1

1 Nuko Sawuli aratanga. Kandi Dawidi atabarutse avuye kwica Abamaleki, ageze i Sikulagiahasibira kabiri.

2 Ku munsi wa gatatu hazaumugabouvuyemu rugerero rwa Sawuli, ashishimuye imyenda ye, yisīzeumukungugu mu mutwe, ageze kuri Dawidi yikubitahasi aramuramya.

3 Dawidi aramubazaati “Uraturukahe?”
Aramusubizaati “Ncitse ku icumu mu rugerero rw'Abisirayeli.”

4 Dawidi aramubazaati “Byagenze bite? Ndakwinginze mbwira.”Aramusubizaati “Abantu bahunze ku rugamba, kandi benshi muri bo baguye mu ntambara barapfa. Sawuli na Yonataniumuhungu we na bo barapfuye.”

5 Dawidi abaza uwo muhungu wamubikiye ati “Ariko wabibwiwe n'iki ko Sawuli na Yonataniumuhungu we bapfuye?”

6 Uwo muhungu wamubikiraga aravuga ati “Narigenderaga ngeze ku musoziw'i Gilibowa, mbona Sawuli yishita ku icumu, kandi mbona amagare n'abahetswe n'amafarashi bamusatiriye.

7 Maze Sawuli akebutse inyuma arambona, arampamagara ndamwitaba nti ‘Karame.’

8 Arambaza ati ‘Uri nde?’Ndamusubizanti ‘Ndi Umwamaleki.’

9 Arambwira ati ‘Nyamuna igira hanounsonge, dore ndembejwe n'umubabaro, kuko nkiri muzima.’

10 Nuko ndamwegera, ndamusonga kuko nari menye neza ko atakiri uwo gukira, namara kugwa. Mperako mucuzaikamba ryari ku mutwe n'umuringa wari ku kuboko, none mbizaniye databuja.”

11 Dawidi afata imyenda ye arayishishimura, n'abari kumwe na we bose babigenza batyo.

12 Bacuraumuborogo bararira, biyirizaubusabageza nimugoroba, bababajwe na Sawuli n'umuhungu we Yonatani kandi n'abantu b'Uwiteka n'inzu ya Isirayeli, kuko bicishijwe inkota.

13 Dawidi abaza uwo muhungu wamubikiye ati “Uri uwa he?”
Ati “Ndiumwana w'Umwamaleki w'umunyamahanga.”

14 Dawidi aramubazaati “Ni iki cyatumyeudatinya,ugahangara kuramburiraukubokokwicaumuntu Uwiteka yimikishije amavuta?”

15 Dawidi ahamagara umwe wo mu basore ati “Mwegereumusumire.”Aramusogota arapfa.

16 Dawidi aramubwira ati “Amaraso yawe abe ari wowe aba ku mutwe, kuko akanwa kawe ari ko muhamya nk'ukouvuzengo ‘Nishe uwo Uwiteka yimikishije amavuta.’”

17 Nuko Dawidi aborogera Sawuli n'umuhungu we Yonatani uyu muborogo,

18 abategeka kwigisha Abayuda indirimbo y'umuheto, yanditswe mu gitabo cya Yashari.

19 “Icyubahiro cyawe, Isirayeli,
Cyiciwe mu mpinga z'imisozi!
Erega abanyambaraga baraguye!

20 Ntimuzabivuge muri Gati,
Ntimuzabyamamaze mu nzira z'Abashikeloni,
Abakobwa b'Abafilisitiya batanezerwa,
Abakobwa b'abatakebwe be kwishimagiza.

21 “Mwa misozi y'i Gilibowa mwe,
Kuri mwe ntihagatonde ikime, ntihakagwe imvura,
Ntihakabe imirima yera imyaka y'amaturo,
Kuko ari ho ingabo y'umunyambaraga yagwanyeumugayo,
Ni yo ngabo ya Sawuli, nk'iyoutimikishijwe amavuta.

22 Umuhetowa Yonatani ntiwasubiraga inyuma,
Ngo uve ku maraso y'abishwe,
No ku banyambaraga b'ibihangange,
Kandi inkota ya Sawuli ntiyavukaga.

23 “Sawuli na Yonatani bari beza,
Bafite igikundiro bakiriho,
Kandi mu ipfa ryabo ntibaguyeukubiri.
Bari abanyamuvumbuko kurusha ikizu,
Bari abanyamaboko kurusha intare.

24 “Bakobwa ba Isirayeli, nimuririre Sawuli,
Wabambikaga imyenda y'imihemba yo kurimbana,
Warimbishaga imyambaro yanyu izahabu.

25 “Erega abanyambaraga baguye mu ntambara hagati!
Yonatani yiciwe mu mpinga z'imisozi yawe.

26 “Unteye agahinda mwene data Yonatani,
Wambereye uw'igikundiro bihebuje.
Urukundo wankundaga rwari igitangaza,
Rwarutagaurukundo rw'abagore.

27 “Erega abanyambaraga baraguye,
N'intwaro zabo zirashize!”

2

1 Hanyuma y'ibyo Dawidi agisha Uwiteka inama ati “Mbese nzamuke njye mu muduguduumwe mu y'Abayuda?”
Uwiteka aramubwira ati “Zamuka.”
Dawidi ati “Njye he?”
Aramusubizaati “I Heburoni.”

2 Nuko Dawidi azamukanan'abagore be bombi, Ahinowamu w'i Yezerēli, na Abigayili wari muka Nabali Umunyakarumeli.

3 Kandi n'abantu bari kumwe na Dawidi bose arabazamukana,umuntu wese n'abo mu rugo rwe, batura mu miduguduy'i Heburoni.

4 BukeyeAbayuda baraza bamwimikishirizayo amavuta, kugirango abeumwami w'umuryango w'Abayuda.
Bukeyebabwira Dawidi bati “Ab'i Yabeshi y'i Galeyadi ni bo bahambye Sawuli.”

5 Nuko Dawidi atuma intumwa ku b'i Yabeshi y'i Galeyadi arababwira ati “Muragahirwa n'Uwiteka, kuko mwagiriye shobuja Sawuli imbabazi mutyo, mukamuhamba.

6 Nuko rero Uwiteka abagirire imbabazi n'umurava, nanjye nzabītura iyo neza, kuko mwagize mutyo.

7 Nuko none mugireamaboko mube intwari, kuko shobuja Sawuli yapfuye, kandi ab'umuryango w'Abayuda banyimikishije amavuta ngo mbeumwami wabo.”

8 BukeyeAbunerimwene Neri,umugabaw'ingabo za Sawuli, yari yarajyanye Ishibosheti mwene Sawuli, aramwambutsa amujyana i Mahanayimu.

9 Amwimikirayo ngo abeumwami w'i Galeyadi n'uw'Abashuri, n'uw'i Yezerēli n'uw'Abefurayimu, n'uw'Ababenyamini n'uw'Abisirayeli bose.

10 (Kandi Ishibosheti mwene Sawuli yari amaze imyaka mirongo ine ubwo yimaga muri Isirayeli, amara imyaka ibiri ari ku ngoma.)
Arikoumuryango wa Yuda wayobokaga Dawidi.

11 Kandi igihe Dawidi yamaze i Heburoniariumwami w'umuryango wa Yuda, ni imyaka irindwi n'amezi atandatu.

12 BukeyeAbunerimwene Neri n'abagaragu ba Ishibosheti mwene Sawuli barimuka, bava i Mahanayimu bajya i Gibeyoni.

13 Yowabu mwene Seruya na we n'abagaragu ba Dawidi barasohoka, bahurirana bo ku kidendezi cy'i Gibeyoni bicara hasi, bamwe hakurya y'icyo kidendezi, abandi hakuno yacyo.

14 Abuneriabwira Yowabu ati “Ndakwinginze, abasore bahagurukebatwiyerekere.”
Yowabu ati “Nibahaguruke.”

15 Nuko barahagurukabarababara, abo mu ruhande rw'Ababenyamini n'abagaragu ba Ishibosheti mwene Sawuli baba cumi na babiri, kandi abo mu ruhande rwa Dawidi na bo baba cumi na babiri, baherako barasakirana.

16 Umuntu wese asingiraumutwe wa mugenzi we, batikaguranainkota mu mbavu, bacurangukiraaho icyarimwe. Ni cyo cyatumye aho bahahimba Helikatihasurimu, hari i Gibeyoni.

17 Uwo munsi haba intambara ikomeye cyane, Abunerin'Abisirayeli baraneshwa, bahunga abagaragu ba Dawidi.

18 Kandi bene Seruya batatu bari bahari ni bo aba: Yowabu na Abishayi na Asaheli, kandi Asaheli uwo yari nyakayaga nk'isirabo yo mu gasozi.

19 Nuko Asaheli akurikira Abuneri, agenda adakebakeba iburyo cyangwa ibumosongo ateshuke Abuneri.

20 Abuneriakebutse inyuma aravuga ati “Asaheli we, mbega ni wowe?”
Na we aramusubizaati “Ni jye.”

21 Abuneriaramubwira ati “Gana iburyo aho cyangwa ibumoso,ufateumusoreumwambure intwaro ze.”Ariko Asaheli yanga kumuvirira.

22 Abuneriyongera kubwira Asaheli ati “Nyura hirya winkurikira. Mbese nagutsinda aha wabauzizeiki? Uretse ibyo, nakubitana amaso nte na Yowabu mwene so?”

23 Ariko yanga guteshuka. Ni cyo cyatumye Abuneriamutikuraumuhunda w'icumu rye ku nda rigahinguka inyuma. Asaheli yikubitahasi agwa aho. Abantu bageze aho Asaheli yaguye barahagungirira.

24 Ariko Yowabu na Abishayi bakurikira Abuneri, bageze ku musoziwa Amauteganye n'i Giya mu nzira ijya mu butayubw'i Gibeyoni, izuba ribarengeraho.

25 Nuko Ababenyamini bateranira kuri Abuneribabaumutwe umwe, bahagarara mu mpinga y'umusozi.

26 Abuneriahamagara Yowabu aravuga ati “Mbese inkota izahora ibaga iteka? Ntuzi ko amaherezo yabyo azabaumubabarousharira? Arikouzageza he kudategeka abantu ngo barekere aho gukurikirana bene wabo?”

27 Yowabu aramusubizaati “Ndahiye Imana ihoraho, iyabautavuze iryo jambo abantu bajyaga gukesha ijoro,umuntu wese agikurikiranye mwene se.”

28 Nuko Yowabu avuza ikondera abantu bose barahagarara, ntibakomeza gukurikirana Abisirayeli cyangwa kubarwanyaukundi.

29 Nuko Abunerin'ingabo ze bagenda ijoro ryose banyura muri Araba, bambuka Yorodani banyura i Bitironi yose, basohora i Mahanayimu.

30 Yowabu na we aragaruka arorera gukurikira Abuneri, amaze guteranya abantu bose, mu bagaragu ba Dawidi haburamoabantu cumi n'icyenda, na Asaheli.

31 Ariko abagaragu ba Dawidi bari banesheje Ababenyamini n'ingabo za Abuneri, kandi bishemo abantu magana atatu na mirongo itandatu.

32 Nuko baterura Asaheli bamuhamba mu mva ya se i Betelehemu. Yowabu n'ingabo ze baherako bagenda ijoro ryose, bucya bageze i Heburoni.

3

1 Nuko ab'inzu ya Sawuli n'ab'inzu ya Dawidi bamara igihe kirekire barwana, Dawidi akajya arushaho gukomera, ariko ab'inzu ya Sawuli barushaho gucogora.

2 Kandi Dawidi yabyariye i Heburoniabana b'abahungu: uw'imfura yitwaga Amunoniwa Ahinowamu w'i Yezerēli,

3 uw'ubuhetani Kileyaba wa Abigayili wari muka Nabali Umunyakarumeli, uwa gatatu ni Abusalomu wa Mākaumukobwa wa Talumayiumwami w'i Geshuri,

4 uwa kane ni Adoniyaumuhungu wa Hagiti, uwa gatanu ni Shefatiyaumuhungu wa Abitali,

5 uwa gatandatu ni Itureyamu wa Egila muka Dawidi. Abo ni bo Dawidi yabyariye i Heburoni.

6 Icyo gihe cy'intambara zo mu b'inzu ya Sawuli n'ab'iya Dawidi, Abuneriyihinduyeukomeye mu rugo rwa Sawuli.

7 Kandi Sawuli yari afite inshoreke yitwaga Risipaumukobwa wa Ayiya. BukeyeIshibosheti abwira Abuneriati “Ni iki cyatumyeutahaku nshoreke ya data?”

8 Nuko Abuneriarakazwa cyane n'amagambo Ishibosheti amubwiye, aramusubizaati “Mbese ndi igihanga cy'imbwa y'Abayuda? Ubu ngirira neza inzu ya so Sawuli na bene se n'incuti ze, singūhāne mu maboko ya Dawidi, ariko noneumpamije icyaha kuri uwo mugore?

9 Nintagirira Dawidi nk'uko Uwiteka yamurahiye, Imana ibimpore jyewe Abuneri, ndetse bikabije:

10 ni ko gukuraubwami ku nzu ya Sawuli ngashinga intebe y'ubwami bwa Dawidi, akaba ari weutegeka Abisirayeli n'Abayuda,uhereye i Daniukageza i Bērisheba.”

11 Nuko Ishibosheti abura ikindi asubizaAbunerikuko yamutinyaga.

12 BukeyeAbuneriatuma intumwa ze bwite kuri Dawidi ati “Nyir'iki gihugu ni nde? Dusezerane isezerano, kandi nzafatanya nawe kuguhindūrira Abisirayeli bose.”

13 Dawidi aramusubizaati “Ni byiza. Nuko nzasezerana nawe isezerano, ariko hariho kimwe nkwaka: ntabwouzarebana nanjye keretseubanje kuzanaMikali mwene Sawuli ubwouzazakundeba.”

14 Maze Dawidi atuma kuri Ishibosheti mwene Sawuli aramubwira ati “Mpaumugorewanjye Mikali nakoye ibinyita ijana by'Abafilisitiya.”

15 Nuko Ishibosheti aramutumira, amwakaumugabowe Palutiyeli mwene Layishi.

16 Mazeumugabowe aramuherekeza agenda arira inzira yose, amugezai Bahurimuamukurikiye. Agezeyo Abuneriaramubwira ati “Hoshi subirayo.”Nuko asubirayo.

17 BukeyeAbuneriajya inama n'abatware ba Isirayeli arababwira ati “Mu gihe cyashize mwashakaga Dawidi ko abaumwami wanyu,

18 none nimubirangize kuko Uwiteka yavuze ibya Dawidi ati ‘Umugaragu wanjye Dawidi ni we nzakirisha abantu banjye Isirayeli amaboko y'Abafilisitiya, n'ay'ababisha babo bose.’”

19 Kandi Abuneriabivugiramu matwi y'Ababenyamini. Bukeyearahagurukaajya i Heburoni, avugiramu matwi ya Dawidi ibyo Abisirayeli n'umuryango w'Ababenyamini bose bishimiye byose.

20 Nuko Abunerin'abamushagaye makumyabiri basanga Dawidi i Heburoni. Dawidi aremera Abunerin'abo bari kumwe ibirori.

21 Maze Abuneriabwira Dawidi ati “Nzahagurukangende nteranirize Abisirayeli bose ku mwami databuja, kugirango basezerane nawe isezerano,ubonegutegeka aboumutimawaweushaka bose.”Hanyuma Dawidi asezerera Abuneriagenda amahoro.

22 Kandi abagaragu ba Dawidi na Yowabu bari bagiye kunyaga, bukeyebatabarukanaiminyago myinshi. Ariko Abuneriyari atakiri kumwe na Dawidi i Heburoni, kuko yari yamusezereye akagenda amahoro.

23 Yowabu n'ingabo ze zose bari kumwe bagisesekara aho, babwira Yowabu bati “Abunerimwene Neri yaje i bwami, kandiumwami yamusezereye agenda amahoro.”

24 Nuko Yowabu ajya i bwami abazaumwami ati “Ibyo wakoze ni ibiki? Ariko Abuneriko yaje iwawe, ni iki cyatumyeumusezerera akagenda rwose?

25 Nawe ntuzi ko Abunerimwene Neri yazanywe no kukubeshya, no kugenzura ukoutabara n'ukoutabaruka, no kugenzura ibyoukorabyose?”

26 Nuko Yowabu ashengurutse kwa Dawidi acisha intumwa ruhinganyuma zikurikira Abuneri, bamugaruriraku iriba rya Sira ariko Dawidi atabizi.

27 Abuneriakigera i HeburoniYowabu amukuramu bandi, amujyana mu irembo hagati ngo avuganena we biherereye. Bahageze amutikura ku nda amutsinda aho, amuhōreye amaraso ya murumunawe Asaheli.

28 Hanyuma Dawidi abyumvise aravuga ati “Jye n'ubwami bwanjye ntituzagibwaho n'urubanza rw'amaraso ya Abunerimwene Neri, imbere y'Uwiteka iminsi yose.

29 Ahubwo ruzabekuri Yowabu no ku rugo rwa se rwose, kandi mu rugo rwa Yobabu ntihakabureuninda cyangwaumubembe, cyangwaugendera ku kibando cyangwauwicishwa inkota cyangwaumuhorote.”

30 Uko ni ko Yowabu na Abishayi mwene nyina bishe Abuneri, kuko yari yiciye mwene se Asaheli mu ntambara y'i Gibeyoni.

31 Dawidi aherako abwira Yowabu n'abari kumwe na we bose ati “Nimushishimure imyenda yanyu, mukenyere ibiguniramuriririre imbere ya Abuneri.”Nuko Umwami Dawidi akurikira ikiriba cye.

32 Maze Abuneribamuhamba i Heburoni,umwami ashyira hejuruumuborogo aririra ku gituro cya Abuneri, abantu bose bacika imiborogo.

33 Umwami aborogera Abuneriaravuga ati
“Mbese Abuneriyari akwiriye gupfa nk'igicucu?

34 Amaboko yawe ataboshywe,
Kandi ibirenge byawe bitaboheshejwe iminyururu,
Nk'ukoumuntu agwa imbere y'abanyabyaha,
Ni kouguye.”
Nuko abantu bongera kumuririra.

35 Hanyuma abantu bose baza guhataDawidi ngo afungure hakiri kare, ariko Dawidi ararahira aravuga ati “Nindya ku mutsima cyangwa ikindi cyose ntarageza ko izuba rirenga, Imana ibimpore ndetse bikabije.”

36 Abantu bose babyitegereje barabyishimira, ndetse ibyoumwami yakoraga byose ni ko byanezezaga abantu bose.

37 Nuko uwo munsi abantu bose n'Abisirayeli bose, bamenya ko bitaturutse ku mwami kwica Abunerimwene Neri.

38 Umwami abwira abagaragu be ati “Aho muzi ko ubu mu Bisirayeli hapfuye igikomangoma cyariumugaboukomeye?

39 Kandi nanjye naho ndiumwami wimikishijwe amavuta, ariko ubu ndiumunebwe. Kandi abo bagabo bene Seruya ni ibigaganyare, barananira. Uwiteka yiture inkozi y'ibibi ibihwanye no gukiranirwa kwayo.”

4

1 BukeyeIshibosheti mwene Sawuli yumvise ko Abuneriyaguye i Heburoniaracogora, Abisirayeli bose bahagarikaumutima.

2 Kandi Ishibosheti uwo mwene Sawuli yari afite abatware b'ingabo babiri: umwe yitwaga Bāna, undi yitwaga Rekabu, bene Rimoni w'i Bēroti wo mu muryango wa Benyamini. (Kuko i Bēroti habarwaga ku Babenyamini,

3 kandi ab'i Bēroti bari barahungiye i Gitayimu, basuhukirayo na bugingo n'ubu.)

4 Kandi Yonatani mwene Sawuli yari afiteumwana waremaye amaguru. Ubwo imbitsi yavaga i Yezerēli kubikaSawuli na Yonatani, uwo mwana yari amaze imyaka itanu avutse, mazeumureziwe aramubatura arahunga. Akimwirukankana ahunga, aramunyihuka yikubitahasi, aherako aramugara. Izina ry'uwo mwana yitwaga Mefibosheti.

5 Bukeyebene Rimoni w'i Bēroti, Rekabu na Bāna, baraza basohora kwa Ishibosheti ku manywa y'ihangu, basanga arambaraye.

6 Binjira mu nzu ye nk'abashaka kudahaingano, nuko bamutikura inkota ku nda. Rekabu na Bāna mwene se baherako barahunga.

7 (Uko ni ko bamwishe, binjiye mu nzu ye basanga arambaraye ku gisasiro hakinzeurusika, baramutikura baramwica, bamuca igihanga barakijyana, bagenda ijoro ryose mu nzira ijya muri Araba.)

8 Maze icyo gihanga cya Ishibosheti bagishyira Dawidi i Heburonibabwiraumwami bati “Ngiki igihanga cya Ishibosheti mwene Sawuliumwanzi wawe, wagenzagaubugingo bwawe. Ubu Uwiteka ahōreye inzigoumwami databuja kuri Sawuli n'urubyaro rwe.”

9 Dawidi asubizaRekabu na mwene se Bāna, bene Rimoni w'i Bēroti arababwira ati “Ndahiye Uwiteka Uhoraho wacunguyeubugingo bwanjye mu byago byose:

10 kera harihoumuntu waje arambwira ati ‘Sawuli yapfuye’, yibwiraga ko anzaniye inkuru nziza, mperako ndamufatamwicira i Sikulagi. Ibyo ni byo bihembo namuhembeye inkuru ze.

11 None se nk'abantu babi biciyeumukiranutsi mu nzu ye ku gisasiro, sinarushaho cyane kubahōra amaraso ye, nkabakura mu isi?”

12 Maze Dawidi ategeka abasore be barabica, babaca ibikonjo n'ibirenge, babamanika iruhande rw'iriba ry'i Heburoni. Kandi igihanga cya Ishibosheti barakijyana, bagihamba mu gituro cya Abunerii Heburoni.

5

1 Bukeyeimiryango ya Isirayeli yose isanga Dawidi i Heburoni, baravuga bati “Dore turi amagufwa yawe n'umubiriwawe.

2 Kandi mu bihe bya kera ubwo Sawuli yariumwami wacu, ni wowe watabazaga Abisirayeliukabatabarura. Kandi Uwiteka yarakubwiye ati ‘Ni woweuzagiraubwoko bwanjye bwa Isirayeli’, kandi ati ‘Uzabaumugabawabo.’”

3 Nuko abakuru ba Isirayeli bose basangaumwami i Heburoni. Umwami Dawidi asezeranira na bo isezerano imbere y'Uwiteka i Heburoni, bamwimikisha amavuta ngo abeumwami wa Isirayeli.

4 Kandi Dawidi yimye amaze imyaka mirongo itatu avutse, amara imyaka mirongo ine ari ku ngoma.

5 Yamaze imyaka irindwi n'amezi atandatu i Heburoni, ategeka Abayuda, kandi i Yerusalemu amarayo imyaka mirongo itatu n'itatu ategeka Abisirayeli bose n'Abayuda.

6 Hanyumaumwami ahagurukanan'ingabo ze bajya i Yerusalemu, batera Abayebusi b'abaturageb'aho. Bari baracyocyoye Dawidi bati “Nutamaraho impumyi n'ibirema ntuzatugeramo”, kuko bibwiraga ko Dawidi atabasha kuhagera.

7 Ariko Dawidi ahindūra igihome gikomeye cya Siyoni, habaururembo rwa Dawidi bwite.

8 Uko ni ko byagenze. Uwo munsi Dawidi aravuga ati “Umuntu weseuzanesha Abayebusi, azajugunye mu rusumoibyo birema n'impumyiumutimawa Dawidi wanga.”Ni cyo cyatumye bavuga ngo “Nta mpumyi cyangwa ikirema bizinjira mu nzu.”

9 Nuko Dawidi aba muri icyo gihome, acyitaururembo rwa Dawidi. Yubakaimpande zose,uhereye inyuma ya Miloukageza imbere y'aho.

10 Dawidi akajya arushaho gukomera, kuko Uwiteka Imana Nyiringabo yari kumwe na we.

11 BukeyeHiramuumwami w'i Tiro yohereza intumwa kuri Dawidi, n'ibiti by'imyerezi n'ababaji n'abubatsi b'amabuye, bubakira Dawidi inzu.

12 Dawidi amenyeraho ko Uwiteka yamukomeje ngo abeumwami wa Isirayeli, kandi ko ashyizeubwami bwe hejuru ku bw'ubwoko bwe bwa Isirayeli.

13 Dawidi amaze kwimuka i Heburoniakajya i Yerusalemu, akomeza kuzanaizindi nshoreke n'abandi bagore, kandi yongera kubyara abana b'abahungu n'ab'abakobwa.

14 Aya ni yo mazina y'abo yabyariye i Yerusalemu: Shamuwa na Shobabu, na Natani na Salomo,

15 na Ibuharina Elishuwa, na Nefegi na Yafiya,

16 na Elishama na Eliyada na Elifeleti.

17 BukeyeAbafilisitiya bumvise ko Dawidi yimikishijwe amavuta kubaumwami wa Isirayeli, Abafilisitiya bose barazamuka bajya gushaka Dawidi. Dawidi abyumvise, aramanuka ajya mu bihome.

18 Abafilisitiya bari baje badendeza mu kibaya cy'Abarafa.

19 Maze Dawidi agisha Uwiteka inama ati “Nzamuke ntere Abafilisitiya? Urabatangaubangabize?”
Uwiteka asubizaDawidi ati “Zamuka kuko ntari buburekukugabiza Abafilisitiya.”

20 Nuko Dawidi ajya i Bāliperasimu, abatsindayo aravuga ati “Uwiteka yahomboreye abanzi banjye imbere yanjye nk'uko amazi ahomboka.”Ni cyo cyatumye ahimba aho hantu Bāliperasimu.

21 Maze bahibagirirwa ibishushanyo byabo bisengwa, Dawidi n'abantu be barabijyana.

22 BukeyeAbafilisitiya bongera kuzamuka ubwa kabiri, badendeza mu kibaya cy'Abarafa.

23 Na bwo Dawidi agisha Uwiteka inama, aramusubizaati “Nturi buzamuke ahubwoubaceikubo,ubarasukireho ahateganye n'ishyamba ry'imitugunguru.

24 Nuko niwumva ikiriri cy'ingabo gihindira hejuru y'imitugunguru,uherekouhutireho kuko ubwo Uwiteka ari bube akugiyeimbere, gutsinda ingabo z'Abafilisitiya.”

25 Nuko Dawidi abigenza atyo nk'uko Uwiteka amutegetse, atsinda Abafilisitiyauhereye i Gebaukageza i Gezeri.

6

1 BukeyeDawidi yongera guteranya ingabo zose zatoranijwe muri Isirayeli, abantu inzovu eshatu.

2 Dawidi ahagurukanan'abo bantu bose bari kumwe na we, bava i Bāliyuda, bajya kwenda isanduku y'Imana yitirirwa rya Zina, ari ryo zina ry'Uwiteka Nyiringabo wicara ku Bakerubi.

3 Nuko bakura isanduku y'Imana kwa Abinadabu ku musozibayitereka ku igare rishya, maze Uza na Ahiyo bene Abinadabu bacunga iryo gare rishya.

4 Nuko barikura mu rugo rwa Abinadabu rwo ku musoziririho isanduku y'Imana, Ahiyo ayigiye imbere.

5 Dawidi n'umuryango wa Isirayeli wose biyerekera imbere y'Uwiteka, bacurangisha ibintu by'imiberoshi by'uburyo bwose, n'inanga na nebelu n'amashako, n'ibinyugurin'ibyuma bivuga.

6 Bageze mu mbuga ihurirwamo ya Nakoni, Uza aramburaukubokokuramira isanduku y'Imana kuko inka zari zitsikiye.

7 Mazeuburakari bw'Uwiteka bukongerezwa Uza. Uwiteka amutsindaho amuhoyeicyo cyaha cye, agwa aho ngaho iruhande rw'isanduku y'Imana.

8 Dawidi ababazwa n'uko Uwiteka asumiyeUza. Ni ko guhimba aho hantu Peresuza na bugingo n'ubu.

9 Uwo munsi Dawidi atinya Uwiteka. Nuko aribwira ati “Isanduku y'Uwiteka yaza iwanjye ite?”

10 Dawidi yanga gukurayoisanduku y'Uwiteka, ngo ayicyure iwe mu rurembo rwa Dawidi ahubwo ayinyuza hirya ayicyura mu nzu ya Obededomu w'Umunyagati.

11 Imara mu nzu ya Obededomu w'Umunyagati amezi atatu, kandi Uwiteka ahaumugisha Obededomu n'abo mu rugo rwe bose.

12 Bukeyebabwira Umwami Dawidi bati “Uwiteka yahayeumugisha Obededomu n'urugorwe n'ibyo afite byose, ku bw'isanduku y'Imana.”Dawidi aherako arahagurukaajya gukuraisanduku y'Imana kwa Obededomu, ayicyura mu rurembo rwa Dawidi yishīma.

13 Nuko byagenze bitya: abahetse isanduku y'Uwiteka batambutse intambwe esheshatu, ahatambira impfizi n'ikimasa cy'umushishe.

14 Maze Dawidi yiyerekera imbere y'Uwiteka aca ikibungo, kandi yari yambaye efodi y'igitare.

15 Dawidi n'umuryango wa Isirayeli wose bazamura isanduku y'Uwiteka, biyamirira bavuza amakondera.

16 Bacyinjiza isanduku y'Uwiteka mu rurembo rwa Dawidi, Mikali mwene Sawuli arungurukiramu idirishya, abona Umwami Dawidi ataraka ahamiririza imbere y'Uwiteka, amugayira mu mutima.

17 Nuko binjiza isanduku y'Uwiteka, bayishyira ku gitereko cyayo hagati mu ihema Dawidi yari yarayibambiye. Dawidi aherako atambira imbere y'Uwiteka ibitambo byoswa, n'iby'ishimwe yuko bari amahoro.

18 Dawidi amaze gutamba igitambo cyoswa, n'ibitambo by'ishimwe yuko bari amahoro, asabira abantuumugisha mu izina ry'Uwiteka Nyiringabo.

19 Maze agaburiraabantu bose b'umutwe wose wa Isirayeli, abagabo n'abagore,umuntu wese amuha irobe ry'umutsima n'umugabane w'inyama, n'umubumbe w'inzabibu zumye. Hanyuma abantu bose barataha,umuntu wese ajya iwe.

20 Dawidi na we asubiraiwe gusabira ab'iweumugisha. Maze Mikali mwene Sawuli arasohoka gusanganira Dawidi, aramubwira ati “Ariko uyu munsi koumwami wa Isirayeli yariumupfasoni:ubonye ngo yibeyurireimbere y'abaja b'abagaragu be, nk'umuntuutagiraumumaro, iyo yibeyura adafite isoni!”

21 Dawidi asubizaMikali ati “Nabikoreye imbere y'Uwiteka wantoranije, akandutisha so n'urubyaro rwe rwose, akangiraumutware w'ubwoko bw'Uwiteka ari bwo Isirayeli. Ni cyo gituma nzajya niyereka imbere y'Uwiteka.

22 Kandi ku bwanjye nzarushaho kwigira insuzugurwa no kwicisha bugufi, ariko abo bajauvuzebazanyubaha.”

23 Nuko Mikali mwene Sawuli aba ingumba, arinda apfa.

7

1 Nukoumwami aba mu rugo rwe, kandi Uwiteka amuha ihumureku babisha be bamugosebose.

2 Bukeyeumwami abwiraumuhanuzi Natani ati “Dore ubu mba mu nzu yubakishijwe imyerezi, ariko isanduku y'Imana iba mu ihema.”

3 Natani asubizaumwami ati “Gendaukoreukoumutimawaweukubwira kose, kuko Uwiteka ari kumwe nawe.”

4 Iryo joro ijambo ry'Uwiteka ribonekera Natani riti

5 “Gendaubwireumugaragu wanjye Dawidi uti ‘Uko ni ko Uwiteka avuze ngo: Mbese ahouzanyubakira inzu yo kubamo?

6 Uhereye igihe nakuriyeAbisirayeli muri Egiputa, ntabwo nigeze kuba mu nzu kugezaubu, ahubwo nagenderaga mu ihema nk'ubuturo.

7 Mbese ahantu hose nakagendanye n'Abisirayeli bose, hari ubwo navuganye n'umucamanza wese wa Isirayeli, uwo nategetse kuragiraubwoko bwanjye bwa Isirayeli nti: Ni iki cyababujijekunyubakira inzu yubakishijwe imyerezi?’

8 “Nukoumugaragu wanjye Dawidiumubwire utya uti ‘Uko ni ko Uwiteka Nyiringabo avuze ati: Nagukuyemu rugo rw'intama mu bwungeri bwazo, ngo ubeumutware w'ubwoko bwanjye bwa Isirayeli.

9 Kandi nabanaga nawe aho wajyaga hose, nkarimburiraabanzi bawe imbere yawe, kandi nzaguha izina rikomeye nk'amazina y'abakomeye bo mu isi.

10 Kandi nzatoranirizaubwoko bwanjye bwa Isirayeli ahantu, mpabashinge bahature, habe ahabo bwite batazimukaukundi. Kandi abanyabyaha ntibazongera kubaburabuza nk'ubwa mbere,

11 ubwo nategekaga abacamanza gutwaraubwoko bwanjye bwa Isirayeli, kandi nzaguha ihumureku banzi bawe bose. Ndetse Uwiteka arakubwiye ngo azakuremamoumuryango.

12 Kandi iminsi yawe nigeraugasinzirana na ba sogokuruzabawe, nzimikaumwana wawe wibyariye akuzungure, kandi nzakomezaubwami bwe.

13 Nuko uwo ni weuzubakira izina ryanjye inzu, kandi nzakomeza intebe y'ubwami bwe iteka ryose.

14 Nzamuberase na we azambereumwana: nacumuranzamuhanisha inkoni z'abantu, n'ibyago by'amoko y'abantu,

15 kandi imbabazi zanjye ntizizamwomorokaho nk'uko zomorotse kuri Sawuli nagukuyeimbere.

16 Inzu yawe n'ubwami bwawe bizahoraho bidakuka iminsi yose kandi intebe y'ubwami bwawe izakomera iteka ryose.’”

17 Nuko ayo magambo yose n'uko kwerekwa kose, Natani abirondorera Dawidi.

18 Umwami Dawidi aherako arinjira, yicara imbere y'Uwiteka aravuga ati “Nkanjye ndi nde Nyagasani Mana, kandi inzu yanjye ni iki, nkanjye koundindaukarindaungeza aha?

19 Ariko ibyo kuri wowe ntibikomeye, Nyagasani Mana. Noneuvuzeno ku by'inzu y'umugaragu wawe uko bizamera igihe kirekire kigiye kuza, na byo bibaye nk'itegeko mu bantu, Nyagasani Mana.

20 Kandi se, Dawidi yakubwira kindi ki, ko uziumugaragu wawe Nyagasani Mana.

21 Ku bw'ijambo ryawe wakoze ibyo byose bikomeye nk'ukoumutimawawe wibwiye, kugirangoubimenyesheumugaragu wawe.

22 Ni cyoubereyeukomeye, Uwiteka Mana, kuko nta wuhwanye nawe, kandi nta yindi mana iriho keretse wowe, nk'ibyo twumvishije amatwi yacu byose.

23 Ni irihe shyanga riri mu isi rihwanye n'ubwoko bwawe bwa Isirayeli? Imana yahagurukijwe no kuricungurirakubaubwoko bwayo kugirango yibonere izina, igakora ibikomeye kandi biteyeubwoba ku bwabo no ku bw'igihugu cyawe imbere y'abantu bawe wacunguye, ukabīvanira muri Egiputa,ukabakiza amahanga n'imana zayo?

24 Kandi wikomerejeubwoko bwawe bwa Isirayeli kugirango bubeubwawe iteka ryose, kandi nawe Uwitekaubabere Imana yabo.

25 “Nuko none Uwiteka Mana, ijambouvuzeku mugaragu wawe no ku nzu yeurikomeze iminsi yose, kandiuzasohoze ibyouvuze.

26 Maze izina ryawe rihimbazwe iteka ryose, bavuge bati ‘Uwiteka Nyiringabo ni we Mana ya Isirayeli’, kandi inzu y'umugaragu wawe Dawidi izakomezwe imbere yawe.

27 Kuko Uwiteka Nyiringabo Mana ya Isirayeli,uhishuriyeumugaragu waweukavuga ngouzamwubakira inzu, ni cyo gitumyeumugaragu wawe nubahuka mu mutimawanjye kugusenga iri sengesho.

28 “None Nyagasani Mana, ni wowe Mana, n'amagambo yawe ni ay'ukuri, kandiusezeranijeumugaragu wawe iryo jambo ryiza.

29 Nuko none emera guhaumugisha inzu y'umugaragu wawe, irame imbere yawe iminsi yose, kuko ari woweubivuze Nyagasani Mana, kandiumugishautanga ujye ubaumugisha inzu y'umugaragu wawe ihabwa iteka ryose.”

8

1 Hanyuma y'ibyo Dawidi anesha Abafilisitiya arabacogoza, anyagaurufunguzo rw'umuduguduw'umurwa, arukuramu maboko y'Abafilisitiya.

2 Bukeyeanesha Abamowabu, maze abarambika hasi mu mirongo abagereshaumugozi, inkubwe ebyiri zari iz'abo kwicwa, kandi iya gatatu yose yari iy'abo kurokorwa. Nuko Abamowabu bahinduka abagaragu ba Dawidi, bamuzanira amakoro.

3 BukeyeDawidi anesha Hadadezeri mwene Rehobuumwami w'i Soba, ubwoHadadezeri yajyaga kugomoreraubwami bwe kuri rwa ruzi.

4 Dawidi amutumurahoingabo ze z'abagendera ku mafarashi igihumbi na magana arindwi, n'abagabo bigenza inzovu ebyiri. Maze Dawidi atemagura ibitsi by'amafarashi akururaamagare, ariko asigaza amafarashi yakwira amagare ijana.

5 BukeyeAbasiriya b'i Damasiko baje batabaye Hadadezeriumwami w'i Soba, Dawidi abicamo abantu inzovu ebyiri n'ibihumbi bibiri.

6 Maze Dawidi ashyiraho ibihome by'abarinzi b'igihugu cy'i Siriya gitwarwa n'i Damasiko, nuko Abasiriya bahinduka abagaragu ba Dawidi bamuzanira amakoro. Uwiteka yajyaga aneshesha Dawidi aho yajyaga hose.

7 Kandi Dawidi yacujijeabagaragu ba Hadadezeri ingabo z'izahabu, azijyana i Yerusalemu.

8 Kandi Umwami Dawidi akura iminyago y'imiringa myinshi cyane mu miduguduya Hadadezeri, i Beta n'i Berotayi.

9 BukeyeToyiumwami w'i Hamati yumvise ko Dawidi yatsinze ingabo za Hadadezeri zose,

10 atumaumuhungu we Yoramu ku Mwami Dawidi kumuramutsa no kumushimira ko yarwanye na Hadadezeri akamunesha, kuko Hadadezeri yajyaga arwanya Toyi. Maze Yoramu azana ibintu by'ifeza n'iby'izahabu n'iby'imiringa.

11 Na byo Umwami Dawidi abyereza Uwiteka hamwe n'ifeza n'izahabu yari yejeje, abikuye mu mahanga yose yanesheje:

12 iby'i Siriya n'iby'i Mowabu, n'iby'Abamoni n'iby'Abafilisitiya, n'iby'Abamaleki n'ibyo ku munyago banyaze Hadadezeri mwene Rehobuumwami w'i Soba.

13 Dawidi yibonera izina, ubwo yatabarukagakuneshereza Abasiriya mu kibaya cy'umunyu. Yari yishe abantu inzovu imwe n'ibihumbi munani.

14 Nuko ashyiraho ibihome by'abarinzi b'igihugu cya Edomu, abikwiza muri Edomu hose. Abanyedomu bose bahinduka abagaragu ba Dawidi, kandi Uwiteka yajyaga aneshesha Dawidi aho yajyaga hose.

15 Nuko Dawidi ategeka Isirayeli yose, acira abantu bose imanza zitabera.

16 Kandi Yowabu mwene Seruya ni we wariumugabaw'ingabo ze, na Yehoshafati mwene Ahiludi ni we wariumucurabwenge.

17 Kandi Sadoki mwene Ahitubu na Ahimeleki mwene Abiyatari ni bo bari abatambyi, kandi Seraya ni we wariumwanditsi.

18 Kandi Benaya mwene Yehoyada ni we watwaraga Abakereti n'Abapeleti, kandi bene Dawidi bari abatware b'intebe.

9

1 BukeyeDawidi arabaza ati “Mbese hariuwasigaye wo mu muryango wa Sawuli, ngo mugirire neza ku bwa Yonatani?”

2 Kandi mu nzu ya Sawuli harihoumugaragu we witwaga Siba, baramuhamagara ngo yitabe Dawidi. Umwami aramubazaati “Mbese ni wowe Siba?”
Na we ati “Ni jyeumugaragu wawe.”

3 Umwami aramubazaati “Harya nta wukiriho wo mu nzu ya Sawuli ngo mugirire imbabazi z'Imana?”
Siba asubizaumwami ati “Haracyarihoumwana wa Yonataniumugayeibirenge.”

4 Umwami aramubazaati “Aba he?”
Siba asubizaumwami ati “Aba mu rugo rwa Makiri mwene Amiyeli i Lodebari.”

5 Umwami aramutumira, amukuramu rugo rwa Makiri mwene Amiyeli i Lodebari.

6 Nuko Mefibosheti mwene Yonatani mwene Sawuli yitaba Dawidi, ageze imbere ye agwa yubamye aramuramya. Maze Dawidi aravuga ati “Mefibosheti.”
Aritaba ati “Karameumugaragu wawe ndi hano.”

7 Dawidi aramubwira ati “Humurakuko ntazabura kukugirira neza ku bwa so Yonatani, kandi nzagusubizaimisozi yose y'inyarurembo ya sogokuru Sawuli, kandiuzajyauriraku meza yanjye iminsi yose.”

8 Nuko aramuramya aravuga ati “Umugaragu wawe ndi iki kounyitaho, kandi ndi intumbi y'imbwa?”

9 Umwami aherako ahamagara Sibaumugaragu wa Sawuli aramubwira ati “Ibyari ibya Sawuli byose n'iby'abo mu nzu ye bose, mbigabiye mwene shobuja.

10 Kandi wowe n'abahungu bawe n'abagaragu bawe muzajye mumuhingira imirima ye,usarure imyaka kugirango mwene shobuja abone ibimutunga. Ariko Mefibosheti mwene shobuja azajya arira ku meza yanjye iteka.”Kandi Siba yari afite abahungu cumi na batanu n'abagaragu makumyabiri.

11 Maze Siba abwiraumwami ati “Ibyoumwami databuja yategetseumugaragu we byose, ni koumugaragu wawe nzabigenza.”
Nuko Mefibosheti akajya arira ku meza y'umwami nk'umwana w'umwami wese.

12 Kandi Mefibosheti yari afiteumwana w'umuhungu muto witwa Mika, n'abo mu rugo rwa Siba bose bari abagaragu ba Mefibosheti.

13 Nuko Mefibosheti aguma i Yerusalemu kuko yajyaga arira ku meza y'umwami iteka, kandi yacumbagiraga ibirenge byombi.

10

1 Hanyuma y'ibyoumwami w'Abamoni aratanga, mazeumuhungu we Hanuni yima ingoma ye.

2 Dawidi abyumvise aravuga ati “Nzagirira neza Hanuni mwene Nahashi, nk'uko se yangiriye neza.”Nuko Dawidi yohereza abagaragu kumumaraumubabaro wa se.
Bukeyeabagaragu ba Dawidi bajya mu gihugu cy'Abamoni.

3 Ariko abatware b'Abamoni babwiraumwami wabo Hanuni bati “Mbese ye,ugirango Dawidi yubashye so byatuma akoherereza abo kukumaraumubabaro? Ntuzi ko Dawidi yakoherereje abagaragu be kwitegerezaumuduguduno kuwutata, ngo azaboneuburyo bwo kuzawurimbura?”

4 Nuko Hanuni afata abo bagaragu ba Dawidi abaharaturahoigice cy'ubwanwa, akeba imyenda yabo hagati ku kibuno, aherako arabohereza.

5 Babibwiye Dawidi yohereza abo kubasanganira, kuko bari bakozwe n'isoni cyane. Umwami abatumahoati “Nimugumei Yeriko kugezaaho muzamarira kumeraubwanwa, muzabone kuza.”

6 Abamoni babonye ko bazinuye Dawidi batuma ku Basiriya b'i Betirehobu n'ab'i Soba, barabagurirango babahe ingabo zigenza inzovu ebyiri. Umwami w'i Māka na we azane abantu igihumbi, kandi n'ab'i Tobu inzovu imwe n'ibihumbi bibiri.

7 Dawidi abyumvise agaba Yowabu n'ingabo z'intwari zose.

8 BukeyeAbamoni barasohoka biremera inteko ku karubanda ku irembo, kandi Abasiriya b'i Soba n'ab'i Rehobu, n'abantu b'i Tobu n'aba Māka bariukwabo ku gasozi.

9 Maze Yowabu abonye ko ingamba zimuremeye imbere n'inyuma, atoranya abantu b'intore ba Isirayeli bose, abarema inteko bahangana n'Abasiriya.

10 Abandi bantu bose abaha murumunawe Abishayi ngo abeumugabawabo, abarema inteko bahangana n'Abamoni.

11 Aravuga ati “Abasiriya nibaramuka bandushije amaboko uze kumvuna, kandi nawe Abamoni nibaramuka bakurushije amaboko nanjye ndi bukuvune.

12 Nuko komera turwane kigabo, turwanireubwoko bwacu n'imiduguduy'Imana yacu. Kandi Uwiteka abigenze uko ashaka.”

13 Yowabu n'abo bari kumwe begera Abasiriya ngo barwane maze baramuhunga.

14 Abamoni babonye Abasiriya bahunze na bo bahunga Abishayi, biroha mu mudugudu. Yowabu aherako areka Abamoni asubirai Yerusalemu.

15 BukeyeAbasiriya babonye ko baneshejwe n'Abisirayeli, bateranya ingabo zabo.

16 Maze Hadarezeri atumiraAbasiriya bo hakurya y'uruzi, baza i Helamu bazanye na Shobakiumugabaw'ingabo za Hadarezeri, ari we mugabawabo.

17 Dawidi abimenye na we ateranya Abisirayeli bose, bambuka Yorodani bajya i Helamu. Maze Abasiriya birema inteko bahangana na Dawidi, barwana na we.

18 Abasiriya bahunga Abisirayeli, Dawidi yica mu Basiriya abantu barwaniraga ku magareumubarewayo yari magana arindwi, n'abagendera ku mafarashi inzovu enye kandi basogota Shobakiumugabaw'ingabo zabo, bamutsinda aho.

19 Nuko abami bose batwarwaga na Hadarezeri, babonye ko baneshejwe n'Abisirayeli barabayoboka barabakorera. Nuko Abasiriya batinya kongera kuvunaAbamoniukundi.

11

1 Nukoumwakautashye mu gihe abami batabariraga, Dawidi atuma Yowabu n'abagaragu be n'Abisirayeli bose, barimbura Abamoni kandi bagota n'i Raba. Ariko Dawidi we yisigariye i Yerusalemu.

2 Bukeyenimugoroba Dawidi yibambuye ku gisasiro cye, aza agendagenda hejuru y'inzu y'umwami. Maze ahagaze hejuru aho abonaumugorewiyuhagira, yariumugoremwiza w'ikibengukiro.

3 Dawidi amubonye atuma kubaririza uwo mugoreuwo ari we. Mazeumuntu aramubwira ati “Si Batisheba mwene Eliyamuumugorewa Uriya w'Umuheti?”

4 Nuko Dawidi yohereza intumwa ziramuzanaaza iwe, bararyamana (kuko yari yitunganije akize imyanda), maze asubiraiwe.

5 Bukeyearasama, atuma kuri Dawidi ati “Ndatwite.”

6 Hanyuma Dawidi atuma kuri Yowabu ati “Nyoherereza Uriya w'Umuheti.”Nuko Yowabu yohereza Uriya kuri Dawidi.

7 Uriya ageze kwa Dawidi, Dawidi amubazauko Yowabu n'ingabo bameze, amubazan'amakuru yo mu ntambara.

8 Maze Dawidi aramubwira ati “Manuka ujye iwawe woge ibirenge.”Nuko Uriya ava ibwami, maze bamukurikiza igaburo rivuye ku mwami.

9 Ariko Uriya yiraranira n'abagaragu ba shebuja bose barāririye ku muryango wa kambere y'ibwami, ntiyamanuka ngo ajye iwe.

10 Babwiye Dawidi ko Uriya atagiye iwe, Dawidi ni ko kubazaUriya ati “Mbese ntuvuyeku rugendo? Ni iki cyakubujijekujya iwawe?”

11 Uriya asubizaDawidi ati “Isandukuy'Imana n'Abisirayeli n'Abayuda barara mu ngando, kandi databuja Yowabu n'abagaragu ba databuja bagerereje ku gasozi, naho jye nigire iwanjye, njye kurya no kunywa, niryamanire n'umugorewanjye? Oya ndahiyeubugingo bwawe ukouramye, sinakora bene ibyo.”

12 Dawidi abwira Uriya ati “Sibira hano uyu munsi, ejo nzabone kugusezerera.”Nuko Uriya asibira i Yerusalemu uwo munsi na bukeye.

13 Dawidi aramuhamagara, ararya aranywa amuri imbere, aramusindisha, maze nijoro arasohoka ajya kwiryamira ku buriribwe hamwe n'abagaragu ba shebuja, ntiyarushyaatarabukiraiwe.

14 Bukeyebwaho mu gitondo Dawidi yandikira Yowabuurwandiko, ararumwoherereza aruhayeUriya.

15 Yandika muri urwo rwandiko atya ati “Mushyire Uriya imbere ahourugamba rukomeye cyane, maze mumuhāne, bamutereapfe.”

16 Nuko Yowabu amaze kwitegerezaumudugudu, ashyira Uriya aho yari azi ko intwari ziri.

17 Maze beneumudugudubarasohoka barwana na Yowabu. Nuko mu bagaragu ba Dawidi hapfamo bamwe, kandi na Uriya w'Umuhetina we arapfa.

18 Yowabu yohereza intumwa kubwira Dawidi amacumu,

19 yihanangiriza iyo ntumwa ati “Numarakubariraumwami amacumu,

20 umwami akarakara akakubazaati ‘Ni iki cyatumye mugomba kwegeraumudugudumutyo murwana? Mbese ntimwari muzi ko babasha kubarasa bahagaze ku nkike?’

21 Akongera kukubwira ati ‘Harya ni nde wishe Abimeleki mwene Yerubasheti? Siumugorewamuteyeingasire yihagarariye ku nkike, akamutsinda i Tebesa? Ni iki cyatumye mwegera inkike mutyo?’Nukouzamusubizeuti ‘Erega n'umugaragu wawe Uriya w'Umuhetina we yarapfuye.’”

22 Nuko intumwa iragenda, igeze kuri Dawidi imusobanuriraibyo Yowabu yamutumye byose.

23 Ibwira Dawidi iti “Abantu baho baradutwaje, baduhubukanye aho twari turi ku gasozi, dusakirana na bo turinda tugeramu muharuro w'irembo ryabo.

24 Nuko abarashi bari bahagaze ku nkike barasa abagaragu bawe, none abagaragu b'umwami bamwe barapfuye, kandi n'umugaragu wawe Uriya w'Umuhetina we yarapfuye.”

25 Maze Dawidi abwira iyo ntumwa ati “Uzabwire Yowabu utya uti ‘Ibyo ntibikubabaze, kuko inkota yicaumuntu irindiriye undi. Urusheho gukomezaurugamba,urwane n'umuduguduuwutsinde.’Kandi naweumurindishe.”

26 Bukeyemuka Uriya yumvise koumugabowe yapfuye, aramwiraburira.

27 Nuko hanyuma yo kumwerera, Dawidi aramutumiraamushyira iwe, amugiraumugorewe. Bukeyebabyaranaumwana w'umuhungu, ariko icyo Dawidi yakoze icyo cyarakaje Uwiteka.

12

1 BukeyeUwiteka atuma Natani kuri Dawidi, ageze iwe aramubwira ati “Habayeho abantu babiri mu muduguduumwe, umwe yariumutunzi, undi yariumukene.

2 Kandi uwo mutunzi yari afite amashyo y'inka n'intama nyinshi cyane.

3 Ariko uwo mukenewe nta cyo yari afite keretse akāgazi k'intama yari yaguze akakarera, kagakuranan'abana be bo mu rugo, kakarya ku twokurya twe, kakanywera ku nkongoro ye kandi karyamaga mu gituza cye, kaba nk'umukobwa we.

4 Bukeyehazaumugenzi kwa wa mutunzi,umubiniuwenda mu nka ze cyangwa mu ntama ze ngo azimanire uwo mushyitsi wamugendereye, ahubwo ajya kwenda wa mwagazi w'intama wa wa mukene, awuzimaniraumushyitsi we.”

5 Maze Dawidi aherako arakarira uwo mugabocyane. Ni ko kubwira Natani ati “Ndahiye Uwitekauhoraho,umuntu wakoze bene ibyo akwiriye gupfa.

6 Kandi azariheumwana w'intama kane, kuko yakoze ibimeze bityo kandi kuko atagira impuhwe.”

7 Nuko Natani abwira Dawidi ati “Erega uwo mugaboni wowe! Uku ni ko Uwiteka Imana ya Isirayeli ivuze itya iti ‘Nakwimikishije amavuta ngo ubeumwami wa Isirayeli, ngukizaamaboko ya Sawuli

8 nguha inzu ya shobuja, nguha n'abagore be baragusegura, kandi nkugabiraumuryango wa Isirayeli n'uwa Yuda. Kandi iyo biba byarabaye bike, mba narakongereyeho ibindi.

9 Ni iki cyatumyeusuzuguraijambo ry'Uwiteka,ugahangara gukoraibyangwa na we: wicishije Uriya w'Umuhetiinkota kandiugacyuraumugorewe,umugirauwawe, kandi Uriyaumwicisha inkota y'Abamoni.

10 Nuko rero inkota ntabwo izava mu rugo rwawe iteka ryose, kuko wansuzuguyeugacyuraumugorewa Uriya w'Umuheti,ukamugirauwawe.’

11 Nuko Uwiteka avuze atya ati ‘Umva nzaguhagurukiriza ibyago bivuye mu rugo rwawe, kandi nzatwara abagore baweurebambaheumuturanyi wawe, aryamanire na bo ku itangaze ry'izuba.

12 Wowe wabikoreye mu rwihisho, ariko jye nzabikorera imbere y'Abisirayeli bose ku mugaragaro izuba riva.’”

13 Nuko Dawidi abwira Natani ati “Nacumuyeku Uwiteka.”
Natani abwira Dawidi ati “Nuko rero Uwiteka yagukuyehoicyaha cyawe, nturi bupfe.

14 Ariko kuko wahaye abanzi b'Uwitekaurwitwazo runinirwo kumutukaku bw'icyo wakoze icyo,umwanauzavuka ntazabura gupfa.”

15 Natani aherako asubiraiwe.
Hanyuma Uwiteka ateraumwana muka Uriya yabyaranye na Dawidi, araremba cyane.

16 Ni cyo cyatumye Dawidi yingingira uwo mwana ku Mana, yiyirizaubusayihina mu nzu, acuraumurambo hasi burinda bucya.

17 Abantu bakuru bo mu rugo rwe babibonye barahaguruka, bamuhagarara iruhande ngo bamubyutse ave hasi, aranga kandi yanga no gusangira na bo.

18 Maze ku munsi wa karindwiumwana arapfa. Abagaragu ba Dawidi batinya kumubwira koumwana yapfuye, kuko bibwiye bati “Mbese ubwo twavuganaga na weumwana akiri muzimantatwumve, biracura iki nitumubwira koumwana apfuye? Ntari burusheho kwiyica nabi?”

19 Maze Dawidi abonye ko abagaragu be bongorerana, amenyera aho koumwana apfuye. Abaza abagaragu be ati “Mbeseumwana arapfuye?”
Baramusubizabati “Arapfuye.”

20 Nuko Dawidi arabyuka ariyuhagira arihezura, yambara indi myambaro, aherako ajya mu nzu y'Uwiteka arasenga, avayo ajya mu nzu ye. Nuko aho ashakiye bamuzanira ibyokurya, ararya.

21 Maze abagaragu be baramubazabati “Ibyougizeibyo ni ibiki? Wiyirijeubusauririraumwana akiri muzima, ariko noneumwana amaze gupfaurahagurukaujya kurya.”

22 Arabasubizaati “Umwana akiri muzimaniyirijeubusandira kuko nibwiraga nti ‘Nta wubizi, ahari Uwiteka yangirira imbabazi agakiza uwo mwana.’

23 Ariko none amaze gupfa, ndiyiririza ikiubusa? Mbese nabasha kumugarura? Nzajya aho ari ariko we ntabwo azagaruka aho ndi.”

24 Maze Dawidi ahumurizaumugorewe Batisheba, ataha iwe bararyamana. Bukeyebabyaranaumwana w'umuhungu amwita Salomo, Uwiteka aramukunda

25 atumaumuhanuzi Natani amumwitira Yedidiya, ku bw'Uwiteka.

26 BukeyeYowabu atera i Raba y'Abamoni, atsindaururembo rwabo.

27 Aherako atuma intumwa kuri Dawidi atya ati “Narwanye n'ab'i Raba, kandi nahindūyeumuduguduw'amazi.

28 None teranya abantu basigaye aho, uzeugerereze imbere y'umuduguduuwutere,uwuhindūre ne kuba ari jyeuwuhindūra, bakawunyitirira.”

29 Nuko Dawidi ateranya ingabo zose arahagurukaatera i Raba, arwana n'abaho arahahindūra.

30 Yamburaumwami wabo ikamba ku mutwe, kuremēra kwaryo kwari italanto y'izahabu, kandi muri ryo harimo amabuye y'igiciro cyinshi. Nuko baritegesha Dawidi ku mutwe, maze muri uwo muduguduanyagayo iminyago myinshi cyane.

31 Akuramoabantu baho abakereza inkero n'ibyuma biharura n'intorezo z'ibyuma, kandi abanyuza mu itanura ry'amatafari. Uko ni ko yagenzaga imiduguduyose y'Abamoni. Nuko Dawidi n'ingabo ze zose basubirai Yerusalemu.

13

1 Kandi Abusalomu mwene Dawidi yari afite mushiki we mwiza witwaga Tamari. BukeyeAmunonimwene Dawidi aramubenguka.

2 Amunoniahagarikaumutimaku bwa mushiki we Tamari bituma arwara, kuko yariumwari kandi abona ko bimukomereye kugiraicyo yamukoraho.

3 Amunoniyari afite incuti ye yitwaga Yonadabu mwene Shimeya mukuruwa Dawidi, kandi Yonadabu uwo yariumugabow'ingurumbanya cyane.

4 Aramubazaati “Wa mwana w'umwami we, ni iki gihora kikunanura uko bukeye? Ntiwabimbwira?”
Amunoniaramusubizaati “Umva nabengutse Tamari mushiki wa mwene data Abusalomu.”

5 Yonadabu aramubwira ati “Iryamire ku buriribwawe wirwaze, maze so naza kukurebaumubwire uti ‘Ndakwinginze, reka mushiki wanjye Tamari aze ampe icyo ndya, antekere ibyokurya hano imbere yanjye kugirango mbirebe, mbirīre mu ntoki ze.’”

6 Nuko Amunoniararyama arirwaza.
Mazeumwami aje kumureba, Amunoniaramubwira ati “Ndakwinginze, mushiki wanjye Tamari naze antekereudutsima tubiriimbere yanjye, nturīre mu ntoki ze.”

7 Nuko Dawidi atuma mu rugo kuri Tamari ati “Ubu ngubu jya kwa musazawawe Amunoni,umutekere ibyokurya.”

8 Nuko Tamari ajya kwa musazawe Amunoniasanga araryamye, yendaurwanga arubumbiramoudutsima imbere ye, aratwotsa.

9 Asingiraurukraangiro ayimushyira imbere yanga kurya, maze Amunoniaravuga ati “Abagabo bose nibīheze.”Umugabowese arīheza.

10 Nuko Amunoniabwira Tamari ati “Nzanira ibyokurya ku murerendīre mu ntoki zawe.”Nuko Tamari yenda utwo dutsima ahishije, adushyira musazawe Amunoniku murere.

11 Ayimuhereje ngo arye aramufata, aramubwira ati “Ngwino turyamane, mwene data.”

12 Na we aramusubizaati “Oya mwene data, winkoza isoni kuko bene ibyo bidakwiriye gukorwa muri Isirayeli, we gukoraiby'ubupfu nk'ibi.

13 Mbese nkanjye izo soni nazicana he? Kandi nawe wabaubayeigicucu muri Isirayeli. None ndakwinginze,ubivuganen'umwami kuko atazakunyima.”

14 Ariko yanga kumwumvira. Maze kuko yamurushije amaboko, aramuhataaryamana na we.

15 Maze hanyuma Amunoniamwangaurunukarutagira akagero,urwango yamwanze rwaruseubwinshiurukundo yari amukunze. Amunoniaramubwira ati “Hagurukaugende.”

16 Na we aramusubizaati “Reka kuko iki cyahaukoraunyirukanagikomeye kurutaicyo wankoreye.”
Ariko yanga kumwumva.

17 Maze ahamagaraumunyagikari we aramubwira ati “Sohora uyu mukobwa amvire mu nzu, mazeumukingiranire hanze.”

18 Kandi yari yambayeumwambaro w'amabara menshi, kuko ari ko abakobwa b'umwami b'abari bajyaga bambara. Nukoumugaragu we aramusohora, aramukingirana.

19 Maze Tamari yiyorera ivu mu mutwe, ashishimuraumwambaro we w'amabara menshi yari yambaye, yikoreraukuboko, agenda ariraumugenda aboroga.

20 Musazawe Abusalomu amubonye aramubazaati “Mbega wahuye na musazawawe Amunoni? Nuko ihorere mwene mama, ni musazawawe we gushengurwaumutiman'ibyo.”Nuko Tamari aguma kwa musazawe Abusalomu nk'umwage.

21 Maze Umwami Dawidi yumvise ibyo byose ararakara cyane.

22 Kandi Abusalomu ntiyaba akivuganana Amunoniibibi cyangwa ibyiza, kuko Abusalomu yari yanze Amunoni, ubwo yakojeje isoni mushiki we Tamari.

23 Hashize imyaka ibiri, Abusalomu ashaka abo gukemuraubwoya bw'intama ze i Bālihasori, hateganye n'i Bwefurayimu: Abusalomu ararika abana b'umwami bose.

24 Bukeyeajya ibwami abwiraumwami ati “Ubuumugaragu wawe mbonye abo gukemuraubwoya bw'intama zanjye. Ndakwinginze, nyagasani, jyana n'umugaragu wawe hamwe n'abagaragu bawe.”

25 Umwami abwira Abusalomu ati “Oya mwana wanjye, nta kitujyana twese tutakurushya.”Abusalomu aramuhataariko yanga kugenda, ahubwo amusabiraumugisha.

26 Abusalomu aramubwira ati “Nuko rero nutaza, ndakwinginze ohereza mukuruwanjye Amunoni, abe ari we tujyana.”
Umwami aramusubizaati “Ni iki gitumaushaka ko mujyana?”

27 Ariko Abusalomu aramuhata, kugirango yemerere Amunonin'abandi bana b'umwami bose ngo bajyane na we.

28 Bagezeyo Abusalomu ategeka abagaragu be ati “Mwitegereze, nimubonavino inejejeumutimawa Amunoninkababwira nti ‘Nimutikure Amunoni’, nuko mumwice ntimutinye. Mbese si jyeubategetse? Nimukomere mube intwari.”

29 Nuko abagaragu ba Abusalomu bagenza Amunonink'uko Abusalomu yabategetse. Maze abana b'umwami bose baherako barahaguruka,umuntu wese yinaguriraku nyumbu ye barahunga.

30 Bakiri mu nzira, imbitsi ibikira Dawidi iti “Abusalomu yishe abana b'umwami bose, ntihasigaye n'umwe muri bo.”

31 Mazeumwami arabaduka ashishimura imyambaro ye, acuraumurambo hasi, n'abagaragu be bose bamuhagarara iruhande, bashishimura imyambaro yabo.

32 Ariko Yonadabu mwene Shimeya, mukuruwa Dawidi aravuga ati “Nyagasani, ntugirengo bishe abana b'umwami bose, ahubwo hapfuye Amunoniwenyine. Icyakora byategetswe na Abusalomu, kuko yabigambiriyeuhereyeumunsi Amunoniyakoreje isoni mushiki we Tamari.

33 Nuko none Mwami Nyagasani, iryo jambo rye kugukuraumutimawibwira ko abana b'umwami bose bapfuye, ahubwo hapfuye Amunoniwenyine.”

34 Nuko Abusalomu arahunga.
Mazeumuhungu wariurinze atereye amaso, abona abantu benshi badutse baturutse mu nzira yo mu ibanga ry'umusoziinyuma.

35 Yonadabu abwiraumwami ati “Ngabo abana b'umwami barasohoye, nk'ukoumugaragu wawe mvuze ni ko bibaye.”

36 Amaze kuvugaatyo, uwo mwanya abana b'umwami basesekara aho. Bakihagera batera hejuru bararira, kandi n'umwami n'abagaragu be bose bararira cyane.

37 Abusalomu we arahunga, ajya kwa Talumayimwene Amihuriumwami w'i Geshuri. Nuko Dawidi akajya aririraumwana we uko bukeye.

38 Abusalomu ahungira i Geshuri amarayo imyaka itatu.

39 Hanyuma Umwami Dawidi agirira Abusalomuurukumbuzi rwo kujya kumusura, kuko yari amaze gushiraumubabaro wa Amunoniko yapfuye.

14

1 BukeyeYowabu mwene Seruya amenya koumwami akumbuye Abusalomu.

2 Yowabu aherako atuma intumwa i Tekowa, avanayoumugorew'umunyabwenge aramubwira ati “Ndakwinginze ihindure nk'uwirabuye, wambareumwambaro w'ubwirabure kandi we kwihezura, ahubwo use n'umugoreumazeigihe kirekire wiraburiyeba nyakwigendera.

3 Maze ujye ibwami, uku abe ari koubwiraumwami.”Yowabu aherako amubwira ibyo ari buvuge.

4 Nuko uwo mugorew'i Tekowa agitangira kuvuganan'umwami yikubitahasi yubamye, aramuramya aravuga ati “Ntabara nyagasani.”

5 Umwami aramubazaati “Ubaye ute?”
Aramusubizaati “Ndiumupfakazi rwose,umugabowanjye yarapfuye.

6 Kandiumujawawe nari mfite abana b'abahungu babiri, bukeyebombi bajya ku gasozi barwanirayo, kandi nta wariuhariwo kubakiza. Nuko umwe asogota undi, aramwica.

7 None sinakubwira,umuryango woseuhagurukiyeumujawawe kandi bariho baravuga ngo, nintange gatozi bamuhōra mwene se yishe. Nguko uko bagiye kurimburaumuragwa na we, uko ni ko bashaka kuzimya ikara nsigaranye, ngo badasigiraumugabowanjye izina cyangwaumwuzukuruku isi.”

8 Umwami abwira uwo mugoreati “Hoshi subiraiwawe, ndi butegeke ibyawe.”

9 Uwo mugorew'i Tekowa abwiraumwami ati “Mwami nyagasani, icyaha kibe kuri jye no ku nzu ya data,umwami ye kugibwaho n'urubanza, ndetse n'ingoma ye.”

10 Umwami aravuga ati “Nihagiraukubwira ijambo ryoseumunzanire, ntazagusubirahoukundi.”

11 Umugoreaherako aramubwira ati “Ndakwinginze nyagasani, ibuka Uwiteka Imana yawe kugirango umuhōzi atazongera kurimburaukundi, bakicaumuhungu nsigaranye.”
Umwami aramusubizaati “Ndahiye Uwitekauhoraho, nta gasatsi na kamwe k'umuhungu wawe kazagwa hasi.”

12 Uwo mugorearavuga ati “Ndakwinginze,umujawawe ngire icyo mbwiraumwami databuja.”
Ati “Ngaho mbwira.”

13 Umugorearavuga ati “Ni iki cyatumyeurunduriraiyo nama ku bantu b'Imana? Kukoumwami niba avuze iryo jambo asa n'utsinzwe n'urubanza, kukoumwami atagaruyeumuntu we yirukanye.

14 Twese tuzapfa duse n'amazi amenetse hasi, atakiyorwaukundi. Kandi Imana na youbwayo ntihutiraho gukurahoubugingo, ahubwo ishakauburyo kugirangouwirukanywe atabauciwena yo.

15 Nuko none nzanywe no kukubwira iryo jambo, kandi igitumye nza mbitewe n'uko abantu banteyeubwoba,umujawawe ni ko kugiranti ‘Ngiye kwivuganira n'umwami, ahariumwami yakwemera gukoraicyoumujawe amusabye.

16 Umwami ari bwumvireumujawe, amukizeuwo mugabowashatse kundimburanan'umwana wanjye, kugirango atuvanemuri gakondo y'Imana.’

17 Nukoumujawawe ndavuga nti ‘Ndakwinginze, ijamboumwami databuja ari buvugeribe iryo kumpumuriza, kuko Mwami nyagasani,umezenka marayika w'Imana guhitamo ibibi n'ibyiza. Nuko Uwiteka Imana yawe igumanenawe.’”

18 Mazeumwami asubizauwo mugoreati “Ndakwinginze, ntumpishe ijambo ryose nkubaza.”
Umugorearamusubizaati “Umwami databuja narivuge.”

19 Umwami aramubazaati “Mbeseufatanije na Yowabu muri ibyo byose?”
Umugorearamusubizaati “Ndahiyeubugingo bwawe Mwami nyagasani, ntawabasha gukebereza iburyo cyangwa ibumoso, kugirango ave ku ijambo ryoseumwami databuja avuze. Kokoumugaragu wawe Yowabu ni we wategetseumujawawe, kandi ni we wambwiye ayo magambo yose,

20 kugirango bihindukeukundi. Ni cyo cyatumyeumugaragu wawe Yowabu agenza atyo. Kandi databuja niumunyabwenge bumezenk'ubwa marayika w'Imana, akamenya ibiri mu isi byose.”

21 Hanyumaumwami abwira Yowabu ati “Umva ye, ayo magambo ndayarangije. Nuko gendaugarure uwo muhungu Abusalomu.”

22 Yowabu yikubitahasi yubamye imbere y'umwami aramuramya, aramushima. Yowabu aravuga ati “Ubuumugaragu wawe menye ko ngutonnyeho Mwami nyagasani, kuko wakoreyeumugaragu wawe icyo ngusabye.”

23 Yowabu aherako arahagurukaajya i Geshuri, azana Abusalomu i Yerusalemu.

24 Mazeumwami aravuga ati “Nasubiremu rugo rwe, ariko ntazanca iryera.”Nuko Abusalomu asubiramu rugo rwe, ntiyabonana n'umwami.

25 Kandi mu Bisirayeli bose, ntawashimwaga nka Abusalomu ku bw'ubwiza bwe,uhereye mu bworo bw'ikirengeukageza mu gihorihori nta nenge yamubonekagaho.

26 Ukoumwakautashye yikemuzagaumusatsi kuko wamuremereraga, ni cyo cyatumagaawukemuza. Kandi iyo yawukemuzagayarawugeraga,ukabashekeli magana abiriukurikijeurugerorw'umwami.

27 Kandi Abusalomu abyara abana b'abahungu batatu n'umukobwa witwaga Tamari, yariumukobwa w'uburanga.

28 Nuko Abusalomu amara imyaka ibiri i Yerusalemu, adaca iryeraumwami.

29 BukeyeAbusalomu atumiraYowabu ngo amutumeku mwami, yanga kumwitaba. Yongera kumutumiraubwa kabiri na bwo yanga kumwitaba.

30 Ni cyo cyatumye abwira abagaragu be ati “Umva,umurimawa Yowabuuhereranye n'uwanjye kandi afitemo sayiri, nimugende muzitwike.”Nuko abagaragu ba Abusalomu baragenda barazikongeza.

31 Yowabu arahagurukaajya kwa Abusalomu aramubazaati “Ni iki cyatumye abagaragu bawe bantwikiraumurima?”

32 Abusalomu asubizaYowabu ati “Ni uko nagutumiyengo wende hano ngutumeku mwami, ngoumumbarize uti ‘Nazanywe n'iki cyamvanye i Geshuri? Icyandutiraho ni uko mba narigumiyeyo kugezaubu.’Nuko reka mbonane n'umwami. Niba hariho gukiranirwa muri jye, anyice.”

33 Nuko Yowabu ajya ibwam, abibwiraumwami, mazeumwami atumiraAbusalomu, aramwitaba. Ageze imbere y'umwami yikubitahasi yubamye,umwami aramusoma.

15

1 Hanyuma y'ibyo, Abusalomu yitunganiriza igare n'amafarashi n'abagabo mirongo itanu bo kumwiruka imbere.

2 Kandi Abusalomu yajyaga azinduka kare, agahagarara iruhande rw'irembo ku karubanda, mazeumuntu wese iyo yabaga afiteurubanza rukwiriye kuburanirwa ku mwami, Abusalomu yaramuhamagaraga akamubwira ati “Uri uwo mu wuhe mudugudu?”Na we ati “Umugaragu wawe ndi uwo mu muryango naka wa Isirayeli.”

3 Abusalomu akamubwira ati “Umva,urubanza rwawe ni rwiza kandi ruraboneye, ariko nta muntuumwami yashyizeho kumva ibyawe.”

4 Kandi Abusalomu akongera ati “Yemwe, iyaba naragizweumucamanza wo muri iki gihugu,umuntu wese wagize impamvu yose cyangwaurubanza akansanga, namuciriyeurubanza rutabera.”

5 Iyo hagiragaumuntuumwegera kumuramya, yaramburagaukubokokwe akamufata, akamusoma.

6 Uko ni ko Abusalomu yagenzaga Abisirayeli bazaga kuburaniraumwami bose. Nuko Abusalomu yigaruriraimitima y'Abisirayeli.

7 Hashize imyaka ine, Abusalomu abwiraumwami ati “Ndakwinginze, nyemerera njye guhiguraumuhigonahigiye Uwiteka i Heburoni.

8 Kukoumugaragu wawe nahizeumuhigoubwo nari ntuye i Geshuri muri Siriya, naravuze nti ‘Uwiteka naramuka anshubijei Yerusalemu, ni koko nzakorera Uwiteka.’”

9 Umwami aramusubizaati “Genda amahoro.”Nuko arahagurukaajya i Heburoni.

10 BukeyeAbusalomu yohereza abatasi mu miryango ya Isirayeli yose kwamamazayoubutumwa ngo “Nimwumva ijwi ry'ikondera muzahereko muvugemuti ‘Abusalomu yimye i Heburoni.’”

11 Kandi muri iryo genda rya Abusalomu, yajyanye n'abagabo magana abiri avanye i Yerusalemu bahamagawe kugenda, bagenda batagirauburiganya, nta cyo bazi.

12 Maze Abusalomu atumiraAhitofeli w'i Giloumujyanama wa Dawidi, ava mu muduguduw'iwabo i Gilo mu gihe Abusalomu yatambaga ibitambo. Nukoubugomeburagwira, kuko abantu biyongeraga kubanana Abusalomu uko bukeye.

13 Bukeyehaza intumwa kuri Dawidi ivuga iti “Imitima y'Abisirayeli ikurikiye Abusalomu.”

14 Nuko Dawidi abwira abagaragu be bose bari kumwe na we i Yerusalemu ati “Nimuhagurukeduhunge, nitudahunga nta n'umwe muri twe uri burokoke Abusalomu. Mubanguke kugenda atadufatavuba akatugirira nabi, bigatuma arimbuzaumurwa inkota.”

15 Abagaragu b'umwami baramusubizabati “Abagaragu bawe twiteguye gukoraicyoumwami databuja ashaka cyose.”

16 Nukoumwami asohokana n'abo mu rugo rwe bose bamukurikiye arikoumwami asigayo abagore cumi b'inshoreke ze bo kurindaurugo.

17 Umwami arasohoka abantu bose baramukurikira, bagera i Betimeruhakibatindayo.

18 Nuko abagaragu be bose baramushagara kandi Abakereti bose n'Abapeleti bose n'Abagiti bose uko ari magana atandatu, abari bavuye i Gati bamukurikiye, banyura imbere y'umwami.

19 Mazeumwami abaza Itayi w'Umugitiati “Wowe ni iki gitumyeujyana natwe? Subirayougumanen'umwami kuko uriumunyamahanga wajeuciwe, subiraiwawe.

20 Mbese ko waje ejo, none nabasha nte kukubwira ngouzererane natwe hirya no hino, ubwo ngiye kujya aho mbonye hose? Subirayo,usubiraneyo na bene so. Imbabazi n'ukuribibane nawe.”

21 Itayi asubizaumwami ati “Ndahiye Uwitekauhoraho n'ubugingo bw'umwami databuja, ahoumwami databuja azaba, ni kuba gupfa cyangwa kuba muzima, aho ni houmugaragu wawe nzaba.”

22 Dawidi abwira Itayi ati “Genda wambuke.”Nuko Itayi w'Umugitiyambukanan'abantu be bose n'abana bari kumwe na we.

23 Igihugu cyose gicuraumuborogo n'ijwi rirenga. Abantu bose barambuka, kandi n'umwami yambuka akagezi kitwa Kidironi. Nuko abantu bose barambuka, berekeye inzira ijya mu butayu.

24 Kandi Sadoki na we azana n'Abalewi bose, bahetse isanduku y'isezerano ry'Imana. Batereka hasi iyo sanduku y'Imana, maze Abiyatari arazamuka kugezaaho abantu barangirije kuva mu murwa.

25 Umwami abwira Sadoki ati “Subizaisanduku mu murwa. Nindamuka mbonye imbabazi ku Uwiteka azangarurayo, kandi azayinyereka n'ubuturobwe.

26 Ariko nambwira atya ati ‘Sinkwishimira’, dore ndi hano nangenze uko ashaka.”

27 Umwami abwira Sadokiumutambyi ati “Aho nturi bamenya? Subiramu murwa amahoro n'abahungu bawe bombi, Ahimāsiumwana wawe, na Yonataniumwana wa Abiyatari.

28 Dore nzategerereza ku byambu byo ku ishyamba, kugezaaho muzantumiraho inkuru z'impamo.”

29 Sadoki na Abiyatari ni ko guhekaisanduku y'Imana bayisubizai Yerusalemu, bagumayo.

30 Dawidi aterera aho bazamukiraku musoziwa Elayono agenda arira ikijyaruguru, yari atwikiriyeumutwe adakwese, kandi n'abari kumwe na we bose bitwikira imitwe bazamuka barira ikijyaruguru.

31 Mazeumuntu abwira Dawidi ko Ahitofeli ari umwe mu bajyanama z'ubugome,ufatanije na Abusalomu. Dawidi arasenga ati “Uwiteka ndakwinginze, hindura inama za Ahitofeliubusa.”

32 Dawidi ageze mu mpinga y'umusoziaho bajyaga basengera Imana, Hushayi w'Umwaruki aza guhurana we ashishimuyeumwambaro we, igitaka kiri ku mutwe.

33 Dawidi aramubwira ati “Nitujyanauzandushya.

34 Ariko nusubiramu murwaukabwira Abusalomu uti ‘Nzabaumugaragu wawe, nyagasani, nk'uko nariumugaragu wa so mu gihe gishize, na none ni ko nzabaumugaragu wawe.’Nukouzajyeundogoyera inama za Ahitofeli.

35 Mbese ntuzabauri kumwe na Sadoki na Abiyatari b'abatambyi? Nuko nugiraijambo ryose wumva ibwami,uzajyeuribwira Sadoki na Abiyatari b'abatambyi.

36 Kandi bafiteyo abahungu babo bombi, Ahimāsi mwene Sadoki, na Yonatani mwene Abiyatari. Abo ni bo muzajya muntumaho, mumbwira ibyo muzumva byose.”

37 Nuko Hushayi incuti ya Dawidi ajya mu murwa. Maze Abusalomu ajya i Yerusalemu.

16

1 Dawidi amaze kurenga mu gahinga ho gato, ahura na Sibaumugaragu wa Mefibosheti azanye indogobe ebyiri ziriho amatandiko, kandi zikoreye amarobe y'imitsima magana abiri n'amasere y'inzabibu zumye ijana, n'ayandi ijana y'imbuto zo mu cyi n'imvumba ya vino.

2 Umwami abaza Siba ati “Ibi ni iby'iki?”
Siba aramusubizaati “Indogobe ni izo guhekaabo mu rugo rw'umwami, imitsima na yo n'imbuto zo mu cyi ni amafunguro y'abahungu, kandi vino ni iy'abazajya bagwira isari mu butayubakayinywa.”

3 Umwami aramubazaati “Mbese mwene shobuja ari he?”
Siba ati “Dore aba i Yerusalemu kuko yavuze ati ‘Ubu inzu ya Isirayeli izansubizaku ngoma ya data.’”

4 Umwami abwira Siba ati “Ubu nkugabiye ibya Mefibosheti byose.”
Siba aravuga ati “Ngukuriyeubwatsi Mwami nyagasani, ndagahora ngutonaho.”

5 Umwami ageze i Bahurimu, abona haturutseyoumugabowo mu muryango wa Sawuli witwaga Shimeyi mwene Gera, arasohoka aza amutuka.

6 Atera Dawidi amabuye n'abagaragu b'Umwami Dawidi bose, kandi abantu bose n'abanyambaraga bose, bari bamukikije iburyo n'ibumoso.

7 Shimeyi aramutukaati “Genda genda wa mwicanyi we, wa kigoryi we.

8 Uwiteka yakugaruyehoamaraso y'inzu ya Sawuli yose wizunguriyeugatwara, none Uwiteka yagabiye Abusalomuumuhungu waweubwami bwawe, kandi dore naweuzizeigomwa ryawe kuko uriumwicanyi.”

9 Abishayi mwene Seruya abazaumwami ati “Ariko ni iki gituma turekaiyo mbwa y'intumbi agatukaumwami databuja? Ndakwinginze reka nambuke muce igihanga.”

10 Umwami aravuga ati “Mpuriyehe namwe, yemwe bene Seruya? Arantuka kuko Uwiteka ari we wamubwiye ati ‘Tuka Dawidi.’None ni nde wabasha kumubuzaati ‘Ariko ibyoubitewe ni iki?’”

11 Maze Dawidi abwira Abishayi n'abagaragu be bose ati “Murareba ukoumuhungu wanjye nibyariye agenzaubugingo bwanjye. Mbese uwo Mubenyamini ntiyarushaho? Nuko nimumurekeyitukire, kuko Uwiteka yabimutegetse.

12 Ahari Uwiteka azareba inabi ngirirwa, kandi Uwiteka azanyitura ibyiza ku bw'iyo mivumo yamvumye uyu munsi.”

13 Nuko Dawidi n'abantu be bakomeza inzira. Shimeyi na we aca mu ibanga ry'umusoziamwitegeye, agenda amutukaumugenda, amuteraamabuye n'umukungugu.

14 Hanyumaumwami n'abantu bari kumwe na we bose bajya muri Ayefimu, aruhukirayo.

15 Ariko Abusalomu n'abantu ba Isirayeli bose bajya i Yerusalemu, na Ahitofeli ari kumwe na we.

16 Maze Hushayi w'Umwaruki incuti ya Dawidi, aza kwa Abusalomu abwira Abusalomu ati “Umwami aragahoraho! Umwami aragahoraho!”

17 Abusalomu abaza Hushayi ati “Mbese izo ni zo mbabaziugiriye incuti yawe? Icyakubujijekujyana n'incuti yawe ni iki?”

18 Hushayi abwira Abusalomu ati “Reka da! Ahubwoutoranijwe n'Uwiteka n'abantu n'Abisirayeli bose, nzaba uwe kandi nzagumanana we.

19 Ikindi kandi, ni nde nkwiriye gukorera? Sinkwiriye gukoreraumwana we? Nk'uko nakoreraga so, ni ko nzagukorera.”

20 Maze Abusalomu abwira Ahitofeli ati “Tugireinama uko twagenza.”

21 Ahitofeli abwira Abusalomu ati “Taha ku nshoreke za so yasize mu rugo, maze Abisirayeli bose bazamenya ko wazinutsweso cyane. Nuko abazaba bari kumwe nawe bose bazahama bakomere.”

22 Nuko babambira Abusalomu ihema hejuru y'inzu. Abusalomu aherako ataha kuri izo nshoreke za se, Abisirayeli bose babireba.

23 Kandi inama Ahitofeli yagishwaga muri iyo minsi, bazemeraga nk'izo bagiriwe n'Imana. Uko ni ko inama za Ahitofeli zameraga, yagiriye Dawidi kandi na Abusalomu.

17

1 Ahitofeli arongera abwira Abusalomu ati “Reka ntoranye ingabo inzovu imwe n'ibihumbi bibiri, mpagurukenkurikire Dawidi muri iri joro.

2 Kandi ndamugwa gitumo arushye, amaboko ye atentebutse. Ndamuteraubwoba maze abantu bari kumwe na we bose bahunge, mpereko niceumwami wenyine.

3 Maze nzakugaruriraabantu bose. Nuko nubonauwo muntuushakauzabaugaruye bose, maze abantu bose bazabe amahoro.”

4 Abusalomu ashima iyo nama cyane, n'abatware ba Isirayeli bose barayishima.

5 Abusalomu aravuga ati “None nimumpamagarire Hushayi w'Umwaruki, na we twumve icyo avuga.”

6 Maze Hushayi yitabye Abusalomu, Abusalomu aramubwira ati “Ahitofeli yatubwiye ibi n'ibi. Mbese dukoreuko yavuze? Niba atari uko, tubwire nawe.”

7 Hushayi asubizaAbusalomu ati “Inama Ahitofeli yagiye kuri ubu si nziza.”

8 Kandi ati “Uzi so n'ingabo ze ko ari abanyambaraga, kandi ubu baratse mu mitima yabo nk'idubu yākiwe abana bayo ku gasozi. Kandi uzi so ko ari intwari, ntagomba icumbi mu bantu.

9 None ubu yihishe mu mwobo cyangwa ahandi. Nuko nihagira bamwe bapfa bagitangira kurwana,uzabyumva wese azagira ati ‘Hapfuye benshi bo mu bakurikiye Abusalomu’,

10 bizatumaumuntu wese naho ari intwari ifiteumutimank'uw'intare ahamuka, kuko Abisirayeli bose bazi so ko ariumunyambaraga, kandi n'abo bari kumwe ko ari intwari.

11 Ahubwo jyewe inama nkugirani iyi: teranya Abisirayeli boseuhereye i Daniukageza i Bērisheba, bangane n'umusenyi wo mu kibaya cy'inyanjaubwinshi, kandi naweubwaweuzatabarane na bo.

12 Tuzamurasukiraho aho azaba ari hose, tumutondeho nk'ikime uko gitonda ku isi. Nukouhereye kuri weukageza ku bantu bari kumwe na we bose, ntituzasigaza n'umwe.

13 Kandi naramuka agiye mu mudugudu, na bwo Abisirayeli bose bazazana imirunga, dukururireuwo mudugudumu mugezikugezaaho hatazabonekayo akabuye na kamwe.”

14 Nuko Abusalomu n'abantu ba Isirayeli bose baravuga bati “Inama ya Hushayi w'Umwaruki iruse inama ya Ahitofeli”, kuko Uwiteka yagambiriye kurogoya inama nziza ya Ahitofeli, kugirango Uwiteka atere Abusalomu ibyago.

15 Maze Hushayi abwira Sadoki na Abiyatari b'abatambyi ati “Inama Ahitofeli yagiriye Abusalomu n'abatware ba Isirayeli ni iyi, ariko jyeweho namugiriye ntya na ntya.

16 Nuko none mutumekuri Dawidi vuba muti ‘Iri joro nturareku byambu byo ku butayu, ahubwo ntihagire ikikubuzakwambuka, kugirangoumwami atamiranwa n'abo bari kumwe bose.’”

17 Kandi Yonatani na Ahimāsi babaga Enirogeli,umujaakajya aza kubabwira, na bo bakajya babibwira Umwami Dawidi, kuko batari bakwiriye kwinjira mu murwa ku mugaragaro.

18 Arikoumuhungu arababona, abibwira Abusalomu, bagenda bihuta bombi bagera ku mugabow'i Bahurimuwariufiteiriba mu rugo rwe, barijyamo.

19 Mazeumugoreasingira igipfundikizo, agipfundikiza ku munwa w'iriba, hejuru yacyo asanzaho ingano zisekuye, ntihagira ikimenywa.

20 Hanyuma abagaragu ba Abusalomu binjira mu rugo basanga uwo mugore, baramubazabati “Ahimāsi na Yonatani bari he?”
Umugorearabasubizaati “Bakutse akagezi.”
Nuko babashatse barababura, basubirai Yerusalemu.

21 Bamaze kugenda ba bandi bakuka mu iriba, baragenda babibwira Umwami Dawidi bati “Nimuhagurukemwambukeuruzivuba, kuko Ahitofeli yabagiriye inama atyo zo kubarwanya.”

22 Nuko Dawidi ahagurukanan'abantu bari kumwe na we bose bambuka Yorodani,umusekeutambika nta n'umwe muri bo wariutarambuka Yorodani.

23 Ariko Ahitofeli abonye ko badakurikije inama ye, ashyira amatandiko ku ndogobe ye, arahagurukaataha iwe mu muduguduw'iwabo, atunganya inzu ye yiyahuzaumugoziarapfa, bamuhamba mu gituro cya se.

24 Nuko Dawidi ajya i Mahanayimu, Abusalomu na we yambuka Yorodani ari kumwe n'Abisirayeli bose.

25 Maze Abusalomu agira Amasaumugabaw'ingabo ze, mu cyimbo cya Yowabu. Kandi Amasa uwo yariumwana w'umugabowitwa Itura w'Umwisirayeli, waryamanye na Abigayili mwene Nahashi murumunawa Seruya nyina wa Yowabu.

26 Abisirayeli na Abusalomu bagerereza mu gihugu cy'i Galeyadi.

27 Hanyuma Dawidi ageze i Mahanayimu, Shobi mwene Nahashi w'i Raba y'Abamoni, na Makiri mwene Amiyeli w'i Lodebari, na Barizilayi w'Umunyagaleyadi w'i Rogelimu,

28 bamuzanira amariri n'inzabya n'inkono, n'ingano na sayiri n'ifu n'ingano zikaranze, n'ibishyimbo n'udushyimbo duto n'inkori zikaranze,

29 n'ubukin'amavuta, n'intama n'amavuta akuze bihawe Dawidi n'abo bari kumwe ngo babirye, kuko bari bavuze ngo abantu barashonje bararuha, bīcirwa n'umwuma mu butayu.

18

1 Maze Dawidi abara abantu bari kumwe na we, abaha abatware bo gutwara imitwe y'ibihumbi, n'abo gutwara iy'amagana.

2 Dawidi aherako agaba ingabo, igice cya gatatu agiha Yowabu, ikindi agiha Abishayi mwene Seruya, mwene se wa Yowabu, ikindi gice cya gatatu agiha Itayi w'Umugiti. Umwami abwira abantu ati “Nanjyeubwanjye sindi buburegutabarana namwe.”

3 Abantu baramuhakanira bati “Wowe nturi butabare, kuko niduhunga batazatwitaho, ndetse nubwo igice cya kabiri cy'abantu bacu cyapfa na bwo ntibatwitaho, kukouhwanye n'abantu bacu inzovu. Ahubwo ibyarutahoni uko wakwitegura kudutabarauturutse mu mudugudu.”

4 Umwami arababwira ati “Ikibabereye icyiza ni cyo ndi bukore.”Nukoumwami ahagarara mu bikingi by'amarembo ingabo zose zirasohoka, amagana n'ibihumbi.

5 Mazeumwami yihanangiriza Yowabu na Abishayi na Itayi ati “Ku bwanjye murangenzereze neza uwo muhungu Abusalomu.”Kandi abantu bose bumva ukoumwami yihanangirije abagaba bose ibya Abusalomu.

6 Nuko abantu bajya kurwanira n'Abisirayeli ku gasozi,urugamba rusakiranira mu ishyamba rya Efurayimu.

7 Abisirayeli bahanesherezwa n'abagaragu ba Dawidi, maze uwo munsi hapfa abantu inzovu ebyiri,

8 kuko intambara yari yasandaye muri icyo gihugu cyose. Uwo munsi ijuri ryica abantu benshi kurutaabishwe n'inkota.

9 Hanyuma Abusalomu ahubirana n'abagaragu ba Dawidi, kandi yari ku nyumbu ye. Maze inyumbu ye imunyuranamunsi y'amashami y'impatanwa y'umwela w'ingāra,umutwe weufatwa n'amashami yawo, ahera mu kirere hagati y'ijuru n'isi, inyumbu ye yari imuhetse irakomeza iragenda.

10 Mazeumugaboaramubonaabibwira Yowabu ati “Nabonye Abusalomu anagana ku mwela.”

11 Yowabu abaza nyir'ukumubwira ati “Dorere,umubonye ni iki cyatumyeutamusogoterayoukamuturahasi, ko mba nkugororeye ibice by'ifeza cumi n'umushumi?”

12 Uwo mugaboasubizaYowabu ati “Naho nagororerwa ibice by'ifeza igihumbi, sinakwemera kuramburaukubokokwanjye ku mwana w'umwami, kuko twumviseumwami akwihanangirizanya na Abishayi na Itayi ati ‘Mwirinde hatagiraukorakuri uwo muhungu Abusalomu.’

13 None iyaba nabigenjeukundi ngakoberanyaubugingo bwe (kandi nta jamboumwami ahishwa), wowe ho wajyaga kubyigurutsa.”

14 Yowabu aravuga ati “Simbasha gushyogoranya nawe ntyo.”Ajyana imyambi itatu, ayitikura Abusalomu mu mutimaakiri muzima, aho yari ari mu mwela.

15 Maze abahungu cumi b'abanyantwaro za Yowabu bagota Abusalomu, baramusogota arapfa.

16 Yowabu aherako avuza ikondera, ingabo zirahindukirazirorera gukurikira Abisirayeli, kuko Yowabu yazibujije.

17 Nuko bajyana Abusalomu bamujugunya mu bushyabuninibwo mu ijuri, bamurundaho ikirundo cy'amabuye kinini cyane, maze Abisirayeli bose barahunga,umuntu wese ajya mu ihema rye.

18 Kandi Abusalomu akiri muzima, yari yajyanye inkingi ayishinga mu gikombe cy'umwami, kuko yari yaravuze ati “Nta mwana w'umuhungu mfite, ngo bazamunyibukireho izina ryanjye”, ni ko kwitirira iyo nkingi izina rye. Nuko yitwa inkingi y'urwibutso rwa Abusalomu na bugingo n'ubu.

19 Ahimāsi mwene Sadoki aravuga ati “Reka niruke mbwireumwami amacumu y'uko Uwiteka yamuhoreye inzigo y'abanzi be.”

20 Yowabu aramubwira ati “Ntujya kuvugaamacumu uyu munsi,uzabauyavugaubundi. Ariko uyu munsi nturi buyavuge, kukoumwana w'umwami yapfuye.”

21 Yowabu abwira Umukushi ati “Hoshi gendaubwireumwami ibyo wabonye.”Nuko Umukushi aca bugufiimbere ya Yowabu, ariruka.

22 Ahimāsi mwene Sadoki arongera abwira Yowabu ati “Nta cyo bitwaye, ndakwinginze reka mpfe kugenda nkurikire uwo Mukushi.”
Yowabu ati “Urirukanwa n'iki mwana wanjye, ko uzi koutazahemberwa izo nkuru?”

23 Undi ati “Nta cyo bitwaye mpfuye kugenda.”Yowabu ati “Irukanka.”Nuko Ahimāsi arirukanka aciye iy'ikigarama yose, anyura ku Mukushi.

24 Kandi Dawidi yari yicaye hagati y'amarembo abiri, mazeumurinzi yurirahejuru y'irembo ahateganye n'inkike z'amabuye, arambura amaso abonaumuntu wiruka ari wenyine.

25 Umurinzi ashyira ejuru abibwiraumwami.
Umwami aravuga ati “Niba ari wenyine hariho inkuru aje kubara.”Nuko aza yihuta agera hafi.

26 Mazeumurinzi abona undi mugabowiruka. Umurinzi ahamagaraumukumirizi ati “Dore undi mugabowiruka ari wenyine.”
Umwami aravuga ati “Na we azanye indi nkuru.”

27 Umurinzi aravuga ati “Ngira ngo imyirukirey'uw'imbere isa n'iya Ahimāsi mwene Sadoki.”
Umwami aravuga ati “Niumugabomwiza kandi azanye inkuru nziza.”

28 Ahimāsi ashyira ejuru abwiraumwami ati “Byose byabaye byiza.”Nuko yikubitahasi imbere y'umwami yubamye, aravuga ati “Uwiteka Imana yawe ihimbazwe, yakugabije abantu bari bahagurukirije amaboko yabo ku mwami databuja.”

29 Umwami aramubazaati “Wa muhungu Abusalomu ni amahoro?”
Ahimāsi aramusubizaati “Ubwo Yowabu yatumagaumugaragu w'umwami,umugaragu wawe narebaga abantu bacitsemo igikuba, ariko sinamenya ibyo ari byo.”

30 Umwami aramubwira ati “Tambukauhagarare hano.”Nuko aratambuka arihagararira.

31 Umukushi araza aravuga ati “Ndi kabarankuru z'umwami databuja, kuko uyu munsi Uwiteka yaguhoreye inzigo kuri ba bandi baguhagurukiyebose.”

32 Umwami abaza Umukushi ati “Wa muhungu Abusalomu ni amahoro?”
Umukushi aramusubizaati “Abanzi b'umwami databuja, n'abantu bose bahagurukiyekukugirira nabi, barakaba uko uwo muhungu yabaye.”

19

1 Umwami abyumvise arasubirwa cyane, yuriramu nzu yo hejuru y'irembo arira. Nuko akigenda, agenda avuga atya ati “Ye baba we, mwana wanjye Abusalomu! Mwana wanjye, mwana wanjye Abusalomu we! Iyaba ari jye wapfuye mu cyimbo cyawe, Abusalomu mwana wanjye, mwana wanjye.”

2 Maze babwira Yowabu bati “Doreumwami araririra Abusalomu aboroga!”

3 Uwo munsi impundu zihinduka induru mu bantu bose, kuko bari bumvise bavuga ngoumwami yibabarijwe n'umwana we.

4 Uwo munsi abantu basubiramu mudugudubabebēra, nk'abantu bahunze mu ntambara, babebēra bafite isoni.

5 Umwami yitwikira mu maso, ashyira ejuru n'ijwi rirenga ati “Ye baba we, mwana wanjye Abusalomu! Ye baba we, Abusalomu mwana wanjye, mwana wanjye we!”

6 Hanyuma Yowabu yinjira mu nzu, asangaumwami aravuga ati “Uyu munsi wateye amaso y'abagaragu bawe ipfunwe: bakijijeubugingo bwawe ubu n'ubw'abahungu bawe n'abakobwa bawe, n'abagore bawe n'inshoreke zawe,

7 kandiukunda abakwanga,ukanga abagukunda. None weruye ko ibikomangoma n'abagaragu bawe ari nk'ubusakuri wowe, ubu menye ko, iyaba Abusalomu yabaye muzimatukabaari twe twapfuye twese uyu munsi, uba wabyishimiye cyane.

8 Nuko none hagurukausohoke,uvuganen'abagaragu baweuhumurizeimitima yabo. Ndahiye Uwiteka, nudasohoka nta mugabon'umwe uri busigarane iri joro. Kandi ibyo bizakumerera nabi kurutaibyago wakabonye byose,uhereye mu buto bwawe,ukageza ubu.”

9 Mazeumwami arahagurukayicara ku karubanda, babwira abantu bose bati “Doreumwami yicaye ku karubanda”. Nuko abantu bose baramushengerera.
Kandi Abisirayeli bose bari barahunze,umuntu wese yigira mu ihema rye.

10 Abantu bose bo mu miryango yose y'Abisirayeli baritonganyaga bati “Umwami ni we waturengeye mu maboko y'ababisha bacu, akadukizaamaboko y'Abafilisitiya, none yahunze Abusalomu, ava mu gihugu.

11 Kandi Abusalomu na we twimikishije amavuta ngo adutware, yaguye mu ntambara. Mbese none murabuzwa n'iki kuvugaibyo kugaruraumwami?”

12 BukeyeUmwami Dawidi atuma kuri Sadoki na Abiyatari abatambyi ati “Mubazeabatware b'Abayuda muti ‘Ni iki gituma ari mwe mugiyeguheruka abandi kugaruraumwami mu rurembo rwe, (kuko amagambo y'Abisirayeli bose amaze kugeraku mwami ngo bamugarure mu rurembo rwe),

13 kandi ari mwebwe bene se muva inda imwe? None ni iki gitumye mugiyeguheruka abandi kugaruraumwami?’

14 Kandi mumbarize Amasa muti ‘Mbese ntuzi ko muva inda imwe? Nuko rero nutabaumugabaw'ingabo ze iminsi yose mu cyimbo cya Yowabu, Imana ibimuhorendetse bikabije.’”

15 Nuko yoshyoshya atyo imitima y'Abayuda bose nk'umutimaw'umuntu umwe, baherako batuma ku mwami bati “Garukanan'abagaragu bawe bose.”

16 Nukoumwami aragaruka agera kuri Yorodani. Abayuda bajya i Gilugaligusanganiraumwami no kumwambutsa Yorodani.

17 Shimeyi na we mwene Gera w'Umubenyamini w'i Bahurimu, arihuta amanukanan'Abayuda gusanganira Umwami Dawidi.

18 Kandi yari kumwe n'Ababenyamini igihumbi, na Sibaumugaragu w'imbata wa Sawuli, n'abahungu be cumi na batanu n'abagaragu be makumyabiri bari kumwe na we, bambuka Yorodaniumwami abitegeye.

19 Ubwato bwajyaga bucuragana bwambuka ngo bwambutse abo mu rugo rw'umwami, no kumukorera ibyo ashaka.
Umwami amaze kwambuka Yorodani, Shimeyi mwene Gera yikubitahasi imbere ye.

20 Abwiraumwami ati “Mwami nyagasani, we kumbaraho gukiranirwa, kandi we kwibuka ibyoumugaragu wawe nakoranyeubugome,umunsi waviriye i Yerusalemu, ngo bikubabaze mu mutima,

21 kukoumugaragu wawe nzi ko nacumuye. Ni cyo gitumye ubu mbaye uw'ibanze mu muryango wa Yosefu wose, nkamanurwa no gusanganiraumwami databuja.”

22 Ariko Abishayi mwene Seruya aravuga ati “Mbese harya Shimeyi ntaribwicwe, azira ko yavumye uwo Uwiteka yimikishije amavuta?”

23 Dawidi aravuga ati “Ariko yemwe bene Seruya, ndapfa iki namwe gitumye mumbera abanzi uyu munsi? Mbese hariho uwo kwicwa mu Isirayeli uyu munsi? Ubu se sinamenye ko mbayeumwami wa Isirayeli?”

24 Umwami aherako abwira Shimeyi ati “Nturi bupfe.”Aramurahira.

25 Kandi Mefibosheti mwene Sawuli aramanuka aza gusanganiraumwami. Uhereyeumunsiumwami yagendeyeukageza aho yagarukiyeiwe amahoro, ntiyigeze kwikenura ibirenge, cyangwa kwikemuzaubwanwa, haba no kumesaimyenda ye.

26 Ageze i Yerusalemu gusanganiraumwami,umwami aramubazaati “Ariko icyakubujijekujyana nanjye ni iki, Mefibosheti?”

27 Aramusubizaati “Mwami nyagasani,umugaragu wanjye yarambeshye, kukoumugaragu wawe nari ngize nti ‘Ngiye gushyira amatandiko ku ndogobe, nyijyeho njyane n'umwami, kukoumugaragu wawe ndi ikimuga.’

28 Kandi yambeshyeye ku mwami databuja, ariko rero nyagasani,umezenka marayika w'Imana. Nuko kora icyoushaka,

29 kuko abo mu rugo rwa data bose imbere y'umwami databuja basaga n'abapfuye, ariko wariunyicaje mu basangiraga ku meza yawe. Nuko mfite butware ki kongera gutakambiraumwamiukundi?”

30 Umwami aramubwira ati “Ni iki gitumye wongera kuvugaibyawe? Ndabitegetse ngo wowe na Siba nimugabane igikingi mo kabiri.”

31 Mefibosheti abwiraumwami ati “Yenda akijyane cyose, ubwoumwami databuja asohoye amahoro mu rugo rwe.”

32 Hanyuma Barizilayi w'Umunyagaleyadi ava i Rogelimu, aramanuka yambukanan'umwami Yorodani ngo amugezehakurya.

33 Barizilayi uwo yariumusazamukurucyane amaze imyaka mirongo inani avutse, kandi ni we wagemuriyeumwami ubwo yari i Mahanayimu, kuko yariumugaboukomeye cyane.

34 Umwami abwira Barizilayi ati “Ngwino tujyane i Yerusalemu ngukirizeyo.”

35 Ariko Barizilayi abwiraumwami ati “Uzi nshigaje imyaka ingahe nkiriho, yatuma nzamukanan'umwami i Yerusalemu?

36 Ubu ko maze imyaka mirongo inani mvutse, mbese ndacyabasha gusobanura ibyiza n'ibibi? Umugaragu wawe ndacyaryoherwa n'ibyo ndya cyangwa n'ibyo nywa? Ndacyabasha kumva amajwi y'abaririmbyi b'abagabo n'abagore? None icyatumaumugaragu wawe ndushyaumwami databuja ni iki?

37 Umugaragu wawe reka mpfe kwambukanan'umwami Yorodani gusa. Ni iki cyatumaumwami angororera ingororano ingana ityo?

38 Ahubwo ndakwinginze, rekaumugaragu wawe nisubirire mu muduguduw'iwacu abe ari ho nzasazira, aho igituro cya data na mama kiri. Ahubwo doreumugaragu wawe Kimuhamunguyu, abe ari we wambukanan'umwami databuja,uzamugireukoushaka.”

39 Umwami aramusubizaati “Nuko Kimuhamunahoshi twambukane, kandi nzamugiraukoushaka, kandi icyouzanshakaho cyose nzakigukorera.”

40 Nuko abantu bose bambuka Yorodani,umwami arambuka. Mazeumwami asoma Barizilayi amusabiraumugisha, yisubirira iwabo.

41 Uko ni koumwami yambutse ajya i Gilugali, Kimuhamuyambukanana we. Abayuda bose n'ab'igice cya Isirayeli bambutsaumwami.

42 BukeyeAbisirayeli bose basangaumwami baramubazabati “Mwami Dawidi, ni iki gitumye bene wacu b'Abayuda bakuzanarwihishwa, bakakwambutsanya Yorodani n'abo mu rugo rwawe n'abantu bawe bose?”

43 Abayuda bose basubizaAbisirayeli bati “Ni ukoumwami agira icyo apfana natwe. None bibarakarije iki? Hari ubwo twatunzwen'umwami, cyangwa se hari impano yose yaduhaye?”

44 Abisirayeli basubizaAbayuda bati “Ni twe bice cumi by'umwami, kandi rero Dawidi akwiriye kubahoku bwacu kurutamwebwe. Ni iki cyatumye mudusuzugura, ntimubanze kutugisha inama yo kugaruraumwami wacu?”
Ariko amagambo y'Abayuda arusha ay'Abisirayeli gushēga.

20

1 Harihoumugabow'ikigoryi witwaga Sheba mwene Bikuri w'Umubenyamini, avuza ikondera, aravuga ati “Nta mugabane dufitekuri Dawidi, nta n'umuragedufitekuri mwene Yesayi. Yemwe Bisirayeli,umuntu wese najye mu ihema rye.”

2 Nuko Abisirayeli bose barorera gukurikira Dawidi, bakurikira Sheba mwene Bikuri, ariko Abayuda boseuhereye i Yorodaniukageza Yerusalemu, bomatana n'umwami wabo.

3 BukeyeDawidi ajya i Yerusalemu mu rugo rwe. Umwami ajyana ba bagore be b'inshoreke uko ari icumi, abo yari yasize ku rugo, abashyira aho barindirwa abagaburirirayo, ariko ntiyabatahaho. Nuko bagumahobarindwa kugezaaho bapfiriye, ari intabwa.

4 Bukeyeumwami abwira Amasa ati “HuruzaAbayuda bateranire hano iminsi itatu itarashira, kandi naweuzabeuhari.”

5 Nuko Amasa ajya guhuruzaAbayuda, ariko arenza iminsiumwami yamutegetse.

6 Dawidi abwira Abishayi ati “Ubu Sheba mwene Bikuri azatugirira nabi kurusha Abusalomu. Hoshi jyana abagaragu ba shobuja mumukurikire, kugirango adahindūra imiduguduigoswe n'inkike z'amabuye, akaba adukize.”

7 Nuko ingabo za Yowabu zirasohoka ziramukurikira, hamwe n'Abakereti n'Abapeleti n'abanyamaboko bose, bava i Yerusalemu bajya kugenza Sheba mwene Bikuri.

8 Bageze ku ibuye rinini ry'i Gibeyoni, Amasa aza kubasanganira. Kandi Yowabu yari yambaye imyambaro y'intambara, ayikenyejeumushumiurihoinkota ifashe ku itako mu rwubatirwayo. Yigiye imbere, inkota iva mu rwubatiiragwa.

9 Yowabu abwira Amasa ati “Uri amahoro, mwene data?”Yowabu afatisha Amasaukubokokw'indyo ku kananwa ngo amusome.

10 Ariko Amasa ntiyita ku nkota yari ku kubokokwa Yowabu, nuko ayimutikura ku nda amara ye adendeza hasi, ntiyongera kumutikura ubwa kabiri arapfa.
Maze Yowabu na Abishayi mwene se bakomeza kugenza Sheba mwene Bikuri.

11 Arikoumuhungu wo mu ba Yowabu amuhagarara hejuru, aravuga ati “Ukunda Yowabu kandi uri mu ruhande rwa Dawidi, nakurikire Yowabu.”

12 Kandi Amasa yari agaramye hagati mu nzira yigaragura mu maraso ye. Uwo mugaboabonye ko abantu bose bahagungirira, aterura Amasa amukuramu nzira, amurambika ku gasozi amworosaumwambaro, kuko yabonye kouwamugeragaho wese yahagungiriraga.

13 Amaze gukurwa mu nzira, abantu bose bahomboka kuri Yowabu, bagenza Sheba mwene Bikuri.

14 Yowabu azerera mu miryango ya Isirayeli yose, agera muri Abeli y'i Betimāka no mu Baberi bose, na bo baraterana baramukurikira.

15 Nuko baraza bagotera Sheba muri Abeli y'i Betimāka, maze barunda ikirundo ku muduguducyegamiye inkike yawo cyo kuririraho. Abantu bose bari kumwe na Yowabu bakubitainkike y'amabuye, kugirango bayigushe.

16 Mazeumugorew'umunyabwenge wo muri uwo muduguduashyira ejuru aravuga ati “Nimwumve! Nimwumve! Ndabinginze mumbwirire Yowabu muti ‘Igira hino muvugane.’”

17 Aramwegera. Umugorearamubazaati “Mbega ni wowe Yowabu?”
Na we ati “Ni jye.”
Aherako aramubwira ati “Umva amagambo y'umujawawe.”
Na we ati “Ndumva.”

18 Aravuga ati “Kera baravugagango ntibazabura kugisha inama muri Abeli, nuko bamaramarizaho iryo jambo.”

19 Ati “Ndi umwe mu banyamahoro kandi biringirwa muri Isirayeli, noneurashaka kurimburanaumudugudun'umubyeyi wo muri Isirayeli. Urashakira iki kumirana bunguri gakondo y'Uwiteka?”

20 Yowabu aramusubizaati “Biragatsindwa! Biragatsindwa ko mira bunguri cyangwa ko ndimbura.

21 Si ko biri, ahubwo harihoumugabowo mu gihugu cy'imisozi miremire ya Efurayimu witwa Sheba mwene Bikuri, yahagurukirijeukubokokwe ku Mwami Dawidi. Mube ari we mutanga wenyine mbone kubavira ku mudugudu.”
Uwo mugoreabwira Yowabu ati “Umva ye, igihanga cye turakikurengereza inkike.”

22 Nuko uwo mugoreajya mu bantu bose mu nama z'ubwenge bwe, maze Sheba mwene Bikuri baherako bamuca igihanga, bakijugunyira Yowabu. Yowabu avuza ikondera, abantu bose barasandara bava ku mudugudu,umuntu wese asubiramu ihema rye. Yowabu aherako atabarukiraumwami i Yerusalemu.

23 Yowabu ni we wariumugabaw'ingabo za Isirayeli zose. Benaya mwene Yehoyada ni we wariumutware w'Abakereti n'Abapeleti.

24 Adoramu yategekaga ikoro, Yehoshafati mwene Ahiludi yariumucurabwenge.

25 Sheva yariumwanditsi, Sadoki na Abiyatari bari abatambyi.

26 Ira w'Umuyayiri yariumutware w'intebe wa Dawidi.

21

1 Bukeyeku ngoma ya Dawidi hatera inzara, imara imyaka itatu uko yakurikiranye, Dawidi asobanuza Uwiteka. Uwiteka aravuga ati “Bitewe na Sawuli n'inzu ye y'abicanyi, kuko yishe ab'i Gibeyoni.”

2 Mazeumwami ahamagaza ab'i Gibeyoni, arabibabwira. (Kandi ab'i Gibeyoni ntibari abo mu miryango ya Isirayeli, ahubwo bari Abamori bacitse ku icumu, kandi Abisirayeli bari barasezeranye na bo. Ariko Sawuli yashakaga kubica, abitewe n'ishyaka yagiriraga Abisirayeli n'Abayuda.)

3 Dawidi abaza ab'i Gibeyoni ati “Mbagirire nte? Natanga iki ho impano, kugirango musabire gakondo y'Uwitekaumugisha?”

4 Ab'i Gibeyoni baramusubizabati “Icyo dushaka kuri Sawuli n'umuryango we si ifeza cyangwa izahabu, kandi si ibyacu kugiraumuntu twica muri Isirayeli.”
Na we aravuga ati “Uko mushaka ni ko nzabagirira.”

5 Babwiraumwami bati “Uwo mugabowaturimbuye, akadushakiraubwenge bwo kudutsemba ngo tutabamu bihugu bya Isirayeli byose,

6 nimuduheabagabo barindwi bo mu bahungu be, tubamanikire imbere y'Uwiteka i Gibeya kwa Sawuli, intore y'Uwiteka.”
Umwami aravuga ati “Nzabatanga.”

7 Arikoumwami arokora Mefibosheti mwene Yonatani, mwene Sawuli, ku bw'indahiro Dawidi na Yonatani mwene Sawuli barahiranije imbere y'Uwiteka.

8 Nukoumwami afata abahungu babiri ba Risipaumukobwa wa Ayiya yabyaranye na Sawuli, Arumonina Mefibosheti, kandi n'abahungu batanu ba Merabuumukobwa wa Sawuli yabyaranye na Aduriyeli, mwene Barizilayi w'Umumeholati.

9 Abatanga mu maboko y'ab'i Gibeyoni babamanika ku musoziimbere y'Uwiteka, bapfira icyarimwe bose uko ari barindwi, bicwa mu isarura rigitangira, batangiye gusarura sayiri.

10 Risipaumukobwa wa Ayiya yenda ikiguniraacyisasira ku rutare,uhereye mu itangira ry'isaruraukageze igihe cy'imvura y'umuhindo yashyaniye kuri izo ntumbi, ntiyakundira ibisiga byo mu kirere ko bizirya ku manywa, cyangwa inyamaswa zo mu ishyamba ziza nijoro.

11 Bukeyebabwira Dawidi ibya Risipaumukobwa wa Ayiya inshoreke ya Sawuli, icyo yakoze.

12 Dawidi aragenda akura amagufwa ya Sawuli na Yonataniumuhungu we mu bantu b'i Yabeshi y'i Galeyadi, bari baranyaze mu nzira y'i Betishani, aho Abafilisitiya bari barayamanitse kuri wa munsi Abafilisitiya biciraga Sawuli i Gilibowa.

13 Akurayoamagufwa ya Sawuli na Yonataniumuhungu we, maze bateranya amagufwa ya ba bandi bamanitswe.

14 Nuko bahamba amagufwa ya Sawuli na Yonataniumuhungu we i Sela mu gihugu cy'Ububenyamini, mu gituro cya se Kishi, basohoza ibyoumwami yategetse byose. Hanyuma y'ibyo Imana ibona guhendahenderwa igihugu.

15 BukeyeAbafilisitiya bongera kurwana n'Abisirayeli. Dawidi amanukanan'abagaragu be arwana n'Abafilisitiya, bakirwana Dawidi agwa isari.

16 Maze Ishubibenobu, wo muri bene cya gihanda, kuremera kw'icumu rye kwari shekeli z'umuringa magana atatu, yambaye inkota nshya ashaka kwica Dawidi.

17 Ariko Abishayi mwene Seruya aramuvuna, atikura Umufilisitiya aramwica. Maze abantu ba Dawidi baramurahiza bati “Ntukongere gutabarana natwe,utazazimya itabaza rya Isirayeli.”

18 Hanyuma y'ibyo hongera kubahointambara ku Bafilisitiya i Goba. Sibekayi w'Umuhusha yica Safu wo muri bene cya gihanda.

19 Bukeyehongera kubahointambara ku Bafilisitiya i Goba, Eluhanani mwene Yaroregimu w'i Betelehemu yica Goliyati w'Umugiti,urutirw'icumu rye rwasaga n'igiti kiboherwaho imyenda.

20 Bukeyekandi habaho intambara i Gati, hariyoumugabomuremure cyane, yari afite intoki eshanu ziriho indegeya ku maboko yombi, n'amano atandatu ku maguru yombi, byose byari makumyabiri na bine, kandi na we yabyawe na cya gihanda.

21 AshujugujeIsirayeli, Yonatani mwene Shimeya mukuruwa Dawidi aramwica.

22 Abo bose uko ari bane babyawe na cya gihanda cy'i Gati, bicwa na Dawidi n'abagaragu be.

22

1 Dawidi yabwiye Uwiteka amagambo y'iyi ndirimbo,umunsi Uwiteka yamukirije amaboko y'abanzi be bose n'aya Sawuli, aravuga ati

2 “Uwiteka ni igitare cyanjye,
Ni igihome cyanjye,
Niumukizawanjyeubwanjye.

3 Ni Imana igitare cyanjye,
Ni yo nziringira.
Ni yo ngabo inkingira,
Ni ihembe ry'agakiza kanjye,
Ni igihome cyanjye kirekire kinkingira,
Niubuhungiro bwanjye.
Niumukizawanjyeunkizaurugomo.

4 Ndambaza Uwiteka,ukwiriye gushimwa,
Ni ko nzakizwa abanzi banjye.

5 “Imiraba y'urupfu yarangose,
Imyuzurey'ubugoryi yanteyeubwoba.

6 Ingoyi z'ikuzimuzantaye hagati,
Ibigoyi by'urupfu byantanze imbere.

7 Mu mubabaro wanjye nambaje Uwiteka,
Ni koko natakiye Imana yanjye,
Yumvira ijwi ryanjye mu rusengero rwayo,
Ibyo nayitakiye biyinjira mu matwi.

8 “Maze isi iratigita, ihindaumushyitsi,
Imfatiro z'ijuru ziranyeganyega,
Zitigiswa n'uburakari bwayo.

9 Umwotsiucumba mu mazuru yayo,
Umurirouva mu kanwa kayo,uratwika,
Havamo n'amakara yaka.

10 Yunamisha ijuru, iramanuka,
Umwijima w'icuraburindi wari munsi y'ibirenge byayo.

11 Igurukaihetswe na Kerubi,
Niukuriibonwa ku mababa y'umuyaga.

12 Umwijima iwugiraihema ryayo riyigose,
Igotwa n'ibirundo by'amazi,
Ni byo bicu bya rukokoma byo mu ijuru.

13 Ubwiza burabagirana buri imbere yayo,
Butumaamakara yaka.

14 Uwiteka ahindishiriza inkuba mu ijuru,
Usumbabyose avuga ijwi rye.

15 Arasa imyambi ye arabatatanya,
Ni yo mirabyo ibakuraumutima.

16 Mazeubutakabwo hasi y'inyanja buraboneka,
Imfatiro z'isi ziratwikururwa,
Ku bwo guhanak'Uwiteka,
Ku bw'inkubi y'umwuka uva mu mazuru ye.

17 “Ari mu ijuru, aramburaukubokoaramfata,
Ankura mu mazi y'isanzure.

18 Ankizaumwanzi wanjyeukomeye n'abanyambaraga,
Kuko bandushaga amaboko.

19 Bari baranteye ku munsi nagiriyeho amakuba,
Ariko Uwiteka ni we wambereyeubwishingikirizo.

20 Abinkuramoanshyira ahantu hagari,
Yankirije kuko yanyishimiraga.

21 “Uwiteka yangororeye ibikwiye gukiranuka kwanjye,
Nk'uko amaboko yanjye atanduye,
Ni ko yangiriye.

22 Kuko nitondeye inzira z'Uwiteka,
Kandi ntakoze icyaha cyo kurekaImana yanjye,

23 Kuko amateka yayo yose yari imbere yanjye,
Kandi amategeko yayo sinyaveho.

24 Naramutunganiraga,
Nirinze gukiranirwa kwanjye.

25 Ni cyo cyatumye Uwiteka anyitura ibikwiriye gukiranuka kwanjye,
Kandi ibikwiriye kutandura kwanjye imbere ye.

26 “Ku munyambabaziuziyerekana nk'umunyambabazi,
Kuutunganye,uziyerekana nk'utunganye,

27 Kuutanduye,uziyerekana nk'utanduye.
Ku kigoryi,uziyerekana nk'ugoramye.

28 Abacishijwe bugufini bouzakiza,
Ariko igitsure cyawe kiri ku bibone,
Kugirangoubacishe bugufi.

29 Ni wowe tabaza ryanjye, Uwiteka,
Uwiteka ni weuviraumwijima wanjye.

30 Kuko ari wowe umpa gutwaraniraumutwe w'ababisha,
Kandi ari wowe Imana yanjye impa gusimbuka inkike z'ibihome.

31 “Inzira y'Imana itungana rwose,
Ijambo ry'Uwiteka ryaravugutiwe,
Ni ingabo ikingira abamwiringira bose.

32 Ni nde Mana itari Uwiteka?
Ni nde gitare kitari Imana yacu?

33 Imana ni igihome cyanjye gikomeye,
Ishorereraumukiranutsi mu nzira yayo.

34 Ihindura ibirenge bye nk'iby'imparakazi,
Impagarika ku misozi yanjye.

35 Yigisha amaboko yanjye kurasana,
Bituma amaboko yanjye aforaumuhetow'icyuma.

36 Kandi wampaye ingabo inkingira,
Ni yo gakiza kawe,
Ubugwaneza bwawe bwampinduyeukomeye.

37 Intambwe zanjye wazāguriyeinzira,
Ibirenge byanjye ntibyanyereye.

38 “Nirukanye ababisha banjye ndabarimbura,
Sinagaruka kugezaaho barimbukiye.

39 Narabarimbuye ndabamenagura babura uko babyuka,
Ni koko baguye munsi y'ibirenge byanjye.

40 Wankenyeje imbaraga zo kurwana,
Abampagurukiyebakantera warabancogoreje.

41 Watumye ababisha banjye bampa ibitugu,
Kugirango ndimbure abanyanga.

42 Barakebaguje, baburaubakiza,
Batumbiriye Uwiteka ntiyabarora.

43 Maze mbasya nk'umukungugu,
Mbaribata nk'ibyondo byo mu nzira, ndabatatanya.

44 “Kandi wankijije imirwano y'abantu banjye,
Wandindirije kuzabaumutware w'amahanga,
Ishyanga ntigeze kumenya rizankorera.

45 Abanyamahanga bazanyoboka,
Nibamara kumva inkuru yanjye, bazanyumvira.

46 Abanyamahanga bazacogora,
Bazava mu bihome byabo bahinde imishyitsi.

47 “Uwiteka ahoraho, Igitare cyanjye gihimbazwe,
Imana y'igitare cy'agakiza kanjye ishyirwe hejuru.

48 Ni yo Mana imporera,
Ikangomorera amahanga nkayatwara,

49 Ikankura mu babisha banjye.
Ni kokounshyira hejuru y'abampagurukiye,
Unkizaumunyarugomo.

50 Ni cyo kizatuma ngushimira mu mahanga, Uwiteka,
Ndirimba ishimwe ry'izina ryawe.

51 Uwo yimitse amuha agakiza gakomeye,
Agirira imbabazi uwo yimikishije amavuta,
Ni we Dawidi n'urubyaro rwe iteka ryose.”

23

1 Aya ni yo magambo ya Dawidi aheruka. Dawidi mwene Yesayi washyizwe ejuru, aravuga ati
“Uwo Imana ya Yakobo yimikishije amavuta,
Umuhimbyi w'igikundiro wa zaburi za Isirayeli.

2 “Umwuka w'Uwiteka yavugiyemuri jye,
Ijambo rye ryari ku rurimirwanjye.

3 Imana ya Isirayeli yaravuze,
Igitare cya Isirayeli yarabimbwiye iti
‘Utegekesha abantu gukiranuka,
Agatwara yubahaImana,

4 Azahwana n'umusekeutambitse w'izuba rirashe,
N'igitondo kitagira igicu,
Igiheubwatsi bushyabwarukiyemu butaka,
Ku bw'itangaze ry'umuhituko w'imvura.’

5 “Ni koko, inzu yanjye ntimeze ityo ku Mana,
Nyamara yasezeranye nanjye isezerano ritazakuka,
Ritunganye muri bose kandi rikomeye,
Kuko ari yo gakiza kanjye rwose,
Kandi ririmo ibyo nifuza byose, nubwo itabikuza.

6 Ariko abatubahaImana bose bazahwana n'amahwa asunikwa,
Kuko nta wushobora kuyafatisha intoki.

7 Ahubwouyakoraho wese,
Akwiye kwitwaza icumu cyangwaurutirw'icumu,
Kandi azatwikīrwa rwose ahantu hayo.”

8 Aya ni yo mazina y'abantu b'intwari ba Dawidi: Yoshebubashebeti w'i Takemoni, yari ingenzi mu bandi batware, Adino w'Umwezini na we ni uko. Umunsi umwe yicishije icumu rye abantu magana inani, bagwira icyarimwe.

9 Akurikirwa na Eleyazari mwene Dodoumwana w'Umwahohi. Yari uwo muri abo bagabo batatu b'intwari bari bari kumwe na Dawidi, ubwo basuzuguzagaAbafilisitiya bari bateraniye kurwana, Abisirayeli bamaze guhunga.

10 Arahagurukayica Abafilisitiya,ukubokokwe kugwa ikinya, kumiranwa inkota. Uwo munsi Uwiteka amuha kunesha cyane, abantu baherako baramugarukirabazanywe no kwayanwa iminyago gusa.

11 Akurikirwa na Shama mwene Ageye w'Umuharari. Abafilisitiya bari bateranyeumutwe umwe umwe mu murimawuzuyeudushyimbo dutoya, abantu bahunga Abafilisitiya.

12 Ariko we yihagararira mu murimahagati, awurindiramo yica Abafilisitiya, nuko Uwiteka amuha kunesha cyane.

13 Bukeyeabatatu bo muri mirongo itatu y'ingenzi baramanuka, basanga Dawidi mu buvumobwa Adulamumu isarura, kandiumutwe w'Abafilisitiya wariugerereje mu kibaya cya Refayimu.

14 Icyo gihe Dawidi yari mu gihome, kandi abanyagihome cy'Abafilisitiya bari i Betelehemu.

15 Dawidi akumbuye aravuga ati “Icyampa nkabonaunsomya ku mazi y'iriba ryo ku irembo ry'i Betelehemu.”

16 Maze abo bagabo b'intwari uko ari batatu batwaranira mu ngabo z'Abafilisitiya, bavoma amazi muri iryo riba ryo ku irembo ry'i Betelehemu, barayajyana bayashyira Dawidi ariko yanga kuyanywa, ahubwo ayabyarira imbere y'Uwiteka.

17 Aravuga ati “Ntibikabeho Uwiteka, kuba nakora ntyo. Ndebe nywe amaraso y'abantu bahaze amagara yabo?”Ni cyo cyatumye yanga kuyanywa.
Ibyo ni byo byakozwe n'abo bagabo b'intwari uko ari batatu.

18 Kandi Abishayi mwene se wa Yowabu mwene Seruya, ni we wariumutware w'abo batatu. Yakaraze icumu rye yica abantu magana atatu, maze asangira n'abo batatu izina ry'uburangirire.

19 Mbese ubwo ntiyariumunyacyubahiro muri abo batatu? Ni cyo cyatumye abaumutware wabo. Ariko rero ntiyagera kuri ba batatu ba mbere.

20 Kandi Benaya mwene Yehoyadaumwana w'umugabow'intwari w'i Kabuseli, yari yarakoze ibikomeye. Ni we wishe bene Ariyeli w'i Mowabu bombi, kandi aramanuka yicira intare mu isenga mu gihe cya shelegi.

21 Yishe n'umugabomwiza w'Umunyegiputa. Uwo Munyegiputa yari yitwaje icumu, ariko we amanuka yitwaje inkoni, aramusanga amushikuza icumu mu ntoki ze, ararimwicisha.

22 Ibyo ni byo Benaya mwene Yehoyada yakoze, yamamara muri abo bagabo batatu b'intwari.

23 Yarushaga icyubahiro ba bandi mirongo itatu, ariko ntagere kuri ba batatu ba mbere. Maze Dawidi amugiraumutware w'abarinzi be.

24 Asaheli murumunawa Yowabu yari umwe muri ba babandi mirongo itatu, hamwe na Eluhanani mwene Dodo w'i Betelehemu,

25 na Shama w'i Harodi na Elika w'i Harodi,

26 na Helesi w'i Paluti na Ira mwene Ikeshi w'i Tekowa,

27 na Abiyezeri w'Umunyanatoti na Mebunayiw'Umuhusha,

28 na SalumoniUmwahohi na Maharayi w'i Netofa,

29 na Helebu mwene Bāna w'i Netofa na Itayi mwene Ribayi w'i Gibeya y'Ababenyamini,

30 na Benaya w'i Piratoni na Hidaya w'imigezi y'i Gāshi,

31 na Abiyaluboniw'Umunyaraba na Azimaveti w'Umunyabahurimu,

32 na Eliyahaba w'i Shālabini, na bene Yasheni na Yonatani,

33 na Shāma w'i Harari na Ahiyamu mwene Sharari wa Arari,

34 na Elifeleti mwene Ahasubayiumuhungu wa wa Munyamāka, na Eliyamu mwene Ahitofeli w'i Gilo,

35 na Hesironi w'i Karumelina Parayi wa Arubi,

36 na Igalu mwene Natani w'i Soba na Bani w'i Gadi,

37 na Seleki w'Umwamoni na Naharayi w'i Bēroti, abatwaraga intwaro za Yowabu mwene Seruya,

38 na Ira w'Umuyeteri na Garebu w'Umuyeteri,

39 na Uriya w'Umuheti.
Bose ni mirongo itatu na barindwi.

24

1 Bukeyeumujinya w'Uwiteka wongera gukongerezwa Abisirayeli, abateza Dawidi, ubwo yavugagaati “GendaubareAbisirayeli n'Abayuda.”

2 Umwami abwira Yowabuumugabaw'ingabo ze wari kumwe na we ati “Genda imiryango y'Abisirayeli yoseuhereye i Daniukageza i Bērisheba, mubareabantu kugirango menyeumubarewabo.”

3 Yowabu abwiraumwami ati “Uwiteka Imana yawe igwizeumubarewariusanzwe incuro ijana, kandiumwami abyirebere. ariko se Mwami nyagasani, ni iki gitumye wishimira ibyo?”

4 Ariko ijambo ry'umwami riganza irya Yowabu n'abatware b'ingabo. Nuko Yowabu n'abatware b'ingabo bava imbere y'umwami bajya kubaraAbisirayeli.

5 Barahagurukabambuka Yorodani, bagandika muri Aroweri mu ruhande rw'iburyo bw'umuduguduwari hagati mu kibaya cy'i Gadi, berekeye i Yazeri.

6 Baherako basohora i Galeyadi no mu gihugu cy'i Tahatimuhodishi, kandi bagera i Daniyāni barazengurukabarinda bagera i Sidoni.

7 Bukeyebasohora mu gihugu cy'i Tiro no mu miduguduyose y'Abahivi n'iy'Abanyakanāni, bagarukiraikusi h'i Buyudai Bērisheba.

8 Bamaze kugenda igihugu cyose, basubirai Yerusalemu bamaze amezi cyenda n'iminsi makumyabiri.

9 Maze Yowabu ahaumwamiumubarew'abantu babaze. Muri Isirayeli harimo abagabo b'intwari bitwaza inkota,uduhumbi munani, abo mu Bayuda na bo bariuduhumbi dutanu.

10 Dawidi amaze kubaraabantu,umutimaweuramukubita. Abwira Uwiteka ati “Ndacumuyecyane ku byo nkoze ibyo, ariko none Uwiteka ndakwinginze, kurahogukiranirwa k'umugaragu wawe kuko nkoze iby'ubupfu bwinshi.”

11 Dawidi yibambuye mu gitondo, ijambo ry'Uwiteka ribonekeraumuhanuzi Gadi bamenya wa Dawidi riti

12 “Gendaubwire Dawidi uti ‘Uku ni ko Uwiteka avuze ngo: Agushyize imbere ibihano bitatu, hitamo kimwe muri byo abe ari cyo aguhanisha.’”

13 Nuko Gadi ajya kwa Dawidi arabimubwira, aravuga ati “Mbeseurashaka ko inzara yatera mu gihugu cyawe ikamara imyaka irindwi? Cyangwa se ni uko wajyauhunga ababisha bawe bakugenzaukamara amezi atatu, cyangwa ni uko mugigayatera mu gihugu cyawe ikamara iminsi itatu? Nuko wigire inamaumenye icyo njya gusubizaIyantumye.”

14 Dawidi abwira Gadi ati “Ndashobewe rwose, twigwire mu maboko y'Uwiteka kuko imbabazi ze ari nyinshi, ne kugwa mu maboko y'abantu.”

15 Nuko Uwiteka ateza Isirayeli mugiga,uhereye muri icyo gitondoukageza igihe cyategetswe. Hapfa abantu inzovu ndwi,uhereye i Daniukageza i Bērisheba.

16 Ariko marayika agitunzeukubokokwe kuri Yerusalemu ngo aharimbure, Uwiteka arakurukaiyo nabi, abwira marayika warimburagaabantu ati “Birahagije, nonehounamuraukubokokwawe.”Kandi marayika uwo w'Uwiteka yari bugufibw'imbuga ya Arawuna w'Umuyebusi.

17 Dawidi abonye marayika wishe abantu, abwira Uwiteka ati “Umva naracumuyekandi nabaye ikigoryi, ariko nk'izi ntama zacumuyeiki? Ndakwinginze,ukubokokwawe abe ari jye kurwanya n'inzu ya data.”

18 Uwo munsi Gadi asanga Dawidi aramubwira ati “Zamuka wubakire Uwiteka igicaniro ku mbuga ya Arawuna w'Umuyebusi.”

19 Dawidi arazamuka nk'uko Gadi yamubwiye ko ari ko Uwiteka yategetse.

20 Arawuna arungurutse abonaumwami n'abagaragu be baza bamusanga. Arawuna arasohoka yikubitahasi imbere y'umwami yubamye.

21 Arawuna arabaza ati “Mwami nyagasani,uzanywe n'iki ku mugaragu wawe?”
Dawidi aramusubizaati “Nzanywe no kuguraimbuga yawe ngo nubakire Uwiteka igicaniro, kugirango mugigaive mu bantu.”

22 Arawuna abwira Dawidi ati “Umwami databuja najyane ibyo ashatse byose abitange. Dore ngizi inka z'igitambo cyoswa, n'ibihurisho n'amatandiko y'inka mubigire inkwi.

23 Ibi byose nyagasani, jye Arawuna mbihayeumwami.”Arongera abwiraumwami ati “Uwiteka Imana yawe igushime.”

24 Arikoumwami abwira Arawuna ati “Oya, ahubwo ndabigura nawe ntange igiciro cyabyo, sinabasha gutambira Uwiteka Imana yanjye ibitambo byoswa, ntabitanzeho ibyanjye.”Nuko Dawidi agura iyo mbuga n'inka, atanga shekeli z'ifeza mirongo itanu.

25 Dawidi yubakirayo Uwiteka igicaniro, atamba ibitambo byoswa, n'ibitambo by'ishimwe yuko ari amahoro. Nuko Uwiteka abona guhendahenderwa igihugu, mugigaishira mu Bisirayeli.