Nuko ku bw'izina ryaweunjyeimbereunyobore.

5 Unkure mu kigoyi banteze rwihishwa,
Kuko ari wowe gihome kinkingira.

6 Mu maboko yawe ni ho mbikijeubugingo bwanjye,
Uwiteka Mana y'umurava, warancunguye.

7 Nanga abita ku bitagiraumumaroby'ibinyoma,
Ku bwanjye niringira Uwiteka.

8 Nzajya nezerwa nishimira imbabazi zawe,
Kuko warebye amakuba yanjye n'ibyago byanjye,
Wamenye imibabaro y'umutimawanjye,

9 Kandiutankingiraniye gufatwa n'amaboko y'umwanzi,
Washyize ibirenge byanjye ahantu hagari.

10 Uwitekaumbabarire kuko mbabaye,
Mu maso hanjye hananurwa n'umubabaro,
Kandi n'ubugingo bwanjye n'umubiribinanuwe na wo.

11 Kuko iminsi yo kubahokwanjye nyihoranamo agahinda,
N'imyaka yanjye nkayimara nsuhuzaumutima.
Intege zanjye zimarwa no gukiranirwa kwanjye,
Amagufwa yanjye arananutse.

12 Ku bw'abanzi banjye bose mpindutse igitutsi,
Ni koko mpindukiyeabaturanyi banjye igitutsi gikomeye,
N'abamenyi banjye mbahindukiyeigiteyeubwoba,
Abandebye mu nzira barampunga.

13 Nibagiranye nk'uwapfuyeutacyibukwa,
Mpwanye n'urwabya rumenetse.

14 Kuko numvise benshi bambeshya,
Ubwoba bukantera impande zose,
Ubwo bangīraga inama,
Bagashakauburyo banyica.

15 Ariko ku bwanjye ni wowe niringiye Uwiteka,
Naravuze nti “Uri Imana yanjye.”

16 Ibihe byanjye biri mu maboko yawe,
Unkize amaboko y'abanzi banjye n'abangenza,

17 Umurikishirizeumugaragu wawe mu maso hawe,
Unkize ku bw'imbabazi zawe.

18 Uwiteka, ne gukorwa n'isoni kuko ngutakiye,
Abanyabyaha abe ari bo bakorwa n'isoni,
Bacecekere ikuzimu.

19 Indimi z'ibinyoma zigobwe,
Zivuganaumukiranutsi agasuzuguro,
N'ubwibone no kugayana.

20 Erega kugiraneza kwawe ni kwinshi,
Uko wabikiye abakubaha,
Uko wakorereye abaguhungiraho mu maso y'abantu.

21 Mu bwihisho bwo mu maso yawe,
Ni houzabahisha inama mbi z'abantu,
Uzabahisha mu ihema gutongana kw'indimi.

22 Uwiteka ahimbazwe,
Kuko yanyerekeye imbabazi ze zitangaza,
Mu muduguduufiteigihome gikomeye.

23 Ku bwanjye navuganyeubwira nti
“Nciriwe mu maso yawe,
Ariko ngutakiye wumva ijwi ryo kwinginga kwanjye.”

24 Mukunde Uwiteka mwa bakunzi be mwese mwe,
Uwiteka arinda abanyamurava,
Yitura byinshi ūkora iby'ubwibone.

25 Mwa bategereza Uwiteka mwese mwe,
Nimukomere, imitima yanyu ihumure.

32

1 Zaburi iyi ni iya Dawidi. Ni indirimbo yahimbishijweubwenge.
Hahirwauwababariwe ibicumurobye,
Ibyaha bye bigatwikirwa.

2 Hahirwaumuntu Uwiteka atabaraho gukiranirwa,
Umutimawe ntubemouburiganya.

3 Ngicecetse,
Amagufwa yanjye ashajishwa no kunihakwanjyeumunsiukira.

4 Kukoukubokokwawe ku manywa na nijoro kwandemereraga,
Ibyuya byanjye bigahinduka nk'amapfa yo mu cyi.
Sela.

5 Nakwemereye ibyaha byanjye,
Sinatwikiriye gukiranirwa kwanjye.
Naravuze nti “NdaturiraUwiteka ibicumurobyanjye”,
Naweunkurahourubanza rw'ibyaha byanjye.
Sela

6 Ni cyo gitumaumukunzi wawe wese akwiriye kugusengera igihe wabonerwamo,
Niukuriumwuzurew'amazi y'isanzure ntuzamugeraho.

7 Ni wowe bwihisho bwanjyeuzandinda amakuba n'ibyago,
Uzangotesha impundu zishima agakiza.
Sela.

8 Nzakwigisha nkwereke inziraunyura,
Nzakugirainama,
Ijisho ryanjye rizakugumaho.

9 Ntimube nk'ifarashi cyangwa inyumbu zitagiraubwenge,
Zikwiriye guhatwa n'icyuma cyo mu kanwa n'umukobawo ku ijosi,
Utagira ibyo ntizakwegera.

10 Abanyabyaha bazabona imibabaro myinshi,
Arikouwiringira Uwiteka imbabazi zizamugota.

11 Mwa bakiranutsi mwe,
Munezererwe Uwiteka mwishime,
Mwa bafite imitima itunganye mwese mwe,
Ibyishimo bibatere kuvuzaimpundu.

33

1 Mwa bakiranutsi mwe,
Mwishimire Uwiteka,
Gushima gukwiriye abatunganye.

2 Mushimishe Uwiteka inanga,
Mumuririmbirire ishimwe kuri nebelu y'imirya cumi.

3 Mumuririmbire indirimbo nshya,
Mucurangishe inangaubwenge,
Muyivugishe ijwi rirenga.

4 Kuko ijambo ry'Uwiteka ritunganye,
Imirimo ye yose ayikoranaumurava.

5 Akunda gukiranuka n'imanza zitabera,
Isi yuzuyeimbabazi z'Uwiteka.

6 Ijambo ry'Uwiteka ni ryo ryaremye ijuru,
Umwuka wo mu kanwa ke ni wo waremye ingabo zo muri ryo zose.

7 Ateranya amazi yo mu nyanja nk'ikirundo,
Ashyingura imuhengeri mu bubiko.

8 Isi yose yubaheUwiteka,
Abari mu isi bose bamutinye.

9 Kuko yavuze bikaba,
Yategetse bigakomera.

10 Uwiteka ahinduraubusaimigambi y'amahanga,
Akurahoibyo amoko yibwira.

11 Imigambi y'Uwiteka ikomera iteka ryose,
Ibyo yibwira mu mutimawe bihoraho ibihe byose.

12 Hahirwa ishyanga rifite Uwiteka ho Imana yaryo,
Ubwoko yitoranirije kubaumwandu we.

13 Uwiteka arebera mu ijuru,
Areba abana b'abantu bose.

14 Ari mu buturobwe,
Areba ababa mu isi bose.

15 Ni weubumba imitima yabo bose,
Akitegereza imirimo yabo yose.

16 Nta mwamiukizwa n'uko ingabo ze ari nyinshi,
Intwari ntikizwa n'imbaraga zayo nyinshi.

17 Ifarashi nta mumaroigira wo gukiza,
Ntizakirishaumuntu imbaraga zayo nyinshi.

18 Dore ijisho ry'Uwiteka riri ku bamwubaha,
Riri ku bategereza imbabazi ze,

19 Ngo akizeubugingo bwabourupfu,
Abarinde mu nzara badapfa.

20 Imitima yacu itegereza Uwiteka,
Ni we mutabazi wacu n'ingabo idukingira.

21 Imitima yacu izamwishimira,
Kuko twiringiye izina rye ryera.

22 Uwiteka, imbabazi zawe zibe kuri twe
Nk'uko tugutegereza.

34

1 Zaburi iyi ni iya Dawidi, ubwo yisarishirizaga imbere ya Abimeleki, akamwirukanaakagenda.

2 Nzahimbaza Uwiteka iminsi yose,
Ishimwe rye rizaba mu kanwa kanjye iteka.

3 Uwiteka ni weumutimawanjyeuzirata,
Abanyamubabaro babyumve bishime.

4 Mufatanye nanjye guhimbaza Uwiteka,
Dushyirane hejuru izina rye.

5 Nashatse Uwiteka aransubiza,
Ankizaubwoba nari mfite bwose.

6 Bamurebyeho bavirwa n'umucyo,
Mu maso habo ntihazagira ipfunwe iteka.

7 Uyu munyamubabaro yaratatse, Uwiteka aramwumva,
Amukizaamakuba n'ibyago bye byose.

8 Marayika w'Uwiteka abambisha amahema yo kugotaabamwubaha,
Akabakiza.

9 Nimusogongere mumenye yuko Uwiteka agira neza,
Hahirwaumuhungiraho.

10 MwubaheUwiteka mwa bera be mwe,
Kuko abamwubahabatagira icyo bakena.

11 Imigunzu y'intare ibasha gukenano gusonza,
Ariko abashaka Uwiteka ntibazagira icyiza bakena.

12 Bana bato nimuze munyumve,
Ndabigisha kūbaha Uwiteka.

13 Ni ndeushakaubugingo,
Agakunda kuramakugirango azabone ibyiza?

14 Ujyeubuzaururimirwawe rutavuga ikibi,
N'iminwa yawe itavuga iby'uburiganya.

15 Va mu byaha ujyeukoraibyiza,
Ujyeushaka amahorouyakurikire,
Kugirangouyashyikire.

16 Amaso y'Uwiteka ari ku bakiranutsi,
N'amatwi ye ari ku gutakakwabo.

17 Igitsure cy'Uwiteka kiri ku bakora ibyaha,
Kugirango amareho kwibukwa kwabo mu isi.

18 Abakiranutsi baratatse Uwiteka arabumva,
Abakiza amakuba n'ibyago byabo byose.

19 Uwiteka aba hafi y'abafite imitima imenetse.
Kandi akiza abafite imitima ishenjaguwe.

20 Amakuba n'ibyago by'umukiranutsi ni byinshi,
Ariko Uwiteka amukizamuri byose.

21 Arinda amagufwa ye yose,
Nta na rimwe rivunika.

22 Ibyaha bizicishaumunyabyaha,
Abangaumukiranutsi bazacirwaho iteka.

23 Uwiteka acunguraubugingo bw'abagaragu be,
Nta wo mu bamuhungirahouzacirwaho iteka.

35

1 Zaburi ya Dawidi.
Uwiteka buranan'abamburanya,
Rwana n'abandwanya.

2 Enda ingabo nto n'inini,
Uhagurukirekuntabara.

3 Kandiushingure icumu mu ntagara wimire abangenza,
Ubwireumutimawanjye uti “Ni jye gakiza kawe.”

4 Abashakaubugingo bwanjye bamware bagire igisuzuguriro
Abajya inama yo kungirira nabi basubizwe inyuma,
Baterwe ipfunwe.

5 Babe nk'umuramautumurwa n'umuyaga
Kandi marayika w'Uwiteka abirukane.

6 Inzira yabo ibeumwijima n'ubunyereri,
Kandi marayika w'Uwiteka abagenze.

7 Kuko bantegeye ikigoyi ku bushyabadafite impamvu,
Kandi badafite impamvu batezeubugingo bwanjyeubushya.

8 Kurimbuka kumutungure,
Ikigoyi yateze abe ari we gifata ubwe,
Akigwemo arimbuke.

9 Ni bwoumutimawanjyeuzishimira Uwiteka,
Uzishimira agakiza ke.

10 Amagufwa yanjye yose azavuga ati
“Uwiteka ni ndeuhwanye nawe?
Kukoukizaumunyamubabaroumurusha amaboko,
Ukizaumunyamubabaro n'umukeneubanyaga.”

11 Abagabo b'ibinyoma barahaguruka,
Bakandega ibyo ntazi bakabimbaza.

12 Ibyiza nabagiriye bakabyitura ibibi,
Bikampindura nk'impfusha.

13 Ariko jyeweho iyo barwaraga nambaraga ibigunira,
Nkababarishaubugingo bwanjye kwiyirizaubusa,
Ngasenga ncuritseumutwe mu gituza.

14 Nkamera nk'aho ari incuti yanjye,
cyangwa mwene dataurwaye,
Nkiyunamira nkambara ibyo kwirabura nk'uborogera nyina.

15 Ariko ncumbagiye barishima baraterana,
Abatagiraumumarobanteraniraho sinabimenya,
Baranshishimura ntibarorera.

16 Bampekenyera amenyo nk'uko abakobanyi bakora,
Bakobana ibiteye isoni aho abantu basangira.

17 Mwami,uzageza he kundebēra gusa?
Kizaubugingo bwanjye kurimbura kwabo,
Icyo mfite rukumbi gikize intare.

18 Nzagushimira mu iteraniro ryinshi,
Nzaguhimbariza mu bantu benshi.

19 Abanyangira impamvu z'ibinyoma be kunyishima hejuru,
Abanyangiraubusabe kunyiciranira amaso.

20 Kuko batavuga iby'amahoro,
Ahubwo bajya inama yo gushaka ibyo babeshyera abatuza bo mu gihugu.

21 Banyasamiye cyane,
Baravuga bati “Ahaa, ahaa, amaso yacu arabibonye.”

22 Uwiteka, warabibonye ntuceceke,
Mwami ntumbe kure.

23 Ivuruguteukangukirekunciraurubanza,
Urubanza rw'ibyanjye Mana yanjye, Mwami wanjye.

24 Uwiteka Mana yanjye,
Uncireurubanza rukwiriye gukiranuka kwawe,
Be kunyishima hejuru.

25 Be kwibwira bati “Ahaa, ni cyo twashakaga.”
Be kuvugabati “Tumumirebunguri.”

26 Abishimira ibyago byanjye bakorwe n'isoni bamwarane,
Abanyirata hejuru bambikwe isoni n'igisuzuguriro.

27 Abakunda ko ntsinda nk'uko bikwiriye nibavuze impundu bishime,
Iteka bavuge bati “Uwiteka ahimbazwe”,
Wishimire amahoro y'umugaragu we.

28 Kandiururimirwanjye ruzavuga gukiranuka kwawe,
Ruzavuga ishimwe ryaweumunsi wire.

36

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni iya Dawidi,umugaragu w'Uwiteka.

2 Ubugomebw'umunyabyaha bubwirizaumutimawe,
Nta gutinya Imana kuri mu maso ye.

3 Kuko yiyogeza ubwe,
Akibwira yuko gukiranirwa kwe kutazamenyekana ngo kwangwe.

4 Amagambo yo mu kanwa ke niugukiranirwa n'uburiganya,
Yarorereye kugiraubwenge no gukoraibyiza.

5 Yigirira inama yo gukiranirwa ku buriribwe,
Yishyira mu nzira itari nziza,
Ntiyanga ibyaha.

6 Uwiteka,urugerorw'imbabazi zawe rugeramu ijuru,
Urw'umuravawawe rugerano mu bicu.

7 Gukiranuka kwawe guhwanye n'imisozi miremire y'Imana,
Amateka yawe ni nk'imuhengeri,
Uwiteka ni woweukizaabantu n'amatungo.

8 Mana, erega imbabazi zawe ni iz'igiciro cyinshi!
Abana b'abantu bahungira mu gicucu cy'amababa yawe.

9 Bazahazwa rwose n'umubyibuho wo mu nzu yawe,
Kandiuzabuhiraku ruzi rw'ibyishimo byawe.

10 Kuko aho uri ari ho hari isōko y'ubugingo,
Mu mucyo wawe ni ho tuzaboneraumucyo.

11 Ujyeukomeza kugirira imbabazi abakuzi,
No kwereka abafite imitima itunganye gukiranuka kwawe.

12 Ikirenge cy'umwibone cye kunzaho,
Ukubokokw'abanyabyaha kwe kunyimura.

13 Hariya aho inkozi z'ibibi ziguye,
Zitsinzwe hasi ntizizabasha guhaguruka.

37

1 Zaburi ya Dawidi.
Ntuhagarikweumutiman'abakora ibyaha,
Kandi ntugirire ishyari abakiranirwa.

2 Kuko bazacibwa vuba nk'ubwatsi,
Bazuma nk'igisambu kibisi.

3 Wiringire Uwitekaukoreibyiza,
Guma mu gihuguukurikizeumurava.

4 Kandi wishimire Uwiteka,
Na we azaguha ibyoumutimawaweusaba.

5 Ikoreze Uwitekaurugendo rwawe rwose,
Abe ari we wiringira na we azabisohoza.

6 Kandi azerekana gukiranuka kwawe nk'umucyo,
N'ukurik'urubanza rwawe nk'amanywa y'ihangu.

7 TurizaUwitekaumutegereze wihanganye,
Ntuhagarikweumutiman'ubonaibyiza mu rugendo rwe,
N'umuntuusohoza inama mbi.

8 Rekaumujinya, va mu burakari,
Ntuhagarikeumutimakuko icyo kizana gukoraibyaha gusa.

9 Kuko abakora ibyaha bazarimburwa,
Ariko abategereza Uwiteka ni bo bazaragwa igihugu.

10 Kuko hazabaho igihe gito,umunyabyaha ntabeho,
Ni kokouzitegereza aheumubure.

11 Ariko abagwaneza bazaragwa igihugu,
Bazishimira amahoro menshi.

12 Umunyabyaha ajya inama zo kugiriraumukiranutsi nabi,
Kandi amuhekenyera amenyo.

13 Umwami Imana izamuseka,
Kuko ireba yuko igihe cye kigiye gusohora.

14 Abanyabyaha bakuriyeinkota bafora imiheto,
Kugirango batsindeumunyamubabaro n'umukene,
Bice abagenda batunganye.

15 Inkota yabo ni bo izacumitaimitima,
Imiheto yabo izavunika.

16 Ibikeumukiranutsi afite,
Birutaubutunzi bwinshi bw'abanyabyaha benshi.

17 Kuko amaboko y'abanyabyaha azavunika,
Ariko Uwiteka aramira abakiranutsi.

18 Uwiteka azi iminsi y'abatunganye,
Umwandu wabouzahoraho iteka.

19 Ntibazakorwa n'isoni mu gihe cy'ibyago,
Mu minsi y'inzara bazahazwa.

20 Ariko abanyabyaha bazarimbuka,
Kandi abanzi b'Uwiteka bazashira nk'ubwiza bw'urwuri,
Bazarimbuka, bazarimbukiramu mwotsi.

21 Umunyabyaha aragurizwa ntiyishyure,
Arikoumukiranutsi agiraubuntu agatanga.

22 Kuko abahabwaumugisha n'Uwiteka bazaragwa igihugu,
Abavunwa na we bazarimburwa.

23 Iyo intambwe z'umuntu zikomejwe n'Uwiteka,
Akishimira inzira ye,

24 Naho yagwa ntazarambarara,
Kuko Uwiteka amuramijeukubokokwe.

25 Nariumusorenone ndashaje,
Ariko sinari nabonaumukiranutsi aretswe,
Cyangwaurubyaro rwe rusabiriza ibyokurya.

26 Agiraubuntuumunsiukira, akagurizaabandi,
Urubyaro rwe rukabonaumugisha.

27 Va mu byaha ujyeukoraibyiza,
Uzaba gakondo iteka.

28 Uwiteka akunda imanza zitabera,
Ntareka abakunzi be,
Barindwa iteka ryose.
Arikourubyaro rw'abanyabyaha ruzarimburwa.

29 Abakiranutsi bazaragwa igihugu,
Bakibemo iteka.

30 Akanwa k'umukiranutsi kavuga iby'ubwenge,
N'ururimirwe ruvugaibyo gukiranuka.

31 Amategeko y'Imana ye ari mu mutimawe,
Nta ntambwe ze zizanyerera.

32 Umunyabyaha agenzuraumukiranutsi,
Agashaka kumwica.

33 Uwiteka ntazamurekera mu kubokokwe,
Kandi ntazamutsindisha mu manza.

34 Ujyeutegereza Uwitekaukomeze mu nzira ye,
Na we azagushyirira hejuru kuragwa igihugu,
Abanyabyaha bazarimburwaureba.

35 Nabonyeumunyabyaha afiteubutware bukomeye,
Agāye nk'igiti kibisi cyishimiyeubutaka.

36 Maze barahanyuze basanga adahari,
Kandi naramushatse ntiyaboneka.

37 Witegerezeuboneye rwose,urebeutunganye,
Kukoumunyamahoro azagiraurubyaro.

38 Abacumurabo bazarimburirwa hamwe,
Urubyaro rw'umunyabyaha ruzarimburwa.

39 Ariko agakiza k'abakiranutsi gaturukaku Uwiteka,
Ni we gihome kibakingira mu gihe cy'amakuba.

40 Kandi Uwiteka arabatabara akabārura,
Abārura mu banyabyaha akabakiza,
Kuko bamuhungiyeho.

38

1 Zaburi iyi ni iya Dawidi, yahimbiwe kubaurwibutso.

2 Uwiteka ntumpanisheumujinya wawe,
Kandi ntumpanisheuburakari bwawe bwotsa.

3 Kuko imyambi yawe impamye,
Ukubokokwawe kukanshikamira.

4 Nta hazima mu mubiriwanjye ku bw'umujinya wawe,
Nta mahoro amagufwa yanjye afite ku bw'ibyaha byanjye.

5 Kuko ibyo nakiraniwe bindengeye,
Bihwanye n'umutwarouremereyeunanira.

6 Inguma zanjye ziranuka kandi ziraboze,
Ku bw'ubupfu bwanjye.

7 Ndahetamye nunamye cyane,
Ngenda nambaye ibyo kwiraburaumunsiukira.

8 Kuko ikiyunguyungu cyanjye cyuzuyeumuriro,
Kandi nta hazima mu mubiriwanjye.

9 Ndahondobereye ndavunaguritse,
Nanihishijwe no guhagarikaumutima.

10 Mwami, ibyo nshaka byose biri imbere yawe,
Kunihakwanjye ntuguhishwa.

11 Umutimaurankubita,
Intege zanjye zirashira,
Amaso yanjye na youbwayo afite ibihuzenge.

12 Abakunzi banjye n'incuti zanjye,
bampaye akato ku bw'icyago cyanjye,
Bene wacu bampagaze kure.

13 Kandi abashaka kunyica bantega imitego,
Abanshakira ibyago bavuga iby'ubwicanyi,
Bagatekerezauburiganyaumunsiukira.

14 Ariko jyeweho meze nk'igipfamatwi sinumva,
Meze nk'ikiragi kitabumburaumunwa.

15 Niukurimeze nk'umuntuutumva,
Udafite mu kanwa ibyo asubizaundi.

16 Kuko Uwiteka ari wowe niringiye,
Mwami Imana yanjye ni woweuzansubiza.

17 Kuko navuze nti “Be kunyishima hejuru,
Iyo ikirenge cyanjye kinyereye banyirata hejuru.”

18 Kuko ndi bugufibwo gucumbagira,
Kandiumubabaro wanjye uri imbere yanjye iteka.

19 Kuko nzatura gukiranirwa kwanjye,
Nzagira agahinda k'ibyaha byanjye.

20 Ariko abanzi banjye ni abanyantege nyinshi,
Kandi ni abanyamaboko,
Abanyangira impamvu z'ibinyoma baragwiriye.

21 Abitura inabi ababagiriye neza,
Na bo ni abanzi banjye kuko nkurikiza icyiza.

22 Uwiteka ntundeke,
Mana yanjye ntumbe kure.

23 Mwami gakiza kanjye,
Tebukauntabare.

39

1 Zaburi iyi yahimbiwe Yedutuni,umutware w'abaririmbyi. Ni iya Dawidi.

2 Naribwiye nti “Nzirindira mu nzira zanjye,
Kugirango ntacumuzaururimirwanjye.
Nzajya mfataururimirwanjye,
Umunyabyaha akiri imbere yanjye.”

3 Nabeshejwe nk'ikiragi no kutavuga,
narahoze naho byaba ibyiza sinabivuga,
Umubabaro wanjyeuragwira.

4 Umutimawanjyeungurumanamu nda,
Ngitekerezaumurirounyakamo,
Maze mvugishaururiminti

5 “Uwiteka,umenyeshe iherezo ryanjye,
N'urugerorw'iminsi yanjye,
Menye ko ndi igikenya.”

6 Dore wahinduye iminsi yanjye nk'intambwe z'intoki,
Igihe cy'ubugingo bwanjye kuri wowe kimeze nk'ubusa,
Niukuriumuntu wese nubwo akomeye, niumwuka gusa.
Sela.

7 Niukuriumuntu wese agenda nk'igicucu,
Niukuribahagarikiraumutimaubusa,
Umuntu arundanyaubutunzi ataziuzabujyana.

8 Mwami, none ntegereje iki?
Ni wowe niringira.

9 Unkize ibicumurobyanjye byose,
Ntumpindure uwo gutukwa n'abapfu.

10 Narahoze sinabumbura akanwa,
Kuko ari wowe wabikoze.

11 Unkurehoinkoni yawe,
Mazwe no gukubitwa n'ukubokokwawe.

12 Iyouhaniyeumuntu gukiranirwa kweumuhanisha ibihano,
Unyenzuraubwiza bwe nk'inyenzi,
Niukuriumuntu wese niumwuka gusa.
Sela.

13 Uwiteka umva gusenga kwanjye,
tegeraugutwi gutakakwanjye,
Ntiwicire amatwi amarira yanjye.
Kuko ndiumusuhukeimbere yawe,
N'umwimukirank'uko ba sogokuruzabose bari bari.

14 Rekera aho kundeba igitsure,
Mbone uko nsubizwamo intege,
Ntarava hano ntakibaho.

40

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni iya Dawidi.

2 Nategereje Uwiteka nihanganye,
Antegeraugutwi yumva gutakakwanjye.

3 Kandi ankura mu rwobo rwo kurimbura no mu byondo by'isayo,
Ashyira ibirenge byanjye ku rutare,
Akomeza intambwe zanjye.

4 Kandi yashyize indirimbo nshya mu kanwa kanjye,
Ni yo shimwe ry'Imana yacu,
Benshi bazabireba batinye, biringire Uwiteka.

5 Hahirwauwiringira Uwiteka,
Kandi ntahindukirire abibone cyangwa abiyobagiriza gukurikiza ibinyoma.

6 Uwiteka Mana yanjye,
Imirimo itangaza wakoze ni myinshi,
Kandi ibyoutekereza kutugirira na byo ni byinshi,
Ntiharihouwagereranywa nawe.
Nashaka kubyātura no kubirondora,
Byarutaubwinshi ibyo nshoboye kubara.

7 Ibitambo n'amaturo y'ifu ntubyishimira,
Amatwi yanjyeurayazibuye,
Ibitambo byokeje n'ibitambo by'ibyaha ntiwabishatse.

8 Mperako ndavuga nti “Dore ndaje,
Mu muzingo w'igitabo ni ko byanditswe kuri jye.

9 Mana yanjye nishimira gukoraibyoukunda,
Ni koko amategeko yawe ari mu mutimawanjye.”

10 Namamazaubutumwa bwiza bwo gukiranuka mu iteraniro ryinshi,
Sinzabumba akanwa kanjye,
Uwitekaurabizi.

11 Ntabwo mpisha gukiranuka kwawe mu mutimawanjye,
Mvugaumuravawawe n'agakiza kawe.
Imbabazi zawe n'ukurikwawe simbihisha iteraniro ryinshi.

12 Uwiteka, nawe ntunyime kugiraneza kwawe,
Imbabazi zawe n'ukurikwawe bijye bindinda iteka.

13 Kuko ibyago bitabarika bingose,
Ibyo nakiraniwe bingezeho nkaba ntabasha kureba.
Birutaumusatsi wo ku mutwe wanjyeubwinshi,
Bitumaumutimawanjyeumvamo.

14 Uwiteka emera kunkiza,
Uwiteka tebukauntabare.

15 Abashakiraubugingo bwanjye kuburimbura bakorwe n'isoni bamwarane,
Abishimira ibyago byanjye basubizwe inyuma bagire igisuzuguriro.

16 Abambwira bati “Ahaa, ahaa”,
Barekwe ku bw'isoni zabo.

17 Abagushaka bose bakwishimire bakunezererwe,
Abakunda agakiza kawe bajye bavuga bati
“Uwiteka ahimbazwe.”

18 Icyakora jyeweho ndiumunyamubabaro n'umukene,
Ariko Uwiteka anyitaho.
Ni wowe mutabazi wanjye n'umukizawanjye,
Mana yanjye ntutinde.

41

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi Ni iya Dawidi.

2 Hahirwauwitaku bakene,
Uwiteka azamukizaku munsi w'ibyago.

3 Uwiteka azamurinda amukize,
kandi azahirwa ari mu isi,
Kandi ntumuheabanzi be kumugirira uko bashaka.

4 Uwiteka azamwiyegamiza ahondobereye ku buriri,
Ni woweumubyukirizaubuririiyo arwaye.

5 Naravuze nti “Uwitekaumbabarire,
Ukizeubugingo bwanjye kuko nagucumuyeho.”

6 Abanzi banjye banyifurizanabi bati
“Azapfa ryari ngo izina rye ryibagirane?”

7 Kandi umwe muri abo iyo aje kunsura aba anshunga,
Umutimaweukiyuzurizainama mbi,
Agasohoka akabivuga.

8 Abanyanga bose bamvugiramu byongorerano,
Bangira inama zo kungirira nabi.

9 Bati “Indwara ikomeye imubayeho akaramata,
Noneho ubwo aryamye ntazabyukaukundi.”

10 Kandi incuti yanjye y'amagara nizeraga nagaburiraga,
Ni yo imbanguriyeumugeri.

11 Ariko wowe ho Uwitekaumbabarireumbyutse,
Kugirango mbiture.

12 Iki ni cyo kimenyesha yukounyishimira,
Ni ukoumwanzi wanjye atavugiriza impundu kunesha.

13 Kandi jyewehounkomereza gukiranuka kwanjye,
Kandiunshyira imbere yawe iteka ryose.

14 Uwiteka Imana y'Abisirayeli ahimbazwe,
Uhereye kera koseukageza iteka ryose.
Amen kandi Amen.

42

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni indirimbo ya bene Kōra yahimbishijweubwenge.

2 Nk'uko imparakazi yahagizwa no kwifuza imigezi,
Ni koumutimawanjye wahagizwa no kukwifuza Mana.

3 Umutimawanjyeugirira Imana inyota, Imana ihoraho,
Nzaza ryari ngo ngaragare mu maso y'Imana?

4 Amarira yanjye ni yo yambereye nk'ibyokurya ku manywa na nijoro,
Kandi bahora bambazaumunsiukirabati
“Imana yawe iri hehe?”

5 Ibi ndabyibuka ngahindukaumutima,
Ubwo najyanaga n'abantu benshi,
Nkabajyana mu nzu y'Imana,
Tugendana ijwi ry'ibyishimo n'ishimwe,
Turi iteraniro riziririzaumunsi mukuru.

6 Mutimawanjye ni iki gitumye wiheba?
Ni iki gitumyeumpagararamo?
Ujyeutegereza Imana,
Kuko nzongera kuyishimira agakiza kayo.

7 Mana yanjye,umutimawanjyeurihebye,
Ni cyo gituma nkwibukiramu gihugu cya Yorodani,
No ku misozi ya Herumoni, no ku musoziwa Mizari.

8 Imyuzureihamagaranisha guhorera kw'insumo zawe,
Ibigogo byawe n'umurabawawe byose birandengeye.

9 Uwiteka yantegekeraga imbabazi ze ku manywa,
Nijoro indirimbo ye yari mu kanwa kanjye,
Ni yo nasengeshaga Imana y'ubugingo bwanjye.

10 Nzabaza Imana igitare cyanjye nti
“Ni iki gitumyeunyibagirwa?
Ni iki gituma nambikwa ibyo kwirabura n'agahato k'abanzi banjye?”

11 Abanzi banjye bameze nk'inkota iri mu magufwa yanjye,
Iyo banshinyagurirabakirizaumunsi bambaza bati
“Imana yawe iri hehe?”

12 Mutimawanjye ni iki gitumye wiheba?
Ni iki gitumyeumpagararamo?
Ujyeutegereza Imana kuko nzongera kuyishima,
Ni yo gakiza kanjye n'Imana yanjye.

43

1 Manauncireurubanza,
Umburanire n'ishyanga ritagira imbabazi,
Unkizeumuriganya n'ikigoryi.

2 Kuko uri Imana y'igihome kinkingira,
Ni iki cyatumye unta kure?
Ni iki gituma nambikwa ibyo kwirabura n'agahato k'abanzi banjye?

3 Nuko oherezaumucyo wawe n'umuravawawe binyobore,
Binjyane ku musoziwawe wera,
No mu mahema yawe.

4 Maze nzajya ku gicaniro cy'Imana,
Ku Mana ni yo munezero wanjye n'ibyishimo byanjye,
Nguhimbarishe inanga Mana,
Ni wowe Mana yanjye.

5 Mutimawanjye ni iki gitumye wiheba?
Ni iki gitumyeumpagararamo?
Ujyeutegereza Imana kuko nzongera kuyishima,
Ni yo gakiza kanjye n'Imana yanjye.

44

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni indirimbo ya bene Kōra yahimbishijweubwenge.

2 Mana, twariyumviye n'amatwi yacu,
Ba sogokuruzabatubwiye imirimo wakoze mu gihe cyabo,
Mu gihe cya kera.

3 Wimuje amahangaukubokokwaweushingamo abo,
Wateye amoko ibyago kandi abourabatatanya mu bihugu,

4 Kuko atari iyabo nkota yabahaye guhindūra igihugu,
Kandi atariukubokokwabo kwabakijije.
Ahubwo ni ikiganza cyawe cy'iburyo,
N'ukubokokwawe n'umucyo wo mu maso hawe,
Kuko wabīshimiraga.

