1 Amagambo ya Nehemiya mwene Hakaliya.
Mu kwezi kwitwa Kisilevu mu mwaka wa makumyabiri ubwo nari ibwami i Shushani,
2 Hanani wo muri bene data yaraje, azanye n'abagabo bavuye i Buyudambabaza inkuru z'Abayuda barokotse, abari barasigaye batajyanywe ari imbohe, mbaza n'inkuru z'i Yerusalemu.
3 Barambwira bati “Abari batāgiye mu bunyage bagasigara mu gihugu cy'u Buyudabagize amakuba menshi baratukwa, kandi inkike z'i Yerusalemu zarasenyutse n'amarembo yaho yarahiye.”
4 Maze kumva izo nkuru ndicara ndarira, mara iminsi mbabaye, niyirizaubusansengera imbere y'Imana nyir'ijuru nti
5 “Ndakwinginze Uwiteka Mana nyir'ijuru, Mana nkuru iteraubwoba, ikomereza isezerano n'imbabazi abayikunda bakitondera amategeko yayo,
6 none tegeraugutwi kwawe kumve n'amaso yawe arebe, wumve gusengaumugaragu wawe nsengera imbere yawe muri iyi minsi ku manywa na nijoro nsabira abagaragu bawe b'Abisirayeli, nātura ibyaha Abisirayeli twagukoreye. Ni koko jyewe n'inzu ya data twaragucumuye.
7 Twagukiraniweho cyane kandi ntitwitondeye amategeko yawe n'ibyategetswe n'amateka yawe, ibyo wategetseumugaragu wawe Mose.
8 Ndakwinginze, ibuka ijambo wategetseumugaragu wawe Mose uti ‘Nimucumuranzabatataniriza mu mahanga’,
9 kandi uti ‘Ariko nimungarukiramukitondera amategeko yanjye mukayasohoza, nubwo abirukanywe banyu bazaba ku mpera y'isi, nzabakurayombateranye mbazane aho nitoranirije nkahatuza izina ryanjye.’
10 “Abo ni bo bagaragu bawe n'abantu, wacungujeububasha bwawe bwinshi n'amaboko yawe akomeye.
11 Nyagasani ndakwinginze, tegeraugutwi kwawe gusenga k'umugaragu wawe n'ukw'abagaragu bawe bishimira kubahaizina ryawe, none uheumugaragu waweumugisha,umuheno kugirirwa imbabazi n'uyu mugabo.”
Kandi ubwo nariumuziritsi wa vino y'umwami.
1 Umunsi umwe wo mu kwezi kwitwa Nisani mu mwaka wa makumyabiri wo ku ngoma y'Umwami Aritazeruzi, vino yari iteretse imbere y'umwami, maze nenda vino nyiherezaumwami. Kandi mbere hose sinagiragaumubabaro imbere ye.
2 Umwami arambaza ati “Ni iki gitumyeugaragazaumubabaro kandiutarwaye? Ibyo ntibiterwa n'ikindi keretseumubabaro wo mu mutima.”
Mbyumvise ndatinya cyane.
3 Umwami ndamusubizanti “Umwami arakarama! Icyambuza kugaragazaumubabaro ni iki, koumurwa n'ahantu h'ibituro bya ba sogokuruzahabaye amatongo, n'amarembo yaho akaba yarahiye?”
4 Umwami arambaza ati “Hari icyounsaba?”
Nuko nsaba Imana nyir'ijuru,
5 maze nsubizaumwami nti “Nibaumwami abikunze kandiumugaragu wawe nkakugirahoubuhake,unyohereze i Buyudamu murwaurimoibituro bya ba sogokuruza, mbone kuwubaka.”
6 Umwami yari yicaranye n'umwamikazi arambaza ati “Urugendo rwawe ruzabaurw'iminsi ingahe, kandiuzagaruka ryari?”Nukoumwami yemera ko ngenda dusezerana igihe.
7 Kandi nsabaumwami nti “Umwami niyemera bampe inzandiko zo gushyira ibisonga bye byo hakurya y'uruzi, ngo bampe inzira ngere i Buyuda.
8 Bampe n'urwandiko rwo gushyira Asafuumurinzi w'ikibira cy'umwami, kugirango ampe ibiti byo kubazamo ibikingi by'amarembo y'umunaraw'inzu, kandi n'iby'inkike z'umurwa n'iby'inzu nzabamo.”
Umwami arabinyemerera, abitewe n'ukubokokwiza kw'Imana yanjye kwari kundiho.
9 Maze ndagenda nsanga ibisonga byo hakurya y'uruzimbaha inzandiko z'umwami, kandiumwami yari yantumanye n'abatware b'ingabo n'abagendera ku mafarashi.
10 BukeyeSanibalati w'Umuhoroni na Tobiyaumugaragu w'Umwamoni babyumvise birabababaza cyane, yuko hajeumuntu wazanywe no gushakira Abisirayeli ibyiza.
11 Nuko ngeze i Yerusalemu marayo gatatu.
12 Nijoro mbyukanan'abantu bake, kandi sinagizeumuntu mbwira icyo Imana yanjye yanshyize mu mutimango ngikorere i Yerusalemu, kandi nta farashi twajyanye keretse iyari impetse.
13 Nuko iryo joro ndasohoka nyura mu irembo rijya mu gikombe, nkomeza inzira y'iriba ry'ikiyoka no mu irembo rinyuzwamo imyanda, nitegereza inkike z'i Yerusalemu zasenyutse n'amarembo yaho yahiye.
14 Maze njya ku irembo ry'isōko no ku kidendezi cy'umwami, ariko ntihaboneka inzira y'ifarashi yari impetse.
15 Iryo joro nzamuka iruhande rw'akagezi nitegereza inkike, mperako ndahindukiranyura mu irembo rijya mu gikombe, nuko ndagaruka.
16 Ariko abatware ntibamenya iyo nagiye cyangwa icyo nakoze, ndetse sinari nabwiye Abayuda cyangwa abatambyi n'abanyacyubahiro n'abatware, haba n'abandi bakoraumurimo.
17 Mperako ndababwira nti “Ntimurebako tumezenabi, ko i Yerusalemu habaye amatongo n'amarembo yaho akaba yarahiye? Nimuze twubakeinkike y'i Yerusalemu tutagumya kuba igitutsi.”
18 Mbabwiraukubokokw'Imana yanjyeuburyo kwangiriye neza, mbabwira n'amagamboumwami yambwiye. Baravuga bati “Nimuhaguruketwubake.”Nuko biyungamo bagira imbaraga zo gukorauwo murimomwiza.
19 Ariko Sanibalati w'Umuhoroni na Tobiyaumugaragu w'Umwamoni na Geshemu w'Umwarabu babyumvise, baradusekabadushinyagurirabaratugayabati “Ibyo mukoraibyo ni ibiki? Murashaka kugomeraumwami?”
20 Maze ndabasubizanti “Imana nyir'ijuru ni yo izatubashisha. Ni cyo kizatuma twebwe abagaragu bayo duhagurukatukubaka, ariko mwebwe nta mugabane, nta buryo nta n'urwibutso mufitemuri Yerusalemu.”
1 BukeyeEliyashibu Umutambyi mukuruahagurukanana bene se b'abatambyi, bubakairembo ry'intama bararyeza bateraho inzugi zaryo, baraheza bahereye ku munarawa Hameya bakageza ku munarawa Hananēli.
2 Abagabo b'i Yeriko ni bo bakurikiragaho bubaka.
Kandi Zakuri mwene Imuri ni we wakurikiragaho yubaka.
3 Irembo ry'amafi ryubakwa na bene Hasenaya batera ibikingi byaryo, bateraho n'inzugi zaryo n'ibyuma bizihindira n'ibihindizo byaryo.
4 Kandi Meremoti mwene Uriya mwene Hakosi, ni we wakurikiragaho asana.
Meshulamumwene Berekiya mwene Meshezabēli akurikiraho asana.
Na Sadoki mwene Bāna akurikiraho asana.
5 Ab'i Tekowa bakurikiragaho basana, ariko imfura zo muri bo ntizagandukiragaumurimowa shebuja.
6 Kandi irembo rya kera ryasanwe na Yoyada mwene Paseya, na Meshulamumwene Besodeya, batera ibikingi byaryo, bateraho n'inzugi zaryo n'ibyuma bizihindira n'ibihindizo byaryo.
7 Melatiya w'i Gibeyoni na Yadoni w'Umunyameronoti, ab'i Gibeyoni n'ab'i Misipa bo mu butware bw'igisonga cy'umwami cyo hakuno y'uruzi, na bo bakurikiragaho basana.
8 Uziyeli mwene Harihaya b'abacuzi b'izahabu, ni bo bakurikiragaho basana. Na Hananiya umwe wo mu bahanga binjiza imibavu akurikiraho asana, barenga hamwe muri Yerusalemu bageza ku nkike ngari.
9 Kandi Refaya mwene Huriumutware w'igice kimwe cy'i Yerusalemu, na we akurikiraho asana.
10 Yedaya mwene Harumafuakurikiraho asana, aherekeye inzu ye.
Na Hatushi mwene Hashabuneyaakurikiraho asana.
11 Malikiya mwene Harimu na Hashubu mwene Pahatimowabu, basana ahandi hamwe n'umunaraw'itanura.
12 Kandi Shalumu mwene Haloheshiumutware w'ikindi gice cy'i Yerusalemu, we n'abakobwa be bakurikiragaho basana.
13 Irembo rijya mu gikombe risanwa na Hanuni n'abaturageb'i Zanowa, bararyubakabateraho inzugi zaryo n'ibyuma bizihindira n'ibihindizo byaryo, basana inkike ya mikono igihumbi bageza ku irembo rinyuzwamo imyanda.
14 Kandi irembo rinyuzwamo imyanda risanwa na Malikiya mwene Rekabu,umutware wo mu butware bw'i Betihakeremu. Uwo araryubakaateraho inzugi zaryo n'ibyuma bizihindira n'ibihindizo byaryo.
15 Irembo ry'isōko risanwa na Shaluni mwene Kolihoze,umutware wo mu butware bw'i Misipa. Araryubaka, ararisakara ateraho inzugi zaryo n'ibyuma bizihindira n'ibihindizo byaryo, yubakan'inkike y'ikidendezi cy'i Silowa aherekeye isambu y'umwami, bageza ku nzuririro zimanuka ziva mu muduguduwa Dawidi.
16 Nehemiya mwene Azibukiumutware w'igice kimwe cy'i Betisuri, ni we wakurikiragaho asana ageza aherekeye ibituro bya Dawidi no kugezaku kidendezi cyafukuwe,ukageza ku nzu y'abanyamahanga.
17 Abalewi: Rehumu mwene Bani akurikiraho asana.
Hashabiyaumutware w'igice kimwe cy'i Keyila, akurikiraho asana inkike ye.
18 Hakurikiraho bene wabo basana, barimo Bavayi mwene Henadadiumutware w'ikindi gice cy'i Keyila.
19 Kandi Ezeri mwene Yoshuwaumutware w'i Misipa, akurikiraho asana ikindi gice cyerekeye ahazamuka hajya mu bubikobw'intwaro z'intambara, aho inkike ihetera.
20 Baruki mwene Zabayi akurikiraho asana ikindi gice afiteumwete, ahereye aho inkike ihetera akageza ku muryango w'inzu ya Eliyashibu, Umutambyi mukuru.
21 Meremoti mwene Uriya mwene Hakosi akurikiraho asana ikindi gice, ahereye ku muryango w'inzu ya Eliyashibu akageza aho inzu igarukira.
22 Abatambyi n'abantu bo mu kibaya bakurikiraho basana.
23 Benyamini na Hashubu bakurikiraho, basana ahateganye n'inzu yabo.
Azariya mwene Māseya mwene Ananiya akurikiraho, asana ahabangikanye n'inzu ye.
24 Binuwi mwene Henadadi akurikiraho asana ikindi gice, ahereye ku nzu ya Azariya akageza aho inkike ihetera ku nkokora.
25 Palali mwene Uzayi ni we wasannye ahabangikanye n'aho inkike ihetera, n'umunarawometswe ku nzu y'umwami yo haruguruyegereyeurugorw'abarinzi.
Pedaya mwene Paroshi akurikiraho asana.
26 Kandi Abanetinimu babaga Ofeli, ahateganye n'irembo ry'amazi ryerekeye iburasirazuba n'umunarawometsweho.
27 Ab'i Tekowa bakurikiraho basana ikindi gice giteganye n'umunaramuniniwubatsweho,ukageza ku nkike ya Ofeli.
28 Haruguruy'irembo ry'amafarashi hasanwa n'abatambyi,umuntu wese asana ahateganye n'inzu ye.
29 Sadoki mwene Imeri akurikiraho asana ahateganye n'inzu ye, na Shemaya mwene Shekaniyaumukumirizi w'irembo ry'iburasirazuba, akurikiraho asana.
30 Hananiya mwene Shelemiya, na Hanuniumuhungu wa gatandatu muri bene Salafu bakurikiraho, basana ikindi gice. Meshulamumwene Berekiya akurikiraho, asana ahateganye n'inzu ye.
31 Malikiya wo mu bacuzi b'izahabu akurikiraho asana ageza ku nzu y'Abanetinimu n'iy'abatunzi, aherekeye irembo rya Hamifukadino kugezaahazamuka hajya ku nkokora.
32 Kandi hagati y'ahazamuka hajya ku nkokora n'irembo ry'intama, hasanwa n'abacuzi b'izahabu n'abatunzi.
33 BukeyeSanibalati yumvise ko twubakainkike ararakara, agiraumujinya mwinshi acyuriraAbayuda.
34 Avugiraimbere ya bene se n'imbere y'ingabo z'i Samariya ati “Ziriya mbwa z'Abayuda ziragira ibiki? Mbese bariyubakira igihome? Cyangwa se bazatamba igitambo? Barenda kubakango buzurizeho? Bagiye gutabururaamabuye bayakura mu byavu by'ibishingwe, kandi yarahiye?”
35 Kandi Tobiya w'Umwamoni yari kumwe na we aravuga ati “N'ibyo bubakaibyo, ingunzu nibyuriraizasenya iyo nkike yabo y'amabuye.”
36 Nuko ndasenga nti “Mana yacu, umva uko dusuzuguwe. Ibitutsi badututse abe ari bo bihama,ubatange banyagwe bajyanwe mu gihugu babe abanyagano.
37 Kandi ntugatwikīre gukiranirwa kwabo, n'icyaha cyabo ntikigahanagurwe imbere yawe kuko babaye ikigusha ku bubatsi.”
38 Nuko twubakainkike yose turayihuza, ariko yari igicagase kuko abantu bari bagizeumwete wo gukora.
1 Ariko bukeyeSanibalati na Tobiya, n'Abarabu n'Abamoni n'Abanyashidodi bumvise yukoumurimowo gusanainkike z'i Yerusalemu ujya imbere, kandi yuko ibyuho bitangiye kwicwa bararakara cyane,
2 bajya imigambi bose uko bangana ngo bajye kurwanya ab'i Yerusalemu, babatere imidugararo.
3 Ariko twebwe dusenga Imana yacu, dushyiraho n'abarinzi bo kubarinda ku manywa na nijoro.
4 Hanyuma Yuda aravuga ati “Abikorezi bacitse intege kandi hariho ibishingwe byinshi. Nuko ntitukibashije kubakainkike.”
5 Abanzi bacu baravuga bati “Ntibazamenya, ntibazitegereza kugezaaho tuzabatunguriratukabica, tukabuzaumurimogukorwa.”
6 Kandi Abayuda bari baturanye n'abanzi bacu bavaga mu misozi hose bakajya batuburira, ndetse batuburiyeibihe cumi ngo tugaruke aho bari.
7 Ni cyo cyatumye nshyira abantu inyuma y'inkike mu bikombe no mu mpinga, nkajya mbashyira hamwe n'ab'imiryango yabo, bitwaje inkota n'amacumu n'imiheto.
8 Nitegereje ndahagurukambwira abantu b'imfura, n'abatware n'abandi bantu bose nti “Ntimubatinye. Mwibuke Uwiteka Umwamiukomeyeuteyeubwoba, murwanire bene wanyu: abahungu n'abakobwa banyu n'abagore banyu, n'ingo zanyu.”
9 Nuko abanzi bacu bumva ko byamenyekanye muri twe, kandi yuko Imana yahinduyeubusaimigambi yabo maze twese dusubiraku nkike,umuntu wese asubiraku murimowe.
10 Uhereye ubwo abagaragu banjye bamwe bakomezaga gukorauwo murimo, abandi bakenda amacumu n'ingabo n'imiheto n'amafureboy'ibyuma, kandi abatware bari inyuma y'ab'umuryango wa Yuda babavuna.
11 Abubakaga inkike n'abikoreraga n'ababakoreraga,umuntu wese yakoreshagaukubokokumweukundi gufashe intwaro ye y'intambara,
12 n'abubatsiumuntu wese yabaga afite inkota ye mu rukenyerero akubakaameze atyo, n'uwavuzagaikondera yabaga ari iruhande rwanjye.
13 Maze mbwira imfura n'abatware n'abandi bantu nti “Umurimourakomeye,urakorwa hagari kandi natwe twiciye amashinga ku nkike,umuntu ari kure ya mugenzi we.
14 Aho muzumva ijwi ry'ikondera hose abe ari ho mujya mudutabarira, Imana yacu ni yo izaturwanirira.”
15 Uko ni ko twakoragaumurimo, bamwe bagafata amacumuuhereye mu musekeukageza nimugoroba inyenyeri zigaragara.
16 Icyo gihe mbwira abantu nti “Umuntu wese n'umugaragu we bajye barara muri Yerusalemu babe abarinzi bacu nijoro, kandi ku manywa bakoreumurimo.”
17 Ubwo ntitwiyamburagaimyambaro yacu, jyewe cyangwa bene data cyangwa abagaragu banjye cyangwa abarinzi badukurikiraga,umuntu wese yajyaga ku mugeziafite intwaro ye y'intambara.
1 Bukeyerubanda rw'Abayuda n'abagore babo baritotomba cyane, barega bene wabo b'Abayuda
2 kuko bamwe bavugagabati “Abahungu bacu n'abakobwa bacu turi benshi, reka tujye kwihahira tuboneibidutunga tubeho.”
3 Kandi abandi baravugagabati “Amasambu yacu n'inzabibu zacu n'amazu yacu twabitanze ho ingwate, dufiteinzara reka tujye guhaha.”
4 Kandi n'abandi baravugagabati “Twagujijeifeza z'umusorow'umwami dutanze amasambu yacu n'inzabibu zacu ho ingwate.
5 Ariko rero twebwe na bene wacu dusangiyeubwoko, kandi abana bacu na bo bava inda imwe n'ababo. Nyamara abahungu bacu n'abakobwa bacu tubatanga ho ibiretwa, ndetse abakobwa bacu bamwe bageze mu buretwa kandi tubuzeuko twagira ngo tubacungure, kuko amasambu yacu n'inzabibu zacu bifitwe n'abandi.”
6 Numvise kwitotomba kwabo n'amaganya yabo, ndarakara cyane.
7 Mperako nigira inamaubwanjye, ntonganya imfura n'abatware ndababwira nti “Muragurizabene wanyu inyungu irenzeurugero,umuntu wese agurizamwene wabo.”
Nuko mbateraniriza iteraniro rinini.
8 Ndababwira nti “Twebweho uko dushoboye twacunguye bene wacu b'Abayuda bari baraguzwe n'Abanyamahanga, none namwe murashaka kugurabene wanyu. Mbese twe twabagura tukabatunga?”Nuko baraceceka babura icyo bavuga.
9 Ndongera ndavuga nti “Ibyo mukorasi byiza. Mbese ibikwiriye si uko mwagenda mwubahaImana yacu, ntimwitukishe mu banzi bacu b'abanyamahanga?
10 Nanjye na bene data n'abagaragu banjye twabagurizaga ifeza n'ingano. None ndabinginze tubaharire imyenda batubereyemo.
11 Ndetse uyu munsi mubasubizeamasambu yabo n'inzabibu zabo, n'inzelayo zabo n'amazu yabo, mubasubizecya gice kimwe mu ijana cy'ifeza, n'icy'ingano n'icya vino n'icy'amavuta, ibyo mwabakaga.”
12 Maze baravuga bati “Tuzabibasubizakandi nta cyo tuzabaka, tuzabigenza nk'ukouvuze.”
Nuko mpamagaza abatambyi ndahiriza abo bantu imbere yabo, yuko bazakora nk'uko basezeranye.
13 Maze nkunkumuraumwenda nari niteye ndavuga nti “Imana izakunkumureityaumuntu weseudasohoza iri sezerano, imukuremu nzu ye no ku murimowe. Uwo muntu abe ari ko akunkumurwa akamarwaho.”
Iteraniro ryose riremera riti “Amen.”Bahimbaza Uwiteka. Nuko abantu bakora nk'uko basezeranye.
14 Kandiuhereye igihe nahereweubutware ngo mbe igisonga cy'umwami mu gihugu cy'u Buyuda,uhereye ku mwaka wa makumyabiriukageza ku wa mirongo itatu n'ibiri Umwami Aritazeruzi ari ku ngoma, muri iyo myaka cumi n'ibiri, jyewe na bene data ntitwatungwaga n'amakoro y'ubusonga.
15 Ariko ibisonga byambanjirije kera byabereye rubanda ibirushyabibāka ibyokurya na vino,udashyizeho shekeli z'ifeza mirongo ine, ndetse n'abagaragu babo batwaza rubanda igitugu. Ariko jyewe si ko nabigenje kuko nubahaga Imana,
16 ahubwo nagiragaumwete wo gukoranubakainkike kandi nta gikingi cyose twaguze, kandi n'abagaragu banjye bose bateraniraga ku murimo.
17 Kandi abagabo ijana na mirongo itanu bo mu Bayuda n'abatware babo bariraga ku meza yanjye,udashyizeho abo twasangiye bandi bavaga mu mahanga adukikije.
18 Kandi igerero ry'umunsi umwe ryabagamo inka imwe n'intama esheshatu zitoranijwe, bantekeraga n'inkoko kandi uko iminsi cumi yashiraga bazanaga vino z'amoko yose, ariko ibyo byose uko bingana sinabyakaga abantu ho ikoro ry'ubusonga, kuko abo bantu barushywaga n'uburetwa.
19 Mana yanjye, wibuke ibyo nakoreye aba bantu,ubinyiturireibyiza.
1 Bukeyebabwira Sanibalati na Tobiya, na Geshemu Umwarabu n'abandi banzi bacu yuko nubatse inkike, kandi ko nta cyuho gisigaye kuri yo nubwo nari ntarakinga inzugi ku marembo.
2 Nuko Sanibalati na Geshemu barantumira, ngo nze duhuriremu kirorero kimwe mu byo mu gisiza cya Ono. Ariko bashakaga kungirira nabi.
3 Nanjye mbatumahointumwa ndababwira nti “Ndakoraumurimoukomeye sinashobora kumanuka, nta mpamvu yo kwicaumurimongo manuke mbasange.”
4 Bantumahobatyo kane, nanjye mbasubizantyo.
5 Maze Sanibalati yongera kuntumahoumugaragu we ubwa gatanu atyo, afiteurwandiko rurambuye mu ntoki ze
6 rwari rwanditswemo ngo
“Mu mahanga hari impuha kandi na Geshemu aravuga yuko wowe n'Abayuda mushaka kugoma. Ngo ni cyo gituma mwubakainkike kandi ngourashaka kubaumwami wabo. Uko ni ko izo mpuha zivugwa.
7 Ngo washyizeho n'abahanuzi bo kwamamaza ibyawe i Yerusalemu, ngo mu Bayuda harimoumwami. None ngwino tujye inama kuko izo nkuru batazabura kuzibwiraumwami.”
8 Nanjye mutumahonti “Ibyouvuzeibyo nta byabaye, ahubwo ni wowe wabyihimbiye mu mutimawawe.”
9 Bose bashaka kudukangisha bibwira yuko amaboko yacu azatentebuka,umurimontukorwe.
Ariko Mana yanjye,unkomereze amaboko!
10 Maze njya kwa Shemaya mwene Delaya mwene Mehetabēli wariukingiranye, arambwira ati “Tubonanire ku nzu y'Imana imbere mu rusengero, dukinge inzugi z'urusengero kuko bazaza kukwica. Ni koko iri joro baraza kuza kukwica.”
11 Ndamusubizanti “Ndiumugaboungana atya nahunga? Mbese ni nde mu bo tungana wahungira mu rusengero akīkiza? Sindi bujyeyo.”
12 Mbyitegereje menya yuko atari Imana yamutumye, ahubwo yampanuriyeho ibyo kuko Tobiya na Sanibalati bari bamuguriye.
13 Icyatumye agurirwa niukugirango ankangishe, maze ninkora ntyo ngo bimbere icyaha, bahere ko bamboneho impamvu yo kumvuga nabi kugirango bantuke.
14 Mana yanjye, wibuke Tobiya na Sanibalati n'ibyo bakora ibyo uko bingana, wibuke n'umuhanuzikazi Nowadiya n'abandi bahanuzi bashaka kunkangisha.
15 Nuko ku munsi wa makumyabiri n'itanu w'ukwezi kwitwa Eluli inkike ziruzura, twari tumazeiminsi mirongo itanu n'ibiri tuzubaka.
16 Maze abanzi bacu bose babyumvise, abanyamahanga bose badukikije bakuka imitima, baca buguficyane barigaya kuko babonye yuko Imana yacu ari yo ikoze uwo murimo.
17 Muri iyo minsi imfura zo mu Bayuda zoherereza Tobiya inzandiko nyinshi, kandi iza Tobiya zikabageraho.
18 Mu Bayuda harimo benshi basezeranye na we kuko yari muramuwa Shekaniya mwene Ara, kandi n'umuhungu we Yehohanani yari yararongoyeumukobwa wa Meshulamumwene Berekiya.
19 Maze bogeza ibyo yakoze imbere yanjye, kandi bamubwira ibyanjye. Nuko Tobiya akajya yohereza inzandiko zo kunkangisha.
1 Bukeyeinkike yuzuyemaze no guteraho inzugi, ngashyiraho n'abakumirizi n'abaririmbyi n'Abalewi,
2 nuko mpa mwene data Hanani, na Hananiyaumutware w'igihomeubutware bw'i Yerusalemu, kuko yariumuntu wo kwizerwa arusha benshi kubahaImana.
3 Ndabategeka nti “Inzugi z'i Yerusalemu ntizigakingurwe hataraba ku gasusuruko, kandi nibahagarara bagikumiriye bajye bakinga inzugi, muzikomereshe ibihindizo kandi mujye mushyiraho abarinzi bo mu b'i Yerusalemu,umuntu wese mu gihe cye kandiumuntu wese yitegeye inzu ye.”
4 Umuduguduwari muninikandi mugari, ariko abantu bari bawurimobari bake, n'amazu yari atarubakwa.
5 Hanyuma Imana yanjye inshyiramoumutimawo guteranya imfura n'abatware n'abantu, ngo babarwe uko kuvukakwabo kwari kuri. Mbona igitabo cyanditswemo ababanje kuzamuka uko kuvukakwari kuri, nsanga cyanditswemo ngo:
6 Aba ni bo bantu bo mu gihugu bazamutse bakava mu bunyage, bava mu bajyanywe ari imbohe na Nebukadinezariumwami w'i Babuloni, kandi ni bo basubiyei Yerusalemu n'i Buyuda,umuntu wese asubiramu muduguduw'iwabo.
7 Ni bo bazanywe na Zerubabeli na Yeshuwa na Nehemiya, na Azariya na Rāmiya na Nahamani, na Moridekayi na Bilishani na Misipereti, na Bigivayi na Nehumu na Bāna. Umubarew'abagabo b'Abisirayeli ni uyu:
8 Bene Paroshi ni ibihumbi bibiri n'ijana na mirongo irindwi na babiri.
9 Bene Shefatiya ni magana atatu na mirongo irindwi na babiri.
10 Bene Ara ni magana atandatu na mirongo itanu na babiri.
11 Bene Pahatimowabu bo muri bene Yoshuwa na Yowabu, ni ibihumbi bibiri na magana inani na cumi n'umunani.
12 Bene Elamu ni igihumbi na magana abiri na mirongo itanu na bane.
13 Bene Zatu ni magana inani na mirongo ine na batanu.
14 Bene Zakayi ni magana arindwi na mirongo itandatu.
15 Bene Binuwi ni magana atandatu na mirongo ine n'umunani.
16 Bene Bebayi ni magana atandatu na makumyabiri n'umunani.
17 Bene Azigadi ni ibihumbi bibiri na magana atatu na makumyabiri na babiri.
18 Bene Adonikamu ni magana atandatu na mirongo itandatu na barindwi.
19 Bene Bigivayi ni ibihumbi bibiri na mirongo itandatu na barindwi.
20 Bene Adini ni magana atandatu na mirongo itanu na batanu.
21 Bene Ateri wa Hezekiya ni mirongourwenda n'umunani.
22 Bene Hashumu ni magana atatu na makumyabiri n'umunani.
23 Bene Besayi ni magana atatu na makumyabiri na bane.
24 Bene Harifu ni ijana na cumi na babiri.
25 Bene Gibeyoni ni mirongourwenda na batanu.
26 Ab'i Betelehemu n'ab'i Netofa ni ijana na mirongo inani n'umunani.
27 Aba Anatoti ni ijana na makumyabiri n'umunani.
28 Ab'i Betazimaveti ni mirongo ine na babiri.
29 Ab'i Kiriyatiyeyarimu n'i Kefira n'i Bēroti ni magana arindwi na mirongo ine na batatu.
30 Ab'i Rama n'i Geba ni magana atandatu na makumyabiri n'umwe.
31 Ab'i Mikimasi ni ijana na makumyabiri na babiri.
32 Ab'i Beteli na Ayi ni ijana na makumyabiri na batatu.
33 Ab'i Nebo yindi ni mirongo itanu na babiri.
34 Aba Elamu yindi ni igihumbi na magana abiri na mirongo ine na bane.
35 Bene Harimu ni magana atatu na makumyabiri.
36 Ab'i Yeriko ni magana atatu na mirongo ine na batanu.
37 Ab'i Lodi n'i Hadidi na Ono ni magana arindwi na makumyabiri n'umwe.
38 Ab'i Senaya ni ibihumbi bitatu na maganaurwenda na mirongo itatu.
39 Abatambyi bene Yedaya bo mu muryango wa Yoshuwa ni maganaurwenda na mirongo irindwi na batatu.
40 Bene Imeri ni igihumbi na mirongo itanu na babiri.
41 Bene Pashuri ni igihumbi na magana abiri na mirongo ine na barindwi.
42 Bene Harimu ni igihumbi na cumi na barindwi.
43 Abalewi na bo ni aba: Bene Yoshuwa wa Kadimiyeli wo muri bene Hodeva ni mirongo irindwi na bane.
44 N'abaririmbyi bene Asafu ni ijana na mirongo ine n'umunani.
45 N'abakumirizi bene Shalumu na bene Ateri, na bene Talimoni na bene Akubu, na bene Hatita na bene Shobayi ni ijana na mirongo itatu n'umunani.
46 N'Abanetinimu bene Siha na bene Hasufa na bene Tabawoti,
47 na bene Kerosi na bene Siya na bene Padoni,
48 na bene Lebana na bene Hagaba na bene Shalumayi,
49 na bene Hanāni na bene Gideli na bene Gahari,
50 na bene Reyaya na bene Resini na bene Nekoda,
51 na bene Gazamu na bene Uza na bene Paseya,
52 na bene Besayi na bene Meyunimuna bene Nefushesimu,
53 na bene Bakibuki na bene Hakufa na bene Harihuri,
54 na bene Basiliti na bene Mehida na bene Harisha,
55 na bene Barikosi na bene Sisera na bene Tema,
56 na bene Nesiya na bene Hatifa.
57 N'abuzukuruzab'abagaragu ba Salomo, bene Sotayi na bene Sofereti na bene Perida,
58 na bene Yāla na bene Darikoni na bene Gideli,
59 na bene Shefatiya na bene Hatili na bene Pokeretihasebayimu na bene Amoni.
60 Abanetinimu bose n'abuzukuruzab'abagaragu ba Salomo bari magana atatu na mirongourwenda na babiri.
61 Kandi aba ni bo bazamutse bava i Telimela n'i Teliharisha n'i Kerubu na Adoni na Imeri, ariko ntibabasha kwerekana amazu ya ba sekuruzacyangwa kuvukakwabo ngo bihamye ko ari Abisirayeli.
62 Bene Delaya na bene Tobiya na bene Nekoda ni magana atandatu na mirongo ine na babiri.
63 Kandi mu batambyi harimo bene Hobaya na bene Hakosi, na bene Barizilayi washatseumugoremu bakobwa ba Barizilayi Umunyagaleyadi, akamwitirirwa.
64 Abo bashatse aho banditswe mu babazwe uko kuvukakwabo kwari kuri ntibahabona. Ni cyo cyatumye batekerezwa nk'abahumanye bakabakura mu butambyi.
65 Umutirushata ababwira yuko batarya ku bintu byejejwe cyane, kugezaubwo hazabonekaumutambyiufiteUrimu na Tumimu.
66 Iteraniro ryose ryari inzovu enye n'ibihumbi bibiri na magana atatu na mirongo itandatu,
67 udashyizeho abagaragu babo n'abaja babo. Umubarewabo bari ibihumbi birindwi na magana atatu na mirongo itatu na barindwi, kandi bari kumwe n'abaririmbyi b'abagabo n'abagore magana abiri na mirongo ine na batanu.
68 Amafarashi yabo yari magana arindwi na mirongo itatu n'atandatu, n'inyumbu zari magana abiri na mirongo ine n'eshanu,
69 n'ingamiya zabo zari magana ane na mirongo itatu n'eshanu, n'indogobe zabo zari ibihumbi bitandatu na magana arindwi na makumyabiri.
70 Kandi bamwe mu batware b'amazu ya ba sekuruzabatanze ibyo gufashaumurimo. Umutirushata ashyira mu bubikoidariki z'izahabu igihumbi, n'ibyungu mirongo itanu n'imyambaro y'abatambyi magana atanu na mirongo itatu.
71 Bamwe mu batware b'amazu ya ba sekuruzabashyira mu bubikoidariki z'izahabu inzovu ebyiri, n'indatira z'ifeza ibihumbi bibiri na magana abiri.
72 Kandi ibyo abandi bantu batanze byari idariki z'izahabu inzovu ebyiri, n'indatira z'ifeza ibihumbi bibiri n'imyambaro y'abatambyi mirongo itandatu n'irindwi.
73 Maze abatambyi n'Abalewi n'abakumirizi n'abaririmbyi, n'abantu bamwe n'Abanetinimu n'Abisirayeli bose baba mu miduguduyabo, ndetseukwezi kwa karindwi kwabonetse Abisirayeli barageze mu miduguduyabo.
1 Maze abantu bose bateranira icyarimwe ku karubanda ku irembo ry'amazi, babwira Eziraumwanditsi ngo azane igitabo cy'amategeko ya Mose, ayo Uwiteka yategetse Abisirayeli.
2 Nuko ku munsi wa mbere w'ukwezi kwa karindwi, Eziraumutambyi azana amategeko imbere y'iteraniro ry'abagabo n'abagore, n'abantu bose bajijutse.
3 Ayo mategeko ayasomera ku karubanda ku irembo ry'amazi, ahera mu gitondo kare ageza ku manywa y'ihangu, abagabo n'abagore n'abandi bantu bajijutse bari bari aho. Bose bari bateze amatwi ngo bumve igitabo cy'amategeko.
4 Nuko Eziraumwanditsi ahagarara ku ruhimbi rw'ibiti rwabarijwe uwo murimo, iruhande rwe mu kubokokw'iburyo hahagarara Matitiya na Shema na Anaya, na Uriya na Hilukiyana Māseya. Ibumosohahagarara Pedaya na Mishayeli na Malikiya, na Hashumu na Hashibadana na Zekariya na Meshulamu.
5 Nuko Ezira aramburiraigitabo imbere y'abantu bose (kuko yari abisumbuye), maze akirambuye abantu bose barahaguruka.
6 Ezira ashima Uwiteka Imana nkuru.
Abantu bose barikiriza bati “Amen, Amen”. Batega amaboko, maze bubikaimitwe baramya Uwiteka bubitse amaso yabo hasi.
7 Kandi Yoshuwa na Bani na Sherebiya, na Yamini na Akubu na Shabetayi, na Hodiya na Māseya na Kelita, na Azariya na Yozabadi na Hanāni, na Pelaya n'Abalewi basobanuriraabantu amategeko, abantu bahagaze aho.
8 Basoma mu gitabo amategeko y'Imana gusomakumvikana, barasobanura kugirango abantu bamenye ibyasomwaga.
9 Nehemiya ari we Umutirushata, na Eziraumutambyi n'umwanditsi n'Abalewi bigishaga abantu, babwira abantu bose bati “Uyu munsi niumunsi werejwe Uwiteka Imana yanyu, ntimubabare kandi ntimurire”, kuko abantu bose bariraga uko bumvaga amagambo yo mu mategeko.
10 Maze arababwira ati “Nimugende murye inyama z'ibinure, munyweibiryohereye, mwoherereze amafunguro abadafite icyo bahishiwe, kuko uyu munsi ariumunsi werejwe Uwiteka wacu, kandi ntimugireagahinda kuko kwishimana Uwiteka ari zo ntege zanyu.”
11 Nuko Abalewi bahoza abantu bose bati “Nimuceceke kuko uyu munsi ariuwera, kandi ntimugireagahinda.”
12 Maze abantu bose baragenda, bajya gufungura no guhanaamafunguro, no kuganira ibiganiro by'ibyishimo byinshi kuko bamenye amagambo babwirijwe.
13 Ku munsi wa kabiri hateranira abatware b'amazu ya ba sekuruzab'abantu bose n'abatambyi n'Abalewi, bateranira kuri Eziraumwanditsi, bategera amatwi kumva amagambo y'amategeko.
14 Babona ibyanditswe mu mategeko uko Uwiteka yabitegekesheje Mose, yuko Abisirayeli bazajya barara mu ngando mu birori byo mu kwezi kwa karindwi,
15 kandi yuko bararika bakamamaza mu miduguduyabo yose n'i Yerusalemu bati “Nimusohoke mujye ku musozimuzaneamashami y'imyelayo n'ay'iminzenze, n'ay'imihadasi n'ay'imikindo n'ay'ibiti by'amashami atsikanye, muce ingando nk'uko byanditswe.”
16 Nuko abantu barasohoka bazana amashami bīcīra ingando,umuntu wese ayica hejuru y'inzu ye no mu bikari byabo no mu bikari by'inzu y'Imana, no ku karubanda ku irembo ry'amazi no ku karubanda handi ku irembo rya Efurayimu.
17 Iteraniro ryose ry'abari bagarutse bava mu bunyage baca ingando baziraramo, arikouhereye mu gihe cya Yosuwa mwene Nuniukageza kuri uwo munsi, ntabwo Abisirayeli bagenzaga batyo. Ubwo habahoumunezero mwinshi cyane.
18 Kandi Ezira yahereye ku munsi wa mbere w'ibirori ageza ku munsi wa nyuma, asoma igitabo cy'amategeko y'Imana uko bukeye. Bagira ibirori by'iminsi irindwi, ku wa munanihabaho guterana kwera nk'uko itegeko ryari riri.
1 Nuko ku munsi wa makumyabiri n'ine wo muri uko kwezi Abisirayeli baraterana biyirizaubusa, bambara ibigunirabītēra n'umukungugu.
2 Urubyaro rw'Abisirayeli bitandukanya n'abanyamahanga bose, barahagarara bātura ibyaha byabo no gucumurakwa ba sekuruza.
3 Bahagararaukwabo bamara igice cya kane cy'umunsi basoma mu gitabo cy'amategeko y'Uwiteka Imana yabo, n'ikindi gice cya kane bātura ibyaha byabo, basenga Uwiteka Imana yabo.
4 Maze Yoshuwa na Bani na Kadimiyeli, na Shebaniya na Buni na Sherebiya, na Bani na Kenani bahagarara ku rwuririro rw'Abalewi, batakambira Uwiteka Imana yabo n'ijwi rirenga.
5 Abalewi Yoshuwa na Kadimiyeli na Bani, na Hashabuneyana Sherebiya na Hodiya, na Shebaniya na Petahiya baherako baravuga bati
“Nimuhagurukemuhimbaze Uwiteka Imana yanyu. Uhereye kera koseukageza iteka ryose, Izina ryawe ry'icyubahiro rihimbazwe kuko ari izina risumba gushimwa kose, no guhimbazwa kose.
6 “Ni wowe Uwiteka, ni wowe wenyine. Ni wowe waremye ijuru n'ijuru risumba ayandi n'ingabo zaryo zose, n'isi n'ibiyirimo byose n'amanyanja n'ibiyarimo byose, kandi ni woweubeshaho byose n'ingabo zo mu ijuru zirakuramya.
7 Ni wowe Uwiteka ya Mana yatoye Aburamu,ukamukuramuri Uri y'Abakaludayaukamwita Aburahamu.
8 Wabonyeumutimawe ari uwo kwizerwa,usezerana na we isezerano ryo kumuhaigihugu cy'Abanyakanāni n'icy'Abaheti n'icy'Abamori, n'icy'Abaferizi n'icy'Abayebusi n'icy'Abagirugashi kandi kouzagiha n'urubyaro rwe, kandi ibyo warabishohoje kukoukiranuka.
9 “Hanyumaubonakubabara kwa ba sogokuruzabari muri Egiputa, wumva gutakakwabo ko ku Nyanja Itukura.
10 Werekanira ibimenyetso n'ibitangaza kuri Farawo n'abagaragu be bose no ku bantu bo mu gihugu cye bose, kuko wari uzi yuko babagiriraga nabi kuberaubwibone, nuko wihesha izina ryogeye nk'uko rimeze none.
11 Kandi watandukanirije inyanja imbere yabo bituma banyura hagati yayo humutse, ariko ababakurikiyeubajugunya imuhengeri, barokera mu mazi maremare nk'ibuye.
12 Kandi ku manywa wabayoboraga uri mu nkingi y'igicu, nijoroukabamu nkingi y'umuriro,ubamurikira inzira bakwiriye kunyuramo.
13 Wamanukiyeku musoziwa Sinayiuvuganana bo uri mu ijuruubacira imanza zitabera,ubahaamategeko y'ukurin'amateka atunganye n'ibindi byategetswe,
14 ubamenyesha isabato yawe yera,ubategekeshaumugaragu wawe Mose amategeko n'amateka, biba ibyoutegetse.
15 “Bashonjeubahaibyokurya bivuye mu ijuru, bagize inyotaubakuriraamazi mu rutare,utegeka ko bajya mu gihugu warahiriye kuzakibaha ngo bagihindūre.
16 Ariko abo na ba sogokuruzabaribona, bagamika amajosi ntibumva amategeko yawe,
17 banga kukumvira kandi ntibibuka ibitangaza wakoreye muri bo, ahubwo bagamika amajosi baragoma, bishakiraumutware ngo basubiremu buretwa bahozemo. Ariko wowe uri Imana yakereye kubabarira, igira imbabazi n'ibambe, itinda kurakara, ifite kugiraneza kwinshi, ntiwabataye.
18 Kandi nubwo biremeraga igishushanyo cy'inyana kiyagijwe bakavuga bati ‘Iyi ni yo Mana yawe yagukuyemuri Egiputa’bagakora ibirakaza bikabije,
19 ariko wowe ku bw'imbabazi zawe zitari zimwe ntiwabataye mu butayu, inkingi y'igicu yo kubayobora ku manywa ntiyabavaga imbere, cyangwa inkingi y'umuriroyo kubamurikira nijoro ikabereka inzira bakwiriye kunyuramo.
20 Kandi watanzeumwuka wawe mwiza wo kubigisha, ntiwabimye manu yawe yo kurya, bagize inyotaubahaamazi.
21 Nukoubatungira mu butayuimyaka mirongo ine ntibagira icyo bakena, imyambaro yabo ntiyasazaga n'ibirenge byabo ntibyabyimbaga.
22 “Wabagabiye ibihugu by'abami,ubahan'amahanga wabagabanije uko imiryango yabo yari iri. Uko ni ko bahindūye igihugu cya Sihoniumwami w'i Heshiboni, n'igihugu cya Ogiumwami w'i Bashani.
23 Kandi abana babo warabagwije bangana n'inyenyeri zo mu ijuru,ubashyira mu gihugu wabwiye ba sekuruzako bazakijyamo bakagihindūra.
24 Nuko abana babo bajya mu gihugu baragihindūra,uneshereza imbere yabo Abanyakanāni bari abaturagebo muri icyo gihugu, wabagabirije hamwe n'abami babo n'amahanga yo mu gihugu ngo babagire uko bashaka.
25 Batsinda imiduguduigoswe n'inkike n'igihugu cyera cyane, bihindūrira amazu yuzuyeibintu byiza byose, n'amariba yafukuweimusozi, n'inzabibu n'inzelayo n'ibiti byinshi byera imbuto. Nuko bararya barahaga barabyibuha, bishimira kugiraneza kwawe kwinshi.
26 “Nyamara banze kukumvira barakugomera, birenza amategeko yawe, bica abahanuzi bawe bari abahamya babo bo kubakugarurira, bakora ibirakaza bikabije.
27 Ni cyo cyatumagaubahāna mu maboko y'ababisha babo bakabababaza. Nuko iyo babonaga amakuba bakagutakira warabumvaga uri mu ijuru, kandi ku bw'imbabazi zawe nyinshi wabahaga abo kubakiza, bakabakura mu maboko y'ababisha babo.
28 Ariko iyo bamaraga kugiraihumurebarongeraga bagacumuraimbere yawe. Ni cyo cyatumagaubarekera mu maboko y'ababisha babo bakabatwara, ariko iyo bahindukiraga bakagutakambira wabumvaga uri mu ijuru,ukabakiza kenshi kuko imbabazi zawe ari ko zari ziri,
29 ukabaumuhamya wabo ngoubagarure mu mategeko yawe, ariko bakībona ntibumvire amategeko yawe, ahubwo bagacumuramu byo wategetse, kandi ari youmuntu yakora akabeshwaho na yo. Intugu zabozasunikaga zikadohoka, bakagamika amajosi bakanga kumva.
30 Ariko wabihanganiye imyaka myinshi,ubahamishaumwuka wawe wavugiraga mu bahanuzi bawe ariko banga gutegaamatwi. Ni cyo cyatumye ubahāna mu maboko y'amahanga yo mu gihugu.
31 Ariko ku bw'imbabazi zawe nyinshi ntiwabatsembaga rwose kandi ntiwabataga, kuko uri Imana y'imbabazi n'ibambe.
32 “Nuko rero Mana yacu, Mana nkuru ikomeye iteraubwoba, ikomeza gusohoza isezerano ikagira ibambe, ntukerense imiruho yose twagize n'abami bacu n'abatware bacu, n'abatambyi bacu n'abahanuzi bacu, na ba sogokuruzan'ubwoko bwawe bwose,uhereye ku ngoma z'abami ba Ashūriukageza ubu.
33 Ariko mu byatubagaho byose wowe warakiranukagakuko wakoraga ibitunganye, ariko twebwe tugakora ibibi.
34 Kandi n'abami bacu n'abatware bacu, n'abatambyi bacu na ba sogokuruzantibitondeye amategeko yawe, kandi ntibumvaga ibyo wategetse n'ibyo wabahamirije.
35 Bari mu bwami bwabo bakabona kugiraneza kwawe kwinshi, bakaba mu gihugu kigari cyera cyane wabihereye. Ntibagukoreraga kandi ntibarekaga imirimo yabo mibi.
36 None dore turi abaretwa, n'igihugu wahaye ba sogokuruzango batungwen'imbuto n'ibindi bintu byiza byo muri cyo, tugihatswemo.
37 Kandi icyo gihugu gihesha inyungu abami washyiriyeho kudutegeka tuziraibicumurobyacu, ndetse bafite n'ubutware ku mibiri yacu no ku matungo yacu uko bashaka, none dufiteumubabaro cyane.
1 “Ubwo bimeze bityo byose turasezerana isezerano ridakuka turyandike, abatware bacu n'Abalewi bacu n'abatambyi bacu barishyireho ikimenyetso.”
2 Abashyizeho ikimenyetso ni aba: Nehemiya Umutirushata mwene Hakaliya na Sedekiya,
3 na Seraya na Azariya na Yeremiya,
4 na Pashuri na Amariya na Malikiya,
5 na Hatushi na Shebaniya na Maluki,
6 na Harimu na Meremoti na Obadiya,
7 na Daniyeli na Ginetoni na Baruki,
8 na Meshulamuna Abiya na Miyamini,
9 na Māziya na Bilugayina Shemaya.
10 Abo bari abatambyi.
Abalewi ni aba: Yoshuwa mwene Azariya na Binuwi wo muri bene Henadadi na Kadimiyeli,
11 na bene wabo Shebaniya na Hodiya na Kelita, na Pelaya na Hanāni,
12 na Mika na Rehobu na Hashabiya,
13 na Zakuri na Sherebiya na Shebaniya,
14 na Hodiya na Bani na Beninu.
15 Abatware b'abantu ni aba: Paroshi na Pahatimowabu, na Elamu na Zatu na Bani,
16 na Buni na Azigadi na Bebayi,
17 na Adoniya na Bigivayi na Adini,
18 na Ateri na Hezekiya na Azuri,
19 na Hodiya na Hashumu na Besayi,
20 na Harifu na Anatoti na Nobayi,
21 na Magipiyashi na Meshulamuna Heziri,
22 na Meshezabēli na Sadoki na Yaduwa,
23 na Pelatiya na Hanāni na Anaya,
24 na Hoseya na Hananiya na Hashubu,
25 na Haloheshi na Piliha na Shobeka,
26 na Rehumu na Hashabuna na Māseya,
27 na Ahiya na Hanāni na Anani,
28 na Maluki na Harimu na Bāna.
29 “Abandi bantu bose, n'abatambyi n'Abalewi n'abakumirizi n'abaririmbyi n'Abanetinimu, n'abari bitandukanije mu mahanga yo mu bihugu bagatwarwa n'amategeko y'Imana, n'abagore babo n'abahungu babo n'abakobwa babo,umuntu weseujijutse akamenyaubwenge,
30 bafatanya n'imfura na bene wabo, bishingiraumuvumon'indahiro ko bazajya bagendera mu mategeko y'Imana yatanzwe na Moseumugaragu w'Imana, bakitondera gusohoza ibyo Uwiteka Umwami wacu yategetse byose, no guca imanza kwe n'amateka ye,
31 kandi yuko tutazashyingirana n'abanyamahanga bo muri icyo gihugu,
32 kandi yuko abanyamahanga bo mu gihugu nibazana ibintu cyangwa ibyokurya byose kuguraku munsi w'isabato, tutazagura na bo ku munsi w'isabato cyangwa ku munsi mukuru, kandi yukoumwaka wa karindwi tuzaraza igihugu ihinga, tukarorera no kwishyuzaumwenda wose.
33 “Kandi twishyiriraho amategeko yo gutanga kimwe cya gatatu cya shekeli ukoumwakautashye, byo gukoreshaumurimow'inzu y'Imana yacu,
34 n'iby'imitsima ihora iterekwa imbere y'Imana, n'iby'amaturo y'ifu idasiba guturwa, n'iby'ibitambo byoswa bidasiba gutambwa, n'iby'amasabato n'iby'imboneko z'amezi, n'iby'iminsi mikuru yategetswe, n'iby'ibintu byera n'iby'ibitambo byo gukurahoicyaha bihongererwa Abisirayeli, n'iby'imirimo yose yo mu nzu y'Imana yacu.
35 “Maze dufindira abatambyi n'Abalewi n'abantu, ngo tumenye uko bazajya batura amaturo y'inkwi, ngo bajye bazizana mu nzu y'Imana yacu uko amazu ya ba sekuruzayari ari, mu bihe byategetswe ukoumwakautashye. Izo nkwi ni izo gucanwa ku cyotero cy'Uwiteka Imana yacu nk'uko byanditswe mu mategeko.
36 “Twemera no kuzanamu nzu y'Uwitekaumuganura w'ubutakabwacu, n'umuganura w'imbuto zose ziribwa z'ibiti by'amoko yose ukoumwakautashye,
37 kandi no kuzanaimpfura z'abahungu bacu n'uburizabw'amatungo yacu nk'uko byanditswe mu mategeko,uburizabw'inka zacu n'ubw'intama zacu ngo tubuzanemu nzu y'Imana yacu, tubishyire abatambyi bakoraumurimow'ubutambyi mu nzu y'Imana yacu,
38 kandi tukajya tuzanaumuganura w'irobe ryacu n'amaturo yacu azunguzwa, n'imbuto ziribwa zo ku biti by'amoko yose na vino n'amavuta, tukabizanira abatambyi mu byumba byo mu nzu y'Imana yacu, tugahaAbalewi kimwe mu icumi cy'ibyeze mu butakabwacu, kuko Abalewi ari bo bahawe kimwe mu icumi cy'imyaka yo mu miduguduyose.
39 Kandiumutambyi mwene Aroni azajya aba hamwe n'Abalewi uko bazajya bahabwa kimwe mu icumi, kandi Abalewi na bo bazajya bazana kimwe mu icumi cya kimwe mu icumi babizane mu nzu y'Imana yacu, babishyire mu byumba by'inzu ibikwamo iby'ubutunzi.
40 Abisirayeli n'Abalewi bazajya bazana amaturo azunguzwa y'amasaka na vino n'amavuta, babishyire mu byumba birimo ibintu by'ubuturobwera, bafatanije n'abatambyi bakoraumurimow'ubutambyi n'abakumirizi n'abaririmbyi, kandi ntabwo tuzatainzu y'Imana yacu.”
1 Nuko abatware b'abantu baguma i Yerusalemu, kandi abandi bantu bafindaubufindo bwo gukuramoabantu, umwe umwe mu icumi ngo babatuze i Yerusalemuumurwa wera, n'abandi basigaye bose mu yindi midugudu.
2 Abantu bashima abagabo bose bitanze babikunze ngo bature i Yerusalemu.
3 Kandi aba ni bo batware b'igihugu babaga i Yerusalemu, ariko mu miduguduy'u Buyudaumuntu wese yabaga mu gikingi cye mu muduguduw'iwabo: Abisirayeli n'abatambyi n'Abalewi, n'Abanetinimu n'abuzukuruzab'abagaragu ba Salomo.
4 Muri Yerusalemu harimo bamwe bo mu Bayuda n'abo mu Babenyamini.
Muri bene Yuda ni Ataya mwene Uziya mwene Zekariya, mwene Amariya mwene Shefatiya mwene Mahalalēli wo muri bene Perēsi,
5 na Māseya mwene Baruki mwene Kolihoze mwene Hazaya, mwene Adaya mwene Yoyaribu mwene Zekariya w'i Shilo.
6 Bene Perēsi bari batuye i Yerusalemu bose bari abagabo b'intwari magana ane na mirongo itandatu n'umunani.
7 Kandi aba ni bo bene Benyamini: Salu mwene Meshulamumwene Yowedi mwene Pedaya mwene Kolaya, mwene Māseya mwene Itiyeli mwene Yeshaya,
8 akurikirwa na Gabayi na Salayi. Bose bari maganaurwenda na makumyabiri n'umunani.
9 Kandi Yoweli mwene Zikiri yariumukoresha wabo, na Yuda mwene Hasenuwa yari uwa kabiri mu batware b'umurwa.
10 Mu batambyi ni Yedaya mwene Yoyaribu na Yakini,
11 na Seraya mwene Hilukiyamwene Meshulamumwene Sadoki, mwene Merayoti mwene Ahitubuumutware w'inzu y'Imana,
12 na bene wabo bakoragaumurimowo mu nzu, bose bari magana abiri na makumyabiri na babiri. Na Adaya mwene Yerohamu mwene Pelatiya mwene Amusi, mwene Zekariya mwene Pashuri mwene Malikiya,
13 na bene wabo b'abatware b'amazu ya ba sekuruza, bose bari magana abiri na mirongo ine na babiri. Na Amashisayi mwene Azarēli mwene Ahazayi, mwene Meshilemoti mwene Imeri,
14 na bene wabo abagabo bakomeye b'intwari ijana na makumyabiri n'umunani, kandiumukoresha wabo yari Zabudiyeli mwene Hagedolimu.
15 Kandi abo mu Balewi ni Shemaya mwene Hasubu mwene Azirikamu mwene Hashabiya mwene Buni,
16 na Shabetayi na Yozabadi bo mu batware b'Abalewi, abakoreshaga imirimo y'inzu y'Imana yo hanze.
17 Na Mataniya mwene Mika mwene Zabudi mwene Asafu,uwariumutware watereraga abandi ishimwe iyo basengaga, na Bakibukiyauwariuwa kabiri muri bene se, na Abuda mwene Shamuwa mwene Galali mwene Yedutuni.
18 Nuko Abalewi bo mu murwa wera bose bari magana abiri na mirongo inani na bane.
19 Kandi abakumirizi Akubu na Talimoni na bene wabo barindaga amarembo bose, bari ijana na mirongo irindwi na babiri.
20 Abandi Bisirayeli bose, n'abandi batambyi n'Abalewi baturagamu miduguduy'u Buyudayose,umuntu wese muri gakondo ye.
21 Ariko Abanetinimu babaga Ofeli, kandi Siha na Gishipa ni bo bari abatware babo.
22 Umukoresha w'Abalewi i Yerusalemu yari Uzi mwene Bani mwene Hashabiya, mwene Mataniya mwene Mika wo muri bene Asafu b'abaririmbyi, bakoraga imirimo y'inzu y'Imana
23 kukoumwami yari yategetse ibyabo, akagerera abaririmbyi igerero ry'iminsi yose.
24 Kandi Petahiya mwene Meshezabēli wo muri bene Zera mwene Yuda, yari igisonga cy'umwami cyarangizaga iby'abantu bose.
25 Kandi mu birorero n'ibikingi byabyo, bamwe b'Abayuda baba i Kiriyataruba no mu miduguduyaho, n'i Diboni no mu miduguduyaho, n'i Yekabusēli no mu miduguduyaho,
26 n'i Yeshuwa n'i Molada n'i Betipeleti,
27 n'i Hasarishuwalin'i Bērisheba no mu miduguduyaho,
28 n'i Sikulagin'i Mekona no mu miduguduyaho,
29 na Enirimoni n'i Sora n'i Yaramuti,
30 n'i Zanowa na Adulamuno mu miduguduyaho, n'i Lakishi n'amasambu yaho, na Azeka no mu miduguduyaho. Uko ni ko batuyeuhereye i Bērishebaukageza mu gikombe cya Hinomu.
31 Ababenyamini na bo batura i Geba, bageza hirya yaho i Mikimashi na Ayiya n'i Beteli no mu miduguduyaho,
32 na Anatoti n'i Nobu na Ananiya,
33 n'i Hasori n'i Rama n'i Gitayimu,
34 n'i Hadidi n'i Seboyimu n'i Nebalati,
35 n'i Lodi na Ono habaumubande w'abakozi b'abahanga.
36 Kandi Abalewi bamwe bo mu bayuda bifatanya n'Ababenyamini.
1 Aba ni bo batambyi n'Abalewi bazamukanye na Zerubabeli mwene Sheyalutiyeli na Yeshuwa:
Seraya na Yeremiya na Ezira,
2 na Amariya na Maluki na Hatushi,
3 na Shekaniya na Rehumu na Meremoti,
4 na Ido na Ginetoni na Abiya,
5 na Miyamini na Mādiya na Biluga,
6 na Shemaya na Yoyaribu na Yedaya,
7 na Salu na Amoki na Hilukiyana Yedaya. Abo ni bo batware b'abatambyi na bene wabo bo mu gihe cya Yeshuwa.
8 Kandi Abalewi ni Yoshuwa na Binuwi na Kadimiyeli, na Sherebiya na Yuda na Mataniya. Uwo na bene se ni bo batereraga abantu ishimwe.
9 Na Bakibukiyana Uno bene wabo, barakuranwaga mu bihe.
10 Yeshuwa yabyaye Yoyakimu, Yoyakimu abyara Eliyashibu, Eliyashibu abyara Yoyada.
11 Yoyada abyara Yonatani, Yonatani abyara Yaduwa.
12 Abatambyi bo mu gihe cya Yoyakimu bari abatware b'amazu ya ba sekuruzani aba: uw'inzu ya Seraya ni Meraya, uw'inzu ya Yeremiya ni Hananiya,
13 uw'inzu ya Ezira ni Meshulamu, uw'inzu ya Amariya ni Yehohanani,
14 uw'inzu ya Maluki ni Yonatani, uw'inzu ya Shebaniya ni Yosefu,
15 uw'inzu ya Hiramu ni Adina, uw'inzu ya Merayoti ni Helikayi
16 uw'inzu ya Ido ni Zekariya, uw'inzu ya Ginetoni ni Meshulamu,
17 uw'inzu ya Abiya ni Zikiri, uw'inzu ya Miniyamini n'iya Mowadiya ni Pilitayi,
18 uw'inzu ya Biluga ni Shamuwa, uw'inzu ya Shemaya ni Yehonatani,
19 uw'inzu ya Yoyaribu ni Matenayi, uw'inzu ya Yedaya ni Uzi
20 uw'inzu ya Salayi ni Kalayi, uw'inzu ya Amoki ni Eberi,
21 uw'inzu ya Hilukiyani Hashabiya, uw'inzu ya Yedaya ni Netanēli.
22 Mu bihe bya Eliyashibu na Yoyada na Yohanani na Yaduwa, Abalewi n'abatambyi bari baranditswe ku ngoma ya Dariyo Umuperesi.
23 Bene Lewi abatware b'amazu ya ba sekuruzabari baranditswe mu gitabo cy'ibyo ku ngoma, kugezaigihe cya Yohanani mwene Eliyashibu.
24 Kandi abatware b'Abalewi Hashabiya na Sherebiya na, Yoshuwa mwene Kadimiyeli na bene wabo bateganye, bari barategetswe guhimbaza Imana no kuyishima, bakurikije itegeko rya Dawidiumuntu w'Imana bajya ibihe.
25 Mataniya na Bakibukiyana Obadiya, na Meshulamuna Talimoni na Akubu, bari abakumirizi barinda amazu y'ububikoyo ku marembo.
26 Aba ni bo bariho mu gihe cya Yoyakimu mwene Yeshuwa mwene Yosadaki, no mu gihe cya Nehemiya igisonga cy'umwami, na Eziraumutambyi akaba n'umwanditsi.
27 Ubwo bezaga inkike y'i Yerusalemu, bashatse Abalewi aho babaga hose ngo babazane i Yerusalemu, bareme ibirori byo kuyezabanezerewe, bashimisha indirimbo bafite n'ibyuma bivuga na nebelu n'inanga.
28 Kandi abahungu b'abaririmbyi baraterana bava mu bibaya bikikije i Yerusalemu no mu birorero by'Abanyanetofa,
29 n'i Betigilugalino mu masambu y'i Geba na Azimaveti, kuko abaririmbyi bari biyubakiye ibirorero impande zose z'i Yerusalemu.
30 Nuko abatambyi n'Abalewi bariyeza, maze beza abantu n'amarembo n'inkike.
31 Nuko nurizaabatware b'Abayuda ngo bajye hejuru y'inkike, mbaremamo imitwe ibiri minini yo kugenda muri gahunda bashima.
Umutwe umwe werekera iburyo ku nkike, bagana ku irembo rinyuzwamo imyanda.
32 Bakurikirana na Hoshaya n'igice cy'abatware b'Abayuda,
33 na Azariya na Ezira na Meshulamu,
34 na Yuda na Benyamini na Shemaya na Yeremiya,
35 n'abahungu b'abatambyi bamwe bafite amakondera: Zekariya mwene Yonatani mwene Shemaya mwene Mataniya, mwene Mikaya mwene Zakuri mwene Asafu,
36 na bene se Shemaya na Azarēli na Milalayi na Gilalayi, na Mayi na Netanēli na Yuda na Hanani bafite ibicurangwa bya Dawidiumuntu w'Imana, kandi Eziraumwanditsi yari abarangaje imbere.
37 Bageze ku irembo ry'isōko baboneza imbere yabo, bazamukiraku nzuririro zijya ku muduguduwa Dawidi aho inkike izamuka haruguruy'inzu ya Dawidi, bagera ku irembo ry'amazi iburasirazuba.
38 Undi mutwe w'abagenda bashīma bajya kubasanganira, nanjye nari mbakurikiye ndi kumwe n'igice cy'abantu, tugenda ku nkike haruguruy'umunaraw'itanura tugeraku nkike ngari.
39 Maze tunyura hejuru y'irembo rya Efurayimu no ku irembo rya kera, tunyura ku irembo ry'amafi no ku munarawa Hananēli no ku wa Hameya, tugeraku irembo ry'intama. Baherako bahagarara ku irembo ry'abakumirizi.
40 Maze imitwe yombi ihagarara mu nzu y'Imana irahayishimira, nanjye nari kumwe n'igice cy'abatware
41 n'abatambyi: Eliyakimu na Māseya na Miniyamini na Mikaya, na Eliyowenayi na Zekariya na Hananiya bafite amakondera,
42 na Māseya na Shemaya na Eleyazari na Uzi, na Yehohanani na Malikiya na Elamu na Ezeri. Abaririmbyi baririmba ijwi rirenga, Yezerahiya ari we mutware wabo.
43 Uwo munsi batamba ibitambo bikomeye baranezerwa kuko Imana yari ibateyeumunezero mwinshi, kandi abagabo n'abagore n'abana bato baranezerwa, bitumaumunezero wo muri Yerusalemu wumvikana kure.
44 Nuko uwo munsi batoranya abantu bo gutegeka ibyumba by'ububiko, byo kubikamo amaturo azunguzwa n'umuganura n'ibice bya kimwe mu icumi, kugirango bayateranirizemo amagerero y'abatambyi n'Abalewi yategetswe mu mategeko uko amasambu y'imiduguduyari ari, kuko Abayuda banejejwe n'uko abatambyi n'Abalewi bari ku mirimo yabo,
45 bagafata ibihe ku Mana yabo n'ibihe byo kwiyeza. Kandi abaririmbyi n'abakumirizi ni ko bagenzaga, bakurikije itegeko rya Dawidi n'iry'umuhungu we Salomo.
46 Kuko kera mu gihe cya Dawidi na Asafu habagahoumutware w'abaririmbyi, hakaba n'indirimbo zo guhimbaza Imana no kuyishima.
47 Kandi mu gihe cya Zerubabeli no mu cya Nehemiya, Abisirayeli batangaga igerero ry'abaririmbyi n'abakumirizi uko ryategekwaga iminsi yose. Nuko batambaga ibyo kweza Abalewi, n'Abalewi na bo batambaga ibyo kweza bene Aroni.
1 Uwo munsi basomera abantu mu gitabo cya Mose, basanga handitswemo yuko nta Mwamoni cyangwa Umumowabuuzajya mu iteraniro ry'Imana iteka ryose,
2 kuko batasanganije Abisirayeli imitsima n'amazi, ahubwo bakabaguririra kuri Balāmu ngo abavume, ariko Imana yacu ihinduraumuvumokubaumugisha.
3 Nuko bumvise amategeko, baherako barobanura mu Bisirayeli ikivange cy'abanyamahanga cyose.
4 Ariko ibyo bitaraba, Eliyashibuumutambyi washyiriweho gutegeka ibyumba byo mu nzu y'Imana yacu ubwo yari yuzuyena Tobiya,
5 yari yamutunganirije icyumba kinini aho kera babikaga amaturo y'amafu n'icyome, n'ibikoreshwa n'ibice bya kimwe mu icumi by'imyaka y'impeke na vino n'amavuta, ibyagererwaga Abalewi n'abaririmbyi n'abakumirizi ku bw'itegeko, hamwe n'amaturo azunguzwa aturirwa abatambyi.
6 Ariko muri iyo minsi yose sinari ndi i Yerusalemu, kuko mu mwaka wa mirongo itatu n'ibiri wo ku ngoma y'umwami w'i BabuloniAritazeruzi nari narasanzeumwami, maze hashize iminsi nsabaumwami yuko ansezerera.
7 Njya i Yerusalemu menya icyaha Eliyashibu yakoze, kuko yatunganirije Tobiya icyumba mu bikari by'inzu y'Imana,
8 birambabaza cyane. Ni cyo cyatumye ibintu bya Tobiya byose mbisahura mu nzu nkabijugunya hanze.
9 Mperako ntegeka yuko beza ibyumba, maze nsubizamo ibintu by'inzu y'Imana n'amaturo y'amafu n'icyome.
10 Kandi menya yuko Abalewi ntabwo bahawe amagerero yabo, bituma Abalewi n'abaririmbyi bakoraga imirimo bahunga,umuntu wese ajya imusozimu gikingi cy'iwabo.
11 Nuko ntonganya abatware nti “Ni iki cyatumye inzu y'Imana irekwa?”Mperako nteranyaAbalewi mbasubizaahabo.
12 Maze Abayuda bose bazana kimwe mu icumi cy'imyaka y'impeke na vino n'amavuta, babishyira mu bubiko.
13 Nshyira abarinzi ku bubikoari aba: Shelemiyaumutambyi na Sadokiumwanditsi na Pedaya wo mu Balewi, bakurikirwa na Hanāni mwene Zakuri mwene Mataniya, kuko batekerezwaga ko ari abizerwa. Umurimowabo wari uwo kugaburirabene wabo.
14 Mana yanjye, ujyeunyibuka ku bw'ibyo, kandi ntuzahanagure imirimo yanjye myiza nkoreye inzu y'Imana yanjye, n'ibihe bifatwa muri iyo.
15 Muri iyo minsi mbona i Buyudaabantu bengera mu mivure ku isabato, n'abandi bazana imiba bakayikoreza indogobe zabo, mbona na vino n'inzabibu n'imbuto z'imitini n'imitwaro y'uburyo bwose, bazanaga muri Yerusalemu ku isabato. Nabayeumugabowo kubashinja ku munsi baguriyeho ibyokurya.
16 Kandi hariho abagabo b'i Tiro bazanaga amafi n'ibintu by'uburyo bwose, bakagura n'Abayuda ku isabato muri Yerusalemu.
17 Nuko ntonganya impfura zo mu Bayuda ndababaza nti “Ni iki cyabateye gukoraicyaha gisa gityo mugasuzuguzaumunsi w'isabato?
18 Ese ba sogokuruzabanyu si uko babigenje, bigatuma Imana yacu ituzanaho ibi byago no kuri uyu murwa? None namwe mugiyekongerera Abisirayeliuburakari muziragusuzuguzaisabato.”
19 Nuko ku munsiubanziriza isabato bugorobye, ntegeka yuko inzugi z'amarembo y'i Yerusalemu zikingwa, kandi ko zidakingurwa kugezaaho isabato ishirira, maze nshyira bamwe mu bagaragu banjye ku marembo kugirango hatagiraumutwaro wose binjiza ku munsi w'isabato.
20 Maze abatunzi n'abagura ibintu by'uburyo bwose, barara inyuma y'i Yerusalemu rimwe cyangwa kabiri.
21 Mbabonye ndabahamya ndababaza nti “Ni iki gituma murarainyuma y'inkike? Nimwongera nzabafata.”Mazeuhereye uwo munsi ntibongera kugaruka ku isabato.
22 Mperako ntegeka Abalewi ngo biyeze babone kuza kurinda amarembo, bezeumunsi w'isabato.
Mana yanjye, n'ibi na byoubinyibukire,umbabarire uko imbabazi zawe nyinshi zingana.
23 Kandi muri iyo minsi mbona Abayuda bashatse abagore b'Abanyashidodikazi n'Abamonikazi n'Abamowabukazi.
24 Kandi abana babo bavugagaururimirwabo baruvanga n'urw'Abanyashidodi, ntibabashe kuvugaUruyudaahubwo bakavugaururimirw'ishyanga ribonetse ryose.
25 Maze ndabatonganya ndabavuma, ndetse bamwe muri bo ndabakubitambapfuraumusatsi mbarahiza Imana nti “Ntimugashyingirane na bo kandi namwe ntimukabarongoremo.
26 Mbese Salomoumwami w'Abisirayeli ntiyacumuragamuri bene ibyo? Nubwo mu mahanga yose nta mwami wahwanye na we, agakundwan'Imana ye ikamwimika ingoma y'Abisirayeli bose, ariko na we abagore b'abanyamahangakazi baramucumuje.
27 None namwe tubemerere se mukoreiki cyaha gikomeye ngo mucumureku Mana yacu, murongore abakobwa b'abanyamahanga?”
28 Ni cyo cyatumye nirukanaimbere yanjye umwe muri bene Yoyada mwene Eliyashibu Umutambyi mukuru, wari muramuwa Sanibalati Umuhoroni.
29 Mana yanjye, ujyeubibuka kuko bahumanijeubutambyi n'isezerano ry'abatambyi n'iry'Abalewi.
30 Uko ni ko nabatunganije mbakuramoabanyamahanga bose, ntegeka ibihe by'abatambyi n'iby'Abalewi ngoumuntu wese ajye ku murimowe,
31 ntegeka n'iby'amaturo y'inkwi mu bihe bitegetswe n'iby'umuganura.
Mana yanjye, ujyeunyibukaubinshimire.