5 Mana, ni wowe Mwami wanjye,
Tegekera Abayakobo agakiza.

6 Ni woweuzaduha gutsinda ababisha bacu,
Izina ryawe ni ryo rizaduha kuribata abaduhagurukiye.

7 Kuko ntaziringiraumuhetowanjye,
Kandi inkota yanjye atari yo izankiza,

8 Ahubwo ni wowe wadukijije ababisha bacu,
Wakojeje isoni abatwanga.

9 Imana ni yo twirataumunsiukira,
Kandi tuzashima izina ryawe iteka ryose.
Sela.

10 Ariko none wadutayekure wadutejeigisuzuguriro,
Kandi ntutabarana n'ingabo zacu.

11 Watumye ababisha bacu badukubitaincuro,
Abatwanga baratwinyagira.

12 Wadutanze nk'intama zarobanuriwekubagwa,
Wadutatanirije mu mahanga.

13 Utangiraubusaabantu bawe,
Kandi igiciro cyabo ntucyongereshaubutunzi bwawe.

14 Utugiraigitutsi cy'abaturanyi bacu,
Ibitwenge no gukobwa by'abatugose.

15 Watugizeiciro ry'imigani mu mahanga,
Abazungurizwa imitwe n'amoko.

16 Igisuzugurirocyanjye kiri imbere yanjyeumunsiukira,
Isoni zo mu maso hanjye zirantwikiriye,

17 Ku bw'ijwi ry'utongana agatukana,
Ku bw'umwanzi n'uhōra inzigo.

18 Ibyo byose byadusohoyeho ariko ntitwakwibagiwe,
Kandi ntitwavuye mu isezerano ryawe.

19 Umutimawacu ntiwasubiyeinyuma,
Intambwe zacu ntiziyobagije ngo zive mu nzira yawe,

20 Bitumeutuvunaguriraahantu h'ingunzu,
Udutwikirize igicucu cy'urupfu.

21 Niba twaribagiwe izina ry'Imana yacu,
Niba twararamburiyeamaboko indi mana,

22 Imana ntizabirondōra,
Kuko izi ibihishwe mu mutima?

23 Ahubwo twiricwaumunsiukirabakuduhōra,
Twahwanijwe n'intama z'imbagwa.

24 Mwami, ivurugute,
Ni iki kigushinjirije?
Kanguka ntudutekuri iteka ryose.

25 Ni iki gitumautwikīra mu maso hawe,
Ukibagirwaumubabaro wacu n'agahato baduhata?

26 Kukoubugingo bwacu bwunamishijwe bukagera mu mukungugu,
Inda yacu yarumanye n'ubutaka.

27 Hagurukaudutabare,
Uducungure ku bw'imbabazi zawe.

45

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi babwirisha inanga ijwi ryitwa “Amarebe”. Ni Zaburi ya bene Kōra yahimbishijweubwenge. Ni indirimbo y'urukundo.

2 Umutimawanjyeurabizeusesekara ibyiza,
Ndavuga indirimbo nahimbiyeumwami,
Ururimirwanjye ni ikaramu y'uwandika vuba.

3 Urutaubwiza abana b'abantu,
Ubukundiriza busutsweku minwa yawe,
Ni cyo gitumye Imana iguhaumugisha w'iteka.

4 Wa ntwari we, ambara inkota yawe ku itako,
Ambaraubwiza bwawe n'icyubahiro cyawe.

5 Ugendane icyubahiro uri ku ifarashiuneshe,
Urengereukurin'ubugwaneza no gukiranuka,
Ukubokokwawe kw'iburyo kukwigishe ibiteraubwoba.

6 Imyambi yawe iratyaye,
Amahanga agwa hasi imbere yawe,
Imyambi yawe iri mu mitima y'ababisha b'umwami.

7 Mana, intebe yawe ni iy'iteka ryose,
Inkoni y'ubugabebwawe ni inkoni y'utwara agororoka.

8 Wakunze gukiranuka wanga ibyaha,
Ni cyo cyatumye Imana ari yo Mana yawe,
Igusīga amavuta yo kwishima,
Kukurutisha bagenzi bawe.

9 Imyenda yawe yose ihumuraishangi n'umusagana kesīya,
Inanga zo mu mazu yubakishijwe amahembe y'inzovu zirakwishimishije.

10 Mu bagore bawe b'icyubahiro harimo abakobwa b'abami,
Iburyo bwawe hahagazeumwamikazi yambaye izahabu yavuye Ofiri.

11 Umva mukobwa,utekerezeutegeugutwi,
Kandi wibagirwe ishyanga ryanyu n'inzu ya so.

12 Ni cyo kizatumaumwami akundaubwiza bwawe,
Kuko ari we mwami wawe naweumuramye.

13 Kandiumukobwa w'i Tiro azazana impano,
Kandi abatunzi bo mu bantu bazagusabakubahakirwa.

14 Umukobwa w'umwami uri mu kirambi afiteubwiza bwinshi,
Imyenda ye iboheshejwe izahabu.

15 Ari buzanirweumwami yambaye imyenda idaraje,
Abakobwa bagenzi be bamukurikiye,
Bari buzanwe aho uri.

16 Bari buzanishweumunezero n'ibyishimo,
Binjire mu nzu y'umwami.

17 Mwami, mu cyimbo cya ba sogokuruzabawe,
Kizasubiramo abana bawe,
Ni bouzagira abatware mu isi yose.

18 Nzibukiriza izina ryawe ibihe byose,
Ni cyo gituma amahanga azagushima iteka ryose.

46

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni iya bene Kōra babwirisha inanga ijwi rito. Ni indirimbo.

2 Imana ni yo buhungiro bwacu n'imbaraga zacu,
Niumufashautabura kuboneka mu byago no mu makuba.

3 Ni cyo gituma tutazatinya naho isi yahinduka,
Naho imisozi yakurwa ahayo ikajya imuhengeri,

4 Naho amazi yaho yahorera akībirindura,
Naho imisozi yatigiswa no kwihindurizakwayo.
Sela.

5 Harihouruzi,
Imigende yarwo ishimishaururembo rw'Imana,
Ni rwo Hera hari amahema y'Isumbabyose.

6 Imana iri hagati muri rwo ntiruzanyeganyezwa,
Imana izarutabara mu museke.

7 Abanyamahanga barashakuje,
Ibihugu by'abami byagize imidugararo,
Ivuga ijwi ryayo isi irayaga.

8 Uwiteka Nyiringabo ari kumwe natwe,
Imana ya Yakobo ni igihome kirekire kidukingira.
Sela.

9 Nimuze murebeimirimo y'Uwiteka,
Kurimbura yazanye mu isi.

10 Akurahointambara kugezaku mpera y'isi,
Avunagura imiheto, amacumu ayacamo kabiri,
Amagare ayatwikishaumuriro.

11 “Nimworoshye mumenye ko ari jye Mana,
Nzashyirwa hejuru mu mahanga,
Nzashyirwa hejuru mu isi.”

12 Uwiteka Nyiringabo ari kumwe natwe,
Imana ya Yakobo ni igihome kirekire kidukingira.
Sela.

47

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni iya bene Kōra.

2 Mwa mahanga yose mwe, nimukomemu mashyi,
Muvugirize Imana impundu z'abanesheje.

3 Kuko Uwiteka Usumbabyose ateyeubwoba,
Ari Umwamiukomeyeutegeka isi yose.

4 Atugomōrera amoko tukayatwara,
Ashyira amahanga munsi y'ibirenge byacu.

5 Adutoranirizaumwandu wacu,
Ni wo byirato bya Yakobo uwo yakunze.
Sela.

6 Imana izamukanye impundu,
Uwiteka azamukanye ijwi ry'impanda.

7 Muririmbire Imana ishimwe,
Muririmbe ishimwe,
Muririmbire Umwami wacu ishimwe,
Muririmbe ishimwe.

8 Kuko Imana ari Umwami w'isi yose,
Muririmbishe ishimwe ryayo,
Indirimbo ihimbishijweubwenge.

9 Imana itegeka amahanga,
Imana yicaye ku ntebe yayo yera.

10 Abakomeye bo mu mahanga,
Bateraniye guhinduka abantu b'Imana ya Aburahamu.
Kuko ingabo zikingira abo mu isi ari iz'Imana,
Ishyizwe hejuru cyane.

48

1 Indirimbo. Zaburi ya bene Kōra.

2 Uwiteka arakomeye akwiriye gushimirwa cyane,
Mu rurembo rw'Imana yacu ku musoziwayo wera.

3 Umusoziwa Siyoni uri ikasikazi,
Uburebure bwawo ni wo byishimo by'isi yose,
Ni wo rurembo rw'Umwamiukomeye.

4 Imana yimenyekanishije mu nyumba zo muri rwo,
Ko ari igihome kirekire gikingira abantu.

5 Dore abami barateranye,
Barunyuriraho hamwe,

6 Bararurebabaratangara,
Baratinya bahunga vuba.

7 Guhinda imishyitsi kubafatirayo,
No kuribwa nk'ibise by'umugoreuri ku nda.

8 Umuyagauturutse aho izuba rirasira,
Uwumenesha inkuge z'i Tarushishi.

9 Nk'uko twumvise ni ko twabibonye,
Mu rurembo rw'Uwiteka Nyiringabo,
Mu rurembo rw'Imana yacu,
Imana izarukomeza iteka ryose.
Sela.

10 Mana, twibukiyeimbabazi zawe,
Hagati mu rusengero rwawe.

11 Mana, nk'uko izina ryawe riri,
Ni ko ishimwe ryawe ririukageza ku mpera y'isi,
Ukubokokwawe kw'iburyo kuzuyegukiranuka.

12 Umusoziwa Siyoniunezerwe,
Abakobwa ba Yuda bishimishwe n'imanza zawe zitabera.

13 MuzengurukeSiyoni muwugote,
Mubareibihome byawo.

14 Mwitegereze cyane inkike zawo,
Mutekereze inyumba zaho,
Kugirango muzabitekerereze ab'igihe kizaza.

15 Kuko iyi Mana ari Imana yacu iteka ryose,
Ni yo izatuyobora kugezaku rupfu.

49

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni iya bene Kōra.

2 Mwa mahanga mwese mwe, nimwumve ibi:
Mwa bari mu isi mwese mwe, nimutegeamatwi.

3 Aboroheje n'abakomeye,
Abatunzi hamwe n'abakene.

4 Akanwa kanjye kagiye kuvugaubwenge,
Umutimawanjyeugiyekwibwira ibyo kumenya.

5 Ndategeraumuganiugutwi kwanjye,
Ndahishuza inanga ijambo ryanjye riruhije.

6 Ni iki cyatuma ntinya mu minsi y'ibyago n'amakuba,
Gukiranirwa kw'abashaka kungusha kungose?

7 Biringiraubutunzi bwabo,
Bakirata ibintu byabo byinshi.

8 Ariko nta wubasha gucungura mugenzi we na hato,
Cyangwa guha Imana incungu ye.

9 Kugirango arame iteka atabona rwa rwobo,
Kuko incungu y'ubugingo bwabo ari iy'igiciro cyinshi,
Ikwiriye kurekwa iteka.

10

11 Kuko abona ko abanyabwenge bapfa,
Umupfapfa n'umezenk'inka bakarimbukana,
Bagasigira abandiubutunzi bwabo.

12 Mu mitima yabo bibwira yuko amazu yabo azagumahoiteka ryose,
N'ubuturobwabo ko buzagumahoibihe byose,
Ibikingi byaho bakabyitirira amazina yabo.

13 Arikoumuntu ntahorana icyubahiro,
Ahwanye n'inyamaswa zipfa.

14 Iyo nzira yabo ni iy'ubupfu,
Ariko ababazunguye bashima amagambo yabo.
Sela.

15 Bashorererwa kujya ikuzimunk'umukumbi w'intama,
Urupfu ruzabaragira.
Abatunganye bazabatwara mu gitondo,
Ubwiza bwabo buzahabwa ikuzimungo butsembwe,
Butagira aho kuba.

16 Ariko Imana izacunguraubugingo bwanjye,
Ibukuremu kubokokw'ikuzimu,
Kuko izanyakira.
Sela.

17 Ntubitinyeumuntu natunga,
Icyubahiro cy'inzu ye kikagwira,

18 Kuko napfa atazagira icyo ajyana,
Icyubahiro cye ntikizamanuka ngo kimukurikire.

19 Nubwo yibwiraga akiriho ko ahiriwe,
Kandi nubwo abantu bagushima witungishije,

20 Ubugingo bwe buzasanga ba sekuruza,
Batazarebaumucyoukundi.

21 Umuntuufiteicyubahiro ntagire n'ubwenge,
Ahwanye n'inyamaswa zipfa.

50

1 Zaburi iyi ni iya Asafu.
Imana y'imbaraga nyinshi, Imana Rurema, Uwiteka iravuze,
Ihamagaye isiuhereye aho izuba rirasira,
Ukageza aho rirengera.

2 Kuri Siyoni ahoubwiza butagira inenge,
Ni ho Imana irabagiraniye.

3 Imana yacu izaza ye guceceka,
Imbere yayoumurirouzakongora,
Umuyagaw'ishuheriuzayigota.

4 Izahamagara ijuru ryo hejuru,
N'isi na yo kugirango icireubwoko bwayourubanza.

5 Iti “Munteranirizeho abakunzi banjye,
Basezeranishije nanjye isezerano ibitambo.”

6 Ijuru rizavuga gukiranuka kwayo,
Kuko Imanaubwayo ari yo mucamanza.
Sela.

7 “Bwoko bwanjye nimwumve nanjye ndavuga,
Wa bwoko bw'Abisirayeli we, ndaguhamiriza,
Ni jye Mana, Imana yawe.

8 Sinkugayira ibitambo byawe,
Ibitambo byawe byokeje biri imbere yanjye iteka.

9 Sinzakura impfizi mu rugo rwawe,
Cyangwa isekurumemu biraro by'ihene zawe.

10 Kuko inyamaswa zose zo mu ishyamba ari izanjye,
N'inka z'ibirarashyamba zo ku misozi igihumbi.

11 Nzi inyoni n'ibisiga byose byo ku misozi,
Inyamaswa zo mu ishyamba ni izanjye.

12 “Iyaba ngira inzara sinakubwira,
Kuko isi n'ibiyuzuyeari ibyanjye.

13 Mbese aho narya inyama z'amapfizi,
Cyangwa se nanywa amaraso y'ihene?

14 Utambire Imana ishimwe,
Uhigure Isumbabyoseumuhigowawe.

15 Kandiunyambaze ku munsi w'amakuba no ku w'ibyago,
Nzagukizanaweuzanshimisha.”

16 Arikoumunyabyaha Imana iramubazaiti
“Wiruhiriza iki kuvugaamategeko yanjye,
Ugashyira isezerano ryanjye mu kanwa kawe,

17 Ubwo uri inyangaguhanwa,
Ukirenza amagambo yanjye?

18 Ukoubonyeumujurawishimira kubanana we,
Kandiufatana n'abasambanyi.

19 “Ushyira ibibi mu kanwa kawe,
Ururimirwawe rukaremauburiganya.

20 Wicarauvuganabi mwene so,
Ubeshyera mwene nyoko.

21 Ibyourabikora nkakwihorera,
Ukibwira yuko mpwanye nawe rwose.
Ariko nzaguhanambishyire imbere y'amaso yawe,
Uko bikurikirana.

22 “Nuko mwa bibagirwa Imana mwe,
Mutekereze ibi kugirango ne kubashishimura,
Hakaburaubakiza.

23 Untambira ishimwe wese aba anyubahiriza,
Kandiutunganya ingeso ze,
Nzamwereka agakiza k'Imana.”

51

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni iya Dawidi. Yayanditse

2 ubwoumuhanuzi Natani yazaga aho ari, Dawidi amaze gusambana na Batisheba.

3 Mana,umbabarire ku bw'imbabazi zawe,
Ku bw'imbabazi zawe nyinshiusibanganye ibicumurobyanjye.

4 Unyuhagire rwose gukiranirwa kwanjye,
Unyezeunkurehoibyaha byanjye.

5 Kuko nzi ibicumurobyanjye,
Ibyaha byanjye biri imbere yanjye iteka.

6 Ni wowe, ni woweubwawe nacumuyeho,
Nakoze icyangwa n'amaso yawe.
Byabereye bityo kugirangouboneke koukiranuka nuvuga,
Kandiuboneke kouboneye nucaurubanza.

7 Dore naremanywe gukiranirwa,
Mu byaha ni mo mama yambyariye.

8 Doreushakaukuriko mu mitima,
Mu mutimahatabonekauzahamenyeshaubwenge.

9 Unyejeshe ezobu ndera,
Unyuhagire ndabaumweru ndusheurubura.

10 Unyumvisheumunezero n'ibyishimo,
Kugirango amagufwa wavunnyeyishime.

11 Hisha amaso yawe ibyaha byanjye,
Usibanganye ibyo nakiraniwe byose.

12 Mana,undememoumutimawera,
Unsubizemoumutimaukomeye.

13 Ntunte kure yo mu maso yawe,
NtunkurehoUmwuka wawe Wera.

14 Unsubizemo kunezezwa n'agakiza kawe,
Unkomeresheumutimawemera.

15 Ni bwo nzigisha inzira yawe abacumura,
Abanyabyaha baguhindukirire.

16 Mana, ni wowe Mana y'agakiza kanjye,
Unkizeurubanza rw'inyama y'umuntu,
Ni bwoururimirwanjye ruzaririmba cyane gukiranuka kwawe.

17 Mwami, bumbura iminwa yanjye,
Ni bwo akanwa kanjye kazerekana ishimwe ryawe.

18 Ni ukoutishimira ibitambo mba mbiguhaye,
Ntunezererwe ibitambo byokeje.

19 Ibitambo Imana ishima niumutimaumenetse,
Umutimaumenetseushenjaguwe,
Mana, ntuzawusuzugura.

20 Ugirire neza i Siyoni nk'ukouhishimira,
Wubakeinkike z'i Yerusalemu.

21 Ni bwouzishimira ibitambo by'abakiranutsi,
Ni byo bitambo byokeje n'ibitwitswe,
Ni bwo bazatamba amapfizi ku gicaniro cyawe.

52

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni indirimbo ya Dawidi yahimbishijweubwenge.

2 Yayihimbye ubwo Dowegi Umwedomu yagendaga akabwira Sawuli ati “Dawidi yaje kwa Ahimeleki.”

3 Wa ntwari we, ni iki gitumye wirata igomwa?
Imbabazi z'Imana zihoraho iteka.

4 Ururimirwawe ruhimba ibyo kurimbura,
Ruhwanye n'icyuma cyogosha gityaye,
Wa nkozi y'uburiganya we,

5 Ukunda ibibiukabirutisha ibyiza,
No kubeshyaukakurutisha kuvugaibitunganye.
Sela.

6 Wa rurimiruriganya we,
Ukunda amagambo yose arimbura.

7 Nawe Imana izagutsemba iteka,
Izakujahura ikuvanemu ihema ryawe,
Ikurandure igukuremu isi y'ababaho.
Sela.

8 Abakiranutsi bazabireba batinye,
Bamusekebati

9 “Dore uyu ni weutagiraga Imana igihome kimukingira,
Ahubwo yiringiragaubutunzi bwe bwinshi,
Akikomereza gukoraibyaha.”

10 Ariko jyeweho meze nka elayo mbisi yo mu rugo rw'Imana,
Niringira imbabazi z'Imana iteka ryose.

11 Nzagushima iteka kuko ari wowe wabikoze,
Nzategerereza izina ryawe imbere y'abakunzi bawe,
Kuko ari ryiza.

53

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi babwirisha inanga ijwi ryitwa Mahalati. Ni indirimbo ya Dawidi yahimbishijweubwenge.

2 Umupfapfa ajya yibwira ati “Nta Mana iriho.”
Bononekaye bakiraniwe ibyo kwangwaurunuka,
Nta wukoraibyiza.

3 Imana yarebye abantu iri mu ijuru,
Kugirango imenye yuko harimo abanyabwenge bashaka Imana.

4 Bose basubiyeinyuma,
Bose bandurijwe hamwe,
Nta wukoraibyiza n'umwe.

5 Mbese inkozi z'ibibi nta bwenge zifite,
Ko barya abantu banjye nk'uko baryaumutsima,
Kandi ntibambaze Imana?

6 Aho ngaho bahagiriyeubwoba bwinshi ari nta mpamvu,
Kuko Imana yashandaje amagufwa y'uwagerereje ngo agutere,
Wabakojeje isoni kuko Imana yabasuzuguye.

7 Icyampa agakiza k'Abisirayeli kakaba kavuye i Siyoni,
Imana nisubizayoubwoko bwayo bwajyanywe ho iminyago,
Ni bwo Abayakobo bazishima,
Abisirayeli bazanezerwa.

54

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi babwira inanga. Ni indirimbo ya Dawidi yahimbishijweubwenge.

2 Yayihimbye ubwo ab'i Zifu bagendaga bakabaza Sawuli bati “Ntuzi yuko Dawidi yihishe iwacu?”

3 Mana, nkirisha izina ryawe,
Uncirishirizeurubanza imbaraga zawe.

4 Mana, umva gusenga kwanjye,
Tegeraugutwi amagambo yo mu kanwa kanjye.

5 Kuko abanyamahanga bampagurukiye,
N'abanyarugomobashatseubugingo bwanjye,
Batashyize Imana imbere yabo.
Sela.

6 Dore Imana niumutabazi wanjye,
Umwami ari mu ruhande rw'abaramiraubugingo bwanjye.

7 Azitura inabi abanzi banjye,
Ubarimbure ku bw'umuravawawe.

8 Nzagutambira igitambo kiva mu rukundo,
Uwiteka, kuko izina ryawe ari ryiza nzarishima.

9 Kuko Uwiteka yankijije amakuba n'ibyago byanjye byose,
Ijisho ryanjye rikabona icyo rishakira abanzi banjye.

55

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi babwira inanga. Ni Zaburi ya Dawidi yahimbishijweubwenge.

2 Mana, tegeraugutwi gusenga kwanjye,
Ntiwirengagize kwinginga kwanjye.

3 Nyitahounsubize,
Kwiganyira bintera gukorahirya no hino, bikanihisha,

4 Ku bw'ijwi ry'umwanzi,
Ku bw'agahato k'abanyabyaha,
Kuko banteza amakuba,
Bakangenzanyaumujinya.

5 Umutimawanjyeurambabaza cyane,
Ubwoba bwinshi bunguyehonk'ubw'ūtinyaurupfu.

6 Gutinya no guhinda imishyitsi bingezeho,
Gukangarana kuramiranije.

7 Ndavuga nti “Icyampa nkagira amababa nk'inuma,
Mba ngurutse nkaruhuka.

8 Dore mba ndorongotaniye kure,
Nkarara mu butayu.
Sela.

9 Mba mpungiye vuba mu buhungiro,
Nkikingaumuyagaw'ishuherin'umugaru.”

10 Mwami,ubamireuyoberanye indimi zabo,
Kuko nabonyeurugomono kurwana mu mudugudu.

11 Ku manywa na nijoro bigendagenda hejuru y'inkike zawo,
Kandi gukiranirwa n'igomwa biri hagati yawo.

12 Gukoraibyaha kuri hagati yawo,
Agahato n'uburiganya ntibiva mu nzira zo muri wo.

13 Siumwanzi wantutse,
Mba narabashije kwihangana,
Cyangwauwanyangaga si we wanyirase hejuru,
Mba naramwihishe.

14 Ahubwo ni wowe uwo duhwanye,
Uwo twagendanaga, incuti yanjye y'amagara.

15 Twaganiraga tunezerewe,
Tukagendagendana n'iteraniro mu nzu y'Imana.

16 Urupfu rubatungure,
Bamanuke bajye ikuzimubakiri bazima,
Kuko gukoraibyaha kuri mu mazu yabo no mu mitima yabo.

17 Jyeweho nzambaza Imana,
Uwiteka azankiza.

18 Nimugoroba no mu gitondo no ku manywa y'ihangu,
Nzajya muganyira niha,
Na we azumva ijwi ryanjye.

19 Yacunguriyeubugingo bwanjye amahoro,
Kugirango batanyegera,
Kuko abandwanyaga ari benshi.

20 Imana izanyumva ibacishe bugufi,
Ni yo ihora yicaye ku ntebe y'ubwamiuhereye kera kose,
Sela.
Izacisha bugufiabadahindurwa ntibubaheImana.

21 Wa muntu yaramburiyeamaboko kubuzaabo babanaga amahoro,
Yahumanije isezerano rye.

22 Akanwa ke kanyereraga nk'amavuta,
Arikoumutimawe wibwiraga intambara gusa.
Amagambo ye yoroheraga kurusha amavuta ya elayo,
Ariko yari inkota zikūwe.

23 Ikoreze Uwitekaumutwaro wawe na we azakuramira,
Ntabwo azakundiraumukiranutsi kunyeganyezwa.

24 Ariko wowe Mana,uzabamanuriramu rwobo rw'irimbukiro,
Abicanyi n'abariganya ntibazacagasa iminsi yo kubahokwabo,
Ariko jyeweho nzajya nkwiringira.

56

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi babwirisha inanga ijwi ryitwa “Inuma iceceka y'aba kure.”Ni Zaburi ya Dawidi yitwa Mikitamu, yahimbye ubwo Abafilisitiya bamufatiraga i Gati.

2 Mana, mbabarira kuko abantu bashaka kumira,
Birizaumunsi bandwanya bakampata.

3 Abanzi banjye birizaumunsi bashaka kumira,
Kuko abandwananya agasuzuguroari benshi.

4 Uko ntinya kose nzakwiringira.

5 Imana izampa gushima izina ryayo,
Imana ni yo niringiye sinzatinya,
Abantu babasha kuntwara iki?

6 Birizaumunsi bagoreka amagambo yanjye,
Bibwira ibyo kungirira nabi bisa.

7 Baraterana bakihisha,
Bakaronda ibirenge byanjye,
Kuko bubikiyeubugingo bwanjye.

8 Mbese gukiranirwa kwabo kuzabakirisha?
Mana, tsinda amahanga hasi n'umujinya wawe.

9 Ubara kurorongotana kwanjye,
Ushyira amarira yanjye mu icupa ryawe,
Mbese ntiyanditswe mu gitabo cyawe?

10 Icyo gihe abanzi banjye bazasubizwa inyuma ku munsi nzatakiramo,
Ibyo ndabizi kuko Imana iri mu ruhande rwanjye.

11 Imana izampa gushima izina ryayo,
Uwiteka azampa gushima izina rye.

12 Imana ni yo niringiye sinzatinya,
Abantu babasha kuntwara iki?

13 Mana, imihigo naguhizeindiho,
Kandi nzakwitura amaturo y'ishimwe.

14 Kuko wakijijeubugingo bwanjyeurupfu,
N'ibirenge byanjye wabikijije gusitara,
Ngo mbone uko ngendera mu maso y'Imana mu mucyo w'ababaho.

57

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi babwirisha inanga ijwi ryitwa “Witsemba.”Ni Zaburi ya Dawidi yitwa Mikitamu, yahimbye ubwo yari mu buvumoahunze Sawuli.

2 Mana, mbabarira mbabarira,
Kukoubugingo bwanjye buguhungiraho.
Ni koko mu gicucu cy'amababa yawe ni ho ngiye guhungira,
Kugezaaho ibi byago bizashirira.

3 Ndatakira Imana Isumbabyose,
Imana inkorera byose.

4 Izatuma iri mu ijuru inkize,
Ubwo ūshaka kumiraazantuka,
Sela.
Imana izohereza imbabazi zayo n'umuravawayo.

5 Ubugingo bwanjye buri hagati y'intare,
Ndyama hagati y'abakaumuriro.
Abo bantu amenyo yabo ni amacumu n'imyambi,
Ururimirwabo ni inkota ityaye.

6 Mana, wishyire hejuru y'ijuru,
Icyubahiro cyawe kibe hejuru y'isi yose.

7 Bateze ibirenge byanjye ikigoyi,
Umutimawanjye wiyunamiriye.
Bacukuyeubushyaimbere yanjye,
Babugwamoubwabo.
Sela.

8 Mana,umutimawanjyeurakomeye,
Umutimawanjyeurakomeye,
Ndaririmba, ni koko ndaririmba ishimwe.

9 Wa bwiza bwanjye we, kanguka,
Nebelu n'inanga nimukanguke,
Nanjyeubwanjye nzakanguka mbere y'umuseke.

10 Mwami, nzagushimira mu moko,
Nzakuririmbirira ishimwe mu mahanga,

11 Kuko imbabazi zawe ari ndende zigera no mu ijuru,
Umuravawaweugeramu bicu.

12 Mana, wishyire hejuru y'ijuru,
Icyubahiro cyawe kibe hejuru y'isi yose.

58

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi babwirisha inanga ijwi ryitwa “Witsemba.”Ni Zaburi ya Dawidi yitwa Mikitamu.

2 Mbese guceceka ni ko mucisha imanza zitabera?
Mwa bantu mwe, mbese muca imanza z'ukuri?

3 Ahubwo mukorera ibyo gukiranirwa mu mitima yanyu,
Urugomorw'amaboko yanyu ni rwo rubanza muciramu gihugu.

4 Abanyabyaha batandukanywa n'Imanauhereye ku kuvukakwabo,
Iyo bavutse uwo mwanya bariyobagiza bakabeshya.

5 Ubusabwe bwabo buhwanye n'ubw'inzoka,
Bameze nk'impoma y'igipfamatwi yiziba amatwi,

6 Itumva ijwi ry'abagombozi,
Naho bagomboreshaubwenge bwinshi cyane.

7 Mana,ubavune amenyo mu kanwa kabo,
Uwiteka, uce imikaka y'iyo migunzu y'intare.

8 Buzurukebakame nk'amazi asuma cyane,
Agitamika imyambi ibe nk'ibishishibano.

9 Babe nk'ikijongororwa kiyaga kigashira,
Babe nk'ikiramb, kitigeze kurebaizuba.

10 Inkono zanyu zitarashyushywa n'umurirow'amahwa,
Imana izayajyanisha serwakira, amabisi n'acanywe byose.

11 Umukiranutsi azishima nabona uko guhōra,
Azogesha ibirenge bye amaraso y'abanyabyaha.

12 Bizatuma abantu bavuga bati
“Niukurihariho ingororano y'abakiranutsi,
Niukurihariho Imana icira imanza mu isi.”

59

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi babwirisha inanga ijwi ryitwa “Witsemba.”Ni Zaburi ya Dawidi yitwa Mikitamu, yahimbye ubwo Sawuli yatumagabakarindira inzu kugirango bamwice.

2 Mana yanjye,unkize abanzi banjye,
Unshyire hejuru y'abampagurukira.

3 Unkize inkozi z'ibibi,
Undinde abicanyi.

4 Kuko bubikiraubugingo bwanjye,
Abanyambaraga bateraniye kuntera,
Kandi ntazize igicumurocyanjye,
Cyangwa icyaha cyanjye, Uwiteka.

5 Barirukanka bakitegura batagize icyo bampora,
Kangukaunsanganireubirebe.

6 Ni wowe mpamagara, Uwiteka,
Mana Nyiringabo, Mana y'Abisirayeli,
Kangukiraguhanaabapagani bose,
Ntugireabanyabicumurobabiubabarira.
Sela.

7 Bagaruka nimugoroba bagakankama nk'imbwa,
Bakazengurukaumudugudu.

8 Dore badudubiranya amagambo mabi mu kanwa kabo,
Inkota ziri mu minwa yabo,
Kuko bibaza bati “Ni ndeubyumva?”

9 Ariko wowe Uwitekauzabaseka,
Uzakoba abapagani bose.

10 Wa mbaraga yanjye we, nzagutegereza,
Kuko Imana ari yo gihome kirekire kinkingira.

11 Imana mboneramo imbabazi izansanganira,
Imana izanyereka ibyo nshakira abanyubikira.

12 Ntubicekugirango abantu banjye batabyibagirwa,
Mwami ngabo idukingira,
Ubatatanishe imbaraga zaweubacishe bugufi.

13 Ijambo ryose ryo mu minwa yabo ni igicumurocy'akanwa kabo,
Ubwibone bwabo bubafate nk'umutego,
Imivumo n'ibinyoma bavuga na byo bibafatishe.

14 Ubatsembaneumujinya,
Ubatsembe be kubahoukundi,
Kugezaku mpera y'isi hose,
Bamenye yuko Imana itegeka Abayakobo.
Sela.

15 Ba bandi bajye bagaruka nimugoroba bakankame nk'imbwa,
Bazengurukeumudugudu.

16 Bahunahune bashake inyama,
Nibadahaga bakeshe ijoro.

17 Ariko jyeweho nzaririmba imbaraga zawe,
Kuko wambereye igihome kirekire kinkingira.
Mu gitondo nzaririmbisha imbabazi zawe ijwi rirenga,
N'ubuhungiro ku munsi w'amakuba yanjye.

18 Ni wowe wa mbaraga yanjye we, nzaririmbira ishimwe,
Kuko Imana ari yo gihome kirekire kinkingira,
Ni Imana mboneramo imbabazi.

60

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi babwirisha inanga ijwi ryitwa “Irebe ryo guhamya.”Mikitamu ya Dawidi yahimbiye kwigisha,

2 ubwo yarwanaga n'Abasiriya b'i Mezopotamiya n'Abasiriya b'i Soba, Yowabu akagaruka akicira mu Kibaya cy'Umunyu Abedomu inzovu n'ibihumbi bibiri.

3 Mana,uradutayeuradushenye,
Wararakayeudusubizemo intege.

4 Wateye igihugu igishyitsiuragisatura,
Zibaubusatebwacyo kuko gitigita.

5 Weretse abantu bawe ibikomeye,
Watunywesheje inzoga zidandabiranya.

6 Wahaye abakubahaibendera,
Kugirango bahungeumuheto.
Sela.

7 Kirishaukubokokwawe kw'iburyounsubize,
Kugirango aboukunda bakizwe.

8 Imana yarahiye kwera kwayo iti
“Nzishima, nzagabanya i Shekemu,
Kandi nzagabanishaurugeroigikombe cy'i Sukoti.

9 Galeyadi ni ahanjye,
Umuryango wa Manase niuwanjye,
Uwa Efurayimu ni woukingiraumutwe wanjye,
Uwa Yuda ni wo nkoni yanjye y'ubwami.

10 Abamowabu ni bo gikarabiro cyanjye,
Abedomu nzabakubitainkweto mu mutwe,
Filisitiya,umvugirize impundu.”

11 Ni ndeuzanyinjiza mu muduguduufiteigihome gikomeye?
Ni ndeuzangeza Edomu?

12 Si wowe Mana wadutayeuzangezayo?
Si wowe Manautajyanaga n'ingabo zacuuzangezayo?

13 Udutabareumubisha,
Kuko gutabara kw'abantu kutagiraumumaro.

14 Imana izadukoresha iby'ubutwari,
Kuko ari yo izaribata ababisha bacu.

61

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi babwira inanga. Ni Zaburi ya Dawidi.

2 Mana, umva gutakakwanjye,
Tyarizaugutwi gusenga kwanjye.

3 Mpagaze ku mpera y'isi nzajya ngutabaza,
Ukoumutimawanjyeuzagwa isari.
Unshyire ku gitare kirekire ntakwishyiraho,

4 Kuko wambereyeubuhungiro,
N'igihome kirekire kinkingiraumwanzi.

5 Nzaguma mu ihema ryawe iteka,
Nzahungira mu bwihisho bwo mu mababa yawe.
Sela.

6 Kuko wowe Mana, wumviseumuhigowanjye,
Umpayeumwanduuhabwa abubahaizina ryawe.

7 Uzongereraumwami iminsi y'ubugingo bwe,
Imyaka ye izabe nk'iy'ab'ibihe byinshi.

8 Azaguma mu maso y'Imana iteka,
Itegura imbabazi n'umuravakugirango bimurinde.

9 Bizatuma ndirimbira izina ryawe ishimwe iteka,
Ngo mpigureumuhigowanjye uko bukeye.

62

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni iyo mu buryo bwa Yedutuni. Ni Zaburi ya Dawidi.

2 UmutimawanjyeuturizeImana yonyine,
Ni yo agakiza kanjye gaturukaho.

3 Ni yo gitare cyanjye yonyine n'agakiza kanjye,
Ni igihome kirekire kinkingira sinzanyeganyezwa cyane.

4 Muzageza he guteraumuntu ngo mumwicane mwese,
Nk'inkike ibogamye, nk'uruzitiro runyeganyega?

5 Iki cyonyine ni cyo bajya inama,
Niukugirango bamusunikengo agwe,
Ave mu cyubahiro cye.
Bishimira ibinyoma,
Basabirishaumugisha akanwa kabo,
Ariko bavumisha imitima yabo.
Sela.

6 Mutimawanjye turizaImana yonyine,
Kuko ari yo ibyiringiro byanjye biturukaho.

7 Ni yo gitare cyanjye yonyine n'agakiza kanjye,
Ni igihome kirekire kinkingira sinzanyeganyezwa.

8 Imana ni yo irimo agakiza kanjye n'icyubahiro cyanjye,
Igitare cy'imbaraga zanjye n'ubuhungiro bwanjye biri mu Mana.

9 Mwa bantu mwe, mujye muyiringira,
Ibyo mu mitima yanyu mubisuke imbere yayo,
Imana ni yo buhungiro bwacu.
Sela.

10 Niukuriaboroheje niumwuka gusa,
Kandi abakomeye ni ibinyoma.
Nibashyirwa mu gipimo ntibazika bazateruka,
Bose bateranyeumwukaubarusha kuremera.

11 Ntimwiringire agahato,
Ntimwizigirireubusakunyaga,
Ubutunzi nibugwira ntibuzabaherane imitima.

12 Imana yavuze rimwe, nabyumvise kabiri,
Ngo “Imana ni yo ifiteububasha.”

13 Kandi ni wowe Mwamiufiteimbabazi,
Kuko wituraumuntu wese ibikwiriyeumurimowe.

63

1 Zaburi ya Dawidi yahimbye ubwo yari ari mu butayubw'i Buyuda.

2 Mana, ni wowe Mana yanjye ndazindukirakugushaka,
Umutimawanjyeukugirira inyota,
Umubiriwanjyeugukumburiramu gihugu cyumye,
Kiruhijwe n'amapfa kitagira amazi.

3 Uko ni ko nagutumbiririye ahera hawe,
Kugirango ndebe imbaraga zawe n'ubwiza bwawe.

4 Kuko imbabazi zawe ari izo gukundwakurutaubugingo,
Iminwa yanjye izagushima.

5 Uko ni ko nzaguhimbaza nkiriho,
Izina ryawe ni ryo nzamanikira amaboko.

6 Umutimawanjyeuzahazwa nk'uriyeumusokoro n'umubyibuho,
Akanwa kanjye kazagushimisha iminwa yishima,

7 Uko nzakwibukiraku buriribwanjye,
Nkagutekereza mu bicuku by'ijoro.

8 Kuko wambereyeumufasha,
Kandi nzavugiriza impundu mu gicucu cy'amababa yawe.

9 Umutimawanjye ukōmaho,
Ukubokokwawe kw'iburyo kurandamira.

10 Ariko abashakiraubugingo bwanjye kubutsemba,
Bazajya ikuzimu.

11 Bazahabwa gutwarwa n'inkota,
Bazabaumugabane w'ingunzu.

12 Arikoumwami azishimira Imana,
Uyirahira wese azirata,
Kuko akanwa k'ababeshya kazazibywa.

64

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni iya Dawidi.

2 Mana, umva ijwi ryanjye ryo kuganya,
Kizaubugingo bwanjye gutinyishwa n'umwanzi.

3 Mpisha inama z'abakora nabi bangīra rwihishwa,
N'imidugararo y'inkozi z'ibibi.

4 Batyaje indimi zabo nk'inkota,
Batamitse imyambi yabo azi yo magambo abishye,

5 Kugirango barasireutunganye mu rwihisho.
Bamurasagitunguro ntibatinya,

6 Bihumuririza imigambi mibi,
Bajya inama zo gutegaibigoyi rwihishwa,
Bakibwira bati “Ni ndeuzabireba?”

7 Bahirimbanira kunguka inama mbi,
Bakibwira bati “Tunogeje inama twungutse.”
Umutimaw'umuntu wese n'ibihishwe atekereza ntibirondorwa.

8 Ariko Imana izabarasa,
Bazakomeretswa n'umwambiubatunguye.

9 Uko ni ko bazasitazwa,
Ururimirwaboubwarwo ruzabarwanya,
Ababareba bose bazazunguza imitwe.

10 Kandi abantu bose bazatinya,
Bavugeumurimow'Imana,
Batekereresheubwenge ibyo yakoze.

11 Umukiranutsi azanezererwa Uwiteka amwiringire,
Kandi abafite imitima itunganye bose bazirata.

65

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni indirimbo ya Dawidi.

2 Mana, i Siyoni bagushimisha kuguturiza,
Ni wowe bazahiguraumuhigo.

3 Ni wowe wumva ibyousabwa,
Abantu bose bazajya aho uri.

4 Gukiranirwa kwinshi kuranesheje,
Ibicumurobyacuuzabitwikīra.

5 Hahirwaumuntuutoranyaukamwiyegereza,
Kugirango agume mu bikari byawe.
Tuzahazwa n'ibyiza byo mu nzu yawe,
Ibyiza by'Ahera ho mu rusengero rwawe.

6 Mana y'agakiza kacu,
Uzadusubirishe ibiteyeubwoba ku bwo gukiranuka kwawe,
Ni wowe byiringiro by'abo ku mpera y'ubutakahose,
N'iby'abo ku mpera y'inyanja za kure.

7 Iyo ni yo ishimangirisha imisozi imbaraga zayo,
Ikenyeye imbaraga.

8 Iturisha guhorera kw'inyanja,
Guhorera k'umurabawo muri zo,
N'imidugararo y'amahanga.

9 Kandi abatuye ku mpera y'isi batinya ibimenyetso byawe,
Uvugisha impundu ab'aho igitondo gitangariza,
N'ab'ahoumugorobaukubira.

10 Ugenderera isiukayivubira,
Uyitungisha cyaneuruzirw'Imana rwuzuyeamazi.
Ni wowe uha abantu amasaka,
Umaze gutunganyaubutakautyo.

11 Uvubiraimpavu zo muri bwo imvura nyinshi,
Uringaniza imitabo yo muri bwo.
Ubworohesha ibitonyanga,
Uhaumugisha kumezakwabwo.

12 Wambikaumwaka kugiraneza kwawe nk'ikamba,
Inkōra z'igare ryawe zigushaumwero.

13 Imvura igwa ku rwuri rwo mu butayu,
Imisozi igakenyera ibyishimo.

14 Urwuri rukagatirwa n'imikumbi,
Ibikombe bitwikīrwa n'amasaka,
Biranguruzwa n'ibyishimo bikaririmba.

66

1 Iyi ndirimbo yitwa Zaburi, yahimbiweumutware w'abaririmbyi.
Mwa bari mu isi yose mwe,
Muvugirize Imana impundu.

2 Muririmbe icyubahiro cy'izina ryayo,
Mwogeze ishimwe ryayo.

3 Mubwire Imana muti
“Imirimo yawe ko iteyeubwoba,
Imbaraga zawe nyinshi zizatuma abanzi bawe bose bakugomokera,
Bakagushyeshya.

4 Abo mu isi yose bazagusenga bakuririmbire,
Bazaririmbira izina ryawe.”
Sela.

5 Nimuze murebeimirimo y'Imana,
Iteyeubwoba ku byo igirira abantu.

6 Yahinduye inyanjaubutaka,
Kandi bambukishijeuruziibirenge,
Aho ni ho twayishimiriye.

7 Itegekesha imbaraga zayo iteka,
Amaso yayo yitegereza amahanga,
Abagome be kwishyira hejuru.
Sela.

8 Mwa mahanga mwe, muhimbaze Imana yacu,
Mwumvikanishe ijwi ry'ishimwe ryayo.

9 Irindira imitima yacu mu bugingo,
Kandi ntikundira ibirenge byacu ko biteguza.

10 Kuko Mana, waratugerageje,
Watuvugutiyenk'uko bavugutiraifeza.

11 Wadutojeikigoyi,
Waduhekeshejeumutwarouremereye mu mugongo.

12 Wahaye abantu kudukandagiza ku mitwe amafarashi abahetse,
Twanyuze mu murirono mu mazi,
Mazeudukuramoudushyira ahantu h'uburumbuke.

13 Ndinjirana ibitambo byokeje mu nzu yawe,
Ndaguhiguraumuhigonaguhize.

14 Wabumbuje iminwa yanjye,
Akanwa kanjye kakawuvugaubwo nari mu mubabaro.

15 Ndagutambira ibitambo byokeje by'amatungo abyibushye,
Arimoumubabwe w'amasekurumey'intama,
Ndatamba amapfizi n'ihene.
Sela.

16 Mwa bubahaImana mwese mwe, nimuze mwumve.
Nanjye ndavuga ibyo yakoreyeubugingo bwanjye.

17 Nayitakirishije akanwa kanjye,
Ururimirwanjye rwarayihimbaje.

18 Iyaba naribwiraga ibyo gukiranirwa mu mutimawanjye,
Uwiteka ntaba anyumviye.

19 Ariko koko Imana iranyumviye,
Ityarijeugutwi ijwi ryo gusenga kwanjye.

20 Imana ihimbazwe,
Itanze kumva gusenga kwanjye,
Kandi itankuyehoimbabazi zayo.

67

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi babwira inanga. Ni indirimbo yitwa Zaburi.

2 Imana itubabarire iduheumugisha,
Itumurikishirize mu maso hayo.
Sela.

3 Kugirango inzira yawe imenywe mu isi,
Ubugingo bwawe bukizabumenywe mu mahanga yose.

4 Mana, amoko agushime,
Amoko yose agushime.

5 Amahanga yishime, aririmbishwe n'ibyishimo,
Kukouzacira amoko imanza z'ukuri,
Kandiuzashorerera amahanga mu isi.
Sela.

6 Mana, amoko agushime,
Amoko yose agushime.

7 Ubutakabwezeumwero wabwo,
Imana ni yo Mana yacu, izaduhaumugisha.

8 Imana izaduhaumugisha,
Kandi abo ku mpera y'isi hose bazayubaha.

68

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni indirimbo ya Dawidi yitwa Zaburi.

2 Imana izahagurukaabanzi bayo batatane,
Kandi abayanga bazahunga mu maso hayo.

3 Nk'ukoumwotsiutumukani kouzabatumura,
Nk'uko ibimamara biyagira imbere y'umuriro,
Ni ko abanyamahanga bazarimbukiraimbere y'Imana.

4 Ariko abakiranutsi bazanezerwa,
Bazishimira imbere y'Imana,
Ni koko bazishima ibyishimo.

5 Nimuririmbire Imana, muririmbire izina ryawe ishimwe
MuharurireImana inzira inyura mu butayu, iri mu igare,
Izina ryayo ni YA, mwishimire imbere yayo.

6 Imana iri mu buturobwayo bwera,
Ni se w'impfubyi n'umucamanzaurengera abapfakazi.

7 Imana ibesha mu mazu abatagira shinge na rugero,
Ibohora imbohe ikaziha kugubwa neza,
Ariko abagome bakaba mu gihugu gikakaye.

8 Mana, ubwo wajyaga imbere y'ubwoko bwawe,
Ubwo wagendaga mu butayu,
Sela.

9 Isi yahinze igishyitsi,
Ijuru riyengera imbere y'Imana,
Sinayi iriya ihindira igishyitsi imbere y'Imana,
Ni yo Mana y'Abisirayeli.

10 Mana, wavubiyeimvura y'ubuntuumwandu wawe,
Wawushubijemo intege ubwo wariurushye.

11 Ubwoko bwawe bwatuye muri wo,
Mana witeguriyeumunyamubabaro,
Ku bwo kugiraneza kwawe.

12 Umwami Imana yatanze itegeko,
Abagore bamamaza inkuru baba benshi.

13 Abami bagaba ingabo barahunga, barahunga,
Umugoreusigaye mu rugo ni weugabanya iminyago.

14 Mukiryama mu ngo z'intama,
Amababa y'inuma akengeranaho ifeza,
N'amoya yayo akengeranaho izahabu y'amazi.

15 Ubwo Ishoborabyose yatatanirizaga abami mu gihugu,
Shelegi yagwaga kuri Salumoni.

16 Umusoziw'i Bashani niumusoziw'Imana,
Umusoziw'i Bashani niumusoziw'impinga nyinshi.

17 Mwa misozi y'impinga nyinshi mwe,
Ni iki gituma murebana ishyari,
UmusoziImana yashatse kubaho?
Ni koko, Uwiteka azawubahoiteka ryose.

18 Amagare y'Imana abarika inzovu ebyiri, inzovu ebyiri,
Ni koko, ni ibihumbi n'ibihumbi,
Umwami Imana iri hagati yayo,
Sinayi iri ahera ho mu rusengero.

19 Urazamutse ujya hejuruujyanye iminyago,
Uhērewe impano hagati y'abantu,
Ni koko,uziherewe hagati y'abagome na bo,
Kugirango Uwiteka Imana ibane na bo.

20 Umwami ahimbazweutwikorereraumutwaro uko bukeye,
Ni we Mana ituberaagakiza.
Sela.

21 Imana ituberaImana y'agakiza idukizakenshi,
Kandi Uwiteka Umwami ni weubasha gukūra mu rupfu.

22 Ariko Imana izamenagura imitwe y'abanzi bayo,
N'igikoba kirihoumusatsi cy'umuntu weseukomeza kwishyirahourubanza.

23 Umwami Imana yaravuze iti
“Nzabagarura bave i Bashani,
Nzabagarura bave imuhengeri w'inyanja,

24 Kugirango winike ikirenge cyawe mu maraso,
Indimi z'imbwa zawe zigabane abanzi bawe.”

25 Mana, barebye amagenda yawe,
Amagenda y'Imana yanjye,
Ni yo Mwami wanjye yinjira ahera.

26 Abaririmbyi bagiye imbere,
Abacuranzi bakurikiyeho,
Hagati y'abakobwa bavuza amashako.

27 Muhimbarize Imana mu materaniro,
Mwa bakomotse ku isōko ya Isirayeli mwe,
Muhimbaze Umwami Imana.

28 Nguriyaumuryango wa Benyaminiumuhererezi,
Ni wo mutware wabo,
Harimo n'abakomeye b'Abayuda n'umutwe wabo,
N'abakomeye b'Abazebuluni,
N'abakomeye b'Abanafutali.

29 Imana yawe igutegekeye imbaraga,
Mana, komeza ibyo wadukoreye,

30 Uri mu rusengero rwawe,
I Yerusalemu ni ho abami bazakuzanira amaturo.

31 Hana ya nyamaswa yo mu rufunzo,
N'amapfizi menshi n'inyana zo mu mahanga,
Kugirango bakuramye bazanye ibice by'ifeza,
Tatanya amahanga yishimira intambara.

32 Abakomeye bazaza bavuye muri Egiputa,
Etiyopiya hazihuta kuramburiraImana amaboko yaho.

33 Mwa bihugu by'abami bo mu isi mwe,
Muririmbire Imana,
Muririmbire Umwami ishimwe.
Sela.

34 Ni weugenda ku ijuru ryo hejuru y'amajuru yose,
Ryahozeho na kera kose,
Dore avuga ijwi, ijwi rikomeye.

35 MwāturireImana ko ifite imbaraga,
Ubwiza bwayo buri hejuru y'Abisirayeli,
Imbaraga zayo ziri mu bicu.

36 Mana,uteyeubwoba uri ahera hawe,
Imana y'Abisirayeli ni yo iha abantu bayo imbaraga no gukomera.
Imana ihimbazwe.

69

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi babwirisha inanga ijwi ryitwa “Amarebe.”Ni Zaburi ya Dawidi.

2 Mana, nkiza kuko amazi ageze no ku bugingo bwanjye.

3 Ndigise mu byondo birebire,
Bidafite ahoumuntu yahagarara,
Ngeze muri nyinaumuvumbiurantembana.

4 Kurirakuranduhijeumuhogowanjyeurumye,
Amaso yanjye yarerutse ngitegereza Imana yanjye.

5 Abanyangiraubusabarutaumusatsi wo ku mutwe wanjyeubwinshi
Abashaka kundimbura bampora impamvu z'ibinyoma barakomeye,
Ni bwo narihishijwe icyo ntanyaze.

6 Mana, ni wowe uziubupfu bwanjye,
Ibyaha byanjye ntubihishwa.

7 Mwami, Uwiteka Nyiringabo,
Abagutegereza be kumwazwa n'ibyanjye,
Mana y'Abisirayeli,
Abagushaka be guterwa igisuzuguriron'ibyanjye.

8 Kuko nihanganira ibitutsi bakuntukira,
Mu maso hanjye huzuyeipfunwe.

9 Mpindutseumushyitsi kuri bene data,
N'umunyamahanga kuri bene mama.

10 Kuko ishyaka ry'inzu yawe rindya,
Ibitutsi by'abagutukabyaguye kuri jye.

11 Ubwo nariraga ngahanishaumutimawanjye kwiyirizaubusa,
Byampindukiyeibitutsi.

12 Ubwo nambaraga ibigunira,
Nabaye iciro ry'imigani kuri bo.

13 Abicara mu marembo baramvuga,
Ndi indirimbo y'abasinzi.

14 Ariko jyeweho ni wowe nsenga Uwiteka,
Mana, mu gihe cyo kwemererwamo,
Ku bwo kugiraneza kwawe kwinshi,
Unsubirisheumuravaw'agakiza kawe.

15 Unsayure mu byondo ne kurigita,
Nkire abanyanga nkire n'amazi maremare.

16 Umuvumba we kuntembana,
Imihengeri he kumira,
Rwa rwobo rwe kumbumbirahoumunwa warwo.

17 Uwiteka,unsubizekuko imbabazi zawe ari nziza,
Unkebuke nk'uko kugiraneza kwawe ari kwinshi.

18 Kandi jyeweumugaragu wawe ntumpishe mu maso hawe,
Kuko mfiteumubabarounsubizevuba.

19 Wegereubugingo bwanjyeubukize,
Uncungure ku bw'abanzi banjye.

20 Ni wowe uzi uko ntukwa,
N'isoni zanjye n'igisuzugurirocyanjye na byourabizi,
Abanzi banjye bose bari imbere yawe.

21 Ibitutsi byamenaguyeumutimandarwaye cyane,
Nashatseuwangirira imbabazi ariko ntihaboneka n'umwe,
Nashatse abo kumaraumubabaro ndababura.

22 Kandi bampaye indurwe kuba ibyokurya byanjye,
Ngize inyota bampaumushari wa vino.

23 Ameza yabo imbere yabo ahinduke ikigoyi,
Bakiri mu mahoro ahindukeumutego.

24 Amaso yabo ahumwe batareba,
Uhindisheumushyitsi ikiyunguyungu cyabo iteka.

25 Ubasukehouburakari bwawe,
Umujinya w'inkazi waweubagereho.

26 Iwabo hasigareubusa,
Kandi ntihakagire uba mu mahema yabo.

27 Kuko bagenza uwo wakubise,
Kandi bavugaumubabaro w'abo wakomerekeje.

28 Rundanya ibyaha ku byaha byabo,
Be kwinjira mu byo gukiranuka kwawe.

29 Basibanganywe mu gitabo cy'ubugingo,
Be kwandikanwa n'abakiranutsi.

30 Ariko jyeweho ndiumunyamubabaro ndaribwa,
Mana, agakiza kawe kanshyire hejuru.

31 Nzashimisha izina ry'Imana indirimbo,
Nzayihimbarisha ishimwe ry'ibyo yankoreye.

32 Ibyo bizanezeza Uwiteka birushe impfizi,
Cyangwa ikimasa gifite amahembe cyatūye inzara.

33 Abagwaneza bazabireba bishime,
Mwa bashaka Imana mwe,
Imitima yanyu isubizwemoubugingo.

34 Kuko Uwiteka yumva abakene,
Ntasuzuguraabe bari mu nzu y'imbohe.

35 Ijuru n'isi bimushime,
N'inyanja n'ibizigendamo byose.

36 Kuko Imana izakiza i Siyoni,
Ikubakaimiduguduya Yuda,
Bazayibamo igihugu kibabere gakondo.

37 Kandiurubyaro rw'abagaragu bayo ruzakiragwa,
Abakunda izina ryayo bazagituramo.

70

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni iya Dawidi yahimbiwe kubaurwibutso.

2 Mana, tebukaunkize
Uwiteka, tebukauntabare.

3 Abashakaubugingo bwanjye bakorwe n'isoni bamware,
Abishimira ibyago byanjye basubizwe inyuma,
Bagire igisuzuguriro.

4 Abambwira bati “Ahaa, ahaa!”
Basubizwe inyuma ku bw'isoni zabo.

5 Abagushaka bose bakwishimire bakunezererwe,
Abakunda agakiza kawe bajye bavuga bati
“Imana ihimbazwe.”

6 Ariko jyeweho ndiumunyamubabaro n'umukene,
Mana, tebuka uze aho ndi,
Ni wowe mutabazi wanjye n'umukizawanjye,
Uwiteka, ntutinde.

71

1 Uwiteka, ni wowe mpungiyeho,
Singakorwe n'isoni.

2 Ku bwo gukiranuka kwaweunkizeuntabare,
Untegereugutwiunkize.

3 Umbereurutarerw'ubuturo,
Aho nzabasha kujya mpungira,
Wategetse kunkiza,
Kuko ari wowe gitare cyanjye n'igihome kinkingira.

4 Mana yanjye, nyarura mu maboko y'umunyabyaha,
Nyarura mu maboko y'umunyarugomoukiranirwa.

5 Kuko ari wowe byiringiro byanjye Mwami Uwiteka,
Ni wowe nizerauhereye mu buto bwanjye.

6 Ni wowe njya nishingikirizahouhereye mu ivuka ryanjye,
Ni wowe wankuye mu nda ya mama,
Nzajya ngushima iminsi yose.

7 Ndi ishyano ritangaza benshi,
Ariko ni wowe buhungiro bwanjye bukomeye.

8 Akanwa kanjye kazuzuraishimwe ryawe,
N'icyubahiro cyaweumunsi wire.

9 Ntunte mu gihe cy'ubusaza,
Ntundeke mu gihe intege zanjye zishize.

10 Kuko abanzi banjye bamvuga,
Abubikiraubugingo bwanjye bajya inama bati

11 “Imana yaramuretse,
Mumwirukane, mumufatekuko atagira uwo kumukiza.”

12 Mana, ntumbe kure,
Mana yanjye, tebukauntabare.

13 Abanzi b'ubugingo bwanjye bakorwe n'isoni barimbuke,
Abashaka kungirira nabi bambikwe ibitutsi n'igisuzuguriro.

14 Ariko jyeweho nzajya niringira iteka,
Nziyongeranya iteka kugushima.

15 Akanwa kanjye kazabara inkuru yo gukiranuka kwawe,
N'agakiza kaweumunsi wire,
Kuko ntaziumubarewabyo.

16 Nzajya aho uri mvuge imirimo ikomeye Umwami Uwiteka yakoze,
Nzavuga gukiranuka kwawe wenyine.

17 Mana, ni wowe wanyigishijeuhereye mu buto bwanjye,
Kugezanone ndacyavuga imirimo itangaza wakoze.

18 Mana, ntundeke kugezaigihe mera imvi z'ubusaza,
Ntarabwira ab'igihe kizaza iby'amaboko yawe,
Ntarabwira abazavuka bose gukomera kwawe.

19 Mana,urugerorwo gukiranuka kwawe rugeramu ijuru,
Ni wowe wakoze ibikomeye,
Mana, ni ndeuhwanye nawe?

20 Ni wowe watweretse ibyago byinshi bikomeye,
Uzagarukautuzure,
Utuzamureudukureikuzimu.

21 Ungwirize gukomera,
Uhindukireumareumubabaro.

22 Nanjye nzagushimisha nebelu,
Mana yanjye, nzashimaumuravawawe.
Ni wowe nzaririmbira ishimwe mbwira inanga,
Uwera w'Abisirayeli we.

23 Iminwa yanjye izishima cyane,
Ubwo nzakuririmbira ishimwe,
N'ubugingo bwanjye wacunguye buzishima.

24 Kandiururimirwanjye ruzavuga gukiranuka kwaweumunsi wire,
Kuko abashaka kungirira nabi bakojejwe isoni, bamwajwe.

72

1 Zaburi ya Salomo.
Uheumwami guca imanza kwawe,
Uheumwana w'umwami kutabera kwawe.

2 Azacira abantu bawe imanza zitabera,
N'abanyamubabaro bawe azabacira imanza z'ukuri.

3 Guca imanza zitabera kuzatuma imisozi miremire
N'imigufi izanira abantu amahoro.

4 Azaca imanza zirengera abanyamubabaro bo mu bantu,
Azakiza abana b'abakene,
Kandi azavunaguraumunyagahato.

5 Bazakubahaibihe byose,
Izuba n'ukwezi bikiriho.

6 Azamera nk'imvura imanuka ikanyagira ibyatsi biciwe,
Nk'ibitonyanga bitonyangiraubutaka.

7 Mu minsi ye abakiranutsi bazashisha,
Kandi hazabaho amahoro menshi,
Kugezaahoukwezi kuzashirira.

8 Azatwara ahereye ku nyanja ageze ku yindi nyanja,
Kandi ahereye kuri rwa Ruzi ageze ku mpera y'isi.

9 Ababa mu butayubazamwunamira,
Abanzi be bazarigataumukungugu.

10 Abami b'i Tarushishi n'abami bo ku birwa bazazana amaturo,
Abami b'i Sheba n'abami b'i Seba bazazana ikoro.

11 Abami bose bazamwikubitaimbere,
Amahanga yose azamukorera.

12 Kuko azakizaumukeneubwo azataka,
N'umunyamubabaroutagira gitabara.

13 Azababarirauworoheje n'umukene,
Ubugingo bw'abakene azabukiza.

14 Azacunguraubugingo bwabo,
Abukizeagahato n'urugomo,
Kandi amaraso yabo azaba ay'igiciro cyinshi imbere ye.

15 Nuko azarama kandi bazamuha ku izahabu y'i Sheba,
Bazamusabira iteka,
Bazamusabiraumugishaumunsi wire.

16 Hazabaho amasaka menshi mu gihugu no mu mpinga z'imisozi,
Amahundo yayo azanyeganyega nk'ibiti byo kuri Lebanoni,
Abanyamudugudubazashisha nk'ubwatsi bwo ku butakaburabije.

17 Izina rye rizahoraho iteka ryose,
Izina rye rizahamaho, izuba rikiriho,
Abantu bazisabiraumugisha wo guhwana na we,
Amahanga yose azamwitaumunyehirwe.

18 Uwiteka Imana ni yo Mana y'Abisirayeli ihimbazwe,
Ni yo yonyine ikora ibitangaza.

19 Izina ryayo ry'icyubahiro rihimbazwe iteka,
Isi yose yuzureicyubahiro cyayo.
Amen kandi Amen.

20 Ibyo Dawidi mwene Yesayi yasabye birarangiye.

73

1 Zaburi iyi ni iya Asafu.
NiukuriImana igirira neza Abisirayeli,
Bafite imitima iboneye.

2 Ariko jyeweho,
Ibirenge byanjye byari bugufibwo guhanuka,
Intambwe zanjye zari zishigaje hato zikanyerera.

3 Kuko nagiriraga ishyari abibone,
Ubwo narebaga abanyabyaha baguwe neza.

4 Kuko batababazwa mu ipfa ryabo,
Ahubwo imbaraga zabo zirakomera.

5 Ntibagira imibabaro nk'abandi,
Ntibaterwa n'ibyago nk'abandi.

6 Ni cyo gitumaubwibone buba nk'urunigimu majosi yabo,
Urugomorukabatwikīra nk'igishura.

7 Amaso yabo avanywe imutwe no kubyibuha kwabo,
Bafite ibiruta ibyoumutimaw'umuntu wakwifuza.

8 Barakoba bakavugishwa iby'agahato no gukiranirwa kwabo,
Bavuga iby'ubwibone.

9 Bashyize akanwa kabo mu ijuru,
Ururimirwabo ruzerera mu isi yose.

10 Ni cyo gituma abantu be bagaruka aho,
Bakamara amazi yuzuyemu gikombe,

11 Bakavuga bati “Imana ikibwirwa n'iki?
Isumbabyose hari icyo izi?”

12 Dore abo ni bo banyabyaha,
Kandi kuko bagira amahoro iteka bagwizaubutunzi.

13 Niukurinogerejeubusaumutimawanjye,
Kudacumuranagukarabiyeubusa.

14 Kuko natewe n'ibyagoumunsiukira,
Ngahanwa ibihano mu bitondo byose.

15 Iyaba naravuze nti “Reka mvuge ntyo”,
Mba narahemukiyeubwoko bw'abana bawe.

16 Natekereje uko nabasha kubimenya,
Birandushyabirananira,

17 Kugezaaho nagiriye ahera h'Imana,
Nkita ku iherezo rya ba bandi.

18 Niukuriubashyira ahanyerera,
Urabagusha bagasenyuka.

19 Erega bahindutse amatongo mu kanya gato!
Ubwoba bw'uburyo bwinshi burabatsembye rwose.

20 Nk'uko inzozi zimeze iyoumuntu akangutse,
Ni ko nawe Mwami nukanguka,
Uzasuzuguraicyubahiro cyabo cy'igicucu.

21 Ubwoumutimawanjye washariraga,
Nkibabaza mu mutima,

22 Nariumupfapfa nta bwenge nagiraga,
Nameraga nk'inka imbere yawe.

23 Ariko none ndi kumwe nawe iteka,
Umfasheukubokokw'iburyo.

24 Uzanyobozaubwenge bwawe,
Kandi hanyumauzanyakirane icyubahiro.

25 Ni nde mfite mu ijuruutariwowe?
Kandi mu isi nta we nishimirautariwowe.

26 Umubiriwanjye n'umutimawanjye birashira,
Ariko Imana ni yo gitareumutimawanjyeuhungiraho,
Kandi ni yo mugabane wanjye iteka ryose.

27 Kuko abakujya kure bazarimbuka,
Watsembye abakurekeshejwe no kurarikira bose.

28 Ariko jyeweho kwegera Imana ni ko kwiza kuri jye,
Umwami Uwiteka ni we ngizeubuhungiro,
Kugirango namamaze imirimo wakoze yose.

74

1 Zaburi iyi ni indirimbo ya Asafu yahimbishijweubwenge.
Mana, ni iki cyakudutesheje iteka?
Ni iki gitumaumujinya waweugirira intama zo mu cyanya cyawe,ucumbaumwotsi?

2 Ibuka iteraniro ryawe waguze kera,
Iryo wacunguriyekubaubwoko bwawe bw'umwandu,
N'umusoziwa Siyoni watuyeho.

3 Shingura ibirenge byawe ujye mu matongo y'iteka,
Ababisha bakoreye ahera ibibi byose.

4 Ababisha bawe batontomeye hagati y'inzu twateraniragamo kugusenga,
Bashingiye amabendera yabo kuba ibimenyetso.

5 Basa nk'abantu bamanikira intorezo,
Gutemaibiti by'intsikane.

6 None isuku y'ababaji y'aho yose,
Barayimenaguza intorezo n'inyundo.

7 Batwitse Ahera hawe,
Bahumanishijeubuturobw'izina ryawe kubusenya rwose.

8 Baribwiye bati “Tubarimbure rwose”,
Batwitse amazu yose yo mu gihugu,
Twateraniragamo gusenga Imana.

9 Ntiturebaibimenyetso byacu,
Nta muhanuziukiriho,
Kandi nta n'umwe muri twe uzi aho ibyo bizagarukira.

10 Mana,umubisha azageza he kudutuka?
Umwanzi azatuka izina ryawe iteka?

11 Ni iki gitumauhinaukuboko,
Ukubokokwawe kw'iburyo?
Gukuremu gituza cyaweubarimbure.

12 Ariko Imana yahoze ari Umwami wanjye na kera,
Ikorera iby'agakiza hagati y'isi.

13 Ni wowe watandukanishije inyanja imbaraga zawe,
Wameneye imitwe y'ibinyamaswa mu mazi.

14 Ni wowe wamenaguye imitwe ya Lewiyatani,
Warayitanze iba ibyokurya by'ibyo mu butayu.

15 Ni wowe watoboye isōko n'umugezi,
Wakamije inzuzi zidakama.

16 Amanywa ni ayawe kandi n'ijoro ni iryawe,
Waremyeumucyo n'izuba.

17 Ni wowe washyizeho ingabano zose z'isi,
Waremye icyi n'itumba.

18 Ibuka ibi yuko ababisha bacyashye Uwiteka,
Ishyanga ritagiraubwenge ryatutse izina ryawe.

19 Ntuhe inyamaswaubugingo bw'inuma yawe,
Ntiwibagirweubugingo bw'abanyamubabaro bawe iteka ryose.

20 Ite kuri rya sezerano,
Kuko ahantu h'umwijima ho mu isi huzuyeubuturobw'urugomo.

21 Uhatwa ye kugaruka akojejwe isoni,
Umunyamubabaro n'umukenebashime izina ryawe.

22 Mana, hagurukawiburanire,
Ibuka yukoumupfapfa yirizaumunsi agutuka.

23 Ntiwibagirwe amajwi y'ababisha bawe,
Urusakurw'abaguhagurukirarutumbagira iteka.

75

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi babwirisha inanga ijwi ryitwa “Witsemba.”Ni indirimbo ya Asafu yitwa Zaburi.

2 Mana, turagushima,
Turagushimira kuko izina ryawe riri bugufi,
Abantu bamamaza imirimo itangaza wakoze.

3 “Nimbona igihe cyashyizweho,
Nzaca imanza zitabera.

4 Isi n'abayibamo bose bacikamo igikuba,
Ni jye wateye inkingi zayo.
Sela.

5 Mbwira abibone nti ‘Ntimukībone’,
N'abanyabyaha nti ‘Ntimugashyire hejuru amahembe yanyu.

6 Ntimugashyire hejuru cyane amahembe yanyu,
Ntimukavuge iby'agasuzuguromugamitse ijosi.’”

7 Kuko agakiza kadaturukaiburasirazuba cyangwa iburengerazuba,
Cyangwa mu butayubw'imisozi,

8 Ahubwo Imana ni yo mucamanza,
Icisha umwe bugufiigashyira undi hejuru.

9 Kuko mu ntoki z'Uwiteka hariho agacuma karimo vino ibira,
Kuzuyevino ivanze n'ibiyiryoshya arayisuka.
Niukuriabanyabyaha bo mu isi,
Baziranguza itende ryayo barinywe.

10 Ariko jyeweho iteka nzajya namamaza ibyo,
Nzaririmbira Imana ya Yakobo ishimwe.

11 Kandi amahembe yose y'abanyabyaha nzayaca,
Ariko amahembe y'abakiranutsi azashyirwa hejuru.

76

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi babwira inanga. Ni indirimbo ya Asafu yitwa Zaburi.

2 Mu Bayuda Imana iramenyekana,
Mu Bisirayeli izina ryayo rirakomeye.

3 Kandi i Salemu ni ho hema ryayo,
I Siyoni ni ho buturobwayo.

4 Ni ho yameneye imirabyo yo mu muheto,
N'ingabo n'inkota n'intwaro z'intambara.
Sela.

5 Uri uw'icyubahiro n'ubwiza bwinshi,
Utabarutse mu misozi y'iminyago.

6 Intwari mu mitima ziranyazwe zisinziraubuticura,
Kandi nta bo mu banyambaraga babonye amaboko yabo.

7 Mana ya Yakobo,
Gucyaha kwawe kwatumye amagare n'amafarashi bisinzirira guhwera.

8 Wowe ni woweuteyeubwoba,
Ni ndeubasha guhagarara imbere yawe igiheurakaye?

9 Wumvikanishije amateka uri mu ijuru,
Isi yaratinye iraceceka,

10 Ubwo Imana yahagurutswaga no guca amateka,
Ngo ikize abagwaneza bo mu isi bose.
Sela.

11 Niukuriumujinya w'abantuuzagushimisha,
Umujinyauzasigarauzawukenyera.

12 Muhigeumuhigomuwuhigure Uwiteka Imana yanyu,
Abayigose bose bazanire amaturo Iteyeubwoba.

13 Izarimbura imyuka y'abakomeye,
Ni yo iteyeubwoba abami bo mu isi.

77

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi mu buryo bwa YedutuniNi Zaburi ya Asafu.

2 Ndatakira Imana n'ijwi ryanjye,
Ndatakira Imana n'ijwi ryanjye,
Na yo irantegeraugutwi.

3 Ku munsi w'umubabaro wanjye nashatse Umwami Imana,
Nijoro nayitegeye amaboko sinacogora,
Umutimawanjye wanga kumarwaumubabaro.

4 Nibuka Imana ngahagarikaumutima,
Ndaganyaumutimawanjyeukagwa isari.
Sela.

5 Ufata ibihene by'amaso yanjye kugirango bidahumiriza,
Mfiteumubabaroutumantabasha kuvuga.

6 Njya nibwira iminsi ya kera,
Imyaka y'ibihe bya kera.

7 Nibuka indirimbo yanjye ya nijoro,
Nkibwira mu mutima,
Umwuka wanjye wibazanyaumwete uti

8 “Umwami azaduta iteka ryose?
Ntazongera kutwishimiraukundi?

9 Imbabazi ze zagiye rwose iteka ryose?
Isezerano rye ryapfuye ibihe byose?

10 Imana yibagiwe kugiraneza?
Umujinya wayoutumye ikingirana imbabazi zayo?”
Sela.

11 Maze ndavuga nti “Ibyo ni indwara y'umutimawanjye.
Mbega natekereje yukoukubokokw'iburyo kw'Isumbabyose guhinduka!”

12 Nzibutsa abantu ibikomeye Uwiteka yakoze,
Kuko nzibuka ibitangaza byawe bya kera.

13 Kandi nzibwira ibyo wakoze byose,
Nzita ku bikomeye wakoze.

14 Mana, inzira yawe iri ahera,
Ni nde mana ikomeye ihwanye n'Imana Rurema?

15 Ni wowe Mana ikora ibitangaza,
Wamenyekanishije imbaraga zawe mu mahanga.

16 Wacungujeubwoko bwaweukubokokwawe,
Ni bwo bene Yakobo na Yosefu.
Sela.

17 Mana, amazi yarakurebye,
Amazi yarakurebye aratinya,
Imuhengeri hahindaumushyitsi,

18 Ibicu bisuka amazi,
Ijuru rirahinda,
Imyambi yawe irashwara.

19 Ijwi ry'inkuba yawe ryari muri serwakira,
Imirabyo yawe imurikira isi,
Isi ihindaumushyitsi iratigita.

20 Inzira yawe yari mu nyanja,
Inzira zawe zari mu mazi y'isanzure,
Ibirenge byawe ntibyamenyekanye.

21 Wayobojeubwoko bwawe nk'umukumbi,
Ukubokokwa Mose na Aroni.

78

1 Indirimbo ya Asafu yahimbishijweubwenge.
Bwoko bwanjye, nimwumve amategeko yanjye,
Nimutegere amatwi amagambo yo mu kanwa kanjye.

2 Ndabumbura akanwa mbacire imigani,
Ndavuga amagambo aruhijeya kera.

3 Ibyo twumvise tukamenya,
Ibyo ba sogokuruzabatubwiye,

4 Ntituzabihisha abuzukuruzababo,
Tubwire ab'igihe kizaza ishimwe ry'Uwiteka,
N'imbaraga ze n'imirimo itangaza yakoze.

5 Kuko yakomeje guhamya mu Bayakobo,
Yashyizeho itegeko mu Bisirayeli,
Iryo yategetse ba sogokuruza,
Ngo babibwire abana babo,

6 Kugirango ab'igihe kizaza bazabimenye,
Ni bo bana bazavuka,
Ngo na bo bazahaguruke,
Babibwire abana babo,

7 Kugirango biringire Imana,
Kandi batibagirwa ibyo Imana yakoze,
Ahubwo bitondere amategeko yayo.

8 Be kuba nka ba sekuruza,
Ab'igihe cy'ibigande cy'abagome,
Batiboneza imitima,
Imitima yabo idakiranukiraImana.

9 Abefurayimu batwaye intwaro n'imiheto,
Basubiyeinyuma ku munsi w'intambara.

10 Ntibitondeye isezerano ry'Imana,
Banze kugendera mu mategeko yayo.

11 Bibagiwe ibyo yakoze,
N'imirimo yayo itangaza yaberetse.

12 Yakoreye ibitangaza mu maso ya ba sekuruza,
Mu gihugu cya Egiputa, mu kigarama cy'i Zowani.

13 Yatandukanije inyanja ibacisha hagati yayo,
Ihagarika amazi nk'ikirundo.

14 Kandi ku manywa yabayobozaga igicu,
Ijoro ryose ikabayoboza kumurikak'umuriro.

15 Yasaturiyeibitare mu butayu,
Ibanywesha amazi menshi ava ikuzimu.

16 Kandi yavushije amasōko mu gitare,
Itembesha amazi nk'imigezi.

17 Ariko bagumya kuyicumuraho,
Kugomerera Isumbabyose mu gihugu gikakaye.

18 Bagerageresha Imana imitima yabo,
Bayigerageresha gusabaibyokurya byo guhazakwifuza kwabo.

19 Bagaya Imana bati
“Mbese Imana ibasha gutunganiriza ameza mu butayu?

20 Dore yakubisecya gitare amazi aradudubiza,
Imigezi iratemba.
Mbese yabasha kuduhan'umutsima?
Izaboneraubwoko bwayo inyama?”

21 Ni cyo cyatumye Uwiteka arakara abyumvise,
Umurirougacanwa wo gutwika Abayakobo,
Umujinyaugacumba ku Bisirayeli,

22 Kuko batizeye Imana,
Kandi ntibiringire agakiza kayo.

23 Ariko itegeka ibicu byo hejuru,
Ikingura inzugi z'ijuru,

24 Ibagushiriza manu yo kurya,
Ibaha ku masaka yo mu ijuru,

25 Bose baryaumutsima w'abakomeye,
Iboherereza ibyokurya byo kubahaza rwose.

26 Ihuhisha mu ijuruumuyagauturutse iburasirazuba,
Iyobozaubutware bwayoumuyagauturutse ikusi.

27 Kandi ibamanurirainyama nyinshi nk'umukungugu,
N'inyoni zigurukanyinshi,
Zimeze nk'umusenyi wo ku nyanja,

28 Izigusha hagati mu rugo rw'amahema yabo,
Zigota aho bari.

29 Nuko bararya barahaga cyane,
Yabahaye ibyo bifuje.

30 Bari bataratandukanano kwifuza kwabo,
Ibyokurya byabo byari bikiri mu kanwa kabo,

31 Umujinya w'Imanaurabahagurukira,
Wica abanini bo muri bo,
Urimbura abasore bo mu Bisirayeli.

32 Nubwo ibyo byababayeho bagumya gucumura,
Ntibizera imirimo yayo itangaza,

33 Bituma irangiza iminsi yabo nk'umwuka,
N'imyaka yabo iyirangirisha kurimbuka kubatunguye.

34 Uko yabicaga babaririzaga ibyayo,
Bakagaruka bakazindukiragushaka Imana,

35 Bakibuka yuko Imana ari yo gitare cyabo,
Kandi yuko Imana Isumbabyose ariumucunguzi wabo.

36 Ariko bayishyeshyeshaga akanwa kabo,
Bakayibeshyeshya indimi zabo,

37 Kuko imitima yabo itayitunganiye,
Kandi batari abanyamuravamu isezerano ryayo.

38 Ariko yo kuko yuzuyeimbabazi,
Ibabarira gukiranirwa kwabo ntiyabarimbura,
Kandi kenshi isubizainyumauburakari bwayo,
Ntikangureumujinya wayo wose.

39 Nuko yibuka yuko ari abantu buntu,
N'umuyagauhitantugaruke.

40 Erega ni kenshi bayigomereraga mu butayu,
Bayibabarizaga ahatagira abantu,

41 Bagahindukirabakagerageza Imana,
Bakarakaza Iyera ya Isirayeli.

42 Ntibibukagaukubokokwayo,
Cyangwaumunsi yabacunguriyemo, ikabakiza abanzi,

43 Kandi yuko yashyize ibimenyetso byayo muri Egiputa,
N'ibitangaza byayo mu kigarama cy'i Zowani,

44 Igahindura inzuzi z'ab'aho amaraso,
N'imigezi yabo ntibabashe kuyinywaho.

45 Yaboherejemo amarumbo y'isazi zirabarya,
N'ibikeri birabarimbura.

46 Kandi ihaubuzikira imyaka yabo,
N'imirimo yabo iyiha inzige.

47 Yicisha imizabibu yabourubura,
N'imishikima yabo iyicisha imbeho.

48 Itanga inka zabo ngo zicwe n'urubura,
N'imikumbi yabo ngo ikubitwe n'inkota zotsa.

49 Ibaterauburakari bwayo bukaze,
Umujinya n'uburakari n'ibyago,
Umutwe w'abamarayika b'abarimbuzi.

50 Iharurirauburakari bwayo inzira,
Ntiyakizaubugingo bwabourupfu,
Ahubwo iha indwara yanduzaubugingo bwabo.

51 Ikubitaabana b'imfura bose bo muri Egiputa irabica,
Abo gukomera kwabo kwatangiriyeho bo mu mahema ya Hamu.

52 Arikoubwoko bwayo,ubwayo ibushorera nk'intama ibakurayo,
Ibayoborera mu butayunk'umukumbi.

53 Ibayobora amahoro bituma badatinya,
Maze inyanja irengera ababisha babo.

54 Kandi ibajyana ku rugabano rw'ahera hayo,
Kuri uyu musoziukubokokwayo kw'iburyo kwahinduye,

55 Yirukanaamahanga imbere yabo,
Ibagereshereza imigozi igihugu cyabo kubaumwandu wabo,
Iturisha imiryango y'Abisirayeli mu mahema y'abo ngabo.

56 Ariko Abisirayeli bagerageza Imana Isumbabyose barayigomera,
Ntibitondera ibyo yahamije,

57 Ahubwo basubirainyuma,
Bava mu isezerano nka ba sekuruza,
Barateshuka nk'umuhetouhemukiranyirawo.

58 Kuko bayirakarishije gusengera ahantu habo ho ku mpinga z'imisozi,
Bayiteje ishyari ibishushanyo byabo bibajwe.

59 Imana ibyumvise irarakara,
Yanga Abisirayeliurunuka,

60 Bituma irekaubuturobw'i Shilo,
Ari bwo hema yabambye hagati y'abantu.

61 Itanga imbaraga zayo ngo zijyanwe ho iminyago,
N'icyubahiro cyayo ngo gifatwe n'amaboko y'ababisha,

62 Kandi itanga n'abantu bayo ngo bicwe n'inkota,
Irakariraumwandu wayo.

63 Umuriroutwika abasore babo,
Abakobwa babo ntibagira indirimbo y'ubukwe,

64 Abatambyi babo bicwa n'inkota,
Abapfakazi babo ntibababorogera.

65 Maze Umwami Imana irakanguka nk'uwasinziriye,
Nk'intwari ivugishwa cyane na vino,

66 Ikubitaababisha bayo, ibasubizainyuma,
Ibakoza isoni zidashira.

67 Kandi yanga ihema rya Yosefu,
Ntiyatoranyaumuryango wa Efurayimu

68 Ahubwo itoranyaumuryango wa Yuda,
Umusoziwa Siyoni yakunze.

69 YubakaAhera hayo hadatsembwa nk'ijuru,
Nk'isi yashimangiye iteka.

70 Kandi itoranya Dawidiumugaragu wayo,
Imukuramu ngo z'intama,

71 Kandi imukuraku gukurikira intama zonsa,
Kugirango aragire Abayakoboubwoko bwayo,
Abisirayeliumwandu wayo.

72 Nuko abaragirishaumutimautunganye,
Abayobozaubwenge bw'amaboko ye.

79

1 Zaburi ya Asafu.
Mana, abanyamahanga baje mu mwandu wawe,
Bahumanijeurusengero rwawe rwera,
Bashenye i Yerusalemu bahagize ibirundo.

2 Intumbi z'abagaragu bawe bazihaye ibisiga byo hejuru ngo bizirye,
Inyama z'abakunzi bawe bazihaye inyamaswa zo mu isi.

3 Amaraso yabo impande zose z'i Yerusalemu bayavushije nk'umenaamazi,
Ntibabona gihamba.

4 Duhindutse igitutsi ku baturanyi bacu,
Ibitwenge no gukobwa by'abatugose.

5 Uwiteka,uzageza he kurakara iteka ryose?
Ishyari ryawe rizaka nk'umuriro?

6 Sukaumujinya wawe ku mahanga atakuzi,
No ku bwami bwose butambaza izina ryawe.

7 Kuko bariye Abayakobo,
Barimbuyeubuturobwabo.

8 Ntiwibuke gukiranirwa kwa ba sogokuruzangoukuduhore,
Imbabazi zawe zitebuke kudusanganira,
Kuko ducishijwe buguficyane.

9 Mana y'agakiza kacuudutabare,
Ku bw'icyubahiro cy'izina ryawe,
Udukizeutwikire ibyaha byacu ku bw'izina ryawe.

10 Kuki abapagani babaza bati
“Imana yabo iri he?”
Guhōrera amaraso y'abagaragu bawe yavuye,
Kumenyekane mu bapagani imbere yacu.

11 Kunihakw'imbohe kuze imbere yawe,
Nk'ukoukubokokwawe gukomeye,
Kiza abategekewe gupfa.

12 Kandi witure abaturanyi bacu karindwi,
Ibitutsi bagututse Mwami.

13 Natwe abantu bawe, intama zo mu cyanya cyawe,
Tuzabigushimira iteka,
Tuzerekana ishimwe ryawe kugezaibihe byose.

80

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi babwirisha inanga ijwi ryitwa “Ibyahamijwe ni nk'amarebe”. Ni Zaburi ya Asafu.

2 Wa mwungeri w'Abisirayeli we, tegeugutwi,
Ni woweushorera Abayosefu nk'umukumbi,
Yewe wicara hejuru y'Abakerubi, rabagirana.

3 Imbere y'Abefurayimu n'Ababenyamini n'Abamanase,
Kangura imbaraga zawe uzeudukize.

4 Mana,utwigarurire,
Umurikishe mu maso hawe natwe turakira.

5 Uwiteka Mana Nyiringabo,
Uburakari bwawe buzageza he gucumbira kuugusenga k'ubwoko bwawe?

6 Wabagaburiyeamarira menshi nk'umutsima,
Wabahaye amarira menshi yo kunywa.

7 Utugizerurwanirwa rw'abaturanyi bacu,
Abanzi bacu badusekera hamwe.

8 Mana Nyiringabo,utwigarurire,
Umurikishe mu maso hawe natwe turakira.

9 Wakuyeumuzabibu muri Egiputa,
Wirukanaamahangaurawutera.

10 Uharura imbere yawo,
Na woushora imizi wuzuraigihugu.

11 Imisozi itwikīrwa n'igicucu cyawo,
N'imyerezi y'Imana iterwa igicucu n'amashami yawo.

12 Ugaba amashami agera no ku nyanja,
Kandi amashami yawo agera no kuri rwa ruzi.

13 Ni iki cyatumyeusenya inzitiro zawo,
Ngo abahisi bose bawusorome?

14 Ingurubeyo mu ishyamba irawangiza,
Inyamaswa zo mu gasozi zirawona.

15 Mana Nyiringabo, turakwinginze garuka,
Urebe mu isi, uri mu ijuruubirebe,
Ugenderere uwo muzabibu.

16 Rinda icyoukubokokwawe kw'iburyo kwateye,
N'ishami wikomereje.

17 Uwo muzabibu waratwitswe, waraciwe,
Barimburwa no guhanako mu maso hawe.

18 Ukubokokwawe kube ku muntu wo mu kubokokwawe kw'iburyo,
Umwana w'umuntu wikomereje.

19 Nuko rero natwe ntituzasubirainyuma ngo tuguhararuke,
Tuzurenatwe turambaza izina ryawe.

20 Uwiteka, Mana Nyiringaboutwigarurire,
Umurikishe mu maso hawe natwe turakira.

81

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi babwirisha inanga ijwi ryitwa “Gititi”. Ni Zaburi ya Asafu.

2 Muririmbishirize Imana ijwi rirenga ni yo mbaraga zacu,
Muvugirize Imana ya Yakobo impundu.

3 Muririmbe indirimbo muvuzeishako,
Mucurange inanga nziza na nebelu.

4 Muvuzeimpandaukwezi kubonetse,
Kandiukwezi kuzoyeku munsi wacu mukuru.

5 Kuko iryo ari ryo tegeko ryategetswe Abisirayeli,
Itegeko ry'Imana ya Yakobo.

6 Yarikomereje mu Bayosefu kuba iryo guhamya,
Ubwo yasohokaga igahagurukiraigihugu cya Egiputa.
Ni ho numvise amagambo y'Uwo ntari nzi ati

7 “Nakuyeurutugurwe ku mutwaro,
Amaboko ye yakuwehouburetwa bw'igitebo.

8 Ubwo wari mu mubabaro waratatse, ndagukiza,
Nagushubijendi mu bwihisho bw'inkuba,
Nakugeragereje ku mazi y'i Meriba.
Sela.

9 Bwoko bwanjye, umva ndaguhamiriza,
Wa bwoko bw'Abisirayeli we, iyabaunyumvira.

10 Muri wowe ntihakabe ikigirwamana cy'abanyamahanga,
Kandi ntukagire ikigirwamana cy'abanyamahangausenga.

11 Ni jye Uwiteka Imana yawe wagukuyemu gihugu cya Egiputa,
Asama cyane nduzuzaakanwa kawe.

12 “Mazeubwoko bwanjye ntibwumviye ijwi ryanjye,
Abisirayeli banga kunyitondera.

13 Nanjye ndabareka ngo bakurikize kunangirwa kw'imitima yabo,
Bagendere mu migambi yabo.

14 Iyabaubwoko bwanjye bunyumvira,
Iyaba Abisirayeli bagendera mu nzira zanjye,

15 Natsinda ababisha babo vuba,
Nahīnduriraukubokokwanjye ku babarwanya.

16 Abanzi b'Uwiteka bakamugomokera bakamushyeshya,
Ariko ba bandi bakarama iteka.

17 Yabagaburiraamasaka ahunze,
Kandi naguhazaubuhurabwo mu mbigo.”

82

1 Zaburi ya Asafu.
Imana ihagarara mu iteraniro ryayo,
Icira abigira “imana”urubanza iti

2 “Muzageza he guca imanza zibera,
Zita ku cyubahiro cy'abanyabyaha?
Sela.

3 Muce imanza zikwiriyeuworoheje n'impfubyi,
Muce imanza zirenganuraumunyamubabaro n'umutindi.

4 Mutabareuworoheje n'umukene,
Mubakize amaboko y'abanyabyaha.

5 “Abo mbwiye nta cyo bazi, nta cyo bamenya,
Bagendagenda mu mwijima,
Imfatiro zose z'isi ziranyeganyega.

6 Ni jye wababwiye nti
‘Muri imana,
Mwese muri abana b'Isumbabyose.’

7 Ariko muzapfa nk'abantu,
Muzagwa nk'umwe mu bakomeye.”

8 Mana, hagurukaucireisiurubanza,
Kukouzagira amahanga yoseumwandu wawe.

83

1 Iyi ndirimbo ni Zaburi ya Asafu.

2 Mana, ntuceceke,
Mana, ntuhorentiwirengagize,

3 Kuko abanzi bawe bagira imidugararo,
Abakwanga babyukijeumutwe.

4 Bagambirira imigambi y'uburiganya ngo bagirire nabiubwoko bwawe,
Bagire inama abourindira mu rwihisho.

5 Baravuze bati
“Nimuze tubarimbure bataba ishyanga,
Kugirango izina ry'Abisirayeli ritibukwaukundi.”

6 Kuko bahujeumutimawo kujya inama,
Ni wowe basezeraniye.

7 Ni bo banyamahema ba Edomu n'Abishimayeli,
Kandi n'Abamowabu n'Abahagari,

8 N'Abagebalu n'Abamoni n'Abamaleki,
N'Abafilisitiya n'abatuye i Tiro.

9 Abashuri na bo bafatanije na bo,
Batabaye bene Loti.
Sela.

10 Ubagirire nk'ibyo wagiriye Abamidiyani,
Nk'ibyo wagiriye Sisera na Yabini ku mugeziKishoni.

11 BarimbukiyeEndoru,
Bahindutse ifumbire ry'ubutaka.

12 Uhindure abatware babo nka Orebu na Zēbu,
Imfura zabo zoseuzihindure nka Zeba na Zalumuna,

13 Kuko zavuze ziti
“Twiyendere Ubuturobw'Imana.”

14 Mana yanjye,ubahindure nk'umukunguguujyanwa na serwakira,
Nk'umuramautumurwa n'umuyaga.

15 Nk'ukoumuriroutwika ishyamba,
Nk'uko ibirimi by'umurirobitwika imisozi,

16 Abe ari koubahigishaumuyagawawe,
Ubatezeubwobaumuyagawawe w'ishuheri.

17 Wuzuzemu maso habo ipfunwe ry'igisuzuguriro,
Kugirango bashake izina ryawe, Uwiteka.

18 Bakorwe n'isoni batinye iteka ryose,
Bamware barimbuke,

19 Kugirango bamenye yukouwitwa UWITEKA,
Ko ari wowe wenyine Usumbabyoseutegeka isi yose.

84

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi babwirisha inanga ijwi ryitwa “Gititi”. Ni Zaburi ya bene Kōra.

2 Uwiteka Nyiringabo,
Erega amahema yawe ni ay'igikundiro!

3 Umutimawanjyeurifuza ibikari byawe,
Ndetse biwuterakugwa isari.
Umutimawanjye n'umubiriwanjye bivugiriza Imana ihoraho impundu.

4 Igishwi cyiboneye inzu,
Intashya yiboneye icyari,
Aho ishyira ibyana byayo.
Ni ku bicaniro byawe Uwiteka Nyiringabo,
Mwami wanjye, Mana yanjye.

5 Hahirwa ababa mu nzu yawe,
Babasha kugushimaubudasiba.
Sela.

6 Hahirwaumuntuugufitemo imbaraga,
Hahirwa abafite mu mitima inzira zijya i Siyoni.

7 Iyo banyuze mu gikombe cyitwa Baka bagihindura ahantu h'amasōko,
Imvura y'umuhindo icyambika imigisha.

8 Bagenda bagwiza imbaraga,
Umuntu wese wo muri bo aboneka mu maso y'Imana i Siyoni.

9 Uwiteka Mana Nyiringabo, umva gusenga kwanjye,
Mana ya Yakobo, ntegeraugutwi.
Sela.

10 Mana, ngabo idukingira reba,
Witegereze mu maso h'uwo wasīze.

11 Kukoumunsi umwe mu bikari byaweurutaiyindi igihumbi ahandi,
Nakunda guhagarara ku muryango w'inzu y'Imana yanjye,
Bindutirakuba mu mahema y'abanyabyaha.

12 Kuko Uwiteka Imana ari izuba n'ingabo ikingira,
Uwiteka azatangaubuntu n'icyubahiro,
Ntazagira ikintu cyiza yima abagenda batunganye.

13 Uwiteka Nyiringabo,
Hahirwaumuntuukwiringira.

85

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni Zaburi ya bene Kōra.

2 Uwiteka, wagiriye igihugu cyawe imbabazi;
Wagaruye Abayakobo bajyanywe ho iminyago.

3 Wababariye gukiranirwa k'ubwoko bwawe,
Watwikiriye ibyaha byabo byose.
Sela.

4 Wakuyehoumujinya wawe wose,
Waretseuburakari bwawe bukazeurabworoshya.

5 Mana y'agakiza kacuutwigarurire,
Kandiushireumujinya waweutugirira.

6 Uzaturakarira iteka?
Uzakomezauburakari bwawe ibihe byose?

7 Ntuzagarukaubwawe ngoutuzure,
Kugirangoubwoko bwawe bukwishimire?

8 Uwiteka,utwereke imbabazi zawe,
Uduhe agakiza kawe.

9 Reka numve ibyo Imana Uwiteka izavuga,
Kuko izabwiraubwoko bwayo n'abakunzi bayo amahoro,
Ariko be kugarukiraubupfu.

10 Niukuriagakiza kayo kari bugufibw'abayubaha,
Kugirangoubwiza bwayo bube mu gihugu cyacu.

11 Imbabazi n'umuravabirahuye,
Gukiranuka n'amahoro birahoberanye.

12 Umuravaumezemu butaka,
Gukiranuka kurebye mu isi kuri mu ijuru.

13 Kandi Uwiteka azatanga ibyiza,
Igihugu cyacu kizeraumwero wacyo.

14 Gukiranuka kuzamubanziriza,
Kandi kuzahindura intambwe ze inzira yanyurwamo.

86

1 Gusenga kwa Dawidi.
Uwiteka, ntegeraugutwiunsubirize,
Kuko ndiumunyamubabaro n'umukene.

2 Rindiraumutimawanjye kuko ndiumukunzi wawe,
Mana yanjye, kizaumugaragu waweukwiringira.

3 Mwami, mbabaririra,
Kuko ari wowe ntakiraumunsi ukīra.

4 Wishimishirizaumutimaw'umugaragu wawe,
Kuko ari wowe Mwami ncururiraumutima.

5 Kuko wowe Mwami uri mwiza, witeguye kubabarira,
Kandi wuzuyeimbabazi ku bakwambaza bose.

6 Uwiteka, tegeraugutwi gusenga kwanjye,
Tyarizaugutwi ijwi ryo kwinginga kwanjye.

7 Ku munsi w'amakuba yanjye no ku w'ibyago byanjye nzakwambaza,
Kukouzansubiza.

8 Mwami, mu bigirwamana nta gihwanye nawe,
Kandi nta mirimo ihwanye n'iyawe.

9 Mwami, amahanga yose waremye azaza,
Akwikubiteimbere akuramye,
Kandi bazahimbaza izina ryawe.

10 Kukoukomeye kandiukoraibitangaza,
Ni wowe Mana wenyine.

11 Uwiteka, ujyeunyigisha inzira yawe,
Nanjye nzajya ngendera mu muravawawe.
Teraniriza hamwe ibiri mu mutimawanjye,
Ngo wubaheizina ryawe.

12 Mwami Mana yanjye, nzagushimishaumutimawanjye wose,
Nzahimbaza izina ryawe iteka ryose.

13 Kuko imbabaziungirira ari nyinshi,
Kandi wakijijeubugingo bwanjye,
Ntibwajya ikuzimuko hasi.

14 Mana, abibone bampagurukiye,
Iteraniro ry'abanyarugomoryashatseubugingo bwanjye,
Batagushyize imbere yabo.

15 Ariko wowe Mwami,
Uri Imana y'ibambe n'imbabazi,
Itinda kurakara,
Ifite kugiraneza kwinshi n'umuravamwinshi.

16 Unkebukeumbabarire,
Uheumugaragu wawe imbaraga zawe,
Ukizeumwana w'umujawawe.

17 Unyereke ikimenyetso cy'ibyiza,
Kugirango abanyanga bakirebe bamware,
Kuko wowe Uwiteka,untabayeukamaraumubabaro.

87

1 Iyi ndirimbo ni Zaburi ya bene Kōra.
Urufatiro yashyizeho ruri ku misozi yera.

2 Uwiteka akunda amarembo y'i Siyoni,
Akayarutishaubuturobwose bw'Abayakobo.

3 Wa rurembo rw'Imana we,
Uvugwaho iby'icyubahiro.
Sela.

4 “Nzavuga Rahabu n'i Babuloniko biri mu bāmenya,
Dore Filisitiya n'i Tiro na Etiyopiya,
Iyo ni ho bavukiye.”

5 Ni koko bazavuga iby'i Siyoni bati
“Umuntu wese yavukiyeyo,
Kandi Isumbabyoseubwayo izabakomeza.”

6 Uwiteka niyandika amahanga azabara ati
“Ishyanga naka na naka yavukiyeyo.”
Sela.

7 Abaririmbyi n'ababyinnyi bazavuga bati
“Amasōko yanjye yose ari muri wowe.”

88

1 Iyi ndirimbo ni Zaburi ya bene Kōra, yahimbiweumutware w'abaririmbyi babwirisha inanga ijwi ryitwa “Mahalati Leyanoti.”Ni indirimbo yahimbishijweubwenge ya Hemani Umwezerahi.

2 Uwiteka, Mana y'agakiza kanjye,
Ntakira imbere yawe ku manywa na nijoro.

3 Gusenga kwanjye kwinjire imbere yawe,
Utegereugutwi gutakakwanjye,

4 Kukoumutimawanjye wuzuyeimibabaro,
Kandiubugingo bwanjye bwegereye ikuzimu.

5 Bambarana n'abamanuka bajya muri rwa rwobo,
Meze nk'udafite gitabara.

6 Nasizwe mu bapfuye,
Meze nk'abishwe baryama mu gituro,
Aboutacyibukaukundi,
Kandi batandukanye n'ukubokokwawe.

7 Wanshyize mu rwobo rwo hasi,
Ahantu h'umwijima h'ikuzimu.

8 Umujinya waweuranshikamiye,
Kandi wambabarishijeumurabawawe wose.
Sela.

9 Wantandukanije n'abamenyi banjyeubanshyira kure,
Wangize uwo bangaurunuka,
Ndakingiranywe simbasha gusohoka.

10 Mu maso hanjye hananurwa n'umubabaro.
Uwiteka, njya ngutakira uko bukeye,
Nkakuramburiraamaboko.

11 Mbeseuzereka abapfuye ibitangaza?
Ibicucu bizazuka bigushime?
Sela.

12 Imbabazi zawe zizavugirwa ikuzimu?
Cyangwa seumuravawaweuzavugirwa mu irimbukiro?

13 Ibitangaza byawe bizamenyekanira mu mwijima?
Gukiranuka kwawe kuzamenyekanira mu gihugu cyibagiza?

14 Ariko Uwiteka ni wowe ntakira,
Kandi mu gitondo gusenga kwanjye kuzajya kugusanganira.

15 Uwiteka, ni iki gituma utaubugingo bwanjye?
Ni iki gitumaumpisha mu maso hawe?

16 Nahereye mu buto mbabazwa ndwana n'umutima,
Ngitewe n'ibiteyeubwoba byawe mpagarikaumutima.

17 Umujinya wawe w'inkaziurandengeye,
Ibiteyeubwoba byawe biratsembye.

18 Byangose nk'amaziumunsi urīra,
Byanzengurukiyebyose icyarimwe.

19 Abakunzi banjye n'incuti zanjye wabatadukanirije kure yanjye,
Abamenyi banjye bagiye mu mwijima.

89

1 Indirimbo yahimbishijweubwenge ya Etani Umunyezerahi.

2 Nzaririmba iteka imbabazi z'Uwiteka,
Ab'ibihe byose nzabamenyeshaumuravawawe n'akanwa kanjye.

3 Kuko navuze nti
“Imbabazi zizakomezwa iteka,
No mu ijuruubwahouzahashimangiraumuravawawe.”

4 “Nasezeranye isezerano n'uwo natoranije,
Narahiye Dawidiumugaragu wanjye

5 Nti ‘Nzashimangiraurubyaro rwawe iteka,
Intebe yawe y'ubwami nzayikomeza,
Ukageza ibihe byose.’”
Sela.

6 Uwiteka, ijuru rizashima ibitangaza byawe,
Umuravawaweuzashimirwa mu iteraniro ry'abera.

7 Ni nde wo mu ijuru wagereranywa n'Uwiteka?
Ni nde wo mu bana b'Imanauhwanye n'Uwiteka?

8 Ni we Mana iteyeubwoba bwinshi mu rukikorw'abera,
Ni iyo gutinywa kurusha abayikikije bose.

9 Uwiteka, Mana Nyiringabo,
Ni nde munyambaragauhwanye nawe, Uwiteka?
Umuravawaweurakugoseimpande zose.

10 Ni woweutegeka kwihindurizakw'inyanja,
Iyoumurabawayouhagurutseurawutūrisha.

11 Ni wowe wamenaguye Rahabu imeze nk'uwishwe,
Watatanishije ababisha baweukoboko kw'imbaraga zawe.

12 Ijuru ni iryawe, isi na yo ni iyawe,
Isi n'ibiyuzuyeni wowe wabishimangiye.

13 Ikasikazi n'ikusi ni wowe waharemye,
I Taboru n'i Herumonihishimira izina ryawe.

14 Ufiteukubokokw'imbaraga,
Ukubokokwawe kurakomeye,
Ukubokokwawe kw'iburyo gushyizwe hejuru.

15 Gukiranuka no guca imanza zitabera ni imfatiro z'intebe yawe,
Imbabazi n'umuravabirakubanziriza.

16 Hahirwa ishyanga rizi ijwi ry'impundu,
Uwiteka, rigendera mu mucyo wo mu maso hawe.

17 Bishimira izina ryaweumunsi ukīra,
Kandi gukiranuka kwawe ni ko kubashyirisha hejuru.

18 Kuko uri icyubahiro cy'imbaraga zabo,
Imbabazi zawe ni zo zizashyirisha hejuru ihembe ryacu.

19 Kuko ingabo idukingira ari Uwiteka,
Umwami wacu ari Uwera wa Isirayeli.

20 Cya gihe wabwiriye abakunzi bawe mu byo beretswe uti
“Mpayeumunyambaraga gufasha kwanjye,
Nshyize hejuruuwatoranijwe mu bantu.

21 Mbonye Dawidiumugaragu wanjye,
Musīze amavuta yanjye yera.

22 Ikiganza cyanjye kizajya kibana na we,
Ukubokokwanjye kuzamukomeza.

23 Umwanzi we ntazamutungura,
Kandiumunyabyaha ntazamugirira nabi.

24 Nanjye nzakubitaababisha be bagwe imbere ye,
Nzakubitaabamwanga.

25 Arikoumuravawanjye n'imbabazi zanjye bizabana na we,
Kandi izina ryanjye rizashyirisha hejuru ihembe rye.

26 Nzashyira inyanja mu ntoki ze,
N'inzūzi mu kubokokwe kw'iburyo.

27 Azantakira ati
‘Ni wowe Data, Imana yanjye,
Igitare cy'agakiza kanjye.’

28 Kandi nzamuhindura impfura yanjye,
Asumbe abandi bami bo mu isi.

29 Nzamubikira imbabazi zanjye iteka ryose,
Isezerano ryanjye rizakomera kuri we.

30 Kandi nzaramishaurubyaro rwe iteka ryose,
Nzaramisha intebe ye y'ubwami nk'iminsi y'ijuru.

31 “Niba abana be bazareka amategeko yanjye,
Ntibagendere mu byo nategetse,

32 Niba bazaca ku mateka yanjye,
Ntibitondere amategeko yanjye,

33 Ni bwo nzahōrēsha ibicumurobyabo inkoni,
No gukiranirwa kwabo nzaguhōrēsha kubakubita.

34 Ariko sinzamukurahorwose imbabazi zanjye,
Sinzivuguruzaumuravawanjye.

35 Sinzica isezerano ryanjye,
Sinzahindura ijambo ryavuye mu kanwa kanjye.

36 “Igihe kimwe narahiye kwera kwanjye,
Sinzabeshya Dawidi.

37 Urubyaro rwe ruzarama iteka,
Intebe ye y'ubwami izarama nk'izuba imbere yanjye.

38 Izakomezwa iteka ryose nk'ukwezi,
Mu ijuru harihoubihamya wo kwizerwa.”
Sela.

39 Arikoubwawe wataye kure uwo wasīzeuramureka,
Wamugiriyeumujinya.

40 Wanzeurunukaisezerano ry'umugaragu wawe,
Wahumanishije ikamba rye kurijugunya hasi.

41 Wagushije inkike ze zose,
Washenye ibihome bye.

42 Abahisi bose baramunyaga,
Abaye igitutsi ku baturanyi be.

43 Washyize hejuruukubokokw'iburyo kw'ababisha be,
Wishimishije abanzi be bose.

44 Ni kokousubizainyumaubugibw'inkota ye,
Kandi ntiwamuhayeguhagarara ashikamye mu ntambara.

45 Wamazehoubwiza bwe,
Wajugunye intebe ye y'ubwami hasi

46 Wagabanije iminsi y'ubusorebwe,
Wamwambitse isoni.
Sela.

47 Uwiteka,uzageza he kwihisha iteka?
Umujinya waweuzageza he kwaka nk'umuriro?

48 Ibuka ko ndi uw'igihe gito,
Erega abana b'abantu bose wabaremeyeubusa!

49 Ni ndeuzarama ntapfe,
Agakizaubugingo bweukubokokw'ikuzimu?
Sela.

50 Mwami, imbabazi zawe za kera ziri he,
Warahiye Dawidi ku bw'umuravawawe?

51 Mwami, ibuka ibitutsi batuka abagaragu bawe,
Uko niyumanganya mu mutimaiby'amahanga yose uko ari menshi.

52 Uwiteka, ibuka ibitutsi by'abanzi bawe,
Batutse intambwe z'uwo wasīze.

53 Uwiteka ahimbazwe iteka ryose.
Amen kandi Amen.

90

1 Gusenga kwa Mose,umuntu w'Imana.
Mwami, ibihe byose wahoze uriubuturobwacu.

2 Imisozi itaravuka,
Utararamukwa isi n'ubutaka,
Uhereye iteka ryoseukageza iteka ryose,
Ni wowe Mana.

3 Uhindura abantuumukungugu,
Kandiukavuga uti “Bana b'abantu, musubireyo.”

4 Kuko imyaka igihumbi mu maso yawe imeze nk'umunsi wejo wahise,
Cyangwa nk'igicuku cy'ijoro.

5 Ubajyana nk'isūri bameze nk'ibitotsi,
Bukeyebameze nk'ibyatsi bimera.

6 Mu gitondo birera bigakura,
Nimugoroba bigacibwa bikuma.

7 Natweuburakari bwawe bwatumazeho,
Umujinya wawe waduhagaritse imitima.

8 Washyize ibyo twakiraniwe imbere yawe,
N'ibyaha byacu byahishwe wabishyize mu mucyo wo mu maso hawe.

9 Kuko iminsi yacu yose ishize tukirimu mujinya wawe,
Imyaka yacu tuyirangiza nko gusuhuzaumutima.

10 Iminsi y'imyaka yacu ni imyaka mirongo irindwi,
Ariko kandi nitugiraintege nyinshi ikagera kuri mirongo inani.
Nyamara ibyiratwa byayo ni imiruho n'umubabaro,
Kuko ishira vuba natwe tukabatugurutse.

11 Ni nde uzi imbaraga z'uburakari bwawe,
Akamenyaumujinya wawe uko woweukwiriye kubahwa?

12 Utwigishe kubaraiminsi yacu,
Uburyo butumadutunga imitima y'ubwenge.

13 Uwiteka garuka,
Ko watinzeuzageza ryari?
Abagaragu baweuduhindurireumutima.

14 Mu gitondouzaduhazeimbabazi zawe,
Kugirango tuzajye twishima tunezerwe iminsi yacu yose.

15 Utwishimishe ibyishimo bingana n'iminsi watubabarijemo,
N'imyaka twabonyemo ibyago.

16 Umurimowaweutubonekere abagaragu bawe,
Gukomera kwawe kumenyekanire ku bana bacu.

17 Ubwiza bw'Uwiteka Imana yacu bube kuri twe,
Kandiudukomereze imirimo y'intoki zacu,
Nuko imirimo y'intoki zacuuyikomeze.

91

1 Uba mu rwihisho rw'Isumbabyose,
Azahama mu gicucu cy'Ishoborabyose.

2 Ndabwira Uwiteka nti
“Uriubuhungiro bwanjye n'igihome kinkingira,
Imana yanjye niringira.”

3 Kuko ari weuzagukizaikigoyi cy'umugoyi,
Na mugigairimbura.

4 Azakubundikiza amoya ye,
Kandiuzajyauhungira munsi y'amababa ye,
Umuravawe ni ingabo n'icyuma kigukingira.

5 Igiteyeubwoba cya nijoro ntikizagutinyisha,
Cyangwaumwambiugenda ku manywa,

6 Cyangwa mugigaigendera mu mwijima,
Cyangwa kurimbura gutsemba ku manywa y'ihangu.

7 Abantu igihumbi bazagwa iruhande rwawe,
Abantu inzovu bazagwa iburyo bwawe,
Ariko ntibizakugeraho.

8 Uzabirebesha amaso yawe gusa,
Ubone ibihembo by'abanyabyaha.

9 Kuko ari wowe buhungiro bwanjye Uwiteka,
Wagize Isumbabyoseubuturo,

10 Nuko nta kibi kizakuzaho,
Kandi nta cyago kizegera ihema ryawe.

11 Kuko azagutegekera abamarayika be,
Ngo bakurindire mu nzira zawe zose.

12 Bazakuramira mu maboko yabo,
Ngoudakubitaikirenge ku ibuye.

13 Uzakandagira intare n'impoma,
Uzaribataumugunzu w'intare n'ikiyoka.

14 “Kuko yankunze akaramata ni cyo nzamukiriza,
Nzamushyira hejuru kuko yamenye izina ryanjye.

15 Azanyambaza nanjye mwitabe,
Nzabana na we mu makuba no mu byago,
Nzamukizamuhe icyubahiro.

16 Nzamuhazauburame,
Kandi nzamwereka agakiza kanjye.”

92

1 Zaburi iyi ni indirimbo yo kuririmbwa ku isabato.

2 Ni byiza gushima Uwiteka,
No kuririmbira izina ryawe ishimwe, Usumbabyose,

3 Kwerekana imbabazi zawe mu gitondo,
N'umuravawawe uko bwije,

4 Tubwira inanga y'imirya cumi na nebelu,
Tubwirisha inanga ijwi ry'uwibwira.

5 Kuko wowe Uwiteka, wanyishimishije n'umurimowakoze,
Nzavugishwa impundu n'imirimo y'intoki zawe.

6 Uwiteka, erega imirimo wakoze irakomeye!
Ibyoutekereza bifiteuburebure bw'ikijyepfo.

7 Umuntuumezenk'inka ntazi ibi,
Umupfu ntabimenya.

8 Iyo abanyabyaha bārutse nk'ibyatsi,
Kandi inkozi z'ibibi zose iyo zeze,
Niukugirango barimbuke iteka,

9 Ariko wowe Uwiteka,ushyizwe hejuru iteka ryose.

10 Dore abanzi bawe Uwiteka,
Dore abanzi bawe bazarimbuka,
Inkozi z'ibibi zose zizatatanywa.

11 Ariko washyize hejuru ihembe ryanjye nk'iry'imbogo,
Nsīzwe amavuta mashya.

12 Kandi ijisho ryanjye ryarebye ibyo nshakira abanzi banjye,
Amatwi yanjye yumvise ibyo nshakira abanyabyaha bampagurukiye.

13 Umukiranutsi azashisha nk'umukindo,
Azashyirwa hejuru nk'umwerezi w'i Lebanoni.

14 Ubwo batewe mu rugo rw'Uwiteka,
Bazashishira mu bikari by'Imana yacu.

15 Bazagumya kwera no mu busaza,
Bazagira amakakama menshi n'itoto,

16 Kugirango byerekane yuko Uwiteka atunganye,
Ni we gitare cyanjye, ntarimo gukiranirwa na guke.

93

1 Uwiteka ari ku ngoma yambaye icyubahiro,
Uwiteka arambaye yikenyeje imbaraga,
Kandi isi irakomeye ntibasha kunyeganyega.

2 Intebe yawe yakomeyeuhereye kera,
Woweuhoraho wahereye kera kose.

3 Uwiteka, inzuzi ziteye hejuru,
Inzuzi ziteye hejuru amajwi yazo,
Inzuzi zitera hejuru guhōrera kwazo.

4 Amajwi y'amazi menshi,
Umurabaukomeye w'inyanja,
Uwiteka uri hejuru abirusha imbaraga.

5 Ibyo wahamije ni ibyo kwiringirwa cyane,
Uwiteka, kwera gukwiriye inzu yawe iteka ryose.

94

1 Uwiteka, Mana yo guhōra inzigo,
Mana yo guhōra inzigo, rabagirana.

2 Wa mucamanza w'abari mu isi we, wishyire hejuru,
Witure abibone ibibakwiriye.

3 Uwiteka, abanyabyaha bazageza he,
Abanyabyaha bazageza he kwishima?

4 Badudubiranya amagambo bavuga iby'agasuzuguro.
Inkozi z'ibibi zose zirirarira.

5 Uwiteka, bamenaguraubwoko bwawe,
Bababazaumwandu wawe.

6 Bicaumupfakazi n'umunyamahanga,
Bica n'impfubyi,

7 Bakavuga bati “Uwiteka ntari bubibone,
Imana ya Yakobo ntiri bubyiteho.”

8 Mwa bameze nk'inka mwe bo mu bantu, mwite kuri ibi,
Mwa bapfu mwe, muzagiraubwenge ryari?

9 Iyashyizehougutwi ntizumva?
Iyaremye ijisho ntizareba?

10 Ihanisha amahanga ibihano ntizahana?
Si yo yigisha abantuubwenge?

11 Uwiteka azi ibyo abantu bibwira,
Ko ari iby'ubusagusa.

12 Uwiteka, hahirwaumuntuuhana,
Ukamwigishisha amategeko yawe,

13 Kugirangoumuruhureiminsi y'amakuba n'ibyago,
Kugezaaho abanyabyaha bazacukurirwaubushya,

14 Kuko Uwiteka atazataubwoko bwe,
Kandi atazarekaumwandu we.

15 Kuko guca imanza kuzasubiraku kutabera,
Kandi abafite imitima itunganye bose bazabishima.

16 Ni ndeuzahagurukaakantabara kurwanya abanyabyaha?
Ni ndeuzahagurukamu ruhande rwanjye kurwanya inkozi z'ibibi?

17 Iyo Uwiteka atabaumutabazi wanjye,
Ubugingo bwanjye buba bwaratuye vuba ahacecekerwa.

18 Nkivuga nti “Ikirenge cyanjye kiranyereye”,
Imbabazi zawe Uwiteka, zarandamiye.

19 Iyo ibyo nshidikanya byinshi bimpagaritseumutima,
Ibyoumpumurizabyishimishaubugingo bwanjye.

20 Mbese intebe y'abanyarugomoizafatanya nawe?
Bagira amategekourwitwazo rw'igomwa,

21 Bateranira guteraubugingo bw'umukiranutsi,
Bagaciraho iteka amaraso atarihourubanza.

22 Ariko Uwiteka ni igihome kirekire kinkingira,
Imana yanjye ni igitare cy'ubuhungiro bwanjye.

23 Kandi izabagarurahogukiranirwa kwabo,
Izabarimburiramu byaha byabo,
Uwiteka Imana yacu, izabarimbura.

95

1 Nimuze turirimbire Uwiteka,
Tuvugirize impundu igitare cy'agakiza kacu.

2 Tujye mu maso ye tumushima,
Tumuvugirize impundu n'indirimbo.

3 Kuko Uwiteka ari Imana ikomeye,
Ni Umwamiukomeyeusumba ibigirwamana byose.

4 Ikuzimuhari mu kubokokwe,
Kandi impinga z'imisozi na zo ni ize.

5 Inyanja ni iye, ni we wayiremye,
Intoki ze ni zo zabumbyeubutaka.

6 Nimuze tumuramye twunamye,
Dupfukamire Uwiteka Umuremyi wacu.

7 Kuko ari we Mana yacu,
Natwe turi abantu b'icyanya cye,
Turi intama zo mu kubokokwe.
Uyu munsi icyampa mukumva ijwi rye,

8 Ntimwinangire imitima,
Nk'uko mwayinangiriye i Meriba,
No ku munsi w'i Masa mu butayu,

9 Ubwo ba sekuruzawanyu bangeragezaga,
Bakantata bakabonaumurimowanjye.

10 Narakariye ab'icyo gihe imyaka mirongo ine,
Ndavuga nti “Ubu niubwoko buhorabuyobamu mitima yabwo,
Kandi ntibamenya inzira zanjye.”

11 Ni cyo cyatumye ndahiranaumujinya nti
“Ntibazinjira mu buruhukirobwanjye.”

96

1 Muririmbire Uwiteka indirimbo nshya,
Mwa bari mu isi mwese mwe,
Muririmbire Uwiteka.

2 Muririmbire Uwiteka muhimbaze izina rye,
Mwerekane agakiza ke uko bukeye.

3 Mwogeze icyubahiro cye mu mahanga,
Imirimo itangaza yakoze muyogeze mu mahanga yose.

4 Kuko Uwiteka akomeye akwiriye gushimwa cyane,
Kandi ateyeubwoba, arusha ibigirwamana byose.

5 Kuko ibigirwamana by'amahanga byose ariubusa,
Ariko Uwiteka ni we waremye ijuru.

6 Icyubahiro no gukomera biri imbere ye,
Imbaraga n'ubwiza biri ahera he.

7 Mwa miryango y'amahanga mwe, mwāturireUwiteka,
MwāturireUwiteka ko afite icyubahiro n'imbaraga.

8 MwāturireUwiteka ko izina rye rifite icyubahiro,
Muze mu bikari bye muzanye ituro.

9 Musenge Uwiteka mwambaye ibyera,
Mwa bari mu isi mwese mwe,
Muhindireumushyitsi imbere ye.

10 Muvugiremu mahanga muti
“Uwiteka ari ku ngoma.”
Kandi isi irakomeye ntibasha kunyeganyega,
Azacira amahanga imanza zitabera.

11 Ijuru rinezerwe, isi yishime,
Inyanja ihōrerane n'ibiyuzuye,

12 Ikigarama cyishimane n'ibikirimo byose,
Ni bwo ibiti byo mu ishyamba bizaririmbishwa n'ibyishimo.

13 Imbere y'Uwiteka kuko agiye kuza,
Agiye kuza agacira abari mu isi imanza,
Azacira abari mu isi imanza zitabera,
Azacira amahanga imanza zihwanye n'umuravawe.

97

1 Uwiteka ari ku ngoma, isi yishime,
Ibirwa binezerwe uko bingana.

2 Ibicu n'umwijima biramukikiza,
Gukiranuka no guca imanza zitabera ni imfatiro z'intebe ye.

3 Umurirouramubanziriza,
Ugatwika ababisha be impande zose.

4 Imirabyo ye yamurikiye isi,
Ubutakaburabireba buhindaumushyitsi.

5 Imisozi iyagira nk'ibimamāra imbere y'Uwiteka,
Imbere y'Umwami w'isi yose.

6 Ijuru rivuga gukiranuka kwe,
Amahanga yose yarebyeubwiza bwe.

7 Abasenga ibishushanyo bibajwe,
Bakirata iby'ubusabamware,
Ibigirwamana byose biramuramya.

8 Siyoni yarabyumvise iranezerwa,
Abakobwa ba Yuda bishimishwa n'imanza zawe zitabera, Uwiteka.

9 Kuko wowe Uwitekausumba byose,
Ugategeka isi yose,
Ushyizwe hejuru cyane y'ibigirwamana byose.

10 Mwa bakunda Uwiteka mwe, mwange ibibi,
Arindaubugingo bw'abakunzi be,
Abakiza amaboko y'abanyabyaha.

11 Umucyoubibirwaumukiranutsi,
Umunezeroubibirwa abafite imitima itunganye.

12 Mwa bakiranutsi mwe, mwishimire Uwiteka,
Kandi mushime izina rye, ari ryo rwibutso rwo kwera kwe.

98

1 Zaburi.
Muririmbire Uwiteka indirimbo nshya,
Kuko yakoze ibitangaza.
Ikiganza cye cy'iburyo n'ukubokokwe kwera yabizanishije agakiza.

2 Uwiteka yamenyekanishije agakiza ke,
Gukiranuka kwe yakwerekanye ku mugaragaro mu maso y'amahanga.

3 Yibutsa imbabazi ze n'umuravawe,
Kubigirira inzu y'Abisirayeli,
Abo ku mpera y'isi hose barebye agakiza k'Imana yacu.

4 Mwa bari mu isi mwese mwe,
Muvugirize Uwiteka impundu,
Musandure muririmbishwe n'ibyishimo,
Muririmbe ishimwe.

5 Muririmbire Uwiteka ishimwe mubwira inanga,
Mubwire inanga, muririmbe indirimbo.

6 Muvugirize impundu imbere y'Umwami Uwiteka,
N'impanda n'ijwi ry'ihembe.

7 Inyanja ihōrerane n'ibiyuzuye,
N'isi n'abayibamo bose.

8 Inzuzi zikome mu mashyi,
Imisozi iririmbire hamwe,
Iririmbishwe n'ibyishimo,

9 Imbere y'Uwiteka kuko agiye kuza,
Agacira abari mu isi imanza.
Azacira abari mu isi imanza zitabera,
Azacira amahanga imanza zitunganye.

99

1 Uwiteka ari ku ngoma,
Amahanga ahinze imishitsi,
Yicaye ku Bakerubi, isi iranyeganyega.

2 Uwiteka muri Siyoni arakomeye,
Kandi ari hejuru y'amahanga yose.

3 Bashime izina ryawe rikomeye riteyeubwoba,
Ni we wera.

4 Imbaraga z'umwami zikunda imanza zitabera,
Ni woweukomeza ibitunganye.
Imanza zitabera no gukiranuka,
Ni woweubikorera mu Bayakobo.

5 Mushyire hejuru Uwiteka Imana yacu,
Kandi musengere imbere y'intebe y'ibirenge bye,
Ni we wera.

6 Mose na Aroni bo mu batambyi be,
Na Samweli wo mu bambazaga izina rye,
Bambazaga Uwiteka akabasubiza.

7 Yababwiriraga mu nkingi y'igicu,
Bakitondera ibyo yahamije n'amategeko yabategetse.

8 Uwiteka Mana yacu, warabasubizaga,
Wari Imana ibababarira,
Nubwo wabahoraga ibyo bakoraga.

9 Mushyire hejuru Uwiteka Imana yacu,
Musengere ku musoziwe wera,
Kuko Uwiteka Imana yacu ariuwera.

100

1 Zaburi yo gushima.
Mwa bari mu isi yose mwe,
Muvugirize Uwiteka impundu,

2 Mukorere Uwiteka munezerewe,
Muze mu maso ye muririmba.

3 Mumenye yuko Uwiteka ari we Mana,
Ni we waturemye natwe turi abe,
Turiubwoko bwe,
Turi intama zo mu cyanya cye.

4 Mwinjire mu marembo ye mushima,
No mu bikari bye muhimbaza,
Mumushime, musingize izina rye.

5 Kuko Uwiteka ari mwiza, 107.1; 118.1; 136.1; Yer 33.11
Imbabazi ze zihoraho iteka ryose,
Umuravaweuhoraho ibihe byose.

101

1 Zaburi ya Dawidi.
Ndaririmba imbabazi no guca imanza zitabera,
Uwiteka ni wowe ngiye kuririmbira ishimwe.

2 Nzitondera kugendera mu nzira itunganye,
Uzaza aho ndi ryari?
Nzajya ngendana mu nzu yanjyeumutimautunganye,

3 Sinzagira ikintu kidakwiriye nshyira imbere yanjye.
Nanga imirimo y'abiyobagiza,
Ntizomekana nanjye.

4 Umutimaugoramyeuzamvaho,
Sinzamenya ikibi.

5 Ubeshyera mugenzi we rwihereranwa nzamurimbura,
Ugamika akagiraumutimawibona sinzamwihanganira.

6 Amaso yanjye azaba ku banyamuravabo mu gihugu kugirango tubane,
Ugendera mu nzira itunganye ni weuzankorera.

7 Uriganya ntazaba mu nzu yanjye,
Ubeshya ntazakomerezwa imbere yanjye.

8 Uko bukeyenzica abanyabyaha bo mu gihugu bose,
Kugirango ndimbure inkozi z'ibibi zose,
Nzimare mu rurembo rw'Uwiteka.

102

1 Gusenga k'umunyamubabaro iyoumutimaweuguyeisari, agasuka amaganya ye imbere y'Uwiteka.

2 Uwiteka, umva gusenga kwanjye,
Gutakakwanjye kukugereho.

3 Ntumpishe mu maso hawe ku munsi w'umubabaro wanjye,
Untegereugutwi ku munsi ntakiramo,
Unsubizevuba.

4 Kuko iminsi yanjye ishirira mu mwotsi,
Amagufwa yanjye yaka nk'urumuri.

5 Umutimawanjyeumezenk'ubwatsi bukubisweurumye,
Kuko nibagirwa kuryaumutsima wanjye.

6 Ijwi ryo kunihakwanjye,
Ritumye amagufwa yanjye yumatana n'inyama yanjye.

7 Meze nk'uruyongoyongo rwo mu butayu,
Mpindutse nk'igihunyira cyo mu misaka.

8 Mba maso,
Mpindutse nk'igishwi kiri ku ipfundo ry'inzu cyonyine.

9 Abanzi banjye barantukaumunsiukira,
Abashajijwe no kundakarira bangize intukano.

10 Kuko ndya ivu nk'umutsima,
Mvanga ibyo nywa n'amarira,

11 Ku bw'uburakari bwawe n'umujinya wawe,
Kuko wanteruyeukanta.

12 Iminsi yanjye ihwanye n'igicucu kirehutse,
Kandi numye nk'ubwatsi.

13 Ariko wowe Uwiteka,uzicara ku ntebe y'ubwami iteka,
Urwibutso rwawe ruzahoraho ibihe byose.

14 Uzahagurukaubabarire i Siyoni,
Kuko igihe cyo kuhababarira gisohoye,
Ni koko igihe cyategetswe kirasohoye.

15 Kuko abagaragu bawe bishimira amabuye yaho,
Bababariraumukungugu waho.

16 Bizatuma amahanga yubahaizina ry'Uwiteka,
N'abami bo mu isi bose bakubahaicyubahiro cyawe,

17 Kuko Uwiteka azaba asannye i Siyoni,
Kandi abonekanye icyubahiro cy'ubwiza bwe,

18 Yitaye ku gusenga kw'abatagira shinge na rugero,
Adasuzuguyegusenga kwabo.

19 Ibyo bizandikirwa ab'igihe kizaza,
Ubwoko buzaremwa buzashima Uwiteka.

20 Kuko azaba arebye hasi, ari hejuru ahera he,
Uwiteka arebeye isi mu ijuru,

21 Kugirango yumve kunihakw'imbohe,
Abohore abategekewe gupfa,

22 Ngo abantu bogereze izina ry'Uwiteka i Siyoni,
N'ishimwe rye i Yerusalemu,

23 Ubwo amahanga n'ibihugu by'abami,
Bizateranira gukorera Uwiteka.

24 Yacishirije bugufiimbaraga zanjye mu nzira,
Yagabanije iminsi yanjye.

25 Ndavuga nti “Mana yanjye,
Ntunkurehongicagashije iminsi yanjye,
Imyaka yawe ihoraho ibihe byose.

26 Mbere na mbere washyizehourufatiro rw'isi,
N'ijuru niumurimow'intoki zawe.

27 Ibyo bizashira ariko wowe houzahoraho,
Ibyo byose bizasaza nk'umwenda,
Uzabihindura nk'uko imyambaro ikuranwa,
Bibe bihindutseukundi.

28 Ariko wowe ho uri uko wahoze,
Imyaka y'ubugingo bwawe ntizashira.

29 Abana b'abagaragu bawe bazahora mu gihugu,
Urubyaro rwabo ruzakomerezwa imbere yawe.”

103

1 Zaburi ya Dawidi.
Mutimawanjye himbaza Uwiteka,
Mwa bindimo byose mwe, muhimbaze izina rye ryera.

2 Mutimawanjye himbaza Uwiteka,
Ntiwibagirwe ibyiza yakugiriye byose.

3 Ni weubabarira ibyo wakiraniwe byose,
Agakiza indwara zawe zose,

4 Agacunguraubugingo bwawe ngo butajya muri rwa rwobo,
Akakwambika imbabazi no kugirirwa neza nk'ikamba,

5 Agahazaubusazabwawe ibyiza,
Agatumausubiramu busorebushya,
Bumezenk'ubw'ikizu.

6 Uwiteka akora ibyo gukiranuka,
Aca imanza zitabera zirenganura abarenganywa.

7 Yamenyesheje Mose inzira ze,
Imirimo ye yayimenyesheje abana ba Isirayeli.

8 Uwiteka niumunyebambe n'umunyambabazi,
Atinda kurakara, afite kugiraneza kwinshi.

9 Ntakomeza kurwana iteka,
Ntagumanaumujinya iminsi yose.

10 Ntiyatugiriye ibihwanye n'ibyaha byacu,
Ntiyatwituye ibihwanye no gukiranirwa kwacu.

11 Nk'uko ijuru ryitaruye isi,
Ni ko imbabazi agirira abamwubahazingana.

12 Nk'uko aho izuba rirasira hitaruye aho rirengera,
Uko ni ko yajyanye kure yacu ibicumurobyacu.

13 Nk'uko se w'abana abagirira ibambe,
Ni ko Uwiteka arigirira abamwubaha.

14 Kuko azi imiremerwe yacu,
Yibuka ko turiumukungugu.

15 Iby'umuntu, iminsi ye imeze nk'iy'ubwatsi,
Nk'ururabyo rwo ku misozi ni ko ashisha.

16 Kukoumuyagaurunyurahorugashira,
Ahantu harwo ntihazarumenyaukundi.

17 Ariko imbabazi Uwiteka agirira abamwubaha,
Zahereye kera kose zizageza iteka ryose,
Gukiranuka kwe kugeraku buzukurubabo.

18 Ni ko agirira abitondera isezerano rye,
Bakibuka amategeko ye bakayakomeza.

19 Uwiteka yakomeje intebe ye mu ijuru,
Ubwami bwe butegeka byose.

20 Muhimbaze Uwiteka mwa bamarayika be mwe,
Mwa banyambaraga nyinshi mwe, basohoza itegeko rye,
Mukumvira ijwi ry'ijambo rye.

21 Muhimbaze Uwiteka, mwa ngabo ze zose mwe,
Mwa bagaragu be mwe, bakora ibyo akunda.

22 Muhimbaze Uwiteka, mwa mirimo ye yose mwe,
Mumuhimbarize ahantu ategeka hose.
Mutimawanjye, himbaza Uwiteka.

104

1 Mutimawanjye, himbaza Uwiteka,
Uwiteka Mana yanjyeurakomeye cyane,
Wambaye icyubahiro no gukomera.

2 Wambaraumucyo nk'umwenda,
Usanzura ijuru nk'umwendaukinze mu ihema.

3 Ashinga inkingi z'insenge ze ku mazi,
Ibicu abigira igare rye,
Agendera ku mababa y'umuyaga.

4 Agira abamarayika be imiyaga,
Abagaragu be abagiraumurirowaka.

5 Yashyiriyeho imfatiro z'isi,
Kugirango itanyeganyega iteka.

6 Wayambitse inyanja nk'umwenda,
Amazi atwikīra imisozi miremire.

7 Ahungishwa no guhanakwawe,
Yirukishwa no guhinda kw'inkuba yawe,

8 (Imisozi ishyirwa hejuru, ibikombe birīka),
Agera ahantu wayategekeye.

9 Wayategekeye ingabano atabasha kurenga,
Kugirango atagaruka akarengera isi.

10 Yohereza amasōko mu bikombe,
Imigezi itemba hagati y'imisozi.

11 Inyobwa n'inyamaswa zose zo mu ishyamba,
Imparage na zo zishira inyota.

12 Inyoni n'ibisiga byo mu kirere biba kuri iyo migezi,
Bijwigirira mu mashami.

13 Ivubiraimisozi imvura ivuye ku nsenge ze,
Ubutakabuhazwa n'imbuto z'imirimo yawe.

14 Amereza inkaubwatsi,
Ameza imboga zo kugaburiraabantu,
Kugirango abakurireumutsima mu butaka,

15 Na vino yishimisha imitima y'abantu,
Ngo aboneranishe mu maso habo amavuta,
Kandi ngoumutsima uhe imitima y'abantu gukomera.

16 Ibiti by'Uwiteka birahaga,
Imyerezi y'i Lebanoni yateye.

17 Iyo inyoni n'ibisiga byarikaho ibyari,
Inzoyo ifite inzu yayo ku miberoshi.

18 Imisozi miremire ni iy'ihene zo mu ishyamba,
Ibitare niubuhungiro bw'inkwavu.

19 Yashyiriyehoukwezi kumenyekanisha ibihe,
Izuba rizi igihe rirengera.

20 Uzanaumwijima rikaba ijoro,
Ni bwo inyamaswa zo mu ishyamba zose zisohoka zomboka.

21 Imigunzu y'intare yivugiraumuhīgo wayo,
Ku Mana ni ho ishakira ibyokurya byayo.

22 Izuba ryarasa zikagenda,
Zikaryama mu masenga yazo.

23 Abantu bagasohoka bakajya ku mirimo yabo,
No ku muruhowabo bakageza nimugoroba.

24 Uwiteka, erega imirimo yawe ni iy'uburyo bwinshi!
Yose wayikoreshejeubwenge,
Isi yuzuyeubutunzi bwawe.

25 Dore iriya nyanja nini ngari,
Irimo ibigenda bitabarika,
Inyamaswa ntoya n'inini.

26 Ni ho inkuge zigenda,
Ni ho Lewiyatani iri waremeye kuyikiniramo.

27 Ibyo byose bigutegerereza,
Kugirangoubigaburireibyokurya byabyo igihe cyabyo.

28 Biyora ibyoubihaye,
Upfumbatura igipfunsi cyawe bigahaga ibyiza.

29 Uhisha mu maso hawe bigahinda imishyitsi,
Ubikuramoumwuka bigapfa,
Bigasubiramu mukungugu wabyo.

30 Woherezaumwuka wawe bikaremwa,
Ubutakaubusubizahoubugingo bushya.

31 Icyubahiro cy'Uwiteka gihoreho iteka,
Uwiteka yishimira imirimo ye.

32 Ni weurebaisi igahindaumushyitsi,
Akora ku misozi igacumba.

33 Nzajya ndirimbira Uwiteka nkiriho,
Nzajya ndirimbira Imana yanjye ishimwe ngifiteubugingo.

34 Ibyo nibwiye biyinezeze,
Nanjye nzajya nishimira Uwiteka.

35 Abanyabyaha barimbuke bashire mu isi,
Ababi be kubahoukundi.
Mutimawanjye, himbaza Uwiteka.
Haleluya.

105

1 Nimushime Uwiteka mwambaze izina rye,
Mwamamaze imirimo yakoze mu mahanga.

2 Mumuririmbire, mumuririmbire ishimwe,
Muvugeimirimo itangaza yakoze yose.

3 Mwirate izina rye ryera,
Imitima y'abashaka Uwiteka yishime.

4 Mushake Uwiteka n'imbaraga ze,
Mushake mu maso he iteka ryose.

5 Mwibuke imirimo itangaza yakoze,
Ibitangaza bye n'amateka yo mu kanwa ke,

6 Mwa rubyaro rwa Aburahamuumugaragu we mwe,
Mwa bana ba Yakobo mwe, abo yatoranije.

7 Uwiteka ni we Mana yacu,
Amateka ye ari mu isi yose.

8 Yibuka isezerano rye iminsi yose,
Ijambo yategetse aryibuka ibihe ibihumbi.

9 Ni ryo sezerano yasezeranye na Aburahamu,
Indahiro yarahiye Isaka,

10 Akayikomereza Yakobo kuba itegeko,
Ayikomereza Isirayeli kuba isezerano ridashira.

11 Ati “Ni wowe nzaha igihugu cya Kanāni,
Kubaumwanduukugenewe.”

12 Umubarewaboukirimuke,
Muke cyane na bo ari abashyitsi muri icyo gihugu,

13 Bazerera mu mahanga atari amwe,
Bava mu bwami bajya mu bundi.

14 Ntiyakundiraumuntu ko abarenganya,
Yahaniye abami ko babagiriye nabi.

15 Ati “Ntimukoreku bo nasīze,
Ntimugireicyo mutwara abahanuzi banjye.”

16 Ahamagara inzara ngo itere mu gihugu,
Avuna inkoni yose bishingikirije,
Ni yo mutsima wabo.

17 Atumaumugabowo kubabanziriza,
Ni Yosefu waguriwekuba imbata.

18 Bababarisha ibirenge bye iminyururu,
Bamushyiraho ibyuma,

19 Kugezaaho ijambo ry'Uwiteka ryasohoreye,
Isezerano rye ryaramugeragezaga.

20 Umwami yaratumye baramubohora,
Umutegeka w'amahanga yaramurekuye.

21 Amugiraumutware w'urugorwe,
Amubitsa ibintu bye byose,

22 Ngo abohe abakomeye be uko ashaka,
Yigishe abakuru beubwenge.

23 Kandi Isirayeli ajya muri Egiputa,
Yakobo atura mu gihugu cya Hamu.

24 Kandi Uwiteka agwizaubwoko bwe cyane,
Abaha gukomera kurutaabanzi babo.

25 Ahindura imitima y'abo ngabo ngo bangeubwoko bwe,
Bagiraubwenge bwo kurimbura abagaragu be.

26 Atuma Moseumugaragu we,
Na Aroni yatoranije.

27 Bashyira hagati yabo ibimenyetso bye,
Bakorera ibitangaza mu gihugu cya Hamu.

28 Yoherezaumwijima atuma riba ijoro,
Na bo ntibagomera amagambo ye.

29 Ahindura amazi yabo amaraso,
Yica amafi yabo.

30 Igihugu cyabo cyuzuraibikeri,
Mu mazu y'abami babo.

31 Arategeka amarumbo y'isazi araza,
N'inda mu gihugu cyabo cyose.

32 Abahauruburamu cyimbo cy'imvura,
N'umurirowaka mu gihugu cyabo.

33 Akubitaimizabibu yabo n'imitini yabo,
Avuna ibiti byo mu gihugu cyabo.

34 Arategeka inzige ziraza,
N'uburimabitabarika.

35 Birya n'imboga zose zo mu gihigu cyabo,
Birya imbuto z'ubutakabwabo.

36 Kandi akubitaabana b'imfura bose,
Bo mu gihugu cyabo arabica,
Gukomera kwabo kose ni bo kwari kwatangiriyeho.

37 Akuramoba bandi,
Bafite ifeza n'izahabu,
Nta munyantege nke n'umwe,
Wari uri mu miryango ye yose.

38 Abanyegiputa bishimira kugenda kwabo,
Kuko guteraubwoba kwabo kwari kubafashe.

39 Asanzura igicu cyo kubatwikīra,
N'umurirowo kubamurikira nijoro.

40 Barasaba azana inkware,
Abahazaumutsima wo mu ijuru.

41 Atobora igitare amazi aradudubiza,
Atemba ahantu humye habaumugezi.

42 Kuko yibutse ijambo rye ryera,
Na Aburahamuumugaragu we.

43 Akurayoubwoko bwe bwishimye,
Intore ze azikurayoziririmba.

44 Abahaubutakabw'abanyamahanga,
Batwara ibyo abanyamahanga baruhiye.

45 Bibera bityo kugirango bitondere amategeko ye,
Bakurikize ibyo yategetse.
Haleluya.

106

1 Haleluya! 107.1; 118.1; 136.1; Yer 33.11
Nimushimire Uwiteka yuko ari mwiza,
Kuko imbabazi ze zihoraho iteka ryose.

2 Ni ndeubasha kuvugaimirimo ikomeye Uwiteka yakoze,
Cyangwa kwerekana ishimwe rye ryose?

3 Hahirwa abitondera ibitunganye,
Hahirwaukoraibyo gukiranuka iminsi yose.

4 Uwiteka, nyibukanaimbabaziugirira abantu bawe,
Ungendererane agakiza kawe,

5 Kugirango mbone intore zawe ziguwe neza,
Nishimireumunezero w'ubwoko bwawe,
Niratane n'umwandu wawe.

6 Twacumuranye na ba sogokuruza,
Twarakiraniwe, twakoze ibyaha.

7 Ba sogokuruzantibamenye ibitangaza byawe wakoreye muri Egiputa,
Ntibibutse imbabazi zawe nyinshi,
Ahubwo bagomera ku nyanja ari yo Nyanja Itukura.

8 Ariko ku bw'izina ryayo,
Ibakiriza kugirango imenyekanishe imbaraga zayo zikomeye.

9 Ihana Inyanja Itukurairakama,
Nuko ibacisha imuhengeri nko mu butayu.

10 Ibakizaukubokok'umwanzi wabo,
Irabacungura ibakura mu kubokok'umubisha.

11 Amazi arengera ababisha babo,
Ntihasigara n'umwe.

12 Maze bizera amagambo yayo,
Baririmba ishimwe ryayo.

13 Hahise akanya bibagirwa imirimo yakoze,
Ntibarindira ko isohoza imigambi yayo.

14 Ahubwo bifurizacyane mu butayu,
Bageragereza Imana ahatagira abantu.

15 Ibaha ibyo bayisabye,
Ariko imitima yabo iyishyiramo konda.

16 Kandi bagiririra Mose ishyari mu rugo rw'amahema,
Na Aroniuweraw'Uwiteka.

17 Ubutakaburasama bumiraDatani,
Butwikīra abantu ba Abiramu.

18 Umuriroucanwa mu iteraniro ryabo,
Ikirimi cyawo gitwika abanyabyaha.

19 Baremera ikimasa i Horebu,
Basenga igishushanyo kivugutiwe.

20 Uko ni ko baguranye icyubahiro cyabo,
Bagihindura igishushanyo cy'impfizi iryaubwatsi.

21 Bibagirwa Imana Umukizawabo,
Yakoreye ibikomeye muri Egiputa,

22 Yakoreye ibitangaza mu gihugu cya Hamu,
N'ibiteyeubwoba ku Nyanjya Itukura.

23 Bituma ivuga ko izabarimbura,
Kandi iba yarabarimbuye,
Iyaba Mose intore yayo atahagaze imbere yayo mu cyuho cy'inkike,
Gukurahoumujinya wayo kugirango itabarimbura.

24 Kandi bagaya igihugu cy'igikundiro,
Ntibizera ijambo ryayo,

25 Ahubwo bitotombera mu mahema yabo,
Ntibumvira ijwi ry'Uwiteka.

26 Bituma amanikaukuboko,
Abarahira yuko azabatsinda mu butayu,

27 Kandi azatsindaurubyaro rwabo mu mahanga,
Akarutataniriza mu bihugu.

28 Kandi bifatanya na Bālipewori,
Barya intonorano z'ibitariho.

29 Uko ni ko bamurakarishije imirimo yabo,
Mugigairabatungura.

30 Maze Finehasi arahagurukaasohoza amateka,
Mugigairashira.

31 Bimuhwanirizwa no gukiranuka,
Kugezaibihe by'abantu byose iteka ryose.

32 Kandi barakariza Uwiteka ku mazi y'i Meriba,
Bituma Mose aterwa ibyago na bo.

33 Kuko bagomeye Umwuka w'Uwiteka,
Bituma Mose avugisha akanwa ke ibidakwiriye.

34 Kandi ntibarimbura amahanga,
Uwiteka yabategetse kurimbura,

35 Ahubwo bīvanga n'amahanga,
Biga ingeso zayo.

36 Bakoreraga ibishushanyo by'ibigirwamana byayo,
Bibahindukiraikigoyi.

37 Batambiraga abadayimoni abahungu babo n'abakobwa babo,

38 Bavushaga amaraso y'abatarihourubanza,
Ni yo maraso y'abahungu babo n'ay'abakobwa babo,
Batambiye ibishushanyo by'i Kanāni,
Igihugu gihumanywa n'amaraso.

39 Nuko banduzwa n'imirimo yabo,
Bagenda basambanisha ingeso zabo.

40 Bitumaumujinya w'Uwitekaucanwa ku bwoko bwe,
Yangaurunukaumwandu we.

41 Abashyira mu maboko y'abanyamahanga,
Abanzi babo barabatwara.

42 Kandi ababisha babo barabahata,
Baragomorwa baba munsi y'ukubokokwabo.

43 Yabakizaga kenshi,
Ariko bakagomeshwa n'imigambi yabo,
Bagacishwa bugufino gukiranirwa kwabo.

44 Ariko yitaga ku mubabaro wabo,
Uko yumvaga gutakakwabo,

45 Akibuka isezerano yabasezeraniye,
Akigarura nk'uko imbabazi ze nyinshi ziri,

46 Agatuma bababarirwa,
N'ababajyanye ho iminyago bose.

47 Uwiteka Mana yacuudukize,
Udutarurukanyeudukuremu mahanga,
Kugirango dushime izina ryawe ryera,
Twishimire ishimwe ryawe.

48 Uwiteka Imana y'Abisirayeli ahimbazwe,
Uhereye kera koseukageza iteka ryose.
Kandi abantu bose bavuge bati “Amen!”
Haleluya.

107

1 Nimushimire Uwiteka yuko ari mwiza, 106.1; 118.1; 136.1; Yer 33.11
Kuko imbabazi ze zihoraho iteka ryose.

2 Abacunguwe n'Uwiteka bavuge batyo,
Abo yacunguye akabakura mu kubokok'umwanzi,

3 Akabatarurukanya abakura mu bihugu,
Aho izuba rirasira n'aho rirengera,
Ikasikazi no ku nyanja.

4 Bazerereye mu butayumu nzira itagira abantu,
Ntibabonaumuduguduwo kubamo.

5 Bicwa n'inzara n'inyota,
Imitima yabo igwa isari.

6 Maze batakira Uwiteka bari mu byago,
Abakiza imibabaro yabo.

7 Abashorerera mu nzira igororotse,
Kugirango bagere mu muduguduwo kubamo.

8 Abo bashimire Uwiteka kugiraneza kwe,
N'imirimo itangaza yakoreye abantu.

9 Kuko yahagijeumutimawifuza,
N'umutimaushonje yawujujeibyiza.

10 Abandi bicaraga mu mwijima no mu gicucu cy'urupfu,
Baboheshejweumubabaro n'ibyuma,

11 Kuko bagomeye amagambo y'Imana,
Bagasuzuguraimigambi y'Isumbabyose.

12 Ni cyo cyatumye icishisha bugufiimitima yaboumuruho,
Bakagwa ntibagireubatabara.

13 Maze batakira Uwiteka bari mu makuba,
Abakiza imibabaro yabo.

14 Abakura mu mwijima no mu gicucu cy'urupfu,
Aca iminyururuyabo.

15 Abo bashimire Uwiteka kugiraneza kwe,
N'imirimo itangaza yakoreye abantu.

16 Kuko yamennye inzugi z'imiringa,
Akavuna ibihindizo by'ibyuma.

17 Ibirimarima bibabarizwa ibicumurobyabyo,
No gukiranirwa kwabyo.

18 Imitima yabo ihurwa ibyokurya iyo biva bikajya,
Bakegera amarembo y'urupfu.

19 Maze bagatakira Uwiteka bari mu byago,
Akabakiza imibabaro yabo.

20 Akohereza ijambo rye akabakiza indwara,
Akabakiza kwinjira mu mva zabo.

21 Abo bashimire Uwiteka kugiraneza kwe,
N'imirimo itangaza yakoreye abantu.

22 Batamba ibitambo by'ishimwe,
Bogeresha imirimo ye indirimbo z'ibyishimo.

23 Abamanuka bajya mu nyanja bakagenda mu nkuge,
Bagatundira mu mazi y'isanzure,

24 Barebeye imirimo y'Uwiteka n'ibitangaza bye imuhengeri.

25 Kuko yategetse agahuhishaumuyagaw'ishuheri,
Ushyira hejuruumurabawaho.

26 Barazamukagabakajya mu ijuru,
Bagasubirabakamanuka bakajya ikuzimu,
Imitima yabo ikayagishwa n'umubabaro.

27 Bakazunga muzunga,
Bakadandabirana nk'umusinzi,
Ubwenge bwabo bwose bukazinduka.

28 Maze batakira Uwiteka bari mu byago,
Abakiza imibabaro yabo.

29 Aturisha uwo muyagaw'ishuheri,
Umurabauratuza.

30 Maze bīshimishwa n'ukoutuje,
Kandi abajyana mu mwaro bashakaga.

31 Abo bashimire Uwiteka kugiraneza kwe,
N'imirimo itangaza yakoreye abantu.

32 Bamwogereze mu iteraniro ry'abantu,
Bamushimire aho abakuru bicaranye.

33 Ahindura imigeziubutayu,
N'amasōko ayahindura inkamīra,

34 Igihugu cyera agihinduraubutakabw'umunyu,
Ku bw'ibyaha by'abahatuye.

35 Kandi ahinduraubutayuikidendezi,
No mu mburamazi ahahindura amasōko.

36 Aho ni ho aturizaabashonje,
Kugirango batunganyeumuduguduwo kubamo,

37 Babibe imirima batere imizabibu,
Bibonere imbuto z'umwero.

38 Akabahaumugisha bakagwira cyane,
Ntakundire inka zabo ko zigabanuka.

39 Kandi iyo bagabanutse,
Bagacishwa bugufin'agahato n'ibyago n'umubabaro,

40 Asuka igisuzuguriroku bakomeye,
Akabazerereza mu kidaturwa kitagira inzira,

41 Agashyira hejuruumukeneamukuyemu makuba,
Akamugwiriza imiryango nk'umukumbi.

42 Abakiranutsi barabireba bakishima,
Ubugoryi bwose bukiziba akanwa.

43 Umunyabwenge wese azitegereza ibyo,
Kandi bazita ku mbabazi z'Uwiteka.

108

1 Iyi ndirimbo ni Zaburi ya Dawidi.

2 Mana,umutimawanjyeurakomeye,
Ndaririmba, ni koko ndaririmbisha ishimweubwiza bwanjye.

3 Nebelu n'inanga nimukanguke,
Nanjyeubwanjye nzakanguka mbere y'umuseke.

4 Uwiteka, nzagushimira mu moko,
Nzakuririmbira ishimwe mu mahanga.

5 Kuko imbabazi zawe ari ndende zisumba ijuru,
Umuravawaweugeramu bicu.

6 Mana, wishyire hejuru y'ijuru,
Icyubahiro cyawe kibe hejuru y'isi yose.

7 Ukirisheukubokokwawe kw'iburyounsubize,
Kugirango aboukunda bakizwe.

8 Imana yarahiye kwera kwayo iti
“Nzishima,
Nzagabanya Shekemu,
Kandi nzagabanishaurugeroigikombe cy'i Sukoti.

9 Galeyadi ni ahanjye,
Umuryango wa Manase niuwanjye,
Uwa Efurayimu ni woukingiraumutwe wanjye,
Uwa Yuda ni wo nkoni yanjye y'ubwami.

10 Abamowabu ni bo gikarabiro cyanjye,
Abedomu nzabakubitainkweto mu mutwe,
Abafilisitiya nzabishima hejuru mvuza impundu.”

11 Ni ndeuzanyinjiza mu muduguduufiteigihome gikomeye?
Ni ndeuzangeza muri Edomu?

12 Si wowe Mana wadutaye,uzangezayo?
Si wowe Manautajyanaga n'ingabo zacu,uzangezayo?

13 Udutabareumubisha,
Kuko gutabara kw'abantu kutagiraumumaro.

14 Imana izadukoresha iby'ubutwari,
Kuko ari yo izaribata ababisha bacu.

109

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni iya Dawidi.
Mana njya mpimbaza ntuceceke,

2 Kuko banyasamiye akanwa k'umunyabyaha,
Akanwa k'uburiganya,
Bambwirishijeururimirw'ibinyoma.

3 Bangotesheje amagambo y'urwango,
Bandwanije nta mpamvu.

4 Urukundo rwanjye barwituye kuba abanzi bandwanya,
Ariko jyeweho nitangira gusenga.

5 Ku neza nabagiriye banyituye inabi,
Ku rukundo banyituyeurwango.

6 Umutwarisheumunyabyaha,
Umureziahagarare iburyo bwe.

7 Nacirwaurubanza asohoke rumutsinze,
Gusenga kwe guhwanywe n'icyaha.

8 Iminsi yo kubahokwe ibe mike,
Ubutware bwe busubiremo undi.

9 Abana be babe impfubyi,
Umugorewe abeumupfakazi.

10 Abana be babe inzererezi basabirize,
Bashakire ibyokurya kure y'umusakawabo.

11 Umwishyuza atege ikigoyi ibyo afite byose,
Abanyamahanga banyage ibyo yaruhiye.

12 Ntihazagireukomeza kumugirira neza,
Ntihazagireubabarira impfubyi ze.

13 Urubyaro rwe ruzarimburwe,
Mu gihe cy'abuzukurube izina ryabo rizasibanganywe.

14 Gukiranirwa kwa ba sekuruzakwibukwe n'Uwiteka,
Ibyaha bya nyina bye gusibanganywa.

15 Bibe imbere y'Uwitekaubudasiba,
Kugirango arimbure kwibukwa kwabo agukuremu isi.

16 Kuko wa wundi atibukagakubabarira,
Ahubwo yagenzagaumunyamubabaro n'umukene,
N'ufiteumutimaumenetse ngo abice.

17 Yakundaga kuvuma, kuvumakwe kumugeraho,
Kandi ntiyishimiraga kwifurizaabantuumugisha,
Umugishaukamuba kure.

18 Kandi yambaraga kuvumank'umwenda we,
Kwinjira mu nda ye nk'amazi,
Kwinjira mu magufwa ye nk'amavuta.

19 Kumuhindukirenk'umwenda yambara,
N'umushumi ajya akenyeza.

20 Ibyo abe ari byo bihembo by'abanzi banjye biturukaku Uwiteka,
N'iby'abavuga nabiubugingo bwanjye.

21 Ariko Uwiteka Mwami,
Ku bw'izina ryaweunkorere ibyiza,
Unkirize kuko imbabazi zawe ari nziza.

22 Kuko ndiumunyamubabaro n'umukene,
Kandiumutimawanjyeukomerekeye muri jye.

23 Ngiye nk'igicucu kirehutse,
Ntūmūwe nk'uruzige.

24 Amavi yanjye aciweurutebwe no kutarya,
Umubiriwanjyeunanuwe no kuburaibinure.

25 Kandi mpindukiyeba bandi igitutsi,
Uko bambonye bazunguza imitwe.

26 Uwiteka Mana yanjye,untabare,
Unkize nk'uko imbabazi zawe ziri,

27 Kugirango bamenye yuko ibyo ariukubokokwawe,
Ko ari wowe Uwiteka wabikoze.

28 Bavume ariko wowe ho umpeumugisha,
Nibahagaruka bazakorwa n'isoni,
Arikoumugaragu wawe nzishima.

29 Abanzi banjye bambikwe igisuzugiriro,
Bambare isoni zabo nk'umwitero.

30 Ndashimisha Uwiteka cyane akanwa kanjye,
Nzamushimira mu iteraniro.

31 Kuko azahagararira iburyo bw'umukene,
Kumukizaabacira ho itekaubugingo bwe.

110

1 Zaburi ya Dawidi. 15.25; Ef 1.20-22; Kolo 3.1; Heb 1.13; 8.1; 10.12-13
Uwiteka yabwiye Umwami wanjye ati
“Icara iburyo bwanjye,
Ugeze aho nzashyirira abanzi bawe munsi y'ibirenge byawe.”

2 Uwiteka ari i Siyoni
Azasingiriza kure inkoni y'ubutware bwawe,
Tegeka hagati y'abanzi bawe.

3 Abantu bawe bitanga babikunze,
Ku munsiugabaingabo zawe,
Abasore bawe baza aho uri nk'ikime,
Bambayeumurimbo wera, bavuye mu nda y'umuseso.

4 Uwiteka ararahiye ntazivuguruzaati
“Uriumutambyi iteka ryose,
Mu buryo bwa Melikisedeki.”

5 Umwami Imana ihagaze iburyo bwawe,
Izamenagura abami ku munsi w'umujinya wayo.

6 Izacira imanza mu mahanga,
Izuzuzaahantu intumbi,
Izamenaguriraimitwe mu gihugu kinini cyose.

7 Umwami azanywera ku mugeziwo mu nzira,
Ni cyo gituma azashyiraumutwe we hejuru.

111

1 Haleluya.
Nzashimisha Uwitekaumutimawanjye wose,
Mu rukikorw'abatunganye no mu iteraniro ryabo.

2 Imirimo Uwiteka yakoze irakomeye,
Irondorwa n'abayishimira bose.

3 Umurimoakora ni icyubahiro n'ubwiza,
Gukiranuka kwe guhoraho iteka ryose.

4 Yahaye imirimo ye itangazaurwibutso,
Uwiteka niumunyambabazi n'umunyebambe.

5 Yagaburiyeabamwubaha,
Azajya yibuka isezerano rye.

6 Yeretseubwoko bwe imirimo yeuburyo ikomeye,
Ubwo yabahagaumwandu w'abanyamahanga.

7 Imirimo y'intoki ze niumuravano kutabera,
Amategeko ye yose arahamye.

8 Yakomerejwe guhamaiteka ryose,
Yategekeshejweumuravano gutunganya.

9 Yohererejeubwoko bwe gucungurwa,
Yategetse isezerano rye kuba iry'iteka,
Izina rye ni iryera n'iryo kubahwa.

10 KubahaUwiteka ni ishingiro ry'ubwenge,
Abakora ibyo bafiteubwenge nyakuri,
Ishimwe rye rihoraho iteka ryose.

112

1 Haleluya.
HahirwauwubahaUwiteka,
Akishimira cyane amategeko ye.

2 Urubyaro rw'uwo ruzagira amaboko mu isi,
Umuryango w'abatunganyeuzahabwaumugisha.

3 Ubutunzi n'ubukirebiri mu rugo rwe,
Gukiranuka kwe guhoraho iteka ryose.

4 Abatunganyeumucyoubavira mu mwijima,
Uvira ūgira imbabazi n'ibambe agakiranuka.

5 Hahirwaugiraimbabazi akagurizaabandi,
Agakora imirimo yeuburyo butunganye.

6 Kuko atazanyeganyezwa iteka,
Umukiranutsi azibukwa iteka ryose.

7 Ntazatinya inkuru mbi,
Umutimaweurakomeye wiringiye Uwiteka.

8 Umutimaweurahamye ntazatinya,
Kugezaaho azabonera ibyo ashakira abanzi be.

9 Yaranyanyagije yahaye abakene,
Gukiranuka kwe guhoraho iteka ryose,
Ihembe rye rizashyiranwa hejuru icyubahiro.

10 Umunyabyaha azabireba ababare,
Ahekenye amenyo, ayage,
Icyoumunyabyaha yifuza kizabura.

113

1 Haleluya.
Mwa bagaragu b'Uwiteka mwe, nimushime,
Nimushime izina ry'Uwiteka.

2 Izina ry'Uwiteka rihimbazwe,
Uhereye noneukageza iteka ryose.

3 Uhereye aho izuba rirasiraukageza aho rirengera,
Izina ry'Uwiteka rikwiriye gushimwa.

4 Uwiteka ari hejuru y'amahanga yose,
Icyubahiro cye gisumba ijuru.

5 Ni ndeuhwanye n'Uwiteka Imana yacu,
Ufite intebe ye hejuru cyane,

6 Akicishiriza bugufikureba,
Ibyo mu ijuru n'ibyo mu isi?

7 Akurauworoheje mu mukungugu,
Ashyira hejuruumukeneamukuyemu icukiro,

8 Kugirango amwicaranye n'abakomeye,
Abakomeye bo mu bwoko bwe.

9 Uwari ingumba mu nzu ye,
Amuha kuyibamo yishimye,
Ari nyina w'abahungu.
Haleluya.

114

1 Ubwo Abisirayeli bavaga muri Egiputa,
Ubwo inzu y'Abayakobo yavaga mu bantu b'urundi rurimi.

2 I Buyudahahindutse ahera h'Imana,
I Bwisirayeli hahindutseubwami bwayo.

3 Inyanja ibibonye irahunga,
Yorodani isubizwa inyuma.

4 Imisozi miremire yitera hejuru nk'amasekurumey'intama,
Udusozitwitera hejuru nk'abana b'intama.

5 Wa nyanja we,utewen'iki guhunga?
Nawe Yorodani,ushubijwe inyuma n'iki?

6 Namwe misozi miremire, ni iki kibīteresha hejuru nk'amasekurumey'intama?
Namwe dusozi, mugakina nk'abana b'intama?

7 Wa si we, hindiraumushyitsi imbere y'Umwami,
Imbere y'Imana ya Yakobo,

8 Yahinduyeurutareikidendezi,
Yahinduye igitare gikomeye isōko.

115

1 Ntabe ari twe Uwiteka, ntabe ari twe,
Ahubwo izina ryawe abe ari ryo uha icyubahiro,
Ku bw'imbabazi zawe n'umuravawawe.

2 Kuki abanyamahanga babaza bati
“Imana yabo iri he?”

3 Ariko Imana yacu iri mu ijuru,
Yakoze ibyo yashatse byose.

4 Ibishushanyo ba bandi basenga ni ifeza n'izahabu,
Umurimow'intoki z'abantu.

5 Bifite akanwa ntibivuga,
Bifite amaso ntibirora,

6 Bifite amatwi ntibyumva,
Bifite amazuru ntibinukirwa,

7 Bifite intoki ntibikorakora,
Bifite ibirenge ntibigenda,
Kandi ntibivugisha imihogo yabyo.

8 Ababirema bazahwana na byo,
N'ubyiringira wese.

9 Wa bwoko bw'Abisirayeli we, wiringire Uwiteka,
Ni we mutabazi wabo n'ingabo ibakingira.

10 Wa nzu y'aba Aroni we, mwiringire Uwiteka,
Ni we mutabazi wabo n'ingabo ibakingira.

11 Mwa bubahaUwiteka mwe, mwiringire Uwiteka,
Ni we mutabazi wabo n'ingabo ibakingira.

12 Uwiteka aratwibutse azaduhaumugisha,
Azahaumugisha inzu y'Abisirayeli,
Azahaumugisha inzu y'aba Aroni.

13 Azahaumugisha abubahaUwiteka,
Aboroheje n'abakomeye.

14 Uwiteka abagwize,
Abagwizanye n'abana banyu.

15 Muhaweumugisha n'Uwiteka,
Waremye ijuru n'isi.

16 Ijuru ni iry'Uwiteka,
Ariko isi yayihaye abantu.

17 Abapfuye ntibashima Uwiteka,
Cyangwa abamanuka bajya ahacecekerwa.

18 Ariko twebweho tuzajya duhimbaza Uwiteka.
Uhereye noneukageza iteka ryose.
Haleluya.

116

1 Nkundira Uwiteka,
Kuko yumvise ijwi ryanjye no kwinginga kwanjye.

2 Kuko yantegeyeugutwi,
Ni cyo gituma nzajya mwambaza nkiriho.

3 Ingoyi z'urupfu zantaye hagati,
Uburibwe bw'ikuzimubwaramfashe,
Ngira ibyago n'umubabaro.

4 Maze nambaza izina ry'Uwiteka nti
“Uwiteka, ndakwinginze kizaubugingo bwanjye.”

5 Uwiteka niumunyambabazi kandi niumukiranutsi,
Ni koko Imana yacu igira ibambe.

6 Uwiteka arinda abaswa,
Nacishijwe bugufiarankiza.

7 Mutimawanjye, subiramu buruhukirobwawe,
Kuko Uwiteka yakugiriye neza.

8 Kuko wakijijeubugingo bwanjyeurupfu,
Amaso yanjyeukayakiza amarira,
N'ibirenge byanjyeukabikiza kugwa.

9 Nzagendera mu maso y'Uwiteka,
Mu isi y'ababaho.

10 Nari nizeye ubwo navugaganti
“Narababajwe cyane.”

11 Nkavuganaubwira nti
“Abantu bose ni abanyabinyoma.”

12 Ibyiza Uwiteka yangiriye byose,
Ndabimwitura iki?

13 Nzakīra igikombe cy'agakiza,
Nambaze izina ry'Uwiteka.

14 Nzahigura Uwitekaumuhigowanjye,
Ni koko nzawumuhiguriramu maso y'ubwoko bwe bwose.

15 Urupfu rw'abakunzi be,
Ni urw'igiciro cyinshi mu maso y'Uwiteka.

16 Uwiteka, niukurindiumugaragu wawe,
Ndiumugaragu wawe,
Umwana w'umujawawe wambohoye ingoyi.

17 Nzagutambira igitambo cy'ishimwe,
Nambaze izina ry'Uwiteka.

18 Nzahigura Uwitekaumuhigowanjye,
Ni koko nzawuhiguriramu maso y'ubwoko bwe bwose,

19 Mu bikari by'inzu y'Uwiteka,
Hagati muri wowe Yerusalemu.
Haleluya.

117

1 Mwa mahanga yose mwe, nimushime Uwiteka,
Mwa moko yose mwe, nimumuhimbarize

2 Kuko imbabazi atugirira ari nyinshi,
Kandiumuravaw'Uwitekauhoraho iteka ryose.
Haleluya.

118

1 Nimushimire Uwiteka yuko ari mwiza, 106.1; 107.1; 136.1; Yer 33.11
Kuko imbabazi ze zihoraho iteka ryose.

2 Abisirayeli bavuge bati
“Imbabazi ze zihoraho iteka ryose.”

3 Inzu y'aba Aroni ivuge iti
“Imbabazi ze zihoraho iteka ryose.”

4 AbubahaUwiteka bavuge bati
“Imbabazi ze zihoraho iteka ryose.”

5 Ubwo nari mu mubabaro nambaje Uwiteka,
Uwiteka aranyitaba anshyira ahantu hagari.

6 Uwiteka ari mu ruhande rwanjye sinzatinya,
Umuntu yabasha kuntwara iki?

7 Uwiteka ari mu ruhande rwanjye arantabara,
Ni cyo gituma nzabona icyo nshakira abanzi banjye.

8 Guhungira ku Uwiteka kugiraumumaro,
Kurutakwiringira abantu.

9 Guhungira ku Uwiteka kugiraumumaro,
Kurutakwiringira abakomeye.

10 Amahanga yose yarangose,
Mu izina ry'Uwiteka ndayarimbura.

11 Yarangose ni koko yarangose,
Mu izina ry'Uwiteka ndayarimbura.

12 Bangose nk'inzuki,
Bazima nk'umurirow'amahwa,
Mu izina ry'Uwiteka ndayarimbuye.

13 Wansunikiye cyane kungusha,
Maze Uwiteka arantabara.

14 Uwiteka ni we mbaraga zanjye n'indirimbo yanjye,
Kandi yahindutse agakiza kanjye.

15 Ijwi ry'impundu bavugiriza agakiza riri mu mahema y'abakiranutsi,
Ukubokokw'iburyo k'Uwiteka gukoraiby'ubutwari.

16 Ukubokokw'iburyo k'Uwiteka gushyizwe hejuru,
Ukubokokw'iburyo k'Uwiteka gukoraiby'ubutwari.

17 Sinzapfa ahubwo nzarama,
Ntekerereze abantu imirimo Uwiteka yakoze.

18 Uwiteka yampannye igihano cyane,
Ariko ntiyampayeurupfu.

19 Munyuguririre amarembo yo gukiranuka,
Ndinjiramo nshima Uwiteka.

20 Iryo ni ryo rembo ry'Uwiteka,
Abakiranutsi ni bo bazaricamo.

21 Ndagushimira kuko wanshubije,
Ukampindukiraagakiza.

22 Ibuye abubatsi banze,
Ni ryo ryahindutse irikomeza impfuruka.

23 Ibyo byavuye ku Uwiteka,
Kandi ni ibitangaza mu maso yacu.

24 Uyu ni wo munsi Uwiteka yaremye,
Turawishimiramo turawunezererwamo.

25 Uwiteka, turakwinginzeudukize,
Uwiteka, turakwinginzeuduhekugubwa neza.

26 Hahirwa uje mu izina ry'Uwiteka,
Tubasabiriyeumugisha mu nzu y'Uwiteka.

27 Uwiteka ni Imana y'imbaraga ituvushirijeumucyo,
Muboheshe igitambo imigozi,
Mukijyane ku mahembe y'igicaniro.

28 Ni wowe Mana yanjye y'imbaraga nzagushima,
Ni wowe Mana yanjye nzagusingiza.

29 Nimushimire Uwiteka yuko ari mwiza,
Kuko imbabazi ze zihoraho iteka ryose.

119

1 Hahirwa abagenda batunganye,
Bakagendera mu mategeko y'Uwiteka.

2 Hahirwa abitondera ibyo yahamije,
Bakamushakishaumutimawose.

3 Ni koko nta cy'ubugoryi bakora,
Bagendera mu nzira ze.

4 Wategekeye amategeko wigishije,
Kugirango bayitondere n'umwete.

5 Icyampa inzira zanjye zigakomerera,
Kwitondera amategeko wandikishije.

6 Ubwo nzita ku byo wategetse byose,
Ni bwo ntazakorwa n'isoni.

7 Nzagushimishaumutimautunganye,
Nimara kwiga amateka yawe yo gukiranuka.

8 Nzajya nitondera amategeko wandikishije,
Ntundeke rwose.

9 Umusoreazeza inzira ye ate?
Azayejesha kuyitondera nk'uko ijambo ryawe ritegeka.

10 Nagushakishijeumutimawose,
Ntukunde ko nyoba ngo ndeke ibyo wategetse.

11 Nabikiye ijambo ryawe mu mutimawanjye,
Kugirango ntagucumuraho.

12 Uwiteka, uri uwo guhimbazwa,
Ujyeunyigisha amategeko wandikishije.

13 Iminwa yanjye yatekerereje abantu,
Amateka y'akanwa kawe yose.

14 Njya nishimira inzira y'ibyo wahamije,
Ngo nyihwanye n'ubutunzi bwose.

15 Nzibwira amategeko wigishije,
Kandi nzita ku nzira zawe.

16 Nzishimira amategeko wandikishije,
Sinzibagirwa ijambo ryawe.

17 Ugirire nezaumugaragu wawe,
Kugirango mbeho nitondere ijambo ryawe.

18 Hwejesha amaso yanjye,
Kugirango ndebe ibitangaza byo mu mategeko yawe.

19 Ndiumusuhukemu isi,
Ntumpishe ibyo wategetse.

20 Umutimawanjyeushenguwe no kwifuza,
Ujya wifuza amateka yawe ibihe byose.

21 Uhana abībone ari bo bivume,
Byiyobagiza ibyo wategetse.

22 Unkurehoumugayon'igisuzuguriro,
Kuko njya nitondera ibyo wahamije.

23 N'abakomeye bicaraga bamvuga nabi,
Arikoumugaragu wawe nkibwira amategeko wandikishije.

24 Kandi nishimira ibyo wahamije,
Ni byo bingīra inama.

25 Umutimawanjye womatanye n'umukungugu,
Unzure nk'uko ijambo ryawe ryasezeranije.

26 Nagutekerereje inzira zanjyeuransubiza,
Ujyeunyigisha amategeko wandikishije.

27 Umenyeshe inzira y'amategeko wigishije,
Kugirango nibwire imirimo itangaza wakoze.

28 Umutimawanjyeurijijwe n'agahinda,
Nkomeza nk'uko ijambo ryawe ryasezeranije.

29 Unkurehoinzira y'ibinyoma,
Umpere amategeko yaweubuntu.

30 Nahisemo inzira y'umurava,
Nashyize amateka yawe imbere yanjye.

31 Nomatanye n'ibyo wahamije,
Uwiteka, ntunkoze isoni.

32 Nzagenda niruka mu nzira y'ibyo wategetse,
Ubwo uzagūraumutimawanjye.

33 Uwiteka, ujyeunyigisha inzira y'amategeko wandikishije:
Kugirango nyitondere kugezaku mperuka.

34 Umpeubwenge, kugirango nitondere amategeko yawe;
Nyitonderesheumutimawose.

35 Uncishe mu nzira y'ibyo wategetse,
Kuko ari byo nishimira.

36 Uhindurireumutimawanjye ku byo wahamije,
Ariko si ku ndamu mbi.

37 Ukebukishe amaso yanjye ye kurebaibitagiraumumaro,
Unzuriremu nzira zawe.

38 Ukomerezeumugaragu wawe ijambo ryawe,
Ryasezeranijwe abakubaha.

39 Unkurehoumugayontinya,
Kuko amateka yawe ari meza.

40 Dore njya nifuza amategeko wigishije,
Unzure ku bwo gukiranuka kwawe.

41 Uwiteka, imbabazi zawe zingereho,
Ni zo gakiza kawe nk'uko ijambo ryawe ryasezeranije.

42 Ni ho nzabona icyo mbwirauntutse,
Kuko niringira ijambo ryawe.

43 Kandi ntukurerwose ijambo ry'ukurimu kanwa kanjye,
Kuko njya niringira kubonaamateka yawe.

44 Ni ho nzajya nitondera amategeko yawe,
Ubudasiba iteka ryose.

45 Kandi nzagendanaumudendezo,
Kuko njya ndondora amategeko wigishije.

46 Nzavugiraimbere y'abami ibyo wahamije,
Ne gukorwa n'isoni.

47 Kandi nzishimira ibyo wategetse,
Ndabikunda.

48 Kandi nzamanikira amaboko ibyo wategetse, ndabikunda,
Kandi nzibwira amategeko wandikishije.

49 Wibuke ijambo wasezeranijeumugaragu wawe,
Kuko wanyiringije.

50 Iki ni cyo kimaraumubabaro mu makuba yanjye no mu byago byanjye,
Ni uko ijambo ryawe ryanzuye.

51 Abibone bajya bankoba cyane,
Ariko sinteshuke ngo mve mu mategeko yawe.

52 Uwiteka, njya nibuka amateka yawe ya kera,
Nkīmaraumubabaro.

53 Uburakari bwotsa buramfashe,
Ntewe n'abanyabyaha bareka amategeko yawe.

54 Amategeko wandikishije abereye indirimbo zanjye,
Mu nzu y'ubusuhukebwanjye.

55 Uwiteka, njya nibuka izina ryawe nijoro,
Nkitondera amategeko yawe.

56 Iki ni cyo nahawe:
Niukwitondera amategeko wigishije.

57 Uwiteka ni we mugabane wanjye,
Navuze yuko nzitondera amagambo yawe.

58 Njya ngushakishaumutimawose kundebanaurukundo,
Umbabarire, nk'uko ijambo ryawe ryasezeranije.

59 Njya ntekereza inzira zanjye,
Ngahinduriraibirenge byanjye ku byo wahamije.

60 Ngatebuka sintinde,
Kwitondera ibyo wategetse.

61 Ikigoyi cy'abanyabyaha kirambohaboshye,
Ariko sinibagirwa amategeko yawe.

62 Mu gicuku nzakanguka ngushimire,
Amateka yawe yo gukiranuka.

63 Mbana n'abakubahabose,
N'abitondera amategeko wigishije.

64 Uwiteka, isi yuzuyeimbabazi zawe,
Ujyeunyigisha amategeko wandikishije.

65 Uwiteka, wagiriye nezaumugaragu wawe,
Nk'uko ijambo ryawe ryasezeranije.

66 Ujyeunyigisha guhitamo neza no kumenyaubwenge,
Kuko nizera amategeko yawe.

67 Ntarababazwa narayobaga,
Ariko none nitondera ijambo ryawe.

68 Uri mwiza kandiugiraneza,
Ujyeunyigisha amategeko wandikishije.

69 Abibone bajya bandemera ibinyoma,
Ariko jyeweho nzitonderesha amategeko yaweumutimawanjye wose.

70 Imitima yabo ihonjotse nk'ibinure,
Ariko jyeweho nishimira amategeko yawe.

71 Kubabazwa kwangiriyeumumaro,
Kugirango nige amategeko wandikishije.

72 Amategeko yo mu kanwa kawe ni ay'igiciro kuri jye,
Kiruta icy'ibice ibihumbi by'ifeza n'izahabu.

73 Intoki zawe ni zo zandemye, ni zo zambumbye,
Umpeubwenge kugirango nige ibyo wategetse.

74 Abakūbaha bazandeba bishime,
Kuko niringira ijambo ryawe.

75 Uwiteka, nzi yuko amateka yawe ari ayo gukiranuka,
Kandi yukoumuravaari wo waguteyekuncisha bugufi.

76 Ndakwinginze, imbabazi zawe zimareumubabaro,
Nk'uko ijambo ryawe riri wasezeranijeumugaragu wawe.

77 Ibambe ryawe ringereho kugirango mbeho,
Kuko amategeko yawe ari yo munezero wanjye.

78 Abībone bakorwe n'isoni,
Kuko bandenganishije ibinyoma,
Ariko jyeweho nzajya nibwira amategeko yawe.

79 Abakūbaha bampindukirire,
Kugirango bamenye ibyo wahamije.

80 Umutimawanjyeutungane mu mategeko wandikishije,
Kugirango ne gukorwa n'isoni.

81 Umutimawanjyeugushwaisari no kwifuza agakiza kawe,
Ariko niringira ijambo ryawe.

82 Amaso yanjye amarwa no kwifuza ijambo ryawe,
Nkivuga nti “Uzamaraumubabaro ryari?”

83 Kuko mpindutse nk'imvumba y'uruhuiba ku mwotsi,
Ariko sinibagirwe amategeko wandikishije.

84 Iminsi y'ubugingo bw'umugaragu wawe ni ingahe?
Uzasohoza ryari iteka ku bangenza?

85 Abibone badakurikiza amategeko yawe,
Bandimiye amashya.

86 Ibyo wategetse byose niumurava,
Bangenjesha ibinyoma, ntabara.

87 Bashigaje hato bakandimbura mu isi,
Ariko sinareka amategeko wigishije.

88 Unzure nk'uko imbabazi zawe ziri,
Kugirango nitondere ibyo akanwa kawe kahamije.

89 Uwiteka, iteka ryose,
Ijambo ryawe rihora mu ijuru rihamye.

90 Umuravawaweuhoraho ibihe byose,
Wakomeje isi igumaho.

91 Amategeko yawe ni yo atuma byose bibaho uyu munsi,
Kuko byose bigukorera.

92 Iyaba amategeko yawe atari yo munezero wanjye,
Cya gihe mba nararimbuwe n'umubabaro wanjye.

93 Ntabwo nzibagirwa amategeko wigishije,
Kuko ari yo wanzurishije.

94 Ndiuwawenkiza,
Kuko ndondora amategeko wigishije.

95 Abanyabyaha bajya bantegerereza kundimbura,
Ariko nzita ku byo wahamije.

96 Narebye yuko ibitunganye rwose byose bifite aho bigarukira,
Ariko amategeko yawe ni magari cyane.

97 Amategeko yawe nyakunda ubu bugeni,
Ni yo nibwiraumunsi ukīra.

98 Ibyo wategetse bituma ndusha abanzi banjyeubwenge,
Kuko bihorana nanjye iteka.

99 Mfiteubwenge burutaubw'abigisha banjye bose,
Kuko ibyo wahamije ari ibyo nibwira.

100 Ndajijuka nkarusha abasaza,
Kuko njya nitondera amategeko wigishije.

101 Njya ndinda ibirenge byanjye inzira mbi zose,
Kugirango nitondere ijambo ryawe.

102 Simva mu mateka yawe,
Kuko ari wowe wanyigishije.

103 Amagambo yawe aryohereye ubu bugenimu nkanka zanjye,
Arushaubukikuryohera mu kanwa kanjye.

104 Amategeko wigishije ampesha guhitamo,
Ni cyo gituma nanga inzira z'ibinyoma zose.

105 Ijambo ryawe ni itabaza ry'ibirenge byanjye,
Niumucyoumurikira inzira yanjye.

106 Nararahiye ndabikomeza,
Yuko nzitondera amateka yawe yo gukiranuka.

107 Ndababazwa cyane,
Uwiteka,unzure nk'uko ijambo ryawe ryasezeranije.

108 Uwiteka ndakwinginze,
Wemere amaturo y'akanwa kanjye ava mu rukundo,
Kandi ujyeunyigisha amateka yawe.

109 Ubugingo bwanjye buri mu kaga iteka,
Ariko sinibagirwa amategeko yawe.

110 Abanyabyaha bajya bantega ikigoyi,
Ariko sinyobe amategeko wigishije.

111 Ibyo wahamije nabyendeye kubaumwandu wanjye iteka,
Kuko ari byo byishimo by'umutimawanjye.

112 Nshyizeumutimawanjye ku gusohoza amategeko yawe,
Iteka ryose kugezaku mperuka.

113 Nanga ab'imitima ibiri,
Ariko amategeko yawe ndayakunda.

114 Ni wowe bwihisho bwanjye n'ingabo inkingira,
Niringira ijambo ryawe.

115 Mwa nkozi z'ibibi mwe, nimuve aho ndi,
Kugirango nitondere ibyo Imana yanjye yategetse.

116 Umbereubwishingikirizo nk'uko ijambo ryawe ryasezeranije,
Kugirango mbeho ne kuzakozwa isoni n'ibyiringiro byanjye.

117 Undamire nzaba mu mahoro,
Njye nitondera amategeko wandikishije.

118 Wasuzuguyeabiyobagiza bose amategeko wandikishije,
Kukouburiganya bwabo ari ibinyoma.

119 Ukurahoabanyabyaha bo mu isi bose nk'inkamba,
Ni cyo gituma nkunda ibyo wahamije.

120 Umubiriwanjyeuhindishwaumushyitsi no kugutinya,
Kandi ntinya amateka yawe.

121 Njya nkora ibihūra n'amateka n'ibyo gukiranuka,
Ntundekere abampata.

122 Wigwatirize yukouzagirira nezaumugaragu wawe,
Abībone be kumpata.

123 Amaso yanjye amarwa no kwifuza agakiza kawe,
N'ijambo ryawe ryo gukiranuka.

124 Ujyeugiriraumugaragu wawe ibihwanye n'imbabazi zawe,
Kandiunyigishe amategeko wandikishije.

125 Ndiumugaragu wawe umpeubwenge,
Kugirango menye ibyo wahamije.

126 Igihe gikwiriye cyo gukorak'Uwiteka kirasohoye,
Kuko bahinduyeubusaamategeko yawe.

127 Ni cyo gituma nkunda ibyo wategetse,
Nkabirutisha izahabu naho yaba izahabu nziza.

128 Ni cyo gituma nibwira yuko amategeko wigishije yose atunganye,
Kandi nanga inzira z'ibinyoma zose.

129 Ibyo wahamije ni ibitangaza,
Ni cyo gitumaumutimawanjyeubyitondera.

130 Guhishurirwa amagambo yawe kuzanaumucyo,
Guha abaswaubwenge.

131 Nasama akanwa nkahagira,
Kuko nifuza amategeko yawe.

132 Unkebukeumbabarire,
Nk'ukoumenyereye kubabarira abakunda izina ryawe.

133 Ujyeutunganya intambwe zanjye mu ijambo ryawe,
Gukiranirwa kose kwe kuntegeka.

134 Uncungure ne guhatwa n'abantu,
Kugirango nitondere amategeko wigishije.

135 Umurikishirizeumugaragu wawe mu maso hawe,
Unyigishe amategeko wandikishije.

136 Amaso yanjye atembyemo imigezi y'amazi,
Kuko batitondera amategeko yawe.

137 Uwiteka, uriumukiranutsi,
Amateka yawe aratunganye.

138 Ibyo wahamije wabitegekesheje gukiranuka,
N'umuravanyakuri.

139 Ishyaka ryanjye rirandimbuye,
Kuko abanzi banjye bibagiwe amagambo yawe.

140 Ijambo ryawe ryaravugutiwecyane,
Ni cyo gitumaumugaragu wawe ndikunda.

141 Ndoroheje baransuzugura,
Ariko sinibagirwa amategeko wigishije.

142 Gukiranuka kwawe niugukiranuka kw'iteka ryose,
Amategeko yawe niukuri.

143 Agahinda n'umubabaro biranteye,
Ariko, ibyo wategetse ni byo munezero wanjye.

144 Ibyo wahamije ni ibyo gukiranuka iteka ryose,
Umpeubwenge kugirango mbeho.

145 Ntakishijeumutimawose, Uwiteka nsubiza,
Nzitondera amategeko wandikishije.

146 Ndagutakiye nkiza,
Kugirango nitondere ibyo wahamije.

147 Njya nzindukaumusekeutaratambika ngataka,
Amagambo yawe ni yo niringira.

148 Amaso yanjye abanziriza ibicuku,
Kugirango nibwire ijambo ryawe.

149 Umva ijwi ryanjye nk'uko imbabazi zawe ziri,
Uwiteka,unzure nk'uko iteka ryawe riri.

150 Abangenjesha igomwa baregereye,
Bishyize kure y'amategeko yawe.

151 Uwiteka, uri bugufi,
Ibyo wategetse byose niukuri.

152 Uhereye kera namenyeshejwe n'ibyo wahamije,
Yuko wabikomeje iteka ryose.

153 Ita ku mubabaro wanjyeunkize,
Kuko ntibagirwa amategeko yawe.

154 Umburanireuncungure,
Unzure nk'uko ijambo ryawe ryasezeranije.

155 Agakiza kari kure y'abanyabyaha,
Kuko batarondora amategeko wandikishije.

156 Uwiteka, imbabazi zawe zirakomeye,
Unzure nk'uko amateka yawe ari.

157 Abangenza n'abanzi banjye ni benshi,
Ariko sinteshuka ngo mve mu byo wahamije.

158 Nabonye abava mu isezerano ndabīnuba,
Kuko batitondera ijambo ryawe.

159 Ita ku rukundo nkunda amategeko wigishije,
Uwiteka,unzure nk'uko imbabazi zawe ziri.

160 Indunduro y'ijambo ryawe ryose niukuri,
Amateka yawe yo gukiranuka ahoraho iteka ryose hadasigaye na rimwe.

161 Abakomeye bajya bangenzerezaubusa,
Ariko amagambo yawe ni yo ahindishaumushyitsiumutimawanjye.

162 Nishimira ijambo ryawe,
Nk'ubonye iminyago myinshi.

163 Nanga ibinyoma, mbyangaurunuka,
Ariko amategeko yawe ndayakunda.

164 Uko bukeyengushimira karindwi,
Amateka yawe yo gukiranuka.

165 Abakunda amategeko yawe bagira amahoro menshi,
Nta kigusha bafite.

166 Uwiteka, njya niringira agakiza kawe,
Kandi ngakora ibyo wategetse.

167 Umutimawanjye ujya witondera ibyo wahamije,
Kandi mbikunda rwose.

168 Njya nitondera amategeko wigishije n'ibyo wahamije,
Kuko inzira zawe zose ziri imbere yawe.

169 Uwiteka, gutakakwanjye kukwegere,
Umpeubwenge nk'uko ijambo ryawe ryasezeranije.

170 Kwinginga kwanjye kujye imbere yawe,
Unkize nk'uko ijambo ryawe ryasezeranije.

171 Iminwa yanjye ivuge ishimwe,
Kukounyigisha amategeko wandikishije.

172 Ururimirwanjye ruririmbe ijambo ryawe,
Kuko ibyo wategetse byose ari ibyo gukiranuka.

173 Ukubokokwawe kube kwiteguye kuntabara,
Kuko nahisemo amategeko wigishije.

174 Uwiteka, njya nifuza agakiza kawe,
Kandi amategeko yawe ni yo munezero wanjye.

175 Umutimawanjyeubehokugirangougushime,
Amateka yawe antabare.

176 Nayobye nk'intama izimiye,
Shakaumugaragu wawe,
Kuko ntibagirwa amategeko yawe.

120

1 Indirimbo y'Amazamuka.
Mu mubabaro wanjye natakiye Uwiteka,
Aransubiza.

2 Uwiteka, kizaubugingo bwanjye iminwa ibeshya,
N'ururimiruriganya.

3 Wa rurimiruriganya we, azaguha iki?
Azakongēra birutahoki?

4 Ni imyambi ityaye y'intwari,
Ni amakara y'umurotemu.

5 Mbonye ishyano kuko ntuye i Mesheki,
Nkaba mu mahema ya Kedari.

6 Umutimawanjye wahereye kera,
Uturanye n'uwanga amahoro.

7 Jyeweho nshaka amahoro,
Ariko iyo mvuze bashaka intambara.

121

1 Indirimbo y'Amazamuka.
Nduburiraamaso yanjye ku misozi,
Gutabarwa kwanjye kuzavahe?

2 Gutabarwa kwanjye kuva ku Uwiteka,
Waremye ijuru n'isi.

3 Ntazakundira ibirenge byawe ko biteguza,
Ukurinda ntazahunikira.

4 Dore ūrinda Abisirayeli,
Ntazahunikira kandi ntazasinzira.

5 Uwiteka ni we murinzi wawe,
Uwiteka ni igicucu cyawe iburyo bwawe.

6 Izuba ntirizakwica ku manywa,
Cyangwaukwezi nijoro.

7 Uwiteka azakurinda ikibi cyose,
Ni weuzarindaubugingo bwawe.

8 Uwiteka azakurinda amajya n'amaza,
Uhereye noneukageza iteka ryose.

122

1 Indirimbo ya Dawidi y'Amazamuka.
Narishimye ubwo bambwiraga bati
“Tujye mu nzu y'Uwiteka.”

2 Yerusalemu,
Ibirenge byacu bihagaze mu marembo yawe.

3 Yerusalemu,
Wubatswe nk'umuduguduufatanijwe hamwe.

4 Aho imiryango izamuka ijya,
Ari yo miryango y'Uwiteka,
Kugirango babe abagabo bo guhamiriza Abisirayeli,
Kandi bashime izina ry'Uwiteka.

5 Kuko ari ho batereka intebe z'imanza,
Intebe z'inzu ya Dawidi.

6 Nimusabire i Yerusalemu amahoro,
“Abagukunda bagubwe neza.

7 Amahoro abe imbere y'inkike zawe,
Kugubwa neza kube mu nyumba zawe.”

8 Ku bwa bene data na bagenzi banjye,
None ndavuga nti “Amahoro abe muri wowe.”

9 Ku bw'inzu y'Uwiteka Imana yacu,
Nzajya ngushakira ibyiza.

123

1 Indirimbo y'Amazamuka.
Wowe wicara mu ijuru,
Kuri wowe ni ho nuburiraamaso.

2 Dore nk'uko amaso y'abagaragu bayahangaukubokokwa shebuja,
Nk'uko amaso y'umujaayahangaukubokokwa nyirabuja,
Ni ko amaso yacu tuyahanga Uwiteka Imana yacu,
Kugezaaho azatubabarira.

3 Uwiteka,utubabarireutubabarire,
Kuko duhāze cyane igisuzuguriro.

4 Imitima yacu ihāze cyane,
Gukobwa n'abaruhukiramu mahoro,
No gusuzugurwa n'abibone.

124

1 Indirimbo ya Dawidi y'Amazamuka.
Iyaba Uwiteka atari we wari uri mu ruhande rwacu,
Abe ari ko Abisirayeli bavuga none.

2 Iyaba Uwiteka atari we wari uri mu ruhande rwacu,
Ubwo abantu baduhagurukiraga,

3 Baba baratumizebunguri tukiribazima,
Ubwoumujinya wabo wacanwaga kuri twe.

4 Amazi aba yaraturengeye rwose,
Isūri iba yaratembye ku bugingo bwacu,

5 Amazi yihindurijeaba yaratembye ku bugingo bwacu.

6 Uwiteka ahimbazwe,
Utadutanze kuba nk'umuhīgo w'amenyo yabo.

7 Ubugingo bwacu bukizenk'uko inyoni iva mu kigoyi cy'abagoyi,
Ikigoyi kiracitse, natwe tuvamoturakira.

8 Gutabarwa kwacu kubonerwa mu izina ry'Uwiteka,
Waremye ijuru n'isi.

125

1 Indirimbo y'Amazamuka.
Abiringiye Uwiteka
Bameze nk'umusoziwa Siyoni,
Utabasha kunyeganyezwa,
Ahubwouhorauhamye iteka ryose.

2 Nk'uko imisozi igose i Yerusalemu,
Ni ko Uwiteka agota abantu be,
Uhereye noneukageza iteka ryose.

3 Kuko inkoni y'ubutware y'abanyabyaha,
Itazagumya kuba ku mwandu w'abakiranutsi,
Kugirango abakiranutsi be kuramburiraamaboko,
Gukoraibyo gukiranirwa.

4 Uwiteka,ugirire abeza ibyiza,
N'abatunganye mu mitima.

5 Ariko abiyobagiriza mu nzira zabo zigoramye,
Uwiteka azabajyanana n'inkozi z'ibibi.
Amahoro abe mu Bisirayeli.

126

1 Indirimbo y'Amazamuka.
Ubwo Uwiteka yagaruragaabajyanywe ho iminyago b'i Siyoni,
Twari tumezenk'abarota.

2 Icyo gihe akanwa kacu kari kuzuyeibitwenge,
N'indimi zacu zari zuzuyeindirimbo.
Icyo gihe bavugiraga mu mahanga bati
“Uwiteka yabakoreye ibikomeye.”

3 Uwiteka yadukoreye ibikomeye,
Natwe turishimye.

4 Uwiteka, abajyanywe ho iminyagoutugarure,
Tumerenk'imigezi y'i Negebu.

5 Ababiba barira,
Bazasarura bishima.

6 Nubwoumuntu agenda arira asohoye imbuto,
Azagaruka yishima azanye imiba ye.

127

1 Indirimbo ya Salomo y'Amazamuka.
Uwiteka iyo atari we wubakainzu,
Abayubakababa baruhiraubusa.
Uwiteka iyo atari weurindaumudugudu,
Umurinzi abera masoubusa.

2 Bibaruhirizaubusakuzinduka kare,
Mugatinda cyane kuruhuka,
Mukaryaumutsima w'umuruho.
Ni ko aha uwo akunda ibitotsi.

3 Dore abana niumwanduuturukaku Uwiteka,
Imbuto z'inda ni zo ngororano atanga.

4 Nk'uko imyambi yo mu ntoki z'intwari iri,
Ni ko abana bo mu busorebamera.

5 Hahirwaufiteikirimba kibuzuye,
Abameze batyo ntibazakorwa n'isoni,
Uko bazavuganira n'abanzi babo mu marembo.

128

1 Indirimbo y'Amazamuka.
HahirwauwubahaUwiteka wese,
Akagenda mu nzira ze.

2 Kukouzatungwan'imirimo y'amaboko yawe,
Uzajya wishima,uzahirwa.

3 Umugorewawe azaba nk'umuzabibu wera cyane mu kirambi cy'inzu yawe,
Abana bawe bazaba nk'udutitwa elayo,
Bagose ameza yawe.

4 Uko ni koumuntu wubahaUwiteka azahirwa.

5 Uwiteka azaguhaumugisha uva i Siyoni,
Naweuzabona ibyiza biza kuri Yerusalemu,
Iminsi yoseukiriho.

6 Ni kokouzabona abuzukurubawe.
Amahoro abe mu Bisirayeli.

129

1 Indirimbo y'Amazamuka.
Bambabaje kenshiuhereye mu buto bwanjye,
Abe ari koubwoko bw'Abisirayeli buvuganone.

2 Bambabaje kenshi,uhereye mu buto bwanjye,
Ariko ntibanesheje.

3 Abahinzi bahinze ku mugongo wanjye,
Bahaciye impavu ndende.

4 Uwiteka niumukiranutsi,
Yaciye ingoyi abanyabyaha banshyizeho.

5 Abanga i Siyoni bose,
Bakorwe n'isoni basubizwe inyuma.

6 Babe nk'ubwatsi n'imyaka bimeze ku mapfundo y'amazu,
Byuma bitarakura.

7 Ibyoumusaruzi atuzuzaikiganza cye,
Cyangwauhambira imiba atuzuzaigikondorero cye.

8 Abahisi ntibavuge bati
“Umugisha w'Uwiteka ube kuri mwe,
Tubasabiyeumugisha mu izina ry'Uwiteka.”

130

1 Indirimbo y'Amazamuka.
Uwiteka, njya ngutakira ndi imuhengeri.

2 Mwami, umva ijwi ryanjye,
Amatwi yawe atyarire kumva ijwi ryo kwinginga kwanjye.

3 Uwiteka, wagumya kwibuka ibyo dukiranirwa?
Mwami, ni nde wazahagarara adatsinzwe?

4 Ahubwo kubabarirwa kubonerwa aho uri,
Kugirango wubahwe.

5 Ntegereza Uwiteka,
Umutimawanjyeurategereza,
Kandi ijambo rye ni ryo niringira.

6 Umutimawanjyeugirira Uwiteka amatsiko,
Urusha uko abarinzi bayagirira igitondo,
Ni kokourusha uko abarinzi bayagirira igitondo.

7 Wa bwoko bw'Abisirayeli we, ujye wiringira Uwiteka,
Kuko imbabazi zibonerwa aho Uwiteka ari,
Kandi aho ari ni ho habonerwa gucungurwa kwinshi.

8 Kandi ni weuzacunguraubwoko bw'Abisirayeli,
Abukurehoibyo bwakiraniwe byose.

131

1 Indirimbo ya Dawidi y'Amazamuka.
Uwiteka,umutimawanjye ntiwibona,
Kandi amaso yanjye ntagamika,
Kandi siniha ibirutaurugerorwanjye,
Cyangwa ibitangaza byananira.

2 Niukurinturishijeumutimawanjye ndawucecekesheje,
Nk'ukoumwana w'incuke yigwandika kuri nyina,
Umutimawanjye wigwandika muri jye nk'umwana w'incuke.

3 Wa bwoko bw'Abisirayeli we,
Ujye wiringira Uwiteka,
Uhereye noneukageza iteka ryose.

132

1 Indirimbo y'Amazamuka.
Uwiteka, ibukiraDawidi imibabaro ye yose,

2 Yuko yarahiye Uwiteka indahiro,
Yahize Intwari ya Yakoboumuhigo,

3 Ati “Niukurisinzinjira munsi y'ipfundo ry'inzu yanjye,
Sinzuriraurutararwanjye.

4 Sinzaha amaso yanjye ibitotsi,
N'ibihene byanjye sinzabiha gusinzira,

5 Ntarabonera Uwiteka ahantu,
Ntarabonera Intwari ya Yakoboubuturo.”

6 Dore twumviye Efuratabakivuga,
Twakibonye mu kigarama cy'i Yāri.

7 “Twinjire mu buturobwayo,
Dusengere imbere y'intebe y'ibirenge byayo.”

8 Uwiteka, hagurukawinjire mu buruhukirobwawe,
Woweubwawe n'isanduku y'imbaraga zawe.

9 Abatambyi bawe bambare gukiranuka,
Abakunzi bawe bavuze impundu.

10 Ku bwa Dawidiumugaragu wawe,
Ntuhēze uwo wasīze.

11 Uwiteka yarahiye Dawidi indahiro y'ukuri,
Ntazīvuguruzaati
“Nzashyira uwo mu mbuto z'umubiriwawe ku ntebe yawe y'ubwami.

12 Abana bawe nibitondera isezerano ryanjye,
N'ibyo nzahamya nkabigisha,
N'abana babo bazicara ku ntebe yawe y'ubwami iteka ryose.”

13 Kuko Uwiteka yatoranije Siyoni,
Yahashakiye kubaubuturobwe.

14 Ati “Aha ni ho buruhukirobwanjye iteka ryose,
Aha ni ho nzaba kuko nahashatse.

15 Nzaha ibyokurya byahoumugisha mwinshi,
Nzahaza abakene bahoumutsima.

16 Kandi abatambyi baho nzabambika agakiza,
Abakunzi banjye baho bazavuza impundu cyane.

17 Ni ho nzamereza Dawidi ihembe,
Uwo nasīze namwiteguriyeitabaza.

18 Abanzi be nzabambika isoni.
Ariko kuri we ikamba rizarabagirana.”

133

1 Indirimbo ya Dawidi y'Amazamuka.
Dorere, erega ni byiza n'iby'igikundiro,
Ko abavandimwe baturanabahuje!

2 Bimeze nk'amavuta y'igiciro cyinshi yasutsweku mutwe,
Agatembera mu bwanwa,
Mu bwanwa bwa Aroni,
Agatembera ku misozo y'imyenda ye.

3 Kandi bimeze nk'ikime cyo kuri Herumoni,
Kimanukiraku misozi y'i Siyoni,
Kuko aho ari ho Uwiteka yategekeyeumugisha,
Ari wo bugingo bw'iteka ryose.

134

1 Indirimbo y'Amazamuka.
Nimuhimbaze Uwiteka, mwa bagaragu b'Uwiteka mwese mwe,
Bahagarara nijoro mu nzu y'Uwiteka.

2 Mumanike amaboko yanyu muyatunze ahera,
Muhimbaze Uwiteka.

3 Uwiteka aguheumugisha uva i Siyoni,
Ni we waremye ijuru n'isi.

135

1 Haleluya.
Nimumushime, mwa bagaragu b'Uwiteka mwe,

2 Bahagarara mu nzu y'Uwiteka,
Mu bikari by'inzu y'Imana yacu.

3 Mushimire Uwiteka yuko Uwiteka ari mwiza,
Muririmbire izina rye ishimwe,
Kuko ari iry'igikundiro.

4 Kuko Uwiteka yitoranirije Abayakobo,
Abisirayeli yabatoranirije kuba amaronko ye.

5 Kuko nzi yuko Uwiteka akomeye,
Kandi yuko Umwami wacu asumba ibigirwamana byose.

6 Icyo Uwiteka ashaka cyose ajye agikorera mu ijuru no mu isi,
Mu nyanja n'imuhengeri hose.

7 Acumbisha ibihu bikava ku mpera y'isi,
Aremera imvura imirabyo,
Asohoraumuyagamu bubikobwe.

8 Ni we wakubiseabana b'imfura bo muri Egiputa arabīca,
Ab'abantu n'ab'amatungo.

9 Yohereje ibimenyetso n'ibitangaza hagati yawe Egiputa,
Kuri Farawo no ku bagaragu be bose.

10 Ni we wakubiseamahanga menshi,
Yica abami bakomeye:

11 Sihoniumwami w'Abamori,
Na Ogiumwami w'i Bashani,
N'abami b'ibihugu by'i Kanāni bose,

12 Atanga ibihugu byabo ngo bibeumwandu,
Umwandu w'Abisirayeliubwoko bwe.

13 Izina ryawe Uwiteka, rihoraho iteka ryose,
Urwibutso rwawe Uwiteka, ruhoraho ibihe byose.

14 Kuko Uwiteka azacira imanzaubwoko bwe,
Kandi azahinduriraabagaragu beumutima.

15 Ibishushanyo abanyamahanga basenga ni ifeza n'izahabu,
Umurimow'intoki z'abantu.

16 Bifite akanwa ntibivuga,
Bifite amaso ntibirora,

17 Bifite amatwi ntibyumva,
Kandi nta mwuka uri mu kanwa kabyo.

18 Ababirema bazahwana na byo,
N'ubyiringira wese.

19 Wa nzu y'Abisirayeli we, muhimbaze Uwiteka,
Wa nzu y'aba Aroni we, muhimbaze Uwiteka.

20 Wa nzu y'aba Lewi we, muhimbaze Uwiteka,
Mwa bubahaUwiteka mwe, muhimbaze Uwiteka.

21 Bahimbarize i Siyoni Uwiteka,
Utuye i Yerusalemu.
Haleluya.

136

1 Nimushimire Uwiteka yuko ari mwiza, 100.5; 106.1; 107.1; 118.1; Yer 33.11
Kuko imbabazi ze zihoraho iteka ryose.

2 Nimushime Imana nyamana,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

3 Nimushime Umwami w'abami,
Kuko imbabazi ze zihoraho iteka ryose.

4 Nimushime Ikora ibitangaza yonyine,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

5 Nimushime iyaremesheje ijuruubwenge,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

6 Nimushime iyasanzuye isi hejuru y'amazi,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

7 Nimushime iyaremye ibiva bikomeye,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

8 Yaremye izuba gutwara ku manywa,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

9 Yaremyeukwezi n'inyenyeri gutwara nijoro,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

10 Nimushime iyakubitiye Abanyegiputa abana b'imfura babo ikabica,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

11 Igakura Abisirayeli hagati yabo,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

12 Ibakujeyointoki z'imbaraga n'ukubokokurambutse,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

13 Nimushime iyatandukanije Inyanja Itukura,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

14 Igacisha Abisirayeli hagati yayo,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

15 Ariko igakunkumuriraFarawo n'ingabo ze mu Nyanja Itukura,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

16 Nimushime iyashorereyeubwoko bwayo mu butayu,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

17 Nimushime iyakubiseabami bakomeye,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

18 Ikica abami b'amapfura,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

19 Yica Sihoniumwami w'Abamori,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

20 Yica na Ogiumwami w'i Bashani,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

21 Itanga ibihugu byabo ngo bibeumwandu,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

22 Umwandu w'Abisirayeli abagaragu bayo,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

23 Yaratwibutse ubwo twari ducishijwe bugufi,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

24 Idukizaabanzi bacu,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

25 Igaburiraibifite imibiri byose,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

26 Nimushime Imana yo mu ijuru,
Kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose.

137

1 Twicaraga ku migezi y'i Babuloni,
Tukarira twibutse i Siyoni.

2 Ku biti bimera iruhande rw'amazi yo hagati y'i Babuloni,
Twari tumanitseho inanga zacu.

3 Kuko abatujyanye ho iminyago badushakiragaho indirimbo aho hantu,
Abatunyaze badushakagaho ibyishimo bati
“Nimuturirimbire ku ndirimbo z'i Siyoni.”

4 Twaririmbira dute indirimbo y'Uwiteka mu mahanga?

5 Yerusalemu, ninkwibagirwa,
Ukubokokwanjye kw'iburyo kwibagirwe gukora.

6 Ururimirwanjye rufatane n'urusenge rw'akanwa kanjye,
Nintakwibuka,
Nintakunda i Yerusalemu,
Nkaharutisha ibyishimo byanjye biruta ibindi.

7 Uwiteka, ibukiraabana ba Edomu,
Wa munsi w'i Yerusalemu.
Ni bo bavuze bati “Nimuhasenye,
Nimuhasenyane n'imfatiro zaho.”

8 Wa mukobwa w'i Babuloniwe,utazabura kurimburwa,
Hazahirwauzakwitura ibihwanye n'ibyo watugiriye.

9 Hazahirwauzafata abana bawe bato,
Akabahonda ku rutare.

138

1 Zaburi ya Dawidi.
Ndagushimishaumutimawose,
Imbere y'ibigirwamana ndakuririmbira ishimwe.

2 Ndasenga nerekeyeurusengero rwawe rwera,
Nshimira izina ryawe imbabazi zawe n'umuravawawe,
Kuko washyirishije hejuru ijambo ryawe kurisohoza,
Ngo rirute ibyo izina ryawe ryose ryatwiringije.

3 Umunsi nagutakiyeho waransubije,
Umpumurisha guhaumutimawanjye imbaraga.

4 Uwiteka, abami bo mu isi bose bazagushima,
Kuko bumvise amagambo yo mu kanwa kawe.

5 Ni koko bazaririmba inzira z'Uwiteka,
Kuko icyubahiro cy'Uwiteka ari cyinshi.

6 Kuko nubwo Uwiteka akomeye,
Yita ku bicisha bugufin'aboroheje,
Ariko abibone abamenyera kure.

7 Nubwo ngendera hagati y'amakuba n'ibyagouzanzura,
Uzaramburiraukubokokwawe kurwanyaumujinya w'abanzi banjye,
Ukubokokwawe kw'iburyo kuzankiza.

8 Uwiteka azatunganya ibyanjye rwose,
Uwiteka, imbabazi zawe zihoraho iteka ryose,
Nturekeimirimo y'intoki zawe.

139

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni iya Dawidi.
Uwiteka, warandondoyeuramenya,

2 Uzi imyicarire yanjye n'imihagurukireyanjye,
Umenyera kure ibyo nibwira.

3 Ujyaurondora imigendere yanjye n'imiryamire,
Uzi inzira zanjye zose.

4 Kuko ijambo ritaraba mu rurimirwanjye,
Ubaumazekurimenya rwose, Uwiteka.

5 Ungose inyuma n'imbere,
Unshyizehoukubokokwawe.

6 Kumenya ibikomeye bityo ni igitangaza kinanira,
Kuransumba simbasha kukugeraho.

7 Ndahungira Umwuka wawe he?
Ndahungira mu maso hawe he?

8 Nazamuka nkajya mu ijuru uri yo,
Nasasauburiribwanjye ikuzimuuri yo.

9 Nakwenda amababa y'umuseke,
Ngatura ku mpera y'inyanja,

10 Aho na houkubokokwawe kwahanshorerera,
Ukubokokwawe kw'iburyo kwahamfatira.

11 Nakwibwira nti “Niukuriumwijima ni wo uri buntwikīre,
Umucyoungoseuhinduke ijoro”,

12 N'umwijima ntugiraicyouguhisha,
Ahubwo ijoro riva nk'amanywa,
Umwijima n'umucyo kuri wowe ni kimwe.

13 Kuko ari wowe waremye ingingo zanjye,
Wanteranirije mu nda ya mama.

14 Ndagushimira yuko naremweuburyo buteyeubwoba butangaza,
Imirimo wakoze ni ibitangaza,
Ibyoumutimawanjyeubizineza.

15 Igikanka cyanjye ntiwagihishwe,
Ubwo naremerwaga mu rwihisho,
Ubwo naremesherezwagaubwenge mu byo hasi y'isi.

16 Nkiriurusoroamaso yawe yarandebaga,
Mu gitabo cyawe handitswemo iminsi yanjye yose,
Yategetswe itarabaho n'umwe.

17 Mana, erega ibyoutekereza ni iby'igiciro kuri jye!
Eregaumubarewabyo ni mwinshi!

18 Nabibara birutaumusenyiubwinshi,
Iyo nkangutse turacyari kumwe.

19 Mana, icyampaukicaabanyabyaha,
Mwa bīcanyi mwe, nimwumve aho ndi.

20 Bakuvuganabi,
Abanzi bawe bavugiraubusaizina ryawe.

21 Uwiteka, sinanga abakwanga?
Sininuba abaguhagurukira?

22 Mbangaurwango rwuzuye,
Mbagira abanzi banjye.

23 Mana, ndondoraumenyeumutimawanjye,
Mvugutiraumenye ibyo ntekereza.

24 Urebe yuko hariho inzira y'ibibi indimo,
Unshorerere mu nzira y'iteka ryose.

140

1 Zaburi iyi yahimbiweumutware w'abaririmbyi. Ni iya Dawidi.

2 Uwiteka, nkizaumunyabyaha,
Undindeumunyarugomo.

3 Bibwira iby'igomwa,
Bakajya bateraniraumurwano.

4 Basongoye indimi zabo nk'inzoka,
Ubusagwe bw'incira buri munsi y'iminwa yabo.
Sela.

5 Uwiteka, nkiza amaboko y'umunyabyaha,
Undindeumunyarugomo,
Bagambiriye gusunikaibirenge byanjye ngo bangushe.

6 Abibone bantezeumutegon'igisambi,
Banteze ikigoyi iruhande rw'inzira,
Banciriye ibico.
Sela.

7 Nabwiye Uwiteka nti “Ni wowe Mana yanjye.”
Uwiteka, tegeraugutwi ijwi ryo kwinginga kwanjye.

8 Uwiteka Mwami, mbaraga z'agakiza kanjye,
Ujyeutwikīraumutwe wanjye ku munsi w'intambara.

9 Uwiteka, ntiwemere ibyoumunyabyaha ashaka,
Ntufasheumugambi we mubi,
Kugirango batishyira hejuru.
Sela.

10 Ku mutwe w'abangota,
Abe ari ho igomwa ry'iminwa yabo rigwa ribatwikīre.

11 Amakara yotsa abagweho,
Bajugunywemu muriro,
Bajugunywemu nzobo ndende,
Kugirango badahagurukaukundi.

12 Umunyakirimi kibi ntazakomezwa mu isi,
Ibyaha bizahigiraumunyarugomokumurimbura.

13 Nzi yuko Uwiteka azaciraumunyamubabarourubanza rutunganye,
N'abakene azabaciraurukwiriye.

14 Nuko abakiranutsi bazashima izina ryawe,
Abatunganye bazatura imbere yawe.

141

1 Zaburi ya Dawidi.
Uwiteka ndagutakiye, tebuka uze aho ndi,
Utegereugutwi ijwi ryanjye ningutakira.

2 Gusenga kwanjye gushyirwe imbere yawe nk'umubavu,
No kumanika amaboko yanjye kube nk'igitambo cya nimugoroba.

3 Uwiteka, shyiraumurinzi imbere y'akanwa kanjye,
Rindaumuryango w'iminwa yanjye.

4 Ntuhindurireumutimawanjye mu kibi cyose,
Ngo njye nkorana imirimo yo gukiranirwa n'inkozi z'ibibi,
Ne gusangira na zo ibyokurya byazo by'ingenzi.

5 Umukiranutsi ankubitebiraba kungirira neza,
Ampane biraba nk'amavuta asīga ku mutwe wanjye.
Umutwe wanjye we kubyanga,
Ariko gusenga kwanjye gukomeze kurwanya ibyaha bya ba bandi.

6 Ubwo abacamanza babo bazatembagazwa mu manga,
Abantu bazumvira amagambo yanjye kuko aryoshye.

7 Nk'ukoumuntu ahinga agaca impavu,
Ni ko amagufwa yacu asandariye ku munwa w'ikuzimu.

8 Uwiteka Mwami, ni wowe mpanga amaso,
Ni wowe niringira ntusukeubugingo bwanjye.

9 Undindeumutegobanteze,
N'ibico by'inkozi z'ibibi.

10 Abanyabyaha abe ari bo bafatwa n'ibigoyi byabo,
Ariko jyeweho mbitambuke.

142

1 Indirimbo ya Dawidi yahimbishijweubwenge. Niugusenga kwe yasengeye muri bwa buvumo.

2 Ndatakishiriza Uwiteka ijwi ryanjye,
Ndingingisha Uwiteka ijwi ryanjye.

3 Ndasuka amaganya yanjye imbere ye,
Umubabaro wanjye ndawumuvugiraimbere.

4 Ukoumutimawanjyeugwiriye isari muri jye,
Ni woweumenya inzira yanjye,
Mu nzira nyuramobantezemoumutego.

5 Reba iburyo bwanjyeumenye yuko ari nta muntuumenya,
Mbuzeubuhungiro nta muntu wita ku bugingo bwanjye.

6 Uwiteka, njya ngutakira,
Nkakubwira nti “Ni wowe buhungiro bwanjye,
N'umugabane wanjye mu isi y'ababaho.”

7 Tyarizaugutwi gutakakwanjye,
Kuko ncishijwe buguficyane,
Unkize abangenza kuko bandusha imbaraga.

8 Kuraumutimawanjye mu nzu y'imbohe,
Kugirango nshime izina ryawe.
Abakiranutsi bazangota,
Kukouzangirira neza.

143

1 Zaburi ya Dawidi.
Uwiteka, umva gusenga kwanjye,
Tegeraugutwi kwinginga kwanjye,
Unsubizeku bw'umuravawawe no gukiranuka kwawe.

2 Kandi ntushyireumugaragu wawe mu rubanza,
Kuko ari nta wo mu babahouzatsindira mu maso yawe.

3 Kukoumwanzi yagenjejeumutimawanjye,
Yakubiseubugingo bwanjye abutsinda hasi,
Yantuje mu mwijima nk'abapfuye kera.

4 Ni cyo gitumyeumwuka wanjyeugwira isari muri jye,
Umutimawanjye ukūmirirwa muri jye.

5 Nibutse iminsi ya kera,
Nibwira ibyo wakoze byose,
Ntekerezaumurimow'intoki zawe.

6 Nkuramburiraamaboko,
Umutimawanjyeukugirira inyota,
Nk'iy'igihugu kiruhijwe n'amapfa.
Sela.

7 Uwiteka, tebukaunsubize,
Umutimawanjyeurashira.
Ntumpishe mu maso hawe,
Kugirango ne guhinduka nk'abamanuka bajya muri rwa rwobo.

8 Mu gitondounyumvishe imbabazi zawe,
Kuko ari wowe niringira.
Umenyeshe inzira nkwiriye kunyuramo,
Kuko ari wowe ncururiraumutima.

9 Uwiteka, nkiza abanzi banjye,
Ni wowe mpungiyeho ngoumpishe.

10 Unyigishe gukoraibyoushaka,
Kuko ari wowe Mana yanjye,
Umwuka wawe mwiza anyobore mu gihugu cy'ikibaya.

11 Uwiteka,unzure ku bw'izina ryawe,
Ukureumutimawanjye mu mubabaro ku bwo gukiranuka kwawe.

12 Kandiurimbure abanzi banjye ku bw'imbabazi zawe,
Utsembe abahataumutimawanjye,
Kuko ndiumugaragu wawe.

144

1 Uwiteka, igitare cyanjye ahimbazwe,
Wigishe amaboko yanjye kurasana,
N'intoki zanjye kurwana.

2 Ni we mboneramo imbabazi,
Kandi ni igihome kinkingira.
Ni igihome kirekire kinkingira n'umukizawanjye,
Ni ingabo inkingira n'uwo niringira,
Ni weungomōreraubwoko bwanjye ngo mbutegeke.

3 Uwiteka,umuntu ni iki koumumenya?
Cyangwaumwana w'umuntu koumwitaho?

4 Umuntu ameze nk'umwuka gusa,
Iminsi ye imeze nk'igicucu gishira.

5 Uwiteka, manura ijuru ryaweumanuke,
Ukore ku misozi iracumba.

6 Urabye imirabyoubatatanye,
Urase imyambiubirukane.

7 Urambureukubokokwawe uri mu ijuru,
Undohōreunkure mu mazi y'isanzure,
Unkize amaboko y'abanyamahanga.

8 Akanwa kabo kavuga ibitagiraumumaro,
N'ukubokokwabo kw'iburyo niukubokokw'ibinyoma.

9 Mana, ndakuririmbira indirimbo nshya,
Ndakuririmbira ishimwe kuri nebelu y'imirya cumi.

10 Ni we uha abami agakiza,
Ukiza Dawidiumugaragu we inkota yica.

11 Nyaruraunkure mu maboko y'abanyamahanga,
Akanwa kabo kavuga ibitagiraumumaro,
Ukubokokwabo kw'iburyo niukubokokw'ibinyoma.

12 Kugirango abahungu bacu babe nk'ibiti byikuririza,
Bakiri abasore.
N'abakobwa bacu bamere nk'amabuye akomeza impfuruka,
Abajwe nk'uko babaza amabuye arimbisha inyumba.

13 Ngo ibigega byacu byuzure,
Birimo imyaka y'imbuto zose,
Intama zacu zibyarire ibihumbi n'inzovu mu rwuri rwacu.

14 Ngo amapfizi yacu agire imitwaro iremereye,
Ngo he kugiraabatwaranira mu byuho,
Cyangwa abasohoka kurwana.
Kandi mu nzira zacu he kubaumuborogo.

15 Hahirwaubwoko bumerabutyo,
Hahirwaubwoko bufiteUwiteka ho Imana yabwo.

145

1 Zaburi iyi y'ishimwe ni iya Dawidi.
Mana yanjye, Mwami wanjye ndagushyira hejuru,
Nzahimbaza izina ryawe iteka ryose.

2 Nzajya nguhimbaza uko bukeye,
Nzashima izina ryawe iteka ryose.

3 Uwiteka arakomeye ni uwo gushimwa cyane,
Gukomera kwe ntikurondoreka.

4 Ab'igihe bazashimira ab'ikindi gihe imirimo yawe,
Bababwire iby'imbaraga wakoze.

5 Nzavugaubwiza bw'icyubahiro cyo gukomera kwawe,
N'imirimo itangaza wakoze.

6 Abantu bazavuga imbaraga z'imirimo yawe iteyeubwoba,
Nanjye nzavuga gukomera kwawe.

7 Bazībukiriza kugiraneza kwawe kwinshi,
Baririmbe gukiranuka kwawe.

8 Uwiteka niumunyambabazi n'umunyebambe,
Atinda kurakara afite kugiraneza kwinshi.

9 Uwiteka agirira neza bose,
Imbabazi ze ziri ku byo yaremye byose.

10 Uwiteka, ibyo waremye byose bizagushima,
Abakunzi bawe bazaguhimbaza.

11 Bazavuga icyubahiro cy'ubwami bwawe,
Bamamaze imbaraga zawe,

12 Kugirango bamenyeshe abantu iby'imbaraga yakoze,
N'icyubahiro cy'ubwiza cy'ubwami bwe.

13 Ubwami bwawe ni ubw'iteka ryose,
Ubutware bwawe buzahoraho ibihe byose.

14 Uwiteka aramira abagwa bose,
Yemesha abahetamye bose.

15 Amaso y'ibintu byose aragutegereza,
Naweukabigaburiraibyokurya byabyo igihe cyabyo.

16 Upfumbatura igipfunsi cyawe,
Ugahaza kwifuza kw'ibibaho byose.

17 Uwiteka akiranuka mu nzira ze zose,
Niumunyarukundo mu mirimo ye yose.

18 Uwiteka aba hafi y'abamutakira bose,
Abamutakira mu by'ukuribose.

19 Azasohoza ibyo abamwubahabashaka,
Kandi azumva gutakakwabo abakize.

20 Uwiteka arinda abamukunda bose,
Ariko abanyabyaha bose azabarimbura.

21 Akanwa kanjye kazavuga ishimwe ry'Uwiteka,
Abafiteumubiribose bajye bahimbaza izina rye ryera iteka ryose.

146

1 Haleluya.
Mutimawanjye, shima Uwiteka.

2 Nzajya nshima Uwiteka nkiriho,
Nzajya ndirimbira Imana yanjye ngifiteubugingo.

3 Ntimukiringire abakomeye,
Cyangwaumwana w'umuntu wese,
Utabonerwamo agakiza.

4 Umwuka weumuvamoagasubiramu butakabwe,
Uwo munsi imigambi ye igashira.

5 HahirwaufiteImana ya Yakobo houmutabazi we,
Akiringira Uwiteka Imana ye.

6 Ni we waremye ijuru n'isi,
N'inyanja n'ibibirimo byose,
Akomezaumuravaiteka ryose.

7 Aca imanza zitabera zirenganura abarenganwa,
Agaburiraabashonji ibyokurya,
Uwiteka ni weubohora imbohe.

8 Uwiteka ni weuhumuraimpumyi,
Uwiteka ni we wemesha abahetamye,
Uwiteka ni weukunda abakiranutsi.

9 Uwiteka ni weurinda abasuhuke,
Aramira impfubyi n'umupfakazi,
Ariko inzira y'abanyabyaha arayigoreka.

10 Uwiteka azahora ku ngoma iteka ryose,
Imana yawe, Siyoni izayihoraho ibihe byose.
Haleluya.

147

1 Haleluya,
Kuko ari byiza kuririmbira Imana yacu ishimwe,
Ni ukw'igikundiro kandi gushima kurakwiriye.

2 Uwiteka yongera kūbaka Yerusalemu,
Ateranya abimuwe bo mu Bisirayeli.

3 Akiza abafite imitima imenetse,
Apfuka inguma z'imibabaro yabo.

4 Abara inyenyeri,
Azita amazina zose.

5 Umwami wacu arakomeye,
Niumunyambaraga nyinshi,
Ubwenge bwe ntibugiraakagero.

6 Uwiteka aramira abanyamubabaro,
Acisha abanyabyaha bugufiakabageza hasi.

7 Muririmbire Uwiteka mumushimire ibyo yakoze,
Muririmbirire ku nanga Imana yacu ishimwe.

8 Itwikirize ijuru ibicu,
Itunganirizaubutakaimvura,
Imezaubwatsi ku misozi.

9 Igaburiraamatungo ibyokurya byayo,
N'ibyana by'ibikona bitaka.

10 Imbaraga z'ifarashi si zo Imana yishimira,
Amaguru y'umuntu si yo inezererwa.

11 Uwiteka anezererwa abamwubaha,
Anezererwa abategereza imbabazi ze.

12 Yerusalemu, shima Uwiteka,
Siyoni, shima Imana yawe.

13 Kuko yakomeje ibihindizo by'amarembo yawe,
Yahayeumugisha abana bawe bo muri wowe.

14 Agira igihugu cyawe kuba icy'amahoro,
Aguhazaamasaka ahunze.

15 Yohereza itegeko rye mu isi,
Ijambo rye ryiruka vuba cyane.

16 Atanga shelegi nk'ubwoya bw'intama,
Asandaza ikime cy'imbeho nk'ivu.

17 Ajugunyauruburarwe nk'ubuvungukira,
Ni ndeubasha kurwanya imbeho ze?

18 Yohereza ijambo rye akabiyagisha,
Ahuhishaumuyagawe amazi agatemba.

19 Amenyesha Abayakobo ijambo rye,
Amenyesha Abisirayeli amategeko yandikishije n'amateka ye.

20 Nta rindi shyanga yagiriye atya,
Amateka ye ntibayamenye.
Haleluya.

148

1 Haleluya.
Nimushimire Uwiteka mu ijuru,
Nimumushire ahantu ho mu ijuru.

2 Mwa bamarayika be mwese mwe, nimumushime,
Mwa ngabo ze zose mwe, nimumushime.

3 Mwa zuba n'ukwezi mwe, nimumushime,
Mwa nyenyeri z'umucyo mwe, nimumushime.

4 Wa juru risumba amajuru we, mushime,
Nawe mazi yo hejuru y'ijuru.

5 Bishimire izina ry'Uwiteka,
Kuko ari we wategetse bikaremwa.

6 Kandi yabikomereje guhamaiteka ryose,
Yategetse itegeko ridakuka.

7 Nimushimire Uwiteka mu isi,
Mwa bifi mwe n'imuhengeri hose.

8 Nawe muriron'uruburana shelegi n'igihu,
Nawe muyagaw'ishuheri,usohoza ijambo rye.

9 Namwe misozi miremire n'udusozitwose,
Namwe biti byera imbuto ziribwa n'imyerezi yose.

10 Namwe nyamaswa n'amatungo yose,
Namwe bikururukan'inyoni zifite amababa.

11 Namwe bami bo mu isi n'amahanga yose,
Namwe abakomeye n'abacamanza bo mu isi mwese.

12 Namwe basore n'inkumi,
Namwe basaza n'abana.

13 Bishimire izina ry'Uwiteka,
Kuko izina rye ryonyine ari ryo rishyirwa hejuru,
Icyubahiro cye kiri hejuru y'isi n'ijuru.

14 Kandi yashyiriye hejuruubwoko bwe ihembe,
Ni byo ashimirwa n'abakunzi be bose,
Ari bo bana ba Isirayeli,
Ubwoko bumuribugufi.
Haleluya.

149

1 Haleluya.
Muririmbire Uwiteka indirimbo nshya,
Muririmbire ishimwe rye mu iteraniro ry'abakunzi be.

2 Ubwoko bw'Abisirayeli bunezererweumuremyi wabwo,
Abana b'i Siyoni bishimire Umwami wabo.

3 Bashimishe izina rye imbyino,
Bamuririmbishirize ishimwe,
Batambira ishako, batengerera inanga.

4 Kuko Uwiteka anezererwa abantu be,
Azarimbishisha abanyamubabaro agakiza.

5 Abakunzi be bishimire icyubahiro abahaye,
Baririmbishwe n'ibyishimo,
Baririmbire ku mariri yabo.

6 Ishimwe ryo gusingiza Imana ribe mu mihogo yabo,
N'inkota ibe mu ntoki zabo,

7 yo guhōrēsha amahanga,
No guhanisha amoko ibihano

8 Bakabohesha abami bayo iminyururu,
N'abanyacyubahiro bayo imihama,

9 Kugirango babasohozeho iteka ryanditswe,
Icyo ni icyubahiro cy'abakunzi be bose.
Haleluya.

150

1 Haleluya.
Mushimire Imana ahera hayo,
Muyishimire mu isanzure ry'imbaraga zayo.

2 Muyishimire iby'imbaraga yakoze,
Muyishime nk'uko bikwiriye gukomera kwayo kwinshi.

3 Muyishimishe ijwi ry'impanda,
Muyishimishe nebelu n'inanga.

4 Muyishimishe ishako n'imbyino,
Muyishimishe ibifite imirya n'imyironge.

5 Muyishimishe ibyuma bivuza amajwi mato,
Muyishimishe ibyuma birenga.

6 Ibihumekabyose bishime Uwiteka.
Haleluya